• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Rubavu: Abaturage bicishije amabuye umugore bashinja kuba umurozi
    Putin yategetse ko Igisirikare cy’u Burusiya cyongerwamo abasirikare bashya 170,000
    UR yiyamye abakomeje gucira urubanza umunyeshuri wayo wafunzwe akekwaho gukuramo inda
    Twagiramungu wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yapfuye
    Kilorirwe yaramukiye mu mabombe ya FARDC n’amasasu ya M23
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Uburayi bwisanze mu kaga, Impamvu nyamukuru Ubwongereza bushaka kohereza abimukira i Kigali
    Intambara ya Israel na HAMAS, agatego Vladimir Putin yateze Amerika n’isi yose
    N’abandi bazashukwa, Ivugabutumwa rikwiye guhagurukirwa
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Turabizi ko n’Abagande bafasha M23: Vital Kamerhe
    Kinshasa: Depite aranenga ko Tshisekedi yitwara nk’aho ikibazo cy’u Rwanda na RDC kitazakemuka
    Tshisekedi yifata nk’umwana w’igitambambuga: Major Willy Ngoma
    EU yaburiye RDC ko gukomeza kurwana na M23 ntacyo bizamara
    Inteko ya EAC yatangaje ko itakwivanga mu bibazo by’u Rwanda na RDC
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Njya nitwa umusazi n’ikigoryi: Umutoza wa Rayon Sports
    CECAFA: Amavubi U-18 yandagaje Sudani, agera muri ½
    Ronaldinho ategerejwe mu Rwanda
    U Rwanda rwazamutseho imyanya irindwi ruza imbere ku rutonde rwa FIFA
    Champions League: Manchester United yaguye ikuzimu, Arsenal iha Lens umubatizo
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

imyidagaduro

imyidagaduro

02/12/23 12:26
Rema yahagaritse ibitaramo byose yagombaga gukora muri uku kwezi

imyidagaduro

01/12/23 15:13
Master Fire yarangije Kaminuza yari amazemo imyaka 18

imyidagaduro

01/12/23 12:55
Kwamamara bigiye kwica abahanzi ba Uganda-Eddy Kenzo

imyidagaduro

29/11/23 12:22
Bruce Melodie yabaye indi nkuru

imyidagaduro

28/11/23 14:15
Laika Umuhoza yahishuye uko Harmonize yamushotoye anakomoza ku ndirimbo bakoranye

imyidagaduro

24/11/23 15:14
Urukiko rwategetse ko X-Dealer ushinjwa kwiba telefoni ya The Ben arekurwa by’agateganyo

imyidagaduro

24/11/23 13:06
Urunturuntu hagati ya Cindy na Eddy Kenzo bapfa amafaranga ya Guverinoma

imyidagaduro

23/11/23 12:12
Harmonize ageze kure gahunda yo kwiyunga na Diamond

imyidagaduro

20/11/23 17:21
The Ben yihanangirije abakoresha ijambo ’Battle’ kubera Bruce Melodie

imyidagaduro

18/11/23 15:00
Minisitiri Utumatwishima yakuriye ingofero indirimbo ’BANA’ ya Chris Eazy na Shafi

imyidagaduro

18/11/23 10:00
Miss Erica yapfuye

imyidagaduro

17/11/23 14:22
Umuraperi Puff Daddy arashinjwa gufata kungufu

imyidagaduro

16/11/23 11:02
Bebe Cool yongeye gukora mu jisho Bobi Wine

imyidagaduro

16/11/23 05:50
Chorale Christus Regnat yateguje igitaramo cyatumiwemo Josh Ishimwe

imyidagaduro

15/11/23 14:49
Will Smith arashinjwa ubutinganyi

imyidagaduro

15/11/23 12:31
Yaka Mwana ababajwe no gufungurwa ataramara muri gereza amezi nk’atandatu

