Perezida Paul Kagame yaraye ashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare 12 bari mu cyiciro cya jenerali; ni ukuvuga kuva kuri Brigadier General kugera kuri General (uwambara ipeti ry’inyenyeri enye).
Ni igikorwa kidasanzwe cyabaye mu ngabo z’u Rwanda (RDF) kuko aba bajenerali bagize uruhare rukomeye mu rugamba rwo kubohora igihugu, bakaba ari bo bari bakuru mu myaka muri uru rwego kandi bafitemo ijambo rikomeye.
Ugukomera kw’aba basirikare kugaragazwa n’imyanya bakozemo, iyo barimo (...)
ibyegeranyo
-
Ibigwi by’abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko
31 August, by TUYIZERE JD -
Ibihugu bya Sudani n’u Burundi imbere ku rutonde rw’ibimaze kubamo coup d’etat nyinshi
17 August, by Denis NsengiyumvaMuri coup d’Etat 17 zabaye ku Isi kuva mu 2017, zose uretse imwe yabaye muri Myanmar mu 2021, izindi zabaye muri Afurika. Hagati ya Mutarama 1950 na Nyakanga 2023, muri Afurika habaye kugerageza guhirika ubutegetsi no kubuhirika inshuro zigera kuri 220, hafi kimwe cya kabiri (44%) byo kugerageza guhirika ubutegetsi kwabaye ku Isi hose. Kenya yabayemo kugerageza guhirika ubutegetsi rimwe nabwo birapfuba mu gihe mu Rwanda yabaye rimwe mu 1973.
1. Sudani
Kuva mu 1950, Sudani yagize coup (...) -
Imitwe ya Special Forces 15 ya mbere iteye ubwoba ku Isi mu 2023
1 August, by Denis NsengiyumvaTwese twubaha cyane abagabo n’abagore baba bariyemeje kwitangira ibihugu byabo mu kubirinda abanzi bo hanze ndetse n’imbere, ariko hariho irindi tsinda rihora ryitabazwa mu bihe bibi cyangwa aho rukomeye. Aba bakura akaga mu nzira kandi binjira ahantu hakomeye ab’umutima ukomeye gusa batinyuka kwegera. Aba ni bo usanga mu mitwe y’ingabo zidasanzwe (Special Forces).
Dore Special Forces 15 za mbere zikanganye ku Isi
1. Special Naval Warfare Force
Umutwe w’ingabo zidasanzwe za Espagne (...) -
Urutonde rwa Coup d’etat ziheruka gukorwa muri Afurika y’iburengerazuba no hagati
28 July, by Denis NsengiyumvaKu wa Gatatu, itariki 26 Nyakanga 2023, abarinzi b’umukuru w’igihugu muri Niger bafatiye Perezida Mohamed Bazoum mu ngoro ye mu murwa mukuru Niamey, aho Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’iburengerazuba (ECOWAS) n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bita kugerageza guhirika ubutegetsi .
Ni ihirikwa ry’ubutegetsi rya cyenda cyangwa kugerageza gufata ubutegetsi mu myaka irenga itatu gusa muri Afurika y’Iburengerazuba no Hagati, akarere mu myaka icumi ishize kamaze kwamamara mu (...) -
Ibihugu 50 bya mbere binini kurusha ibindi ku Isi n’ubuso bwabyo
25 July, by Denis NsengiyumvaU Burusiya nicyo gihugu kinini kuruta ibindi ku Isi, gifite ubuso bwa 17.098.300km². Ni hafi inshuro ebyiri Canada iza ku mwanya wa kabiri mu gihe hakurikiraho Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa. Igihugu cya Algeria nicyo gihugu cyo muri Afurika kinini kurusha ibindi kiza ku mwanya wa 10. gikurikiwe na Repubulika ya Demokarasi ya Congo .
