• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
    Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
    Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya
    Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe
    Mali: Abahiritse ubutegetsi basubitse amatora yari kuzasubiza ubutegetsi abasivili
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
    FERWAFA yamaganye amagambo umutoza w’Amavubi y’abagore yatangaje ku bakinnyi ba Ghana
    CAF yakubise Rayon Sports ahababaza
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

utuntu-nutundi

utuntu-nutundi

22/09/23 10:11
Abanyeshuri 90 barembye nyuma y’uko bariye cakes bicyekwa ko zari zikozwe mu rumogi

utuntu-nutundi

18/09/23 09:59
Yataye urugo agaruka nyuma y’imyaka 51 baramwibagiwe

utuntu-nutundi

14/09/23 09:50
Umugabo wibye imbogo ebyiri yatawe muri yombi

utuntu-nutundi

14/09/23 06:01
Inyamaswa 5 zishobora kwica intare ugereranyije n’izindi

utuntu-nutundi

13/09/23 14:09
Impuruza ku mibare y’abanywa urumugi yatumbagiye muri Kenya

utuntu-nutundi

11/09/23 16:02
Impamvu nyamukuru Ssalongo yarongoye abagore 7 icyarimwe

utuntu-nutundi

01/09/23 14:44
Kevin Hart ‘azashakira’ ingagi telefone n’icyemezo cy’amavuko

utuntu-nutundi

22/08/23 17:26
Umuganga akurikiranyweho gusambanyiriza umugore utwite mu bitaro

utuntu-nutundi

17/08/23 09:03
Abatifite bashobora guhomba zimwe muri Serivisi X yabahaga

utuntu-nutundi

14/08/23 12:19
Umupfumu yazinze Habumugisha James na Habumugisha Robert bari banze kwirega

utuntu-nutundi

06/08/23 14:42
Muhire wumvikanye abwira Gitifu ko adasubiramo indahiro, yasobanuye icyabimuteye

utuntu-nutundi

04/08/23 17:13
Umugore yahengereye umugabo we agiye ku kazi agurisha umwana wabo ibihumbi 20Ksh

utuntu-nutundi

02/08/23 13:27
Yatawe muri yombi nyuma yo kugwa gitumo asambanya ihene

utuntu-nutundi

01/08/23 10:55
Uganda:Umucamanza yiyambitse nk’abagore akorera umukunzi we ikizamini

utuntu-nutundi

31/07/23 11:49
Hari umudayimoni uri gusambanya abantu: KNC

utuntu-nutundi

28/07/23 14:47
Ihangana hagati ya Cardi B n’umugabo we Offset ryafashwe nk’agakino

utuntu-nutundi

28/07/23 12:33
Yapfiriye mu icumbi nyuma yo gukoresha ibinini bya viagra mu gutera akabariro

utuntu-nutundi

21/07/23 12:32
Kenya:Indaya zariye karungu zishyiriraho ibiciro bishya kubera izamurwa ry’imisoro

utuntu-nutundi

12/07/23 16:59
Umugabo yafashe ku ngufu nyirabukwe nyuma yo kuza kumukiza umukobwa we

utuntu-nutundi

12/07/23 09:32
Kaminuza ya Harvard igeze kure gahunda yo guha robot akazi ko kwigisha

utuntu-nutundi

11/07/23 12:47
Umusekirite yarashe umukunzi we aramwica nawe ahita yirasa arapfa

utuntu-nutundi

04/07/23 16:32
Umugabo yishe umugore we bapfa ibishyimbo ahita yishyikiriza polisi

utuntu-nutundi

04/07/23 10:07
Uwakoraga ikiyede i Nyamirambo mu myaka 5 ishize aravuga ko ubu atunze Frw miliyari 7

utuntu-nutundi

03/07/23 16:31
Umunye-Congo utunzwe no kurya amatafari n’umucanga yatangaje benshi
  • Abanyeshuri 90 barembye nyuma y’uko bariye cakes bicyekwa ko zari zikozwe mu rumogi
    22 September, by Ndacyayisenga Fred

    Abanyeshuri biga mu mashuri abanza bagera kuri 90 bo muri Afurika yepfo boherejwe mu bitaro nyuma yo kurya cake bakekaga ko yari yashyizwemo urumogi.
    Abayobozi bavuze ko abo banyeshuri baguze iyo mitsima(Cakes) ku mucuruzi wo mu muhanda berekeza mu ishuri ribanza rya Pulamadibogo, mu majyaruguru y’iburengerazuba bwa Pretoria.Bakimara kuzirya bagize isesemi no kubabara mu gifu no kuruka ndetse no kugeza ubu abakobwa batatu bakaba bakirembeye mu bitaro.Abantu babiri batawe muri yombi (...)