imyidagaduro

15/11/23 09:11
Uwamamaye nka Samusure yatangaje ko yavuye mu Rwanda ahunze

imyidagaduro

11/11/23 08:45
Davido ahatanye muri gategori eshatu mu bihembo bya Grammy Awards

imyidagaduro

10/11/23 14:27
Miss Bahati Grace aritegura ubuheta

imyidagaduro

10/11/23 13:16
Yami Alade arembejwe n’igitutu cyo kurongorwa

imyidagaduro

09/11/23 06:00
Yaka Mwana arafunzwe

imyidagaduro

08/11/23 09:38
Professor Jay yavuze uko yari agiye kubura ubuzima Imana igakinga ukuboko

imyidagaduro

07/11/23 16:28
Umunyarwenya uzwi nka Mr Ibu yaciwe ukuguru

imyidagaduro

06/11/23 14:22
Ubwongereza bwakuyeho igihano bwari bwarafatiye Bobi Wine
  • Rema yahagaritse ibitaramo byose yagombaga gukora muri uku kwezi
    2 December, by Ndacyayisenga Fred

    Umuhanzi Rema yahagaritse ibitaramo bye byose yari kuzakora mu Kuboza kugira ngo ashyire imbere ubuzima bwe “yirengagije” kubera ibitaramo bye bitabarika yakoze mu bihe byashize.
    Ati: “Biranshengura umutima kuvuga ko ntazaririmbira ahantu hose muri uku kwezi Nirengagije ubuzima bwanjye kandi nkeneye igihe cyo kwisubiraho. 2024 niteguye kuyitwaramo neza ".
    Ni nyuma y’uko indirimbo ye Calm Down, yasubiranyemo na Selena Gomez, yatumye abura umwanya wo kwita ku buzima bwe bitewe no (...)

  • Master Fire yarangije Kaminuza yari amazemo imyaka 18
    1 December, by BABOU Bénjamin

    Hakizimana Innocent wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi rya Master Fire, yasoje Kaminuza nyuma y’imyaka 18 yari amaze ayiga.
    Uyu muhanzi wamenyekanye mu ndirimbo zirimo iyitwa mtoto wa kijiji, ari mu banyeshuri 788 kuri uyu wa Gatanu bahawe impamyabumenyi, nyuma yo gusoza amasomo muri Kaminuza ya UTAB.
    Umuhango wo guha impamyabumenyi aba banyeshuri wabereye ku cyicaro cy’iriya Kaminuza mu karere ka Gicumbi. Ni ku ncuro ya 12 UTAB yatangaga impamyabumenyi.
    Muri Nyakanga uyu mwaka uyu (...)

  • Kwamamara bigiye kwica abahanzi ba Uganda-Eddy Kenzo
    1 December, by Ndacyayisenga Fred

    Eddy Kenzo uri mu byamamare bikomeye mu gihugu cya Uganda, aravuga ko ubwamamare mu bahanzi bo muri iki gihugu bigiye kubamara .
    Kenzo avuga ko ubundi umuhanzi yakabaye yicisha bugufi haba mu itangazamakuru no ku muturage ariko ngo kubahanzi bo muri Uganda si uko bimeze kuko usanga bazamura intugu iyo bagize amahirwe yo kumenyekana.
    Ati: "Umuziki ni ikintu kitoroshye gucunga kuko buri wese aba ashaka kuba icyamamare, kubona amafaranga, n’imbaraga, ibyo bigatuma benshi biyumva uko (...)

  • Bruce Melodie yabaye indi nkuru
    29 November, by Ndacyayisenga Fred

    Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie akomeje kuba inkuru mu myidagaduro yo mu Rwanda nyuma yo guhura n’umunyabigwi Shaggy bakagirana ibihe byiza bishingiye ku muziki.
    Nk’uko bikomeje kugenda bigaragara ku mbuga nkoranyambaga, Melodie yagiye agaragara kenshi arikumwe n’uyu muhanzi ndetse n’irindi tsinda ry’abakorana bya hafi na Shaggy bose babarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za America .
    Bruce Melodie yakoze ikiganiro kuri radio ari kumwe na Shaggy yavugiyemo (...)

