Nyuma y’ibice bine byatambutse, icya gatanu ni icyo kunyaza umugore waciye imyeyo mu yindi mvuga hari abo uzasanga bamwita uwaciye mu rubohera, uwakunnye,... byose nibuza inyito.
Tugarutse inyuma, ubundi ’kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe n’umugabo. Bisonanuye rero ko hataza inkari ahubwo haza amavangingo ashyushye cyane, bikaba biryohera umugore cyane kuko biza bitewe n’ibyishimo ndengakamere aba yatewe n’uwo babikorana bitewe nyine n’uburyo abimukoreramo
Ubu buryo bwa Gatanu bwo kunyaza bita Kunyatira, ni uburyo buryohera abagore bakunnye aho ukubita igitsina cyawe hagati y’imishino yombi maze ukajya uzamura umanura icyo gihe umugore aritsa ahumeka ukabona ko aryohewe, ubikora nk’imashini ntumutekereze kugera aho amisha ibikari bishyushye inshuro zose ushaka’.
Tuzakomeza tubagezaho n’ibindi bice bitandukanye bikwigisha uburyo wanyazamo umugore wawe akanyurwa, ubundi mukiyubakira umuryango unezerewe.
Inkuru bifitanye isano:
https://bwiza.com/?Dore-ibyo-ugomba-kwitondera-mu-gutera-akabariro-Ukanyaza-umugore-ahagaze
http://bwiza.com/?Dore-ibyo-ugomba-kwitondera-mu-gutera-akabariro-Ukanyaza-umugore-ahagaze
http://bwiza.com/?Igice-cya-Gatatu-Kunyaza-umugore-muri-pozosiyo-yo-kwicara
http://bwiza.com/?Igice-cya-Kane-Uburyo-bwo-kunyaza-abagore-babyaye-kenshi-bakunda
Inkuru nk’izi zigenewe abashakanye cyangwa se abari mu nzira yabyo. Rubyiruko mwirinde kwishora mu busambanyi kuko bishobora kubabyarira ibyago birimo no kwandura Virus itera SIDA cyangwa gutwara inda mudashoboye kurera.
Niba unyuzwe n’izi nyigisho twandikire kuri Email: kamikazigentille08@gmail.com , ubundi uduhe nimero zawe ukoresha kuri watsapp ubundi tujye tuziguha umunsi ku wundi.
52 Ibitekerezo
Ndayishimiye Kuwa 03/02/24
MURAKOZE NONE KO HABAHO NABATANYARA KANDI BYAKOZWE NEZA
Subiza ⇾Kuwa 19/04/24
Izininyigisho zikenewe cyane my whatsapp number +265992646675
Subiza ⇾Tanga igitekerezo