Igikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashakanye kiri mu ngingo zikomeye yewe umuntu yanavuga ko ari nshingirwaho mu kubaka neza umuryango, ariko iyo iki gikorwa gikozwe nabi cyangwa se abashakanye ntibakivugeho rumwe, nta kabuza nta munezero urubonekamo.
Uyu munsi tugarutse ku ’Gutera akabariro ariko unyaza umugore’, ese iyo tuvuze kunyaza niko twese tubyumva ? bikorwa bite? bikorwa ryari? na nde? ese ahantu hose wabihakorera? ese pozisiyo zose zagufasha kubikora? Nibyo tuzagenda tubona mu nkuru zitandukanye muri iki cyumweru.
Benshi uko babivuga cyangwa baba bashaka kubikora siko bibahira, ariko mu by’ukuri Ubundi kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba yatewe n’umugabo. Bisonanuye rero ko hataza inkari ahubwo haza amavangingo ashyushye cyane, bikaba biryohera umugore cyane kuko biza bitewe n’ibyishimo ndengakamere aba yatewe n’uwo babikorana bitewe nyine n’uburyo abimukoreramo.
Ushobora kunyaza umugore murimo gukora imibonano muri pozisiyo iyi cyangwa iriya, ariko uyu munsi turavuga ku ’kunyaza umugore ahagaze’
Ni uburyo bwo gutera akabariro buryoha. Munyuranya amaguru maze umugore agasa nuteye intambwe, ukuguru kumwe ku ntebe, ku gitanda, cyangwa se ikindi kintu kigiye hejuru ho gatoya ukundi hasi; ugafata umutwe w’igitsina cyawe ukajya uwukomanga kuri rugongo(Clitoris) maze rugongo igashibura ibinyare ariko yuhagira umugabo umubiri wepfo wose.
Ubu buryo bwo gutera akabariro unyaza bukunze gukoreshwa igihe abantu badafite umwanya n’aho kubikorera heza ariko bamwe bagahitamo kutabihomba bakabikorera ahantu nko mu bikoni,mu iduka,mu ishuri,ku modoka, muri biro n’ahandi bitashoboka ko baryama .Kuko abantu icyo gihe basohorera hasi bisaba kongera guhita utunganya aho mwabikoreye.
Ushobora kubyumva gutya ukibwira ko byoroshye ariko ni ibintu bisaba ubuhanga, kuko wowe mugabo niba ushaka kunyaza abanza gutegura umugore muhuze urugwiro, nyuma rero ntabwo winjiza igitsina cyawe cyose mu cy’umugore ahubwo ukigarukiriza ahagana hanze hakikijwe n’imigoma.
Ubundi ukajya ugikoza kuri clitoris umanura wongera uzamura udakuraho, icyo gihe umugore azatangira kumva uburyohe budasanzwe bityo uko ukomeza niko n’umugore akomeza kugira ububobere bwinshi . Uko wowe mugabo uryoherwa kubera ububobere ni nako igikorwa kigenda cyoroha kandi n’uburyohe ku mugore bugakomeza kuba bwinshi, uko ukomeza ugeraho ukabona amazi araje ashyushye, ugakomeza muri uwo mujyo umugore agakomeza kuyamisha.
N’ibindi tuzagenda tubireba mu nkuru zizakomeza ejo. Inkuru nk’izi zigenewe abashakanye cyangwa se abari mu nzira yabyo. Rubyiruko mwirinde kwishora mu busambanyi kuko bishobora kubabyarira ibyago birimo no kwandura Virus itera SIDA cyangwa gutwara inda mudashoboye kurera.
Niba unyuzwe n’izi nyigisho twandikire kuri Email: kamikazigentille08@gmail.com , ubundi uduhe nimero zawe ukoresha kuri watsapp ubundi tujye tuziguha umunsi ku wundi.
34 Ibitekerezo
Jackson Mandela Kuwa 13/06/20
Izi nama ni nziza Vraiment
Subiza ⇾Philius KAMIKAMUNTU Kuwa 03/03/21
Nonex ntago ushobora kubikora bikanga?
Subiza ⇾NIBAZIYANDEMYE MINANI Kuwa 09/06/21
YEGO IMANURO MUDUHA NIZUBWE PE TURABAKUNDA CYANE
Subiza ⇾Jackson Mandela Kuwa 13/06/20
Izi nama ni nziza Vraiment
Subiza ⇾Jackson Mandela Kuwa 13/06/20
Izi nama ni nziza Vraiment
Subiza ⇾bolingo Kuwa 18/08/20
Izi nama ziba zikenewe, mujye mukomeza mutugezeho nizindi position mutavuzeho. Murakoze.
Subiza ⇾Karangwa Providence Kuwa 29/08/20
Ni byiza cyane mujye muduhugura rwose.Whatsapp number: 0788768169
Subiza ⇾Karangwa Providence Kuwa 29/08/20
Ni byiza cyane mujye muduhugura rwose.Whatsapp number: 0788768169
Subiza ⇾Karangwa Providence Kuwa 29/08/20
Ni byiza cyane
Subiza ⇾Tumaini bayavuge Kuwa 04/12/20
Nibyiza chana
Subiza ⇾Karangwa Providence Kuwa 29/08/20
Ni byiza cyane mujye muduhugura rwose.Whatsapp number: 0788768169
Subiza ⇾hylida reina Kuwa 30/08/20
Izinama ninziza cyane mujye muduha izindi position . WhatsApp number: 0786108059
Subiza ⇾Kuwa 30/08/20
Inama zanyu zirakenewe kbsa,0780625771
Subiza ⇾Tanga igitekerezo