  • Laika Umuhoza yahishuye uko Harmonize yamushotoye anakomoza ku ndirimbo bakoranye
    28 November, by Ndacyayisenga Fred

    Laika Umuhoza yatangaje ko agiye gushyira hanze ibihangano by’indirimbo yakoranye na Harmonize mu minsi ishize.
    Mu mezi atatu ashize, itangazamakuru ryagiye ritangaza amakuru avuga ko umuririmbyi Laika n’umucuranzi wo muri Tanzaniya Harmonize bakundana. Bombi bagiye babihakanira kure ariko uko bwije n’uko bucye ibimenyetso by’umubano wabo udasanzwe bikagenda bigaragara.
    Icyakora, ukwezi gushize, ubwo Harmonize yazaga muri Uganda mu gitaramo, yabajijwe ibijyanye n’umubano na Laika, (...)

  • Urukiko rwategetse ko X-Dealer ushinjwa kwiba telefoni ya The Ben arekurwa by’agateganyo
    24 November, by Ndacyayisenga Fred

    Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rutegetse ko Eric Ndagijimana uzwi nka X-Dealer ukurikiranyweho kwiba Telephone ya TheBen250 ko afungurwa by’agateganyo akazajya yitaba buri wa Gatanu wa nyuma w’ukwezi.
    Iyi Telefoni Eric ashinjwa byavuzwe ko yibiwe mu Burundi ubwo The Ben yakoraga igitaramo taliki 1 Ukwakira 2023.Icyo gihe amakuru yavuze ko uyu musore yayibye akayambukana mu Rwanda nk’uko ubushinjacyaha bwabihamyaga.
    Eric Ndagijimana uzwi nka X-Dealer, mu rukiko yaje gusaba (...)

  • Urunturuntu hagati ya Cindy na Eddy Kenzo bapfa amafaranga ya Guverinoma
    24 November, by Ndacyayisenga Fred

    Umuhanzikazi Cindy Sanyu arashinjya Eddy Kenzo kwigwizaho umutungo wa Federasiyo y’abahanzi abereye umuyobozi akirengagiza bamwe mu bahanzi.
    Hashize igihe, federasiyo ya Eddy Kenzo ikorana n’abayobozi ba leta, ibasaba gushyiraho amategeko agenga uburenganzira bwa muntu no gutanga inkunga k abahanzi. Icyakora, nk’uko Cindy abitangaza ngo federasiyo ya Eddy Kenzo yakiriye miliyari 18 UGSH, ariko ibyo bikaba bitamenyeshejwe abandi bahanzi.
    Cindy yagize ati: "Ni ukuri; Eddy Kenzo yahawe (...)

  • Harmonize ageze kure gahunda yo kwiyunga na Diamond
    23 November, by Ndacyayisenga Fred

    Amakuru akomeje kumenyekana ku bitangazamakuru bitandukanye, aravuga umuhanzi Harmonize yiyemeje kwiyunga na Diamond wahoze ari boss we.
    Harmonize yemera ko ibyo batumvikanagaho kera na Diamond byatewe n’ubusambanyi bwabo kandi akizera ko igihe kizakiza ibikomere byabo.
    Mu kiganiro aherutse kugirana n’ikinyamakuru,Harmonize yavuze ko ubushyamirane bwabo bumaze imyaka myinshi, avuga ko Diamond amaherezo azakura agashaka gukemura ibibazo byabo.Yashimangiye ko nta rwango afitiye (...)

  • The Ben yihanangirije abakoresha ijambo ’Battle’ kubera Bruce Melodie
    20 November, by Ndacyayisenga Fred

    Umuhanzi the Ben yatanze umucyo ku byari bimaze iminsi bivugwa ko ahanganye na Bruce Melodie ndetse ko binabaye byiza bakora igitaramo cyo guhangana mu gitaramo runaka cyaba cyabahuje ubwabo.
    Mu kiganiro n’itangazamakuru,The Ben yabajijwe iby’iyi ngingo maze avuga ko bijyanye n’amateka u Rwanda rwanyuzemo nta muntu ukwiye guhanganisha umuntu n’undi.
    yagize ati"Bitewe n’amateka igihugu cyacu cyagize nta battle dukeneye ahubwo hakwiye kubaho igitaramo cya Bruce Melodie na The Ben.Ijambo (...)

