Covid-19 yahungabanyije ubushobozi mu bukungu, muri rusange, ariko cyane cyane ku bari basanzwe bafite imibereho iciriritse. Ku «bana bo mu muhanda» basanzwe, ibi byongereye abanyeshuri benshi mu mubare w’abishakishiriza, ngo bongere ubushobozi bwo kubona ifunguro ry’umuryango. Binyuze mu ngeso mbi nyinshi, abenshi batumwe n’ababyeyi!
Ni hagati ya saa kumi n’ebyiri n’igice na saa moya z’umugoroba. Nubwo bwose ari i Nyamirambo ya Kigali, ntibisanzwe kuhumva induru muri ayo masaha! Nk’igisubizo
Zicukumbuye

Musanze: Abatsindiye akazi baratakamba basaba kurengenurwa nyuma yo kubwirwa ko imyanya bahataniye itagihari
-
Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
10 November 2020, by Sehene Ruvugiro Emmanuel -
Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
18 August 2020, by BWIZAUmuturage witwa Pascal Mutumwa, utuye Mudugudu wa Sabasengo mu Kagari ka Kageyo mu Murenge wa wa Mwiri, akarere ka Kayonza, avuga ko ari gukorerwa akarengane n’abakozi bashinzwe ubutaka ku Karere no ku Ntara y’Ibirasirazuba bashaka kumutwarira isambu. Ngo bamubwira ko atari iye kandi ayifitiye ibyangombwa, ubuyobozi bwo buvugaka ko bwabumvikanishije , umuturage akabibona akarengane, bityo uyu musaza ngo abona nta wundi wamurengera usibye Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame.
Umunyamakuru wa -
Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
19 May 2020, by Sikubwabo Mark IbrahimNiba hari ikintu cyavuzweho cyane mu mateka y’urugamba rw’ingabo za FPR Inkotanyi ni ukumenya gutega umwanzi imitego ( ambush), gutera ibitero shuma ( sporadic attacks), gutera hagamijwe kubohora abagizwe imbohe ( raids) n’ ibindi. Ni ibintu bivugwa n’abantu batandukanye , gusa bigoye kubona inyandiko zibivugaho n’ubwo bidasiba kuvugwa mu biganiro hagati y’abantu batandukanye.
Ni gake ubu buryo bw’imirwanire abenshi bita iya kinyeshyamba butagize icyo bugeraho ku ruhande rw’Inkotanyi, (...) -
Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
2 May 2020, by Munyakayanza SamuelImyaka itanu irirenze uwari umusirikari mukuru mu ngabo z’u Burundi w’ipeti rya Major General, Godefroid Niyombare amenyekanye cyane. Kumenyekana kwe kwatewe no kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Petero Nkurunziza mu 2015, umugambi waje gupfuba no kuburizwamo bikarangira abawuteguye bahunze igihugu abandi barafatwa bashyirwa mu magereza. Ubu uwariwe wese yakwikabaza aho uyu musirikare aherereye cyane ko ari we wari kuruhembe rwo guhirika ubutegetsi nubwo bitamuhiriye.
Icyo gihe, mbere (...) -
Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
14 April 2020, by TUYIZERE JDIndwara y’icyorezo ya Covid-19 yatwaye ubuzima, irabwonona ndetse itera n’ihungabana rikomeye ku buzima bw’abantu n’ubw’ibihugu nk’ubukungu. Byatumye ibihugu bitandukanye bifata ingamba zijyanye n’intera kimaze kugeraho iwabyo mu buryo bwo kukirwanya no gukumira ikwirakwira ryacyo ariko bimaze kugaragara ko byabaye umwanya usesuye w’ihohoterwa rikorerwa mu ngo, bigera no kuri gahunda y’akabariro.
