• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
    Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe
    Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro
    Intasi za RDC zasatse urugo rwa Moïse Katumbi
    Burera: Barishyuza rwiyemezamirimo Frw miliyoni 4
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: Nyunganira mwana , inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara yamahugu arwana ninzego zibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo zAbafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
    Dr Frank Habineza yahamagariye amahanga kwamagana itegeko rya Uganda rihana abatinganyi
    Dutegereje ibihano by’u Bufaransa ku Rwanda: Muyaya
    Perezida Kagame yaba aherutse kwakira intumwa ya Joseph Kabila
    Perezida Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    APR FC mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye w’Umugande
    Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
    Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere
    Kiyovu Sports yaba igiye kwirukana abakinnyi bayo bose bakomeye ku bwo ’kuyigambanira’
    Umugore wa Messi arimo kumusunikira muri Fc Barcelona
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

politiki

politiki

08/06/23 21:54
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza

politiki

08/06/23 10:26
Dr Frank Habineza yahamagariye amahanga kwamagana itegeko rya Uganda rihana abatinganyi

politiki

08/06/23 09:03
Dutegereje ibihano by’u Bufaransa ku Rwanda: Muyaya

politiki

07/06/23 17:00
Perezida Kagame yaba aherutse kwakira intumwa ya Joseph Kabila

politiki

07/06/23 15:58
Perezida Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta

politiki

07/06/23 13:05
Joseph Kabila abona Tshisekedi nk’’umunyagitugu ukwiriye guhashywa’

politiki

06/06/23 15:50
Burundi: Leta yahagaritse ibikorwa byose by’ishyaka CNL

politiki

05/06/23 08:34
Imbaraga Magufuli yabonye muri Ndayishimiye zikomeje kugaragara

politiki

04/06/23 13:32
Uganda: Bakoze amahugurwa yo gukura Museveni ku butegetsi

politiki

04/06/23 09:30
Ingabire Victoire ahanze amaso Perezida Kagame

politiki

03/06/23 15:12
Abadepite bo mu Budage bijeje RDC ‘kotsa igitutu perezida Kagame’

politiki

01/06/23 10:22
Fortunat Biselele yaba azira gucudika n’abayobozi b’u Rwanda

politiki

01/06/23 10:11
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ntiyemera icyemezo cya EAC giheza M23

politiki

01/06/23 08:31
Museveni yatangaje ko yiteguye intambara

politiki

01/06/23 07:28
Kwamagana u Rwanda byateje impaka hagati ya Muyaya na Katumbi

politiki

30/05/23 12:45
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya ari mu Burundi

politiki

29/05/23 22:35
Biden yateguje Uganda ibihano nyuma y’aho Museveni asinye ku itegeko rihana abatinganyi

politiki

27/05/23 12:23
Raila Odinga yiyemeje guhungabanya Kenya kugeza Perezida Ruto yeguye

politiki

27/05/23 10:54
Umunyamabanga w’ishyaka riri ku butegetsi aremeza ko Tshisekedi ari kuzira ubwoko bwe

politiki

26/05/23 09:59
Ukraine irifuza gufungura ambasade mu Rwanda

politiki

26/05/23 08:56
Tshisekedi yongeye kuvuga imyato ingabo z’u Burundi

politiki

25/05/23 22:18
Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa Zelensky wa Ukraine

politiki

25/05/23 18:09
Tshisekedi yaregeye ’Kagame n’u Rwanda’ abanye-Congo baba mu Bushinwa

politiki

25/05/23 10:13
Perezida Zelensky wa Ukraine yageneye ubutumwa Perezida Kagame
  • Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
    8 June, by Byungura Cesar

    Raila Odinga yabwiye William Ruto bimwe mu bintu agomba gukora kugira ngo abe Perezida mwiza, ufitiwe icyizere n’Abanyakenya.
    Inkuru y’ikinyamakuru The Citizen ivuga ko umuyobozi w’ihuriro ry’amashyaka rya Azimio, rimwe mu mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, Raila Odinga, yagaragaje ibintu Perezida William Ruto asabwa gukora kugira ngo ashobore kugabanya ibyo Leta itakazamo amafaranga bitabaye umuzigo ku baturage.
    Odinga yatangaje ibi mu kiganiro n’itangazamakuru, aho (...)