  • Minisitiri Utumatwishima yakuriye ingofero indirimbo ’BANA’ ya Chris Eazy na Shafi
    18 November, by Ndacyayisenga Fred

    Minisitiri w’urubyiruko Utumatwishima Abdallah , yishimiye indirimbo umuhanzi Chris Eazy yakoranye na Shafi.Ni indirimbo ikomeje kwigarurira imitima y’abakunda umuziki by’umwihariko urubyiruko.
    Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter (X), yavuze ko n’ubwo ngo hari amagambo ari mu ndirimbo atabasha kumva ariko ngo iyi ndirimbo ni nziza ku buryo byatumye ayiha umwanya akayireba bityo aboneraho no gusaba gushyigikira abahanzi.
    Yagize ati"BANA (muri salon de coiffure, coffee shop, Radio,…). (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 198

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Rubavu: Abaturage bicishije amabuye umugore bashinja kuba umurozi
Rubavu: Abaturage bicishije amabuye umugore bashinja kuba umurozi

Putin yategetse ko Igisirikare cy'u Burusiya cyongerwamo abasirikare bashya 170,000
Putin yategetse ko Igisirikare cy’u Burusiya cyongerwamo abasirikare bashya 170,000

UR yiyamye abakomeje gucira urubanza umunyeshuri wayo wafunzwe akekwaho gukuramo inda
UR yiyamye abakomeje gucira urubanza umunyeshuri wayo wafunzwe akekwaho gukuramo inda

Njya nitwa umusazi n'ikigoryi: Umutoza wa Rayon Sports
Njya nitwa umusazi n’ikigoryi: Umutoza wa Rayon Sports

Kilorirwe yaramukiye mu mabombe ya FARDC n'amasasu ya M23
Kilorirwe yaramukiye mu mabombe ya FARDC n’amasasu ya M23

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Rubavu: Abaturage bicishije amabuye umugore bashinja kuba umurozi
03/12/23 09:25
Rubavu: Abaturage bicishije amabuye umugore bashinja kuba umurozi
Putin yategetse ko Igisirikare cy'u Burusiya cyongerwamo abasirikare bashya 170,000
02/12/23 17:30
Putin yategetse ko Igisirikare cy’u Burusiya cyongerwamo abasirikare bashya 170,000
UR yiyamye abakomeje gucira urubanza umunyeshuri wayo wafunzwe akekwaho gukuramo inda
02/12/23 16:00
UR yiyamye abakomeje gucira urubanza umunyeshuri wayo wafunzwe akekwaho gukuramo inda
Njya nitwa umusazi n'ikigoryi: Umutoza wa Rayon Sports
02/12/23 14:00
Njya nitwa umusazi n’ikigoryi: Umutoza wa Rayon Sports
Amakuru

Kilorirwe yaramukiye mu mabombe ya FARDC n’amasasu ya M23

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23, (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
imyidagaduro

Rema yahagaritse ibitaramo byose yagombaga gukora muri uku kwezi

Umuhanzi Rema yahagaritse ibitaramo bye byose yari kuzakora mu Kuboza kugira ngo ashyire (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Amakuru

Zelensky yemeje ko ibitero bya Ukraine bisubiza Ingabo z’u Burusiya nta cyo byagezeho

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, yemeje ko ibitero Ingabo z’igihugu cye zimaze igihe (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
ubutabera

Bishop Rwagasana wa ADEPR yakatiwe gufungwa imyaka 7

Urukiko Rukuru Ku wa Kane rwakatiye igifungo cy’imyaka irindwi Bishop Rwagasana Thomas wahoze (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?