  • Yataye urugo agaruka nyuma y’imyaka 51 baramwibagiwe
    18 September, by Ndacyayisenga Fred

    Umuryango utuye mu gace ka Homa Bay Sub-County urimo kwishimira kugaruka k’umusaza w’imyaka 81 wari warataye urugo imyaka 51 nyuma yo kutumvikana na murumunawe ahagana mu 1972.
    Joseph Odongo yavuye iwe mu mudugudu wa Riwa, mu burengerazuba bwa Kanya afite imyaka 30. Ibi byabaye nyuma yo kutumvikana na bamwe mu bagize umuryango we ariko by’umwihariko akaba yari yagiranye ibibazo na murumuna we bituma batumvikana.
    Uyu musaza ubwo yagarukaga nyuma y’iyo myaka, nta muntu uri munsi (...)

  • Umugabo wibye imbogo ebyiri yatawe muri yombi
    14 September, by Ndacyayisenga Fred

    Polisi yo mu majyepfo y’Ubuhinde ya Karnataka yataye muri yombi umusaza w’imyaka 78 washinjwaga kwiba imbogo mu mwaka 1965.Ganapati Vitthal Wagore yiba iyo mbogo yari afite imyaka 20 ubwo yafatwaga bwa mbere mu myaka 58 ishize azira ubujura, hamwe n’undi mugabo.
    Polisi yavuze ko yabanje kurekurwa by’agateganyo ariko aburirwa irengero nyuma ntibashobora kuboneka. Gusa mugenzi we bareganwaga yaje gupfa mu 2006.Mu cyumweru gishize, urukiko rwarekuye Wagore atanze ingwate kubera izabukuru. (...)

  • Inyamaswa 5 zishobora kwica intare ugereranyije n’izindi
    14 September, by Ndacyayisenga Fred

    Intare rwabwiga, usanga ziba mu ishyamba bikaba binazwi ko arizo mwami w’ishyamba ariko burya hari inyamaswa zijya zizihiga kuburyo iyo ziziciye urwaho zishobora kuzica.
    Muri izo nyamaswa zishobora guhiga intare harimo;
    1.Impyisi
    Iyi nyamaswa isanzwe izwiho kugira ubwoba ku bantu ariko iyo bigeze ku ntare birahonduka kuko zishobora kuyiteraniraho zikayica.
    2.Ingona
    Ingona iyo igize amahirwe ikabona intare ishobora kuyizonga kuko ishobora no kuyica.
    3.Inzovu
    Inzovu ubusanzwe ni (...)

  • Impuruza ku mibare y’abanywa urumugi yatumbagiye muri Kenya
    13 September, by Ndacyayisenga Fred

    Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubukangurambaga bwo kurwanya inzoga n’ibiyobyabwenge (NACADA) muri Kenya bwerekanye ko umubare w’Abanyakenya banywa urumogi wiyongereyeho 90% mu myaka 5 ishize.
    Ubushakashatsi bwakozwe mu 2022, bwagaragaje ko Abanyakenya bagera kuri 518.807 bafite imyaka 15-65 kuri ubu bakoresha urumogi. Ibi bihwanye n’umwe muri 53 muri Kenya muriki cyiciro.
    Ubushakashatsi bwagaragaje kandi ko kunywa urumogi i Nairobi, aho 6.3% by’abaturage (...)

  • Impamvu nyamukuru Ssalongo yarongoye abagore 7 icyarimwe
    11 September, by BABOU Bénjamin

    Habibu Ssalongo wo muri Uganda, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kurongorera rimwe abagore barindwi mu rwego rwo kwesa umuhigo wo kubyara abana 100.
    Uyu mugabo yabitangaje kuri uyu wa Mbere mu kiganiro yahaye Daily Monitor.
    Ati: "Mu muryango wanjye turi bake cyane, rero ndashaka kubyara abana benshi kugira ngo nubake umuryango mugari."
    Ku cyumweru ni bwo Ssalongo usanzwe ari umuvuzi gakondo yakoze ubukwe n’abagore be barindwi, barimo babiri bavukana.
    Ubu bukwe budasanzwe bwabereye (...)