Mu ngamba zikakaye zafashwe harimo guhagarika hafi ibikorwa byose bigize ubuzima bwabyo nk’ibyinji -
Politiki, intwaro kirimbuzi ikomeje kugarika ingogo muri ibi bihe bya Coronavirus
9 April 2020, by TUYIZERE JDKuva indwara y’icyorezo ya Coronavirus (COVID-19) yagaragara ku Isi, hamaze gutakara ubuzima bw’abantu benshi ariko hari impungenge ko imibare ishobora kuzamuka cyane bitewe n’impamvu nyinshi, politiki ikaza ku isonga.
Kugira ngo byumvikane neza, birasaba guterera ijisho mu Bushinwa, aho umurwayi wa mbere w’iki cyorezo yagaragaye mu mugi wa Wuhan mu Gushyingo 2019 ariko byasabye igihe kirekire kugira ngo byemezwe ko umuntu wagaragayeho iki cyorezo yakwanduza undi muntu.
Urugero ni urwa rapor -
Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe
29 March 2020, by TUYIZERE JDUrwego rushinzwe gushakisha abakurikiranweho ibyaha by’intambara, jenoside ndetse n’ibyibasira inyokomuntu rumaze imyaka 18 ruhiga Abanyarwanda 8 bashinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, rukaba rwarashyizeho miliyoni 40 z’amadolari y’Amerika; arenga miliyari 38 z’Amafaranga y’u Rwanda azahabwa umuntu/abantu bazatanga amakuru atuma bafatwa.
Aba ni: Bizimana Augustin, Kabuga Félicien, Mpiranya Protais, Kayishema Fulgence, Ndimbati Aloys, Munyarugarama Phénéas, Sikubwayo Char -
Gucikira no guterura mu buzima bw’Abanyarwanda
27 March 2020, by TUYIZERE JDMu mibereho y’Abanyarwanda mu bihe bitandukanye, habayeho intambwe eshatu zo kubaka urugo; gucikira, guterura ndetse cyangwa gushyingirwa.
Gucikira ni igihe umusore n’umukobwa bumvikana, bagashinga urugo mu ibanga. Guterura byo ni umugenzo abasore bakoraga, bagashuka umukobwa, bakamurongora ku ngufu cyangwa se kumwiba, naho gushyingirwa ni umuhango ugezweho ukorerwa mu madini habayeho ubwumvikane hagati y’umukobwa n’umusore ndetse n’imiryango yabo ibizi.
Habagaho gucikira byagenze bite?
Mu -
Amakuru ari muri rubanda avuga kuri Kabuga Félicien ukekwaho uruhare muri jenoside
27 March 2020, by Fred RugiraHari amakuru yagiye agaruka mu matwi ya benshi avuga ku munyemali, Félicien Kabuga ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, gusa akaba nta rwego cyangwa abo bireba bigeze bagira icyo babivugaho cyane ko amwe muri yo yumvikana nk’inkuru z’urwenya rwo muri rubanda.
Uretse ayo makuru yafashwe nka bwa buvanganzo bwo muri rubanda, hari n’ibyo ibitangazamakuru mpuzamahanga byagiye byandika kuri uyu mugabo Bwiza.com iza kugarukaho.
Kabuga ahigishwa uruhindu ndetse Leta Zunze -
Ibyo wamenya ku muco wo kunywana
25 March 2020, by Fred RugiraMu muco w’Abanyarwanda ba kera, kunywana byari ikimenyetso cy’ubucuti bukomeye hagati y’abantu ndetse abahanaga iki gihango ntibyarangiriraga kuri bo bombi ahubwo byageraga no ku miryango ibakomokaho.
Byakorwaga habayeho kurasaga abagiye kunywana ku nda maze buri wese akanywa amaraso ya mugenzi we. Uwabaga yanywanye n’undi babaga bagiranye igihango cy’amaraso bityo ntibazahemukirane haba mu bito cyangwa mu binini.
Uwarengaga ku gihango bavugaga ko kimwica. Ubu uyu muco waracitse burundu nde
DUKURIKIRE
Weekly Newsletter
Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email