• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
    Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
    Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi
    Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo
    Muhanga: ’Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Ambasaderi Gatete yatangaje ko ibihano byo gushimisha RDC ntacyo bizamara
    Mukuralinda yahishuye ko ubwo yahuraga na Lutundula, bateranye urwenya
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Rayon Sports mu ntambara na FERWAFA, Umujyi wa Kigali na Urid Technologies
    Ibihugu 3 bituranye n’u Rwanda byahawe kwakira CAN 2027
    Perezida wa Rayon Sports yemeje ko hari aba-Rayon bari kuyigambanira ngo izatsindwe na Al Hilal
    Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
    Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

politiki

politiki

29/09/23 06:00
Ambasaderi Gatete yatangaje ko ibihano byo gushimisha RDC ntacyo bizamara

politiki

28/09/23 06:00
Mukuralinda yahishuye ko ubwo yahuraga na Lutundula, bateranye urwenya

politiki

25/09/23 16:21
Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu

politiki

25/09/23 09:00
Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi

politiki

25/09/23 06:30
Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda

politiki

23/09/23 08:30
Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda

politiki

23/09/23 06:30
Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne

politiki

22/09/23 08:30
Tshisekedi yongeye guhura na Eugène Gasana urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda

politiki

22/09/23 06:32
Col Doumbouya yahaye Loni gasopo, ayisaba kureka gukomeza ’guha Afurika amasomo’

politiki

21/09/23 14:01
Perezida Nana Akufo-Addo yasabye Amerika n’u Burayi guha Afurika indishyi

politiki

20/09/23 10:00
Tshisekedi wananiwe kuganira n’abaturage be ni njye tuzaganira?_Perezida Kagame

politiki

20/09/23 08:56
Perezida Kagame yahamije ko ibyo amahanga avuga bitamubuza kuba umukandida

politiki

20/09/23 08:00
Perezida Kagame yasobanuye intandaro yo kugira ngo u Bubiligi bwange Amb. Karega

politiki

20/09/23 06:30
Tshisekedi yatangaje ko Kabila atamufashije kugera ku butegetsi

politiki

18/09/23 16:00
Uko Ndayishimiye yapfubije gahunda ya SADC yo kohereza ingabo zayo muri Congo

politiki

18/09/23 06:31
Congo yanyomoje iby’ihirikwa ku butegetsi rya Perezida Sassou N’guesso

politiki

17/09/23 06:30
Kinshasa: Kandidatire ya Lubanga na Kawa babaye inyeshyamba zanzwe

politiki

16/09/23 12:00
Uburasirazuba: Mukandanga yatorewe guhagararira abagore muri DGPR

politiki

16/09/23 10:00
Niba RDC idashaka kwitwa Congo mu bice bituwe n’abavuga Ikinyarwanda, igomba kugenda: B. Bisimwa

politiki

15/09/23 08:30
RDC yubuye ibirego byayo ku Rwanda

politiki

13/09/23 10:00
Prof. Lumumba arashinja abayobozi benshi muri Afurika kudindiza ubuhinzi n’uburezi

politiki

11/09/23 11:27
U Bufaransa bwatangaje ko Bazoum wahiritswe ari we wenyine wakwirukana ingabo zabwo

politiki

10/09/23 10:44
Umunyekongo yarahiye ko naba Perezida, azagira u Rwanda intara ya RDC

politiki

09/09/23 14:00
Umuti w’amakimbirane y’u Rwanda na RDC mu mboni za Léonard Okitundu
  • Ambasaderi Gatete yatangaje ko ibihano byo gushimisha RDC ntacyo bizamara
    29 September, by TUYIZERE JD

    Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Gatete Claver, yamenyesheje akanama kawo gashinzwe umutekano ko ibihano Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zafatiye igihugu ahagarariye ntacyo bizamara.
    Ibi yabivuze kuri uyu wa 28 Nzeri 2023 ubwo akanama ka UN gashinzwe umutekano kagezwagaho raporo y’Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango kuri misiyo y’amahoro muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, MONUSCO.
    Ni nyuma y’aho mu cyumweru gishize ubutegetsi bwa USA bushyize u Rwanda mu bihugu (...)

  • Mukuralinda yahishuye ko ubwo yahuraga na Lutundula, bateranye urwenya
    28 September, by TUYIZERE JD

    Alain Mukuralinda, Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda wungirije, aravuga ko ubwo yahuraga na Visi Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Christophe Lutundula, birengagije umubano mubi ibihugu byombi bafitanye, baterana urwenya.
    Ibi byabaye ubwo bahuriraga muri komisiyo imwe, baganira ku buryo ibihugu byombi byakwifatanya mu gukemura ikibazo cy’impunzi. Ni inama yateguwe n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi, (...)

  • Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    25 September, by TUYIZERE JD

    Abashingamategeko babiri bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika barasaba Perezida wa komisiyo ya sena ishinzwe ububanyi n’amahanga, Robert Bob Menendez, kwegura, bitewe n’ibyaha bya ruswa aregwa.
    Tariki ya 22 Nzeri 2023, ubushinjacyaha bwo muri Leta ya New York bwareze Menendez n’umugore we Nadine mu rukiko rwa Manhattan, nyuma yo gushyikirizwa dosiye irimo ibimenyetso bikomeye bigaragara ko bakiriye ruswa yavuye mu bashoramari.
    Itangazo ryashyizwe hanze n’uru rwego ryasobanuye ko (...)

  • Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    25 September, by TUYIZERE JD

    Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuze ku mwuka mubi umaze iminsi uhwihwiswa mu nzego nkuru z’iki gihugu, asaba Abarundi kwirinda ibibatakariza umwanya.
    Mu ijoro ryo kuri uyu wa 24 Nzeri 2023 ni bwo Perezida Ndayishimiye yasesekaye ku kibuga cy’indege cya Bujumbura. Ni nyuma y’iminsi myinshi yari amaze mu mahanga, aho yari mu butumwa butandukanye.
    Mu bamwakiriye kuri iki kibuga harimo abofisiye bakuru mu ngabo z’igihugu barimo Umugaba Mukuru, Lt Gen. Prime Niyongabo (...)

  • Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    25 September, by TUYIZERE JD

    Umunyapolitiki Dr Miguna Miguna wamenyekanye cyane ubwo atavugaga rumwe n’ubutegetsi bwa Uhuru Kenyatta muri Kenya yibasiwe bikomeye nyuma yo gusaba Perezida Paul Kagame ko yarekera gukomeza kuyobora Repubulika y’u Rwanda.
    Dr Miguna ashingiye ku nkuru ya The East African ifite umutwe ugira uti: “Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yavuze ko aziyamamariza manda ya kane mu 2024, mu gihe abamunenga bamushyira mu itsinda ry’Abanyafurika banini bagundiriye ubutegetsi”, yagize ati: “Nshuti Paul (...)

  • Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    23 September, by BABOU Bénjamin

    Perezida Paul Kagame yagaragaje ko kuba Gen Muhoozi Kainerugaba yarashoboye kunga u Rwanda na Uganda ari uko hari abashobora kuba barabimufashijemo, barimo na se umubyara, Yoweri Kaguta Museveni.
    Kuva mu ntangiriro za 2022 ni bwo umubano wongeye kuba mwiza hagati y’u Rwanda na Uganda, nyuma y’imyaka ibarirwa muri ine ibihugu byombi byari bimaze bidacana uwaka.
    Ni umwuka mubi wari waragejeje ibihugu ku gufunga imipaka ibihuza.
    Mu byo u Rwanda rwagaragaza nk’intandaro y’uyu mwuka mubi (...)

  • Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
    23 September, by BABOU Bénjamin

    Pologne muri iki cyumweru yatangaje ko yahagaritse ubufasha bw’intwaro yahaga Ukraine, nyuma y’uko umwuka mubi ushingiye kuri dipolomasi wadutse hagati y’ibihugu byombi.
    Minisitiri w’Intebe wa Pologne, Mateusz Morawiecki, ku wa Gatatu yatangaje ko igihugu cye kigiye kwibanda ku kwigwizaho intwaro zigezweho kurushaho.
    Ni icyemezo ubutegetsi bw’i Warsaw bwafashe mu gihe ubushyamirane bushingiye ku binyampeke bukomeje kwiyongera hagati yabwo n’ubw’i Kiev.
    kwiyongera.
    Ku wa kabiri, (...)

  • Tshisekedi yongeye guhura na Eugène Gasana urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda
    22 September, by BABOU Bénjamin

    Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatatu w’iki cyumweru yahuye n’Abanyarwanda baba mu buhungiro bayobowe na Eugène Richard Gasana wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni.
    Tshisekedi n’aba barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bahuriye muri Hoteli yitwa Peninsula iherereye i New York.
    Mu bitabiriye iyo nama nk’uko amakuru abivuga, hanarimo Denise Nyakeru usanzwe ari umugore wa Tshisekedi cyo kimwe na Dr Charles Kambanda na we uzwi mu barwanya (...)

  • Col Doumbouya yahaye Loni gasopo, ayisaba kureka gukomeza ’guha Afurika amasomo’
    22 September, by BABOU Bénjamin

    Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Col Mamadi Doumbouya, yagaragaje impamvu bikwiye kuba ngombwa ko Igisirikare cyivanga muri Politiki ubwo yagezaga ijambo ku nteko rusange ya 78 y’Umuryango ya Loni.
    Ni nyuma y’uko kuva mu myaka itatu ishize umugabane wa Afurika wakunze kurangwamo na za Coup d’État za hato na hato.
    Col Doumbouya ni umwe mu bageze ku butegetsi biciye muri Coup d’état, nyuma yo guhirika ku butegetsi uwari Perezida wa Guinée-Conakry, Alpha Condé.
    Uyu musirikare (...)

  • Perezida Nana Akufo-Addo yasabye Amerika n’u Burayi guha Afurika indishyi
    21 September, by BABOU Bénjamin

    Perezida Nana Akufo-Addo wa Ghana yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Burayi guha Afurika indishyi, mu rwego rwo gusana ibyangirijwe n’icuruzwa ry’abacakara
    Perezida wa Ghana yatanze iki cyifuzo ku wa Gatatu w’iki cyumweru, ubwo yagezaga ijambo ku nteko rusange ya 78 y’Umuryango w’Abibumbye iri kubera i New.
    Yibukije Amerika n’ibihugu by’u Burayi ko ubukungu bifite bikomoka ku marira n’amaraso y’Abanyafurika.
    Ati: "Igihe kirageze ngo byemerwe mu buryo bweruye ko ibyinshi mu byo (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 946

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye

Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we

Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger

Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry'Intumwa Muhamadi
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi

Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni
Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
29/09/23 14:00
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
29/09/23 13:24
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
29/09/23 12:01
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry'Intumwa Muhamadi
29/09/23 12:00
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi
ubukungu

Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse ko inyungu zisabwa abahabwa inguzanyo (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo

Mu ijambo yavugiye imbere y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano kuri uyu wa (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Muhanga: ’Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe

Inzego z’umutekano mu karere ka Muhanga ziri guhiga bukware insoresore zo mu gatsiko kazwi (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Amakuru

Putin yavuganye n’uwari umuyobozi muri Wagner ushobora gusimbura Prigozhin

Kuri uyu wa Gatanu, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yerekanwe ari mu nama n’umwe mu (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?