• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
    Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
    Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
    U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga
    Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
    Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
Ibihugu byiganjemo abantu batizera Imana

ibyegeranyo

Ibihugu byiganjemo abantu batizera Imana

Yanditswe na NKUNDABANYANGA Ildephonse
Yanditswe kuwa 15/02/2023 15:07

Ibihugu mu Isi muri uyu mwaka w’2023, bifite abaturage benshi batagira imyizerere n’imwe ishingiye ku Mana runaka ibarizwa ahantu runaka

Kuva kera ibihugu n’imuco y’abantu mu Isi, byagiye bihuzwa n’Imana bavuga ko iba ahantu runaka bise mu ijuru, abandi na bo bakagira Imana bishushanyirije bakazisenga ngo zigire ibyo zibafasha.

Uko imyaka igenda ishira, umubare w’abantu batizera Imana na wo wagiye wiyongera nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’Abanyamerika bugasohoka mu kinyamakuru The Independent.

Mu Isi, bisa nk’aho kubaho utagira idini cyangwa imyizerere ubarizwamo, ari nk’aho bidashoboka bitewe n’uko imyizerere n’amadini byahujwe n’ubuzima bwa buri munsi.

Dore urutonde rw’ibihugu 5 bifite abaturage benshi batizera Imana:

1.U Bushinwa

Igihugu cy’u Bushinwa kiri mu bihugu mu Isi bifite umubare w’abaturage benshi batizera Imana, impamvu Abashinwa benshi batizera Imana bihuzwa n’imigenzereze y’ishyaka rya gikominisite.

Mu mwaka w’1949 ni bwo Mao Zedong n’ishyaka rye rya Chinese Communist Party bageze ku butegetsi ibintu byose by’amadini babikuraho.

Kuva icyo gihe, ikigo cya Win/Gallup kigaragara ko hagati ya 40 na 49.9 % Abashinwa batizera Imana. Undi mubare w’Abashinwa bakaba bajyana n’ibitekerezo bya Confucianism.

2.U Buyapani

Ubuyapani na bwo buri ku mwanya wa kabiri w’ibihugu bifite abantu batizera Imana, aho abari hagati ya 30 na 39 batizera Imana.

Muri iki gihugu, hari abantu bangana n’umunani ku ijana bagendera ku mugenzo wa Shintoism, aho bizera ko buri kintu cyose cyifitemo ubumana ndetse n’ubutagatifu.

Ibi bya Shintoism bituma bamwe bavuga ko ari idini ariko Abayapani bo bavuga ko Imana ari nyinshi kandi zikaba zibarizwa muri buri kintu cyose kibaho.

3.Repubulika ya Czech

Rebulika ya Czech ni cyo gihugu mu Burayi gifite abaturage benshi bari hagati ya 30 na 39 % batizera Imana.

Zimwe mu mpamvu zisobanurwa ku kuba iki gihugu gifite uyu mubare ungana gutya mu Burayi butuwe n’Abakristu benshi, ni uko mu binyejana byahise, ubwo Ubwami bwa Austria-Hungary bwari bwarakoronije iki gihugu, kandi ubu bwami bwari ubwa gikiristu, icyo gihe Abaturage ba Czech babonaga idini ari nk’igikoresho cy’Abakoroni, bigatuma batajya mu by’amadini.

Ikindi kandi nyuma, iki gihugu cyaje kujya mu bumwe bw’Abasoviyeti, aho kwizera Imana byasaga n’ikizira. Ibi byatumye Abanya-Czech benshi ibintu by’amadini batandukana na byo.

4. Koreya ya Ruguru

Igihugu kiyoborwa na Kim Jong-un nubwo nta makuru ahagije agiturukamo,ariko na cyo kiri mu bihugu bifite abantu benshi batizera Imana.

Muri iki gihugu biranzwi neza ko kukubonana Bibiliya biba ari icyaha gikomeye kinakugeza mu nkiko. Habarizwa imigenzereze yiswe Juche, iyi ikaba ijyana n’amahame ya gikominisite hamwe n’imigenzereze y’umuryango wa Kim Il-sung wagishinze.

Kurundi ruhande kandi muri iki gihugu hari imyizerere ya Shamanism na Chondoism, iyi ikaba ari imyizerere ijyana n’Imana nyinshi n’imigenzo gakondo yo muri iki gihugu.

5.U Bufaransa

Mu Bufaransa, umuturage umwe muri batanu ntabwo yizera Imana. Impamvu itangwa, muri iki gihugu ni uko Leta yagiye igabanya ububasha bw’amadini muri politike.

Mu mpinduramatwara z’Abafaransa zabaye mu mwaka w’1789, ni bwo Kiliziya Gatolika yari ifite ububasha bwagabanyijwe, bituma abaturage benshi batangira kutita ku bintu by’amadini.

Nubwo ibi ari byo bihugu tugarutseho, ariko hari n’ibindi bihugu nka Australia na Iceland na byo abaturage bari hagati 10 na 19 % ntizera imana. Iki kigero kandi ni cyo kiri no mu Bufaransa.

Ubwo ubu bushakashatsi bwakorwaga, abantu babajijwe impamvu batizera Imana, batangaje ko ibintu by’Imana nta gitekerezo babifiteho, ko kandi Imana yaba iriho cyangwa itariho ntacyo babiziho.

Ikindi ni uko mu bihugu byo muri Amerika ya ruguru ndetse no mu Burayi hamwe na Afurika ari ho hari abantu benshi bizera Imana.

Ubu bushakashatsi bwerekana ko kandi uko byagenda kose mu Isi abantu bizera Imana bazakomeza kwiyongera uko iminsi izagenda iza.

Izindi Nkuru Bijyanye


Ibigwi by'abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko
Ibigwi by’abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko
Abantu 10 ba mbere bagize uruhare mu guhindura amateka y�Isi mu kinyejana cya 20
Kajugujugu 10 za mbere ziringirwa ku rugamba ku Isi
Kajugujugu 10 za mbere ziringirwa ku rugamba ku Isi

Izindi wasoma

Ibigwi by’abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko

Ibihugu bya Sudani n’u Burundi imbere ku rutonde rw’ibimaze kubamo coup d’etat nyinshi

Imitwe ya Special Forces 15 ya mbere iteye ubwoba ku Isi mu 2023

Urutonde rwa Coup d’etat ziheruka gukorwa muri Afurika y’iburengerazuba no hagati

Ibihugu 50 bya mbere binini kurusha ibindi ku Isi n’ubuso bwabyo

NKUNDABANYANGA Ildephonse
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal

Nyuma y'u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire

Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu

Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman

Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
27/09/23 06:31
Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
Nyuma y'u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
27/09/23 06:30
Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
27/09/23 06:00
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
27/09/23 06:00
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
imikino

Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

Jadon Sancho yirukanwe mu bigo byose by’ikipe ya mbere muri Manchester United, harimo (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubutabera

Kazungu Denis yoherejwe mu igororero

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rumaze gutegeka ko Kazungu Denis ukurikiranweho ibyaha bigera (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga

U Burusiya bwashyize Piotr Hofmanski ukuriye Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) ku rutonde (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Amakuru

Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

Umuyobozi w’ingabo zirwanira mu mazi z’u Burusiya zikorera ku Nyanja y’Umukara akaba n’umwe mu (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.