• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
    Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe
    Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro
    Intasi za RDC zasatse urugo rwa Moïse Katumbi
    Burera: Barishyuza rwiyemezamirimo Frw miliyoni 4
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
    Dr Frank Habineza yahamagariye amahanga kwamagana itegeko rya Uganda rihana abatinganyi
    Dutegereje ibihano by’u Bufaransa ku Rwanda: Muyaya
    Perezida Kagame yaba aherutse kwakira intumwa ya Joseph Kabila
    Perezida Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    APR FC mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye w’Umugande
    Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
    Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere
    Kiyovu Sports yaba igiye kwirukana abakinnyi bayo bose bakomeye ku bwo ’kuyigambanira’
    Umugore wa Messi arimo kumusunikira muri Fc Barcelona
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

ubuzima

ubuzima

08/06/23 13:06
Museveni yasobanuye uko Covid-19 yamuciye mu rihumye

ubuzima

07/06/23 12:11
Ibyiza byo kurya Avoka by’umwihariko ku bagore batwite

ubuzima

07/06/23 11:18
Ibyago ku muntu ukunze kugira ikibazo cya rezo na interineti igenda gake

ubuzima

05/06/23 15:38
Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe

ubuzima

02/06/23 17:07
Wari uziko kurya Salade bishobora kurinda amagufa kumungwa?

ubuzima

01/06/23 12:25
Akugara kaba ku gitsina cy’umukobwa w’isugi gahurirahe no kuva amaraso mu gihe cy’imibonano ?

ubuzima

31/05/23 12:19
Ese umubiri w’umuntu ukenera "Fbres" zingana iki? Dore indwara zirwanya harimo na Cancer

ubuzima

30/05/23 15:54
Uturere two muri Kigali twateje igihombo gikomeye mu mavuriro n’ibitaro

ubuzima

29/05/23 09:00
Telefone ishobora kwangiza ubwonko mu gihe ikoreshejwe nabi

ubuzima

26/05/23 15:23
Wari uziko Inkarishya zishobora gufasha umuntu wafashwe na Cancer?

ubuzima

26/05/23 11:10
Ururenda rwo mu gitsina cy’umugore, isoko y’umunezero ku bagabo mu gihe cy’imibonano

ubuzima

25/05/23 12:11
Ese imibonano ikozwe neza igomba kumara igihe kingana gute?

ubuzima

24/05/23 16:26
Ese wari uziko umuravumba udakoreshwa mu kuvura inkorora gusa? Dore izindi ndwara 7 uvura

ubuzima

19/05/23 17:42
Hari abazi ko amateke aribwa n’abatifashije gusa ntibamenye ko ari umuti no ku bakire

ubuzima

18/05/23 18:32
Kunywa ibirimo isukari nyinshi, kimwe mu bituma umugabo adashyukwa

ubuzima

18/05/23 11:48
Abanyarwanda bakora uburaya bwambukiranya imipaka babangamira gukumira SIDA: RBC

ubuzima

16/05/23 15:46
Mugabo, niba ushaka ko amasohoro yawe yiyongera ntukajye ubura aya mafunguro

ubuzima

15/05/23 16:57
Ibihumyo,imari ishyushye ku buzima bw’umuntu! Dore impamvu ukwiye kubirya

ubuzima

13/05/23 14:46
Zambia mu bihugu bifite abagabo basohorera ku mpinja ngo zirusheho gukomera

ubuzima

12/05/23 17:59
Hari abibaza uko igitsina cy’umugabo kigomba kuba kireshya! Sobanukirwa

ubuzima

11/05/23 15:51
Wari uziko kurya vubavuba byagutera isepfu? Dore ibindi biyitera n’uko yayihagarika

ubuzima

09/05/23 17:35
Acide itera ikirungurira iturukahe?

ubuzima

04/05/23 17:21
Muri Gatsibo ngo hari abatizanya udukingirizo twakoreshejwe

ubuzima

04/05/23 09:55
Umutekano w’igifu cyawe wawucunga wirinda ibi biribwa cyangwa ukabigabanya
  • Museveni yasobanuye uko Covid-19 yamuciye mu rihumye
    8 June, by TUYIZERE JD

    Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yemeje ko yanduye icyorezo cya Covid-19, kandi ko byatewe n’uko atari acyambara agapfukamunwa mu rwego rwo kucyirinda.
    Inkuru y’uko Museveni yanduye iki cyorezo yamenyekanye mu gitondo cy’uyu wa 8 Kamena 2023, nyuma yo gufatwa ibipimo bitatu.
    Yasobanuye ko yahise ajya mu kato muri Nakasero kandi ko uyu munsi n’ejo akazi ke karaba gakorwa na Minisitiri w’Intebe, Robinah Nabanjja.
    Museveni yavuze ko yakoraga ibishoboka byose, yirinda Covid-19 ariko (...)

