• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
    Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
    Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya
    Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe
    Mali: Abahiritse ubutegetsi basubitse amatora yari kuzasubiza ubutegetsi abasivili
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
    FERWAFA yamaganye amagambo umutoza w’Amavubi y’abagore yatangaje ku bakinnyi ba Ghana
    CAF yakubise Rayon Sports ahababaza
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

Zicukumbuye

Gucikira no guterura mu buzima bw�Abanyarwanda

Yanditswe na TUYIZERE JD
Yanditswe kuwa 27/03/2020 19:29

Mu mibereho y�Abanyarwanda mu bihe bitandukanye, habayeho intambwe eshatu zo kubaka urugo; gucikira, guterura ndetse cyangwa gushyingirwa.

Gucikira ni igihe umusore n�umukobwa bumvikana, bagashinga urugo mu ibanga. Guterura byo ni umugenzo abasore bakoraga, bagashuka umukobwa, bakamurongora ku ngufu cyangwa se kumwiba, naho gushyingirwa ni umuhango ugezweho ukorerwa mu madini habayeho ubwumvikane hagati y�umukobwa n�umusore ndetse n�imiryango yabo ibizi.

Habagaho gucikira byagenze bite?

Mu buzima busanzwe bwa Kinyarwanda n�ahandi, umusore n�umukobwa barakundana, babanje kubyumvikanaho cyangwa gushimana imico n�imyitwarire cyangwa se uburanga nk�ikigenderwaho muri iki gihe.

Umuryango w�umuhungu n�umukobwa bashoboraga kuba bafitanye amakimbirane, bakumva ko urwango bafitanye n�abana babo barugenderaho. Mu gihe urukundo rwabaga rwaganje ibiri mu miryango, aba bana babonaga ko nibamenyesha ababyeyi iby�urukundo rwabo na gahunda yo kurushinga, bashobora kubyivangamo ntibibe bikibaye. Umusore n�umukobwa ni bwo bafataga umwanzuro wo gushakana mu ibanga, byarimba bakajya kuba kure y�imiryango yabo.

Hari kandi ubwo umusore yahuzaga n�umukobwa ariko umuryango we ntumwishimire mu buryo butandukanye, cyangwa se uw�umukobwa ntiwishimire uw�umuhungu.

Kutishimira umuryango byaterwaga n�uburanga bw�umwe, imiterere ye, ubwoko (clan & tribe) cyangwa se ubutunzi (umubare w�inka).

Guterura n�impamvu byakorwaga

Uretse na mbere, ubu ngubu hari ubwo umusore abenguka umukobwa ariko yamusaba ko bakundana, ntamwemerere kubera ko atamwiyumvamo cyangwa se abona atujuje ibyo yagenderaho ahitamo.

Hari ubwo umusore ataviragamo aho, cyane mu gihe yabaga ageze mu kigero cyo kubaka urugo. Umuryango w�umuhungu, inshuti ze cyangwa se umuryango we bapangaga uburyo bazashuka umukobwa bagahurira nk�ahantu bashoye (ku mabuga), ku mugezi cyangwa se mu mbohero, bakamuterura,bakamuheka mu mugongo maze bakamujyana mu rugo rushya umusore yabaga yarubakiwe (se umubyara ni we wamwubakiraga).

Iwabo w�umusore nyuma y�igihe runaka, bengaga inzoga maze ukajya kuzitura ku muryango w�umukobwa bakawumenyesha uko byagenze ngo batware umukobwa, bikitwa �kwirega�. Muri icyo gihe, ubwo umuryango wamaraga kumenya ko umukobwa wabo bamutwaye, nta kindi warenzagaho keretse kwakira umusore nk�umukwe wabo.

Umukobwa na we ntabwo yashoboraga gutekereza ibyo gusubira iwabo kuko yabaga yabyakiye, mu gihe yabaga yamaze gutakaza ubusugi, yamaze kuba umugore kuko gutakaza ubusugi ni cyo byasobanuraga icyo gihe.

