Mbigenze nte! Umukobwa ukora muri Banki arashaka kungurira imodoka ngo mubyarire umwana kandi mfite fiancé
Ndi umusore w’imyaka 27 maze imyaka ibiri ndangije kaminuza, naje kubura akazi nshaka uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ngira amahirwe mbona umukire umpa imodoka nkajya nkora taxi muha amafaranga ku cyumweru, ubu maze umwaka umwe n’igice ntwara taxi y’umuntu muri uyu mujyi wa Kigali. Iwacu kavukire ni i Gicumbi, mbere y’uko nza mu mujyi nari mfite […]
Bishop Sibomana wayobora ADEPR yasabye gukuriranwa adafunze kubera uburwayi bwa diyabete n'umuvuduko w’amaraso
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bukurikiranyeho Bishop Sibomana ibyaha byo kurigisa umutungo w’itorero rya ADEPR yategekaga. Mu minsi ishize ni bwo umucamanza yategetse ko yaba afunzwe by’agateganyo mu gihe cy’iminsi mirongo itatu kuko ubushinjacyaha buvuga ko bukiri kumukoraho iperereza ku byaha bumuregana na bagenzi be. Buranga ko yajya hanze agatoroka ubutabera cyangwa akanasibanganya ibimenyetso. Mu bujurire bwa […]
Dore amasaha meza wakoreraho imibonano mpuzabitsina bikarushaho kugenda neza
Uko amasaha y’umunsi agenda asimburana ni nako umubiri w’umuntu nawo ugenda uhindura imikorere yawo bitewe n’aho amasaha ageze. Burya ngo saa 7h30 z’igitondo niyo saha isobanutse yo gukora imibonano mpuzabitsina abantu bakarushaho kugira umunezero udasanzwe muri icyo gikorwa kurenza kuba byakorwa mu yandi masaha . Ngo gutera akabariro kuri iyi saha bifasha umubiri n’umutima kumva […]
Kuba umuyobozi ntibitanga ubudahangarwa bwo kubaka mu kajagari -Minaloc
Umuvugizi wa Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Ngendahimana Ladislas yatangaje ko abayobozi bo mu nzego z’ibanze bagomba kwirinda ibikorwa byagusha mu mutego abo bayobora, bakarangwa no kuba intangarugero. Muri iyi minsi byavuzwe ko mu nzu zitandukanye zubatswe mu kajagari mu mirenge itatu igize umujyi w’akarere ka Kamonyi, harimo n’iz’abayobozi bo mu nzego z’ibanze muri aka karere. Ngendahimana […]
Diamond yasobanuye yeruye uburyo yaciye Zari inyuma akabyarana na Hamissa
Umuhanzi Diamond Platnumz yashyize arerura avuga uburyo yaciye inyuma umugore we Zari akaryamana n’umusitari Hamisa Mobetto babyinanye mu ndirimbo Salome. Diamond yatangaje ibi ngo akureho urujijo ndetse anagabanye ibihuha byamuvugwagaho nyuma yo gushinjwa kuryamana na Hamisa akabihakana yivuye inyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro aherutse kugirira kuri imwe mu maradiyo yo muri kiriya gihugu mu kiganiro, […]
Urugamba ingabo za Cuba zatsindiyemo iza Amerika i 'Bay Of Pigs' mu 1961 (Igice cya 1)
Igitero cyiswe ‘The Bay Of Pigs Invasion’ , hari n’abacyita ‘Batalla de GirĂ Âłn’ cyangwa ‘InvasiĂ Âłn de BahĂ Âa de Cochinos’ aya ni amazina yose agenda ahabwa iyi ntambara y’igihe gito yamaze iminsi ibarirwa ku mitwe y’intoki, ariko igasiga amateka hagati ya Cuba na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Ni ntambara abakomando b’ingabo za Cuba barwanye bihagazeho, basubiza […]
Padiri Karumugabo yitabye Imana nyuma y’amezi abiri abuhawe