  • Kevin Hart ‘azashakira’ ingagi telefone n’icyemezo cy’amavuko
    1 September, by TUYIZERE JD

    Umunyamerika wamamaye ku rwego mpuzamahanga mu mwuga w’urwenya, Kevin Hart, yatangaje ko azashakira ingagi ye telefone, icyemezo cy’amavuko na konte ya imeyili (email).
    Ibi yabivuze ubwo yitaga ingagi ikomoka mu muryango wa Muhoza izina rya ‘Gakondo’, mu muhango wo kwita izina abana b’ingagi uri kubera mu murenge wa Kinigi mu karere ka Musanze kuri uyu wa 1 Nzeri 2023.
    Hart yagize ati: “Nkeneye kumenya amakuru ahoraho kandi nkeneye amafoto. Nkeneye icyemezo cy’amavuko. Ntabwo nzi niba (...)

  • Umuganga akurikiranyweho gusambanyiriza umugore utwite mu bitaro
    22 August, by Ndacyayisenga Fred

    Umuganga w’imyaka 38 akurikiranyweho gusambanya umugore utwite wari waje kwisuzumisha inda mu bitaro bya Mparo Health Center IV mu gace ka Rukiga muri Uganda.
    Umuvugizi w’igipolisi cya Kigezi Elly Maate yemeje aya makuru avuga ko ariyo, aho byabaye kuri uyu wa Mbere taliki 21 ubwo umubyeyi w’imyaka 20 yazaga kureba uwo muganga ngo amuhe serivisi zo kumusuzuma birangira amusambanyije.
    Uyu Maate avuga ko ngo ibi byabaye ahagana saa 11 :00 z’ijoro ubwo uyu mubyeyi yari aje kwisuzumisha no (...)

  • Abatifite bashobora guhomba zimwe muri Serivisi X yabahaga
    17 August, by Ndacyayisenga Fred

    X, urubuga nkoranyambaga ruzwi ku izina rya Twitter, nyuma yo gukurikiza amasezerano yayo mu gukora TweetDeck ariko itishyurwa,kuri ubu iyi serivisi yatangiye kwishyurwa.
    Abakoresha iyi X yahoze yitwa twitter, barimo umujyanama w’imbuga nkoranyambaga, Matt Navarra, bavuze ko babonye urupapuro rwo kugurisha X Premium (abiyandikishije ku cyahoze ari Twitter Blue) , ubu ikaba yitwa XPro.
    Ikinyamakuru The Verge kivuga ko ubu buryo bwo kwishyura TweetDeck, bwafashaga abakoresha urubuga (...)

  • Umupfumu yazinze Habumugisha James na Habumugisha Robert bari banze kwirega
    14 August, by TUYIZERE JD

    Umupfumu utuye mu gace ka Nyakabande, akarere ka Kisoro muri Uganda, arigamba kuzinga Habumugisha James na Habumugisha Robert bakekwagaho kwiba ibiribwa mu bubiko bw’ishuri rikuru rya tekiniki.
    Nk’uko radiyo Voice of Mubahura yabitangaje, iri shuri ryibwe tariki ya 10 Kanama 2023, abarinzi batatu bose basanzwe baririnda; ba Habumugisha n’undi witwa Tukamushaba Edson, batabwa muri yombi ariko Polisi irabarekura kubera ko yabuze ibimenyetso.
    Bijyanye n’uko ibiribwa by’iri shuri bimaze (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 134

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi'
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’

Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS

Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w'u Burusiya
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya

Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n'imwe mu masaha yagenwe
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe

Senateri Menendez yasobanuye iby'amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe
Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi'
26/09/23 10:04
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
26/09/23 10:00
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w'u Burusiya
26/09/23 10:00
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n'imwe mu masaha yagenwe
26/09/23 09:09
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe
ubutabera

Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe

Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika ishinzwe ububanyi n’amahanga, (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mali: Abahiritse ubutegetsi basubitse amatora yari kuzasubiza ubutegetsi abasivili

Inteko ya gisirikare iyoboye igihugu muri Mali kuri uyu wa Mbere yavuze ko amatora ya perezida (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Icyo NESA itangaza ku mashuri asaga 50 bivugwa ko yahagaritswe

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) cyahakanye (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
ubuzima

Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo

Mu Rwanda, gukenera serivisi za massage z’umwuga bikomeje kwiyongera. Ariko, kubura ibigo (...)

Yanditswe na Mecky Merchiore Kayiranga

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?