Dore ibihugu 50 bya mbere binini ku Isi:
1. Russia: 17,098,300 km²
2. Canada: 9,984,700 km²
3. USA: 9,831,500 km²
4. China: 9,562,900 km (...) -
U Bushinwa nibwo butunze amato menshi y’intambara agendera munsi y’amazi (Submarines)
26 June, by Denis NsengiyumvaIgihugu cy’u Bushinwa kugeza ubu nicyo gitunze amato y’intambara menshi agendera munsi y’amazi (Submarines) kurusha ibindi, aho gikurikiwe n’igihugu cy’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe ibihugu nk’u Bwongereza n’u Bufaransa birushwa aya mato y’ingenzi mu ntambara yo mu mazi n’ibihugu nk’u Buhinde, Koreya y’Epfo na Iran nk’uko tubikesha The World Ranking .
Umubare wa Submarines kuri buri gihugu
🇨🇳 China → 78
🇷🇺 Russia → 70
🇺🇸 United States → 68
🇰🇵 North Korea → (...) -
Ibihugu bifite amategeko yemerera abahuje igitsina gushyingiranwa n’igihe yatorewe
10 May, by Denis NsengiyumvaKuva mu 2001, ibihugu bitandukanye byiganjemo ibo mu Burayi na Amerika byamaze kwemerera abahuje ibitsina gushyingiranwa mu mategeko, ho u Buholandi bwabimburiye ibindi mu gihe muri Afurika igihugu kigaragara kuri uru rutonde dukesha World of Statistics ari Afurik y’Epfo gusa.
2001: U Buholandi
2003: U Bubiligi
2005: Canada, Espagne
2006: Afurika y’Epfo
2009: Norvege, Sweden
2010: Argentina, Iceland, Portugal
2012: Denmark
2013: Brazil, U Bwongereza, Wales, U Bufaransa, (...) -
Dore ibihugu bisaga 30 bya mbere mu gushora akayabo mu gisirikare ku Isi
9 May, by Denis NsengiyumvaIgihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na miliyari 877 $ cyakomeje guha ibindi bihugu umwitangirizwa mu gushora akayabo mu kubaka igisirikare aho igihugu cy’u Bushinwa kikigwa mu ntege zigikubye inshuro zirenga 3 ukurikije ingengo y’imari igenda ku gisirikare cy’ibihugu byombi .
Dore uko ibihugu byarutanwe mu gushora mu gisirikare muri 2022:
USA: $877 billion China: $292 billion
Russia: $86 billion India: $81 billion
Saudi Arabia: $75 billion
UK: $69 billion (...) -
Ibigo 20 by’abikorera bikoresha abakozi benshi kurusha ibindi ku Isi
7 May, by Denis NsengiyumvaIkigo cya Walmart cy’Abanyamerika nicyo kigo cy’abikorera kiyoboye ibindi ku Isi mu kugira abakozi benshi nk’uko bigaragara ku rutonde dukesha World of Statistics .
1. Walmart: 2,300,000
2. Amazon: 1,541,000
3. Foxconn: 826,608
4. Accenture: 738,000
5. Volkswagen: 645,868
6. Tata Consultancy: 616,171
7. Deutsche Post: 583,816
8. United Parcel Service: 500,000
9. Kroger: 500,000
10. Home Depot: 500,000
11. Gazprom: 468,000
12. Agricultural Bank: (...) -
Ibihugu bya mbere byagize GDP ya Tiliyari y’amadolari n’ibya mbere mu bukungu ku Isi ubu
2 May, by Denis NsengiyumvaIgihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika nicyo cya mbere ku Isi cyagize GDP (umusaruro mbumbe w’imbere mu gihugu) ugera muri Tiliyari (Miliyari 1000) y’Amadolari, hari mu 1969, kugeza uyu munsi mu 2023 kanddi nicyo gifite GDP nini kurusha ibindi bihugu nk’uko tubikesha World of Statistics .
Ibihugu byagize GDP ya Tiliyari $ bwa mbere:
1969: USA
1978: Japan
1986: Germany
1988: France
1990: Italy, UK
1998: China
2004: Canada, Spain
2006: South Korea, Brazil
2007: (...)
DUKURIKIRE
Weekly Newsletter
Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email