Ibarura Rusange rya gatanu ku baturage n’imiturire, rigaragaza ko u Rwanda kuri ubu rutuwe n’abaturage barenga miliyoni 13, biyongereyeho miliyoni zikabakaba eshatu mu myaka 10 ishize.
Ni ibyavuye muri ririya barura ryakozwe muri Kanama umwaka ushize biza kumurikwa kuri uyu wa Mbere yariki ya 27 Gashyantare, ubwo haza kuba haba inama y’umushyikirano wa 2023.
Imibare y’ibyavuye mu ibarura rusange yerekana ko umwaka ushize wa 2022 wasize u Rwanda rutuwe n’abaturage babarirwa muri (…)
Home > Keywords > Most Important Keywords > In Slide
In Slide
Articles
-
Abaturage b’u Rwanda barenze miliyoni 13, abagore ni bo benshi
27 February 2023, by BABOU Benjamin -
Gen. Muhoozi in Kigali to meet Kagame
14 March 2022, by Fred RugiraThe Commander of the Land Forces in the Uganda People’s Defence Forces (UPDF), Lieutenant General Muhoozi Kainerugaba arrived in Kigali on Monday, March 14.
He is expected to meet President Paul Kagame in discussions of continuous efforts to mend ties between the two neighbouring countries.
He was welcomed at Kigali International Airport by Anne Katusiime the Deputy Ugandan ambassador to Rwanda and Brig. Gen. Willy Rwagasana, the Commandant of the Republican Guard.
Also part of the (…) -
Ruswa iravuza ubuhuha mu Rwego rw’Abikorera mu Rwanda
3 February 2020, by Fred RugiraUrwego rw’Abikorera mu Rwanda ruri mu zatangajwe ko zazahajwe na ruswa mu 2019. Ibi ni ibyagaragajwe na Raporo y’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane, Ishami ry’ u Rwanda (TI-Rwanda) yo kuwa 3 Ukuboza 2019 yiswe ‘Rwanda Bribery Index.
Uko inzego za Leta zikurikirana mu kugaragaramo ruswa (Rwanda Bribery Index 2018-2019).
TVETs (12.80%), Traffic Police (12.40%), Urwego rw’abikorera (9.90%), RIB (8.50%) Ubucamanza (8.30%), WASAC (6.40%), Ubuyobozi bw’ibanze (5.50%), REG na (…) -
Twibukiranye uko Abapolisi b’u Rwanda barutanwa mu mishahara
3 September 2020, by BABOU BenjaminBisabwe na Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo hamwe na Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu; bikaza kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 14 Ukwakira 2015, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yemeje iteka rigena imishara y’abapolisi.
Ni iteka rya Perezida No001 ryo ku wa 14 Mutarama 2016 ryasohotse mu Igazeti ya Leta ya Repubulika y’u Rwanda kuri uyu wa 18 Mutarama 2016, rigena imishahara y’abapolisi.
Umushahara mbumbe ugenerwa Abapolisi buri kwezi ukubiyemo by’ingenzi (…) -
SADC yamaganye M23 isezeranya ibikorwa byo kuyihashya
5 May, by Denis NsengiyumvaUmuryango w’iterambere ry’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) watangaje ko wamaganye byimazeyo ibitero by’inyeshyamba M23 byibasiye inkambi ya Mugunga y’abavanywe mu byabo (IDP) ku itariki ya 3 Gicurasi 2024 i Goma, bikaba byarateje urupfu rw’abasivili nibura 16 bikomeretsa abasivili bagera kuri 30 nkuko bigaragara mu itangazo washyize ahagaragara kuri iki Cyumweru itariki 5 Gicurasi 2024.
Iri tangazo rivuga ko Ubutumwa bwa SADC muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) (…) -
Ba Gitifu bane bahagaritswe, abandi bakozi bari gukorana ubwoba: Haravugwa Bombori bombori mu karere ka Rulindo
1 May, by KABERA SamMu Karere ka Rulindo hamaze iminsi havugwa inkuru yo guhagarikwa by’agateganyo mu kazi kwa ba Gitifu b’imirenge n’utugari, aho kugeza magingo aya hamaze guhagarikwa ba Gitifu bane.
Abo ba Gitifu ni Nzeyimana Jean Vedaste uyobora umurenge wa Cyinzuzi na Ndagijimana Frodouald uyobora umurenge wa Mbogo ndetse n’abagitifu babiri b’utugari barimo Biringiramahoro Efasto w’Akagari ka Taba mu murenge wa Rusiga na Nsengiyumva Samuel uyobora akagari ka Muvumo muri Shyorongi.
Aya makuru BWIZA ikaba (…) -
NESA yasobanuye uko byagenze ngo yemeze ko amanota 40% ahagije
12 September 2023, by TUYIZERE JDIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyasobanuye impamvu cyashyize abakoze ibizamini bya Leta bagize amanota ari hagati ya 40 na 49% mu cyiciro cy’abagize amanota ahagije.
Iki kigo kuri uyu wa 11 Nzeri 2023 cyashyize hanze ibisobanuro ku buryo amanota abarwamo, n’ibyiciro abakozi ibizamini bya Leta mu mashuri abanza n’icyiciro cya mbere cy’ayisumbuye mu mwaka w’amashuri w’2022/2023, abarwa.
Bigaragara ko abagize amanota ari hagati ya 0 na 19% bashyizwe mu (…) -
Moubarak Muganga promu au grade de Lt. Général, nommé chef d’état-major des RDF
5 June 2021, by Denis NsengiyumvaLe général major Mubarak Muganga a été promu au grade de lieutenant général et nommé chef d’état-major de l’armée de terre.
Le développement fait partie des dernières promotions et nominations faites par le président Paul Kagame, le commandant en chef de RDF.
L’annonce a été faite vendredi 4 juin dans un communiqué diffusé par RDF.
Le lieutenant général Muganga remplace le lieutenant général Jean-Jacques Mupenzi qui a été nommé nouveau chef d’état-major de l’armée de l’air, au cours (…) -
Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
10 November 2020, by Sehene Ruvugiro EmmanuelCovid-19 yahungabanyije ubushobozi mu bukungu, muri rusange, ariko cyane cyane ku bari basanzwe bafite imibereho iciriritse. Ku «bana bo mu muhanda» basanzwe, ibi byongereye abanyeshuri benshi mu mubare w’abishakishiriza, ngo bongere ubushobozi bwo kubona ifunguro ry’umuryango. Binyuze mu ngeso mbi nyinshi, abenshi batumwe n’ababyeyi!
Ni hagati ya saa kumi n’ebyiri n’igice na saa moya z’umugoroba. Nubwo bwose ari i Nyamirambo ya Kigali, ntibisanzwe kuhumva induru muri ayo masaha! (…) -
Guinea: Mushikiwabo reaffirms the OIF’s commitment to continuing to support the transition until its completion
10 January, by Denis NsengiyumvaAt the invitation of the President of the Republic, Head of State, Supreme Chief of the Armed Forces, Colonel Mamadi Doumbouya, the Secretary General, of La Francophonie, Louise Mushikiwabo made her first visit to the Republic of Guinea on January 7 to 8, 2024 to discuss progress towards ending the transition.
Accompanied by a delegation from the International Organization of La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo was welcomed by the President of the Republic, as well as by the Prime (…)