  • Ibyiza byo kurya Avoka by’umwihariko ku bagore batwite
    7 June, by Ndacyayisenga Fred

    Urubuto rw’avoka, ni zimwe mu mbuto usanga abantu benshi bakunda ku buryo batafata amafunguro rutariho.Avoka nirwo rubuto rwonyine rukungahaye ku mavuta kurenza izindi mbuto zo zikungahaye ku isukari.
    Umugore utwite acyenera intungamubiri nyinshi, vitamini ndetse n ibimurinda indwara. Kurya avoka byibuza imwe ku munsi, ni kimwe mu byamufasha kubungabunga ubuzima bwe n ubw uwo atwite.
    Avoka ni isoko nziza ya folic acid. Iyi folic acid twavuze ko umugore wese uretse kuboneza urubyaro (...)

  • Ibyago ku muntu ukunze kugira ikibazo cya rezo na interineti igenda gake
    7 June, by TUYIZERE JD

    Rezo na interineti bigenda gake ni ikibazo abenshi bakoresha telefone ngendanwa binubira kubera ko cyangiriza itumanaho hagati y’uyu n’undi, by’umwihariko mu gihe bahamagarana.
    Umuhanga mu bugenge bwa nikeleyeri, Dr Mukarukaka Annely, mu gitabo cy’ubushakashatsi aherutse gukora cyitwa ‘Proper Utilization of Technology Particularly Mobile Phones’, yagaragaje ko ukoresha telefone ifite ‘rezo’ na interineti bigenda gake, aba afite ibyago byinshi byo kwinjirirwa n’ingufu z’imirasire (...)

  • Kurya amashu, igisubizo ku bakunda kwibasirwa n’impatwe
    5 June, by Ndacyayisenga Fred

    Amashu ni zimwe mu mboga zifasha umubiri w’umuntu kugira ubuzima bwiza binyuze mu ntungamibiri wakira , ikindi kandi n’uko bifasha igogorwa no kurinda impatwe ku muntu yibasiye.Kurya byagaragajwe ko kurya imboga z’amashu bifitiye akamaro gakomeye umubiri w’umuntu. Ubundi amashu n’ibiribwa bibarizwa mu bwoko bw’imboga,aho usanga abenshi bavuga ko kuyarya nta mumaro ahubwo ngo atera inzara ,nyamara siko bimeze.
    Amakuru dukesha urubuga Health Line agaragaza ko amashu ari mu bwoko (...)

  • Wari uziko kurya Salade bishobora kurinda amagufa kumungwa?
    2 June, by Ndacyayisenga Fred

    Hari abantu usanga batakwegera amafunguro adaherekejwe na Salade.Impamvu rero nta yindi usibye kuba ayirya baba bazi ibanga ryayo, aho ikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye harimo n’izishobora kurinda amagufa kumungwa. Foodal.com ivuga ko kurya salade bifitiye umubiri akamaro kanini , kubera ko salade iba ikungahye ku ntungamubiri nyinshi kandi z’ingenzi ku mubiri wa muntu .Salade zikorwa mu buryo butandukanye no mu bwoko bw’imboga cyangwa imbuto butandukanye , bitewe nicyo salade (...)

  • Akugara kaba ku gitsina cy’umukobwa w’isugi gahurirahe no kuva amaraso mu gihe cy’imibonano ?
    1 June, by Ndacyayisenga Fred

    Ntabwo kuva amaraso bisobanura ko umukobwa yari isugi. Umukobwa cyangwa umugore ashobora gukora imibonano akava amaraso biturutse ku mpamvu zitandukanye.
    Uko ni na ko umukobwa w’isugi na we iyo akoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere byanze bikunze atava amaraso. Icya mbere gituma hatabaho kuva amaraso ni uko umukobwa aba yakoze imibonano abishaka kuko yateguwe neza. Ikindi ni iyo akoranye imibonano n’umuhungu akunda, na byo bimufasha kwitegura mu buryo bworoshye mu mutwe. Kuva amaraso (...)