Gusa umwanditsi w�umusizi Nsanzabera Jean de Dieu mu gitabo yise �Umuco mu Buvanganzo� yavuze ko umuco wo guterura utakomotse mu Rwanda. Abanyakole na Ndorwa ni bo bawuzanye mu Rwa Gasabo, cyane cyane abababaga badatunze cyane. Tubibutse ko ikimenyetso cy�ubutunzi mu bihe bya mbere ari umubare munini w�inka.

Gucikira no guterura bifatwa bite muri iki gihe?

Muri iki gihe, umusore n�umukobwa bashobora kumvikana bagashakana mu ibanga ariko umuryango umwe cyangwa ibiri ikaba ishobora kubyivangamo, bombi bagatandukana. Ya mpamvu yo kumva ko umukobwa yamaze gutakaza ubusugi nta kinini iba ivuze. Gucikira muri iki gihe ni ukwishyingira cyangwa se ’gukocora’.

Bitewe n�impamvu zirimo ubushobozi buke, muri iki gihe umukobwa n�umuhungu hari ubwo bumvikana bakishyingira, cyane iyo nk�inkwano umusore yaciwe atabasha kuyigondera kandi umukobwa yumva ko itaba ishingiro ryo kubana kwabo. Amakimbirane mu rugo nabwo bemera kuyarenga, nabwo bagashakana.

Guterura byo ntabwo bikiriho muri iki gihe kuko nyuma y�1994 byatangiye kugabanya ingufu. Ubu ngubu umuntu wagerageza guterura umukobwa, ntaho yaba atandukaniye n�ukoze icyaha cyo gufata ku ngufu kandi yabihanirwa n�amategeko.

Gucikira ni umugenzo wabayeho nyuma yo guterura. Bitewe n�uburyo umusore n�umukobwa bubahaga kandi bagatinya imiryango yabo, ntibashoboraga gukora ibitandukanye n�ibyifuzo byabo, ngo barengeho bashakana iwabo batabizi. Guterura wo ni umugenzo wakorwaga n�umuryango umwe, icyo gihe ntabwo umukobwa yashinjwaga uruhare runini cyane nk�uko byagendaga mu gihe yumvikanye n�umusore.

Izindi Nkuru Bijyanye


Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
 Rwanda: Ubwinshi bw'imanza, gufunga n'ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba

Izindi wasoma

Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera

Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda

Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame

Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba

Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?

TUYIZERE JD
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi'
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’

Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS

Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w'u Burusiya
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya

Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n'imwe mu masaha yagenwe
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe

Senateri Menendez yasobanuye iby'amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe
Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi'
26/09/23 10:04
Umunyamahanga wasambanyije umunyeshuri ni we wakoze ku bo Col Higiro yise ‘inzererezi’
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
26/09/23 10:00
Nyiragongo: Umutwe mushya wiyemeje guhangana na M23 warwanye iya mbere na APCLS
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w'u Burusiya
26/09/23 10:00
Ukraine irigamba kwica Admiral Viktor Sokolov w’u Burusiya
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n'imwe mu masaha yagenwe
26/09/23 09:09
Imodoka zidatwara abagenzi rusange zigiye gukumirwa mu mihanda imwe n’imwe mu masaha yagenwe
ubutabera

Senateri Menendez yasobanuye iby’amafaranga FBI yafatiye mu rugo rwe

Perezida wa komisiyo ya sena ya Leta zunze ubumwe za Amerika ishinzwe ububanyi n’amahanga, (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mali: Abahiritse ubutegetsi basubitse amatora yari kuzasubiza ubutegetsi abasivili

Inteko ya gisirikare iyoboye igihugu muri Mali kuri uyu wa Mbere yavuze ko amatora ya perezida (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Icyo NESA itangaza ku mashuri asaga 50 bivugwa ko yahagaritswe

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) cyahakanye (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
ubuzima

Mu Rwanda hagiye gutangira amahugurwa ku bumenyi bwa massage no gufashwa kwihangira umurimo

Mu Rwanda, gukenera serivisi za massage z’umwuga bikomeje kwiyongera. Ariko, kubura ibigo (...)

Yanditswe na Mecky Merchiore Kayiranga

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.