Green Party yakiriye ubutumwa bw’ishimwe buvuye mu bihugu bisaga 30
Nyuma yo gutsindira intebe ebyiri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Ishyaka Green Party ryakiriye ubutumwa bw’ishimwe bunyuranye buturutse hirya no hino ku Isi, mu bihugu bisaga 30. Ubutumwa bw’ishimwe Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengea Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) ryakiriye bwavuye ahanini ku yandi mashyaska aharanira kurengera ibidukikije hirya no hino ku Isi, hakaba n’ubwavuye […]
Abdoul Makanyaga ngo ntiyaretse muzika ahubwo ni igihano yahaye abacuranzi be
Nyuma y’ igihe kitari gito gishize umuhanzi Abdoul Makanyaga amaze atagaragara muri muzika arahakana ko atigeze ahagarika uyu mwuga avuga ko wamugejeje kuri byinshi. Mu kiganiro kirambuye yagiranye na Bwiza.com ku murongo wa telefoni , Makanyaga yavuze ko amaze iminsi yibanda ku kibazo cyo gusana inzu ze zasenywe