  • Dr Frank Habineza yahamagariye amahanga kwamagana itegeko rya Uganda rihana abatinganyi
    8 June, by TUYIZERE JD

    Umuyobozi Mukuru w’ishyaka DGPR (Democratic Green Party of Rwanda) riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza, yahamagariye amahanga kwamagana itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina riherutse gushyirwaho umukono na Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, by’umwihariko ingingo yaryo iteganya igihano cy’urupfu.
    Dr Habineza ubwo yatangaga ubutumwa bufungura inama mpuzamahanga yo kurengera ibidukikije iri kubera muri Koreya y’Epfo yatangiye kuri uyu wa 8 Kamena 2023 ku (...)

  • Dutegereje ibihano by’u Bufaransa ku Rwanda: Muyaya
    8 June, by TUYIZERE JD

    Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yatangaje ko igihugu cye gitegereje kubona u Bufaransa bufatira u Rwanda ibihano, kuko ngo rukomeje ubushotoranyi, rufasha umutwe witwaje intwaro wa M23.
    Muyaya mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Le Point, yavuze ko n’ubwo hafashwe imyanzuro ya Luanda na Nairobi, raporo z’urwego z’ubutasi zigaragaza ko “u Rwanda rukomeje kubiba ubwoba uburasirazuba bwa RDC.”
    Yabajijwe niba mu gihe u Rwanda rudahagaritse (...)

  • Perezida Kagame yaba aherutse kwakira intumwa ya Joseph Kabila
    7 June, by BABOU Bénjamin

    Ikinyamakuru Africa Intelligence ku wa Kabiri w’iki cyumweru cyanditse ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aheruka kohereza intumwa ku bakuru b’ibihugu by’uturere Congo iherereyemo; barimo na Paul Kagame w’u Rwanda.
    Iki gitangazamakuru kivuga ko mu byumweru bishize ari bwo Kabila yohereje intumwa ze muri za Perezidansi z’ibihugu bitandukanye.
    Ni Kabila umaze imyaka irenga ine acecetse; kuva muri 2019 ubwo yabisaga ku butegetsi Félix (...)

  • Perezida Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta
    7 June, by Byungura Cesar

    Perezida wa Kenya, William Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta wahoze amukuriye mu kazi ko kuyobora iki gihugu, asubiramo uko yatsinze umunyapolitiki Raila Odinga utavuga rumwe n’ubutegetsi.
    Ibi Ruto yabivugiye mu muhango wo gusengera igihugu kuri uyu wa 7 Gicurasi 2023, avuga ukuntu bitangaje kuba yari Visi Perezida ariko kandi agahinduka utavuga rumwe n’ishyaka rya Uhuru kandi yari aribereye umunyamuryango.
    Yakomeje yishongora kuri Uhuru, avuga ukuntu yamwigaranzuye ubugira kabiri, (...)

  • Joseph Kabila abona Tshisekedi nk’’umunyagitugu ukwiriye guhashywa’
    7 June, by BABOU Bénjamin

    Amakuru aturuka muri Congo Kinshasa aravuga ko ishyamba ritakiri ryeru hagati ya Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu na Félix Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi, ku buryo umwe asigaye afata undi nk’ ’umunyagitugu ukwiriye guhashywa’.
    Ni Kabila kuri ubu umaze imyaka ine yaracecetse, kuva muri 2019 ubwo yahererekanyaga ubutegetsi yari amazeho imyaka 18 na Tshisekedi.
    Kabila umaze igihe mu icuraburindi ndetse no guceceka kudasanzwe, kuri ubu biragoye cyane kumubona mu (...)

