• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
    Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
    Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
    U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga
    Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
    Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?
    Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Abashingamategeko bo muri USA barasaba Menendez kwegura bwangu
    Perezida Ndayishimiye yavuze ku mwuka mubi uhwihwiswa mu Burundi
    Kenya: Umunyapolitiki ukomeye yibasiwe nyuma yo gusaba Perezida Kagame ko yarekera kuyobora u Rwanda
    Igisubizo cya P. Kagame ku mpamvu Gen. Muhoozi ari we wenyine washoboye kunga u Rwanda na Uganda
    Zabyaye amahari hagati ya Ukraine n’incuti yayo Pologne
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
    Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United
    FIFA yahannye Rayon Sports
    Arsenal yahagamiwe na Tottenham mu maso ya P. Kagame
    APR FC yatakaje amanota ya mbere kuri Marines FC
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
Urutonde rw'imigi 10 y'Africa ihenze kuyibamo kuruta indi 2023

ibyegeranyo

Urutonde rw’imigi 10 y’Africa ihenze kuyibamo kuruta indi 2023

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Yanditswe kuwa 20/04/2023 10:03

Ibihugu bimwe na bimwe by’Afurika usanga bivugwaho kugarizwa n’ubukene bukabije kuburyo usanga abaturage babyo ubuzima bwabo buba buri ku murongo w’umuhondo cyangwa utukura .

Muri ibyo bihugu akenshi usanga habaho iyimuka ry’abaturage bava mu byaro bagana mu mijyi ariko igitangaje hari abo ubuzima bugora ugasanga basubiye aho baturutse abandi bagakomeza umutsi.

Bimwe mu bishingirwaho bavuga ko imijyi runaka ihenze, ni uburyo amafaranga umuturage yinjiza ku munsi aba ari macye ugereranyije n’uko ibicuruzwa ku isoko , amafaranga y’ubukode bw’amazu yo guturamo cyangwa ayo gukoreramo,amafaranga y’ingendo ku muturage n’ibindi bitandukanye.

Muri iyi mijyi reka turebere hamwe uburyo ihezenzemo n’impuzandengo y’amafaranga umuturage asohora.

10.Gaborone
Gaborone ni umugi wo mu gihu cya Botswana. Ni mujyi nawo ugoranye kuwubamo kuko usanga ikiguzi cyo kuwubamo cyiza kiri hejuru kandi mafaranga umuturage yinjiza usanga ari macye.

Muri uyu mujyi umuturage asohora amadorali 517 $ ku kwezi utabariyemo ubukode bw’inzu.

9.Port Louis
Uyu ni umujyi wo muri Moritius.Kuwubamo bisaba kwizirika iyo uri ntaho nikora, bisaba kuba nibura impuzandengo ishingirwaho ari 566$

8.Harare
Uyu ni umurwa mukuri w’igihugu cyo muri Zimbabwe , kuba muri uyu mujyi birahenze kuko bisaba nibura 599$

7.Pretoria
Pretoria n’umwe mu mijyi yo mu gihugu cya Afurika y’Epfo(southafrica) aho bivugwa ko uhenze kuruta umujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Umuturage usanga asohora hafi amadorali 600 ariko ugasanga amacumbi n’ibiribwa nabyo bihenze cyane ugendeye ku byinjiye.

6.Lagos
Uyu mujyi abawutuye usanga batakamba ko ubuzima bwaho buhenze ku buryo usanga bamwe bambuka umupaka bakajya gushakira ubuzima mu bindi bihugu baturanye.Umuturage bimusaba 601 $ ku kwezi hatarimo ubukode bw’inzu.

5.Johannesburg
Uyu n’umwe mu mijyi wo muri south Africa . Kuwuturamo ngo biragoye kuko amazu yaho arahenze, ingendo, na resitora bisaba umugabo ugasiba undi.Impuzandengo y’ikiguzi ku kwezi umuturage asabwa nibura 603 $.

4.Abidjan
Abidja umwe mu mijyi ikomeye muri Ivory coast, ariko kuwubamo nta mafaranga ugira bisaba kwizirika umukanda kuko ngo bisaba nibura kuba witeguye gusohora nibura 671.