Padiri Karumugabo Marc wakomokaga muri Paruwasi ya Nyamiyaga akorera ubutumwa bwe muri Paruwasi ya Byiza, iherereye i Gikonko mu karere ka Gisagara muri Diyoseze ya Butare yitabye Imana nyuma y’igihe gito ahawe isakaramentu ry’ubusaseredoti. Yitabye Imana mu rukerera rwo ku wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri 2017 azize uburwayi yari amaranye igihe bw’impyiko. Karumugabo yahawe […]
RD Congo:Nyuma y’ubwoba bwari bwose polisi yasabye ababyeyi kujyana abana ku ishuri
Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irahamagararira ababyeyi kujyana abana babo ku ishuri, nyuma y’ubwoba bwari bumaze igihe muri iki gihugu ko bashobora gushimutwa. Yabitangaje ku wa Kabiri tariki 19 Nzeri 2017 nyuma y’ubu bwoba bwari bwarasabye abaturage ko abarimu bajyana abo bana babo kuko batarishyurwa. Hari andi makuru yari yakwirakwijwe ko hari abantu […]
Ikipe ya Rayon Sports igiye guhura na Enticelles I Rubavu
Ikipe ya rayon Sports yerekeje kuri uyu wa 19 Nzeri 2017 mu karere ka Rubavu aho igiye guhura n’ikipe ya Enticelles mu irushanwa ryiswe FEZABET ndetse no gutegura umukino wo gutegura umukino wa super cup. Ni nyuma y’uko iyi kipe ya Rayon Sports yegukanye irushanwa ry’igikombe cy’Agaciro hakoreshejwe uburyo bwa tombora, iyi kipe ikaba ikomeyeje […]
RDC: Umusirikare wa Tanzania mu bari muri Monusco yishwe mugenzi we arakomereka
Umusirikare ukomoka mu gihugu cya Tanzania uri mu bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bwa Monusco muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ku Cyumweru yarishwe naho mugenzi we arakomereka nyuma y’imirwano yabahuje n’inyeshyamba. Biravugwa ko uyu musirikare yiciwe i Beni muri Kivu y’Amajyaruguru nk’uko byatangajwe na MONUSCO kuri uyu wa Mbere, aho yatangaje ko yari […]
Ni kuki urukundo ari ryo tegeko risumba ayandi yose?
Bibiliya isaba abantu gukunda Imana bataryarya, ndetse bakanakundana hagati ya bo, n’umutima, n’ubwenge, n’ubugingo, n’imbaraga bya bo kuko iri jambo rivuga neza ko ukunda mugenzi we adashobora kumugirira nabi cyangwa ngo amwifurize ikibi. Ni yo mpamvu itegeko risumba ayandi yose rikubiye mu ijambo urukundo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri Luka 10:27 ndetse no muri Matayo 22:37-40 hagira […]
Kayonza: Barifuza ko umudugudu wagabanywamo kabiri, kuko batanga itike y’ibihumbi bitatu bashaka umuyobozi
Abatuye umudugudu wa Gakoma II mu kagari ka Buhabwa, umurenge wa Murundi muri Kayonza, basanga umudugudu wabo wagabanywamo kabiri, nyuma y’uko batanga ibihumbi bitatu bya moto bajya gushaka umuyobozi wabo. Akagari ka Buhabwa gaherereye mu gice cyahoze ari Pariki y’Akagera, nyuma haza gutuzwa abantu. Benshi bitabiriye kuhororera kuko ahanini kagizwe n’inzuri. Umudugudu wa Gakoma II […]
Sudani y’Epfo: Abadepite bane na minisitiri batawe muri yombi bazira kubura mu nteko
Abadepite bane ndetse n’umuminisitiri bo muri Sudani y’Epfo batawe muri yombi bazira gusiba inama mu nteko ishinga amategeko kuwa Gatanu ushize. Nk’uko byatangajwe n’undi mudepite witwa John Marik Makur, ngo aba batawe muri yombi bafashwe n’inzego z’umutekano zibaziza kutitabira inama y’inteko nk’uko yabitangarije Eye Radio yo muri iki gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu batawe muri yombi […]
