Muraho bantu b’Imana, ndabanza kwisegura kuko ntabwo ndibuvuge amazina yanjye ariko ndimo kugisha inama kuko hano kuri uru rubuga mbona hazaho abantu bakuze pe!
Nize ubuganga mu Rwanda na nyuma ngira amahirwe njya mu mahanga kongera ubumenyi, ubu ndi umukozi mu bitaro byo mu gihugu ariko ntari buvuge, mpembwa neza hahandi nza mu ba mbere bafata umushahara utubutse.
Ntavuze byinshi rero, mfite imyaka 36, ariko rwose ngerageza kwisanisha na buri wese ariko nabuze umugabo pe kuko abasore dukorana mbona banantinya kuko wenda ndi n’umuyobozi.
Aho ntuye abasore barahari, uwo tuganiriye mba numva amfata nk’umuntu ukomeye cyane kandi byahe se, kandi rwose ni ukuri mba numva nkeneye kubegera, imyaka ndabona irimo kunsiga.
Twari babiri mu kigo tugejeje muri iyi myaka kandi turi abakobwa, mugenzi wanjye we navuga ko yaguye mu mutego birangira atewe inda n’uwamubeshyaga urukundo, ubu afite umwana. Gusa ku bwanjye numva nkeneye umugabo kuko kubyara nta mugabo mbona nta cyubahiro naba nihaye birenze noneho nk’ukuriye abandi bakozi.
Mungire inama, sinzi niba ari umwaku niba ubaho, sinzi niba ari abangiriye ishyamba da, sinzi niba ahari ari ukudasenga cyane, ni byinshi nibaza bikanyobera kuko ntacyo mbuze mu birebana n’imitungo, icyo mbura ni umugabo.
Sinkeneye umugabo wo kuri interineti ahubwo nkeneye inama zanyu, andika comments ungire inama.
276 Ibitekerezo
Aima Kuwa 09/12/19
Uzanyandikire kuri iyi email tuganire:
Subiza ⇾haimpc10@gmail.com
mike Kuwa 09/12/19
0786095589
Subiza ⇾emmy Kuwa 09/12/19
uzampamagare.cg.umpe.sms
Subiza ⇾tuvugane
0736250530
0728274786
kwizera Kuwa 10/12/19
muraho? ndasaba guhura nuwo muganga gusa murakoze my contact 0789663818 na email kwizeradennis615@gmail.com
Subiza ⇾Kuwa 10/12/19
Am here to help both The Dr and other lady
Subiza ⇾Send e-mails then u won’t regrets
ndayishimiye fred Kuwa 10/12/19
Nange ndakuze ngize imyaka 26ngiyo contact 0788396866
Subiza ⇾niyoyita Kuwa 10/12/19
umva mukobwa mwiza Imana izagutabara humura Gusa niyo habahari impamvu ituma utabona umugabo itaguturutseho nusenga izata agaciro nushakako
Subiza ⇾tuganira kuko nanjye nkeneye umugore byihutirwa uzanyandikire kuriyo email yanjye kdi ntiwumveko ndingabandi basore bibirara njye ndakijijwe
MURANDA OMAR Kuwa 10/12/19
Nange nfite 34 years ariko ntamafranga ahagiije nfite niba uwomuganga ari ready call ME 0783607954 TURWUBAKE .
Subiza ⇾BAKANIRoRAJean Pierre Kuwa 11/12/19
Ubucuruzi ko bukaze?
Subiza ⇾Nimumenyekane tu ???????????????? ibi ubyemera nabyemere, ariko ntibyumvikana ukuntu utagisha inama inkoramutima yawe yubatse,???? Kandi ntiwayibura????
joseph Kuwa 11/12/19
ok niba akeneye umugabo koko ari serious naze inbox email: jkalisa73@gmail.com
Subiza ⇾Tanga igitekerezo