3.Addis Ababa
Uyu mujyi abawuturamo usanga baba ari abashabitsi cyangwa se bafite imitungo gakondo kuburyo iyo ugezemo uri umwimukira ngo bibanza kugorana. Ikiguzi cyo kubaho nibura bisaba kuba winjiza nibura 795$.

2.Dakar
Dakar ni umwe mu mijyi ihenze kuko bisaba nibura kuba usohora 714$.Bigendanye n’iki kiguzi usanga ibyo kurya n’ingendo rusange byigondera abagabo.

1.Douala
Douala ni umujyi ubarizwa mu majyepfo ashyira uburengerazuba muri Senegal, ni umujyi wegereye icyambu ariko ugasanga uhenze cyane , kuburyo bamwe mu baturage usanga bajya mu bihugu by’ u Burayi gushakisha ubuzima.Kuhaba bisaba kuba winjiza 854$

Izindi Nkuru Bijyanye


Ibigwi by'abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko
Ibigwi by’abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko
Abantu 10 ba mbere bagize uruhare mu guhindura amateka y�Isi mu kinyejana cya 20
Amafoto: Ihere ijisho indege 9 z�indwanyi z�ahazaza zirimo gukorwa

Izindi wasoma

Ibigwi by’abajenerali 12 bashyizwe mu kiruhuko

Ibihugu bya Sudani n’u Burundi imbere ku rutonde rw’ibimaze kubamo coup d’etat nyinshi

Imitwe ya Special Forces 15 ya mbere iteye ubwoba ku Isi mu 2023

Urutonde rwa Coup d’etat ziheruka gukorwa muri Afurika y’iburengerazuba no hagati

Ibihugu 50 bya mbere binini kurusha ibindi ku Isi n’ubuso bwabyo

Ndacyayisenga Fred
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

3 Ibitekerezo

RUTAYISIRE ARSENE Kuwa 04/08/23

nonese DOUALA ni muri Senegal ? Mukosore pe

Subiza ⇾

Kuwa 25/08/23

Douala ntabwo ari muri Senegal ahubwo ni muri cameroun

Subiza ⇾

Jean damas munyemana Kuwa 15/09/23

Kigal ko mutayivuga kd ihenze cyane

Subiza ⇾

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal

Nyuma y'u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire

Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu

Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman

Rurageretse hagati ya Sancho n'umutoza Ten Hag wa Manchester United
Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
27/09/23 06:31
Kiyovu Sports: Jenerali yivunnye Juvenal
Nyuma y'u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
27/09/23 06:30
Nyuma y’u Rwanda Kenya nayo igiye kubaka uruganda rutanga ingufu za Nucléaire
Samia yasabye ko ikibazo cy'ibura ry'amashanyarazi gikemuka burundu
27/09/23 06:00
Samia yasabye ko ikibazo cy’ibura ry’amashanyarazi gikemuka burundu
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
27/09/23 06:00
Kuba umutinganyi gusa ntibihagije ngo uhabwe ubuhungiro - Suella Braverman
imikino

Rurageretse hagati ya Sancho n’umutoza Ten Hag wa Manchester United

Jadon Sancho yirukanwe mu bigo byose by’ikipe ya mbere muri Manchester United, harimo (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubutabera

Kazungu Denis yoherejwe mu igororero

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rumaze gutegeka ko Kazungu Denis ukurikiranweho ibyaha bigera (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

U Burusiya bwashyize Perezida wa CPI ku rutonde rw’abo ruhiga

U Burusiya bwashyize Piotr Hofmanski ukuriye Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) ku rutonde (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
Amakuru

Umusirikare mukuru w’u Burusiya ingabo za Ukraine zigambye kwica yagaragaye mu nama

Umuyobozi w’ingabo zirwanira mu mazi z’u Burusiya zikorera ku Nyanja y’Umukara akaba n’umwe mu (...)

Yanditswe na Denis Nsengiyumva

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.