Uganda: Abadepite 4 bitabye CID kuko badashyigikiye ko ingingo ya 102 ihinduka
Abadepite 4 bo mu nteko ishinga amategeko ya Uganda bitabye ubugenzacyaha kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri, bikaba biteganyijwe ko bagiye guhatwa ibibazo ku bijyanye no kuba bararwanyije ko ingingo ikuraho imyaka y’umukuru w’igihugu mu itegekonshinga yakurwaho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu gihe mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda haherutse kubera inama y’Abadepite biga […]
Bimwe mu byaranze umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa kuva mu 1990 kugeza ubu
Imyaka 25 irihiritse mu mubano w’u Rwanda n’u Bufaransa hahoramo bombori bombori, aho u Rwanda rukomeje gushimangira ko u Bufaransa bwagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, mu gihe u Bufaransa bushinja abayobozi b’u Rwanda guhanura indege yari itwaye Habyarimana bufata nk’imbarutso ya jenoside. Bwiza.com yifashishije inkuru ya la-croix.com irabagezaho bimwe mu bihe by’ingenzi […]
Ntabwo umuturage akwiye kubaka inzu ngo nimara kuzura bibuke kuyisenya- Ingabire
Umuyobozi w’Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane(TI-RW) ishami ry’u Rwanda, Ingabire Marie Immaculee arasaba ko abayobozi bo mu karere ka Kamonyi batagize uruhare mu kubuza abaturage kubaka inzu ziri gusenywa babihanirwa. Mu minsi yashize mu mirene itatu igize aka karere humvikanye ikibazo cy’abaturage bubatse inzu zisaga 100 mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ubuyobozi bw’akarere n’ubw’intara y’Amajyepfo bafashe […]
Umugabo yarembejwe n'inkoni ahita yihindura inka arabirukankana (Reba Video)
Umugabo utatangajwe amazina yagaragaye mu gace ka Abia geherereye mu mujyepfo y’Uburasirazuba bwa Nigeria yihindura inka ubwo yari asumirijwe n’insoresore zo muri ako gace zimugurizaho zimukubita. Amakuru bwiza.com ikesha ibitangazamakuru bitandukanye byo muri kiriya gihugu avuga ko uyu mugabo yari ahingutse muri kariya gace kandi we akomoka mu majyaruguru y’igihugu, akaba ari amoko asanzwe atavuga […]
U Rwanda ruri gushakisha ubwato bw’Abadage bwatabwe hafi y’Ikiyaga cya Kivu mu Ntambara y'Isi
U Rwanda rwatangije igikorwa cyo gushakisha ibisigazwa by’ubwato bwa gisirikare bw’Abadage ngo byashyinguwe ku bwende mu nkengero z’Ikiyaga cya Kivu. Ahantu hacukuwe umwobo munini watabwemo ubwo bwato kugeza ubu ntiharamenyekana ariko hakomeje gushakishwa. Mu 1909 ubwo u Rwanda rwari rugikolonijwe n’u Budage, abamisiyoneri b’Abarutheriyene bazanye ubwato bakoreshaga mu ngendo zabo mu kiyaga cya Kivu, ariko […]
Umugabo wanjye ni umusinzi, ntahaha, ntarya mu rugo, aza aje kuryama ntiyuzuze n’amabanga yo mu buriri- Nkore iki?
Mbanje kwisegura bakunzi basomyi ba bwiza.com, kuko amazina yanjye ntabwo nayavuga, kuko byansenyera burundu nubwo bwose ruri ku manegeka. Umugabo wa njye afite akazi ka Leta, arakora buri kwezi agahembwa, sha mu myaka tumaranye inshuro yahashye mu rugo ni nke pe, abana dufite ni bato ariko yaba imyenda, ibijyanye n’ishuri nubwo bakiri muri pirimeri byose […]