• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
    Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
    Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi
    Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo
    Muhanga: ’Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Ambasaderi Gatete yatangaje ko ibihano byo gushimisha RDC ntacyo bizamara
    Mukuralinda yahishuye ko ubwo yahuraga na Lutundula, bateranye urwenya
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Rayon Sports mu ntambara na FERWAFA, Umujyi wa Kigali na Urid Technologies
    Ibihugu 3 bituranye n’u Rwanda byahawe kwakira CAN 2027
    Perezida wa Rayon Sports yemeje ko hari aba-Rayon bari kuyigambanira ngo izatsindwe na Al Hilal
    Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
    Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

Amakuru

Amakuru

29/09/23 14:00
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye

Amakuru

29/09/23 12:01
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger

Amakuru

29/09/23 12:00
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi

Amakuru

29/09/23 10:12
Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo

Amakuru

29/09/23 10:00
Muhanga: ’Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe

Amakuru

29/09/23 09:00
Putin yavuganye n’uwari umuyobozi muri Wagner ushobora gusimbura Prigozhin

Amakuru

29/09/23 08:32
Niteguye kuba umunyagitugu n’inkoramaraso ku bw’icyubahiro cya RDC: Tshisekedi

Amakuru

29/09/23 06:30
Goma: Igisasu cyarashwe n’umusirikare wa FARDC cyishe kinakomeretsa abari muri Stade

Amakuru

29/09/23 06:00
Burkina-Faso: Abashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi baragenda bamenyekana

Amakuru

28/09/23 19:10
Amarangamutima yaganje Ambasaderi wa Zimbabwe wasanze Bigogwe imeze nk’iwabo

Amakuru

28/09/23 18:10
Amerika yashyize miliyoni 5$ ku mutwe wa numero ya 2 muri Al Shabab

Amakuru

28/09/23 16:00
Gen Bunyoni yijujutiye uburyo afunzwemo

Amakuru

28/09/23 16:00
Me Gamakolo aratabariza Depite Mwangachuchu wagaragaye agendera ku mbago

Amakuru

28/09/23 14:00
Karongi: Abasore 2 birakekwa ko bishwe n’imbabura

Amakuru

28/09/23 12:30
REB yimye akazi abakandida benshi barushije abandi amanota, ‘ibima’ amatwi

Amakuru

28/09/23 12:00
Abasirikare barenga 10,000 ba Ukraine bayamanitse imbere y’Abarusiya

Amakuru

28/09/23 12:00
Uganda: Umuyapani wahohotewe n’urubyiruko rwa NRM akajya muri coma byarangiye apfuye

Amakuru

28/09/23 11:55
Ikibanza kigurishwa amafaranga make ku Muyumbu kirimo n’inzu ntoya

Amakuru

28/09/23 10:16
U Rwanda rwinjiye mu Masezerano ya Loni y’ubucuruzi mpuzamahanga bw’ibicuruzwa

Amakuru

28/09/23 08:40
NATO irashinjwa uruhare mu gitero cyibasiye icyicaro cy’amato y’u Burusiya

Amakuru

28/09/23 08:00
Rusizi: Umwarimu ukekwaho gutorokana amafaranga 1.776.500 yafashwe

Amakuru

28/09/23 06:50
Burkina Faso: Hageragejwe Coup d’état, abarimo Umugaba Mukuru w’Ingabo batabwa muri yombi

Amakuru

28/09/23 06:00
Azerbaijan yafashe uwayoboraga Nagorno-Karabakh washaka guhungira muri Armenia

Amakuru

27/09/23 21:53
Gen (Rtd) James Kabarebe yahawe imirimo mishya
  • Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
    29 September, by Denis Nsengiyumva

    Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aravuga ko hari abantu basigara bamwidogera bamuvuma iyo afashe urugendo agiye mu mahanga guhagarikira u Burundi. Kuri we, ngo abo basigara bamuvuma bamwidogera cyangwa bamutera ubwoba babireka kuko ashyigikiwe n’Imana.
    Ibi yabitangarije mu masengesho yabereye mu Ntara ya Gitega akunze gutegurwa n’ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD buri wa Kane wa nyuma w’ukwezi nk’uko iyi nkuru dukesha urubuga Ubmnews.com rwo mu Burundi ivuga.
    Perezida (...)

  • Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
    29 September, by BABOU Bénjamin

    Abasirikare babarirwa mu icumi ba Niger bishwe n’ibyihebe, nyuma yo kubagabaho igitero.
    Ni igitero cyagabwe mu gace ka Kandadji, agace gahuza imipaka y’ibihugu bya Niger, Mali na Burkina Faso.
    Aka gace gaherereye mu bilometero 190 uvuye i Niamey, kamaze igihe karahindutse indiri y’ibikorwa by’iterabwoba; by’umwihariko ibitero by’aba-Jihadistes.
    Amakuru avuga ko kiriya gitero cyo ku wa Kane kikimara kuba, Ingabo za Niger zahise zirasa ku bakigabye zikoresheje abasirikare barwanira ku (...)

  • Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi
    29 September, by Denis Nsengiyumva

    Byibuze abantu 50 bishwe abandi barenga 50 barakomereka mu iturika ry’igisasu mu gihugu cya Pakistan nk’uko igipolisi cyabitangarije BBC.
    Kuri uyu wa Gatanu, igisasu cyaturikiye hafi y’umusigiti wo mu majyepfo y’iburengerazuba bw’intara ya Balochistan ubwo abantu bateraniraga kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi.
    Polisi ikeka ko ari igitero cy’ubwiyahuzi cyibasiye igiterane cy’idini mu mujyi wa Mastung.
    Abayobozi bahise batangaza ibihe bidasanzwe.
    Abapfuye n’abakomeretse bajyanwe (...)

  • Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo
    29 September, by Denis Nsengiyumva

    Mu ijambo yavugiye imbere y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano kuri uyu wa Kane, itariki ya 28 Nzeri i New York, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Christophe Lutundula yashinje u Rwanda kongera ingabo zarwo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
    Ati: “Kugeza ubu, u Rwanda rukomeje kongera ingabo zarwo mu burasirazuba bwa DRC. Ku munsi w’ejo, kajugujugu y’ingabo z’u Rwanda yageze i Rumangabo. Rumangabo ni muri Congo".
    Yashinje M23 kuba yaranze (...)

  • Muhanga: ’Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe
    29 September, by BABOU Bénjamin

    Inzego z’umutekano mu karere ka Muhanga ziri guhiga bukware insoresore zo mu gatsiko kazwi nk’Abahebyi, nyuma yo gutema abakozi 10 barinda ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro murenge wa Rongi.
    Mu ntangiriro z’uku kwezi ni bwo aka gatsiko kateye ikirombe cy’Ikompanyi yitwa ETs Sindambiwe, abakagize batemagura abakirindaga.
    Abahebyi bivugwa ko kagizwe n’insoresore zarahiye ko zitazakorera abandi ku mushahara, ko ahubwo ahubwo zizajya zicukura amabuye y’agaciro mu butaka bufite (...)

  • Putin yavuganye n’uwari umuyobozi muri Wagner ushobora gusimbura Prigozhin
    29 September, by Denis Nsengiyumva

    Kuri uyu wa Gatanu, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yerekanwe ari mu nama n’umwe mu bahoze ari abayobozi bakuru b’ikigo cya Wagner ndetse bavugana uburyo imitwe y’abakorerabushake (abacanshuro) ishobora kurwanira muri Ukraine ariko Perezidansi (Kremlin) yavuze ko uyu mucanshuro kuri ubu akorera minisiteri y’ingabo.
    Iyi nkuru dukesha Reuters iravuga ko iyi nama yashimangiye uburyo Kremlin yagerageje kwerekana ko ubu leta yamaze kwigarurira uyu mutwe w’abacanshuro nyuma (...)

  • Niteguye kuba umunyagitugu n’inkoramaraso ku bw’icyubahiro cya RDC: Tshisekedi
    29 September, by BABOU Bénjamin

    Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko ku bwo kurwana ku cyubahiro cy’igihugu cye yiteguye kuba umunyagitugu no kumena amaraso y’abantu.
    Tshisekedi yabitangarije i Bruxelles, aho aheruka guhurira n’abanye-Congo baba mu Bubiligi.
    Amagambo yababwiye yibanze ku kibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba bwa RDC, aho Ingabo z’iki gihugu zimaze igihe mu mirwano n’inyeshyamba za M23.
    Ni inyeshyamba nk’ibisanzwe Perezida wa RDC (...)