  • Ese umubiri w’umuntu ukenera "Fbres" zingana iki? Dore indwara zirwanya harimo na Cancer
    31 May, by Ndacyayisenga Fred

    Abashakashatsi bo kuri Kaminuza ya Otago, muri Nouvelle Zélande na Kaminuza ya Dundee, bavuga ko umuntu akwiye gufungura nimiburiburi amagarama 25 ya "fibre" ku munsi.Bavuga ko ubishoboye yarenza amagarama 30, ko hari akarusho kanini.
    Umuneke wose upima amagarama 120 (120g), ariko wose ntugizwe na "fibre". Ukuyemwo isukari n’amazi biwurimwo, usigarana 3g ya "fibre".Kw’isi abantu benshi barya amagarama ya "fibre" ari munsi ya 20 ku munsi.
    Mu Bwongereza, munsi y’umuntu umwe kuri 10 nibo (...)

  • Uturere two muri Kigali twateje igihombo gikomeye mu mavuriro n’ibitaro
    30 May, by BWIZA

    Uturere tugize umujyi wa Kigali dufitiye ibitaro n’amavuriro imyenda myinshi kubera kunanirwa kwishyurira abantu batishoboye bagiye bivuza, bagataha batishyuye serivisi bahawe.
    Ibi byaganiriwe kuri uyu wa 30 Gicurasi 2023, mu nama mpuzabikorwa kuri serivise z’ubuzima, inama yitabiriwe n’inzego zitandukanye zo mu mujyi wa Kigali zifite aho zihurira cyane n’ubuzima ndetse n’imibereho myiza y’abaturage. Yari ifite intego yo kureba ibitagenda mu buzima bw’abatuye umujyi wa Kigali ndetse (...)

  • Telefone ishobora kwangiza ubwonko mu gihe ikoreshejwe nabi
    29 May, by TUYIZERE JD

    Telefone ni nziza ku muntu ushaka kugendana n’ibigezweho, ushaka gutera imbere mu ikoranabuhanga, ushaka kumenya amakuru yiriwe cyangwa yaraye hirya no hino ku Isi kandi yoroshya cyane itumanaho. Ariko kuyikoresha neza bikwiye kuba ihame.
    Umuhanga mu bugenge bwa nikeleyeri, Dr Mukarukaka Annely, mu gitabo ‘‘Proper Utilization of Technology Particularly Mobile Phones’, yanditse cyigisha ku gukoresha neza telefone igendanwa, yagaragaje ko hari ibyago bikomeye bitegereje uwitaba telefone (...)

  • Wari uziko Inkarishya zishobora gufasha umuntu wafashwe na Cancer?
    26 May, by Ndacyayisenga Fred

    Inkarishya zagira uruhare mu kurwanya indwara ya kanseri kubera ko zigiramo ikitwa ‘trypsine’, gifite ubushobozi bwo kuburizamo za ‘cellules’ zitera kanseri. Kubera ko zigiramo ikitwa ‘bêta-carotène’, bituma zirinda ibyago byo kurwara indwara z’umutima zimwe na zimwe.
    Intagarasoryo zirarura ku buryo umuntu utazimenyereye bitamworohera kuzimira, zishobora kuribwa ari mbisi cyangwa se zitetse. N’ubwo mu kanwa zitaryoha cyane cyane ku bantu batazimenyereye, ariko zigira ibyiza byinshi ku (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 21

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW

Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza

IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6

Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n'umujyanama we
Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
08/06/23 22:31
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW
Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
08/06/23 21:54
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
08/06/23 19:39
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
08/06/23 16:09
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
imyidagaduro

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

Umuhanzi umaze kubaka izina mu muziki wo mu karere Jacob Obunga uzwi nka Otile Brown (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubuzima

Museveni yasobanuye uko Covid-19 yamuciye mu rihumye

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yemeje ko yanduye icyorezo cya Covid-19, kandi ko byatewe (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe

Muri Kenya Inkuru y’abapfuye bategetswe na Pasiteri Paul Mackenzi ikomeje kuba uruhererekane, (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Amakuru

Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro

Umusirikare w’u Burundi witwa Dusabeyezu Vianney, yapfiriye muri hoteli iherereye muri komini (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?