• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
    Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
    Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi
    Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo
    Muhanga: ’Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Ambasaderi Gatete yatangaje ko ibihano byo gushimisha RDC ntacyo bizamara
    Mukuralinda yahishuye ko ubwo yahuraga na Lutundula, bateranye urwenya
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Rayon Sports mu ntambara na FERWAFA, Umujyi wa Kigali na Urid Technologies
    Ibihugu 3 bituranye n’u Rwanda byahawe kwakira CAN 2027
    Perezida wa Rayon Sports yemeje ko hari aba-Rayon bari kuyigambanira ngo izatsindwe na Al Hilal
    Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
    Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

Zicukumbuye

Zicukumbuye

16/09/23 08:59
Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera

Zicukumbuye

10/11/20 13:28
Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda

Zicukumbuye

18/08/20 20:27
Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame

Zicukumbuye

19/05/20 11:08
Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba

Zicukumbuye

02/05/20 13:47
Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?

Zicukumbuye

14/04/20 09:30
Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa

Zicukumbuye

09/04/20 13:38
Politiki, intwaro kirimbuzi ikomeje kugarika ingogo muri ibi bihe bya Coronavirus

Zicukumbuye

29/03/20 15:15
Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe

Zicukumbuye

27/03/20 19:29
Gucikira no guterura mu buzima bw�Abanyarwanda

Zicukumbuye

27/03/20 06:38
Amakuru ari muri rubanda avuga kuri Kabuga F�licien ukekwaho uruhare muri jenoside

Zicukumbuye

25/03/20 16:12
Ibyo wamenya ku muco wo kunywana

Zicukumbuye

17/02/20 11:20
Musanze: Abatsindiye akazi baratakamba basaba kurengenurwa nyuma yo kubwirwa ko imyanya bahataniye itagihari

Zicukumbuye

13/02/20 10:22
Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ( ICC) mu kwaha kw’ ibihangange ku Isi

Zicukumbuye

10/02/20 09:05
Haravugwa akaboko k’umuyobozi mu gutorongeza umunyamakuru Tuyishimire

Zicukumbuye

04/02/20 09:04
Imyitwarire ya Minisitiri Evode Uwizeyimana imaze gusembura Abanyarwanda

Zicukumbuye

23/01/20 18:08
Ukuri kuri "Goyi" na " Gogwe" bikoreshwa mu guhirika abayobozi mu Karere ka Rubavu

Zicukumbuye

12/01/20 17:44
Uganda: Ibirometero hafi 200 Perezida Museveni yagendesheje amaguru bisobanuye iki?

Zicukumbuye

11/01/20 07:44
Gen. Laurent Nkunda mu rungabangabo rw’imyaka 10

Zicukumbuye

06/01/20 18:02
U Rwanda rupfa iki na bamwe mu Bakongomani?

Zicukumbuye

31/12/19 06:41
RUBAVU: Ibirego bihimbano Gogwe- Goyi, iturufu mu kwirukanisha abayobozi

Zicukumbuye

30/12/19 12:19
Umwaka wa 2019: Nta mihigo idahigura imibereho myiza

Zicukumbuye

30/12/19 10:31
Ntibahiriwe n�ishyamba: Ifatwa rya Bazeye n�urupfu rw�umuvandimwe we, Lt.Col. Nkundiye

Zicukumbuye

27/12/19 08:13
Ubukene n’amikoro make bituma abaturage bahuka ishyamba rya Gabiro

Zicukumbuye

23/12/19 12:05
Ni nde mugore wazasimbura Perezida Kagame igihe azaba yavuye ku butegetsi mu 2024?
  • Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    16 September, by Fulgence Niyonagize

    Gufatwa, guca urubanza, gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko no gufungwa ni inzira ndende y’ubutabera. Iyi nzira igendana n’urusobe rw’ibibazo biremereye urwego rw’ubutabera. Imanza nyinshi, abamaze igihe bafunze bataburana, ubucucike bw’abafunzwe… Ibi bitera kwibaza niba uwakoze icyaha wese ubutabera ahabwa ari ukumufunga. Hari izindi nzira zagakoreshejwe kandi ubutabera bugatangwa ku gihe kandi bwuzuye. Gusa inzira ni ndende.
    Mutimura Abed, amenyerewe mu batunganya amashusho (...)

  • Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    10 November 2020, by Sehene Ruvugiro Emmanuel

    Covid-19 yahungabanyije ubushobozi mu bukungu, muri rusange, ariko cyane cyane ku bari basanzwe bafite imibereho iciriritse. Ku �bana bo mu muhanda� basanzwe, ibi byongereye abanyeshuri benshi mu mubare w�abishakishiriza, ngo bongere ubushobozi bwo kubona ifunguro ry�umuryango. Binyuze mu ngeso mbi nyinshi, abenshi batumwe n�ababyeyi!
    Ni hagati ya saa kumi n�ebyiri n�igice na saa moya z�umugoroba. Nubwo bwose ari i Nyamirambo ya Kigali, ntibisanzwe kuhumva induru muri ayo masaha! Nk�igisubizo

  • Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    18 August 2020, by BWIZA

    Umuturage witwa Pascal Mutumwa, utuye Mudugudu wa Sabasengo mu Kagari ka Kageyo mu Murenge wa wa Mwiri, akarere ka Kayonza, avuga ko ari gukorerwa akarengane n�abakozi bashinzwe ubutaka ku Karere no ku Ntara y�Ibirasirazuba bashaka kumutwarira isambu. Ngo bamubwira ko atari iye kandi ayifitiye ibyangombwa, ubuyobozi bwo buvugaka ko bwabumvikanishije , umuturage akabibona akarengane, bityo uyu musaza ngo abona nta wundi wamurengera usibye Umukuru w�Igihugu, Perezida Paul Kagame.
    Umunyamakuru wa

  • Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    19 May 2020, by Sikubwabo Mark Ibrahim

    Niba hari ikintu cyavuzweho cyane mu mateka y’urugamba rw’ingabo za FPR Inkotanyi ni ukumenya gutega umwanzi imitego ( ambush), gutera ibitero shuma ( sporadic attacks), gutera hagamijwe kubohora abagizwe imbohe ( raids) n’ ibindi. Ni ibintu bivugwa n’abantu batandukanye , gusa bigoye kubona inyandiko zibivugaho n’ubwo bidasiba kuvugwa mu biganiro hagati y’abantu batandukanye.
    Ni gake ubu buryo bw’imirwanire abenshi bita iya kinyeshyamba butagize icyo bugeraho ku ruhande rw’Inkotanyi, (...)

  • Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    2 May 2020, by Munyakayanza Samuel

    Imyaka itanu irirenze uwari umusirikari mukuru mu ngabo z’u Burundi w’ipeti rya Major General, Godefroid Niyombare amenyekanye cyane. Kumenyekana kwe kwatewe no kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Petero Nkurunziza mu 2015, umugambi waje gupfuba no kuburizwamo bikarangira abawuteguye bahunze igihugu abandi barafatwa bashyirwa mu magereza. Ubu uwariwe wese yakwikabaza aho uyu musirikare aherereye cyane ko ari we wari kuruhembe rwo guhirika ubutegetsi nubwo bitamuhiriye.
    Icyo gihe, mbere (...)

  • Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
    14 April 2020, by TUYIZERE JD

    Indwara y’icyorezo ya Covid-19 yatwaye ubuzima, irabwonona ndetse itera n�ihungabana rikomeye ku buzima bw�abantu n�ubw�ibihugu nk�ubukungu. Byatumye ibihugu bitandukanye bifata ingamba zijyanye n�intera kimaze kugeraho iwabyo mu buryo bwo kukirwanya no gukumira ikwirakwira ryacyo ariko bimaze kugaragara ko byabaye umwanya usesuye w’ihohoterwa rikorerwa mu ngo, bigera no kuri gahunda y’akabariro.
    Mu ngamba zikakaye zafashwe harimo guhagarika hafi ibikorwa byose bigize ubuzima bwabyo nk�ibyinji