  • Goma: Igisasu cyarashwe n’umusirikare wa FARDC cyishe kinakomeretsa abari muri Stade
    29 September, by BABOU Bénjamin

    Ubuyobozi bw’intara ya Kivu y’Amajyaruguru bwatangaje ko igisasu cyaguye kuri Stade de l’Unité mu mujyi wa Goma, gihitana umuntu umwe na ho abarenga 10 kirabakomeretsa.
    Ahagana saa kumi z’umugoroba wo ku wa Kane tariki ya 28 Nzeri nibwo iki gisasu “by’impanuka” cyavuye ku mbunda y’umusirikare wari uri ku modoka ya gisirikare ubwo “yari yicetse mu muhanda”.
    Bamwe mu bari bari hafi y’iyi stade bavuga ko hahise haba impagarara ubwo bari bamaze kumva icyo gisasu no kumenya ko cyaba cyishe (...)

  • Burkina-Faso: Abashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi baragenda bamenyekana
    29 September, by Denis Nsengiyumva

    Amakuru macye y’inyongera aragenda amenyekana ku myirondoro y’abasirikare bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi muri Burkina-Faso batawe muri yombi, barimo Lt.Col. Cheick Hamza Ouattara (uri ku ifoto), uyobora Légion spéciale ya gendarmerie, na Captain Christophe Maïga, Komanda w’Umutwe udasanzwe ushinzwe gutabara w’iyo gendarmerie, wagereranya na GIGN y’u Bufaransa. Uyu ni umutwe kabuhariwe ushinzwe kurwanya iterabwoba.
    Muri ba ofisiye batawe muri yombi kandi harimo na Abdoul Aziz (...)

  • Amarangamutima yaganje Ambasaderi wa Zimbabwe wasanze Bigogwe imeze nk’iwabo
    28 September, by TUYIZERE JD

    Ambasaderi wa Zimbabwe mu Rwanda, Prof. Charity Manyekure, yaganjwe n’amarangamutima ubwo yasuraga agace k’ubukerarugendo bushingiye ku bworozi bw’inka k’Ibereye rya Bigogwe, gahuza akarere ka Nyabihu na Rubavu.
    Uyu mudipolomate yasuye aka gace kuri uyu wa 28 Nzeri 2023 hamwe n’itsinda ryaturutse muri Zimbabwe. Bari baherekejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akarere ka Rubavu, Ruhamyambuga Olivier.
    Mu byo yakoze ubwo yasuraga aka gace, yatembereye mu misozi yaho, yigishwa amateka (...)

  • 1
  • 2
  • 3
  • 4
  • 5
  • 6
  • 7
  • 8
  • 9
  • …
  • 2235

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye

Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we

Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger

Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry'Intumwa Muhamadi
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi

Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni
Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
29/09/23 14:00
Abamvuma cyangwa bakantera ubwoba nibareke kwirushya - Perezida Ndayishimiye
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
29/09/23 13:24
Prof. Harelimana yasobanuye byinshi ku majwi yumvikanyemo yigamba kwirukana abatemeranya na we
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
29/09/23 12:01
Ibyihebe byishe abasirikare benshi ba Niger
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry'Intumwa Muhamadi
29/09/23 12:00
Pakistan: Byibuze abantu 50 biciwe mu birori byo kwizihiza ivuka ry’Intumwa Muhamadi
ubukungu

Inyungu ku nguzanyo ziri gutera abato kwiyahura: Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse ko inyungu zisabwa abahabwa inguzanyo (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Lutundula yabwiye akanama ka Loni ko kajugujugu ya RDF iherutse kugwa i Rumangabo

Mu ijambo yavugiye imbere y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano kuri uyu wa (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva
Amakuru

Muhanga: ’Abahebyi’ bari guhigwa bukware nyuma yo gutema abarinzi b’ikirombe

Inzego z’umutekano mu karere ka Muhanga ziri guhiga bukware insoresore zo mu gatsiko kazwi (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Amakuru

Putin yavuganye n’uwari umuyobozi muri Wagner ushobora gusimbura Prigozhin

Kuri uyu wa Gatanu, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yerekanwe ari mu nama n’umwe mu (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?