  • Burundi: Leta yahagaritse ibikorwa byose by’ishyaka CNL
    6 June, by BABOU Bénjamin

    Leta y’u Burundi yahagaritse by’agateganyo ibikorwa byose by’ishyaka CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu, kubera akavuyo n’umwiryane umaze iminsi urivugwamo.
    Icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’iri shyaka cyafashwe na Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Burundi, mbere yo kukimenyesha umunyapolitiki Agathon Rwasa uriyobora mu ibaruwa yamwandikiye kuri uyu wa Kabiri Tariki ya 06 Kamena 2023.
    Minisitiri Martin Ninteretse yabwiye Rwasa ko “Ibikorwa byose [by’ishyaka] biteguurwa (...)

  • Imbaraga Magufuli yabonye muri Ndayishimiye zikomeje kugaragara
    5 June, by TUYIZERE JD

    Evariste Ndayishimiye uzwi nka ‘General Neva’ ayobora u Burundi kuva tariki ya 18 Kamena 2020, ubwo yarahizwaga byihuse bitewe n’uko Pierre Nkurunziza wayoboraga iki gihugu yapfuye igikorwa cyo kumushyikiriza ububasha kigitegurwa.
    Igihugu cya mbere yasuye nka Perezida ni Tanzania yari ikiyoborwa na Dr John Pombe Magufuli. Ni uruzinduko rwabaye tariki ya 19 Nzeri 2020, yita mugenzi we umubyeyi, abanyapolitiki batavuga n’ubutegetsi bw’u Burundi bamagana iyi mvugo kuko ngo isuzuguza igihugu (...)

  • Uganda: Bakoze amahugurwa yo gukura Museveni ku butegetsi
    4 June, by Byungura Cesar

    Abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda bakoze amahugurwa agamije gukura Perezida Yoweri Kaguta Museveni ku butegetsi mu 2026.
    Inkuru dukesha ikinyamakuru The Daily Monitor ivuga ko kuva tariki ya 2 Kamena 2023, abanyapolitiki bo mu mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda bari mu mahugurwa agamije kwiga neza uburyo bazatsinda ishyaka riri ku butegetsi NRM, mu matora ateganyijwe kuba mu mwaka w’2026.
    Muri aya mahugurwa, aba banyapolitike bahisemo kwishyira hamwe (...)

  • Ingabire Victoire ahanze amaso Perezida Kagame
    4 June, by BABOU Bénjamin

    Umunyapolitiki Ingabire Victoire Umuhoza, yatangaje ko ahanze amaso Perezida Paul Kagame ugomba kumukuraho ubusembwa, kugira ngo yemererwe kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu.
    Mu Ukuboza 2013 ni bwo Ingabire yakatiwe imyaka 15 y’igiungo nyuma yo guhamywa ibyaha birimo kugambanira igihugu agamije kukibuza umudendezo ndetse no kurema umutwe w’abagizi ba nabi.
    Ni icyaha yakatiwe nyuma y’uko we n’ubushinjacyaha bari barajuririye icy’imyaka umunani yari yarahawe muri 2010 ubwo (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 934

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW

Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza

IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6

Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n'umujyanama we
Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
08/06/23 22:31
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW
Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
08/06/23 21:54
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
08/06/23 19:39
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
08/06/23 16:09
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
imyidagaduro

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

Umuhanzi umaze kubaka izina mu muziki wo mu karere Jacob Obunga uzwi nka Otile Brown (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubuzima

Museveni yasobanuye uko Covid-19 yamuciye mu rihumye

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yemeje ko yanduye icyorezo cya Covid-19, kandi ko byatewe (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe

Muri Kenya Inkuru y’abapfuye bategetswe na Pasiteri Paul Mackenzi ikomeje kuba uruhererekane, (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Amakuru

Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro

Umusirikare w’u Burundi witwa Dusabeyezu Vianney, yapfiriye muri hoteli iherereye muri komini (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?