  • Politiki, intwaro kirimbuzi ikomeje kugarika ingogo muri ibi bihe bya Coronavirus
    9 April 2020, by TUYIZERE JD

    Kuva indwara y�icyorezo ya Coronavirus (COVID-19) yagaragara ku Isi, hamaze gutakara ubuzima bw�abantu benshi ariko hari impungenge ko imibare ishobora kuzamuka cyane bitewe n�impamvu nyinshi, politiki ikaza ku isonga.
    Kugira ngo byumvikane neza, birasaba guterera ijisho mu Bushinwa, aho umurwayi wa mbere w�iki cyorezo yagaragaye mu mugi wa Wuhan mu Gushyingo 2019 ariko byasabye igihe kirekire kugira ngo byemezwe ko umuntu wagaragayeho iki cyorezo yakwanduza undi muntu.
    Urugero ni urwa rapor

  • Menya Abanyarwanda Amerika yashyiriyeho miliyoni $40 ngo bafatwe
    29 March 2020, by TUYIZERE JD

    Urwego rushinzwe gushakisha abakurikiranweho ibyaha by�intambara, jenoside ndetse n�ibyibasira inyokomuntu rumaze imyaka 18 ruhiga Abanyarwanda 8 bashinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, rukaba rwarashyizeho miliyoni 40 z�amadolari y�Amerika; arenga miliyari 38 z�Amafaranga y�u Rwanda azahabwa umuntu/abantu bazatanga amakuru atuma bafatwa.
    Aba ni: Bizimana Augustin, Kabuga F�licien, Mpiranya Protais, Kayishema Fulgence, Ndimbati Aloys, Munyarugarama Ph�n�as, Sikubwayo Char

  • Gucikira no guterura mu buzima bw�Abanyarwanda
    27 March 2020, by TUYIZERE JD

    Mu mibereho y�Abanyarwanda mu bihe bitandukanye, habayeho intambwe eshatu zo kubaka urugo; gucikira, guterura ndetse cyangwa gushyingirwa.
    Gucikira ni igihe umusore n�umukobwa bumvikana, bagashinga urugo mu ibanga. Guterura byo ni umugenzo abasore bakoraga, bagashuka umukobwa, bakamurongora ku ngufu cyangwa se kumwiba, naho gushyingirwa ni umuhango ugezweho ukorerwa mu madini habayeho ubwumvikane hagati y�umukobwa n�umusore ndetse n�imiryango yabo ibizi.
    Habagaho gucikira byagenze bite?
    Mu

  • Amakuru ari muri rubanda avuga kuri Kabuga F�licien ukekwaho uruhare muri jenoside
    27 March 2020, by Fred Rugira

    Hari amakuru yagiye agaruka mu matwi ya benshi avuga ku munyemali, F�licien Kabuga ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, gusa akaba nta rwego cyangwa abo bireba bigeze bagira icyo babivugaho cyane ko amwe muri yo yumvikana nk�inkuru z�urwenya rwo muri rubanda.
    Uretse ayo makuru yafashwe nka bwa buvanganzo bwo muri rubanda, hari n�ibyo ibitangazamakuru mpuzamahanga byagiye byandika kuri uyu mugabo Bwiza.com iza kugarukaho.
    Kabuga ahigishwa uruhindu ndetse Leta Zunze

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye

Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we

Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger

Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry'Intumwa Muhamadi
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi

Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni
Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
29/09/23 14:00
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
29/09/23 13:24
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
29/09/23 12:01
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry'Intumwa Muhamadi
29/09/23 12:00
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi
ubukungu

Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse ko inyungu zisabwa abahabwa inguzanyo (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo

Mu ijambo yavugiye imbere y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano kuri uyu wa (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Muhanga: ’Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe

Inzego z’umutekano mu karere ka Muhanga ziri guhiga bukware insoresore zo mu gatsiko kazwi (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Amakuru

Putin yavuganye n’uwari umuyobozi muri Wagner ushobora gusimbura Prigozhin

Kuri uyu wa Gatanu, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yerekanwe ari mu nama n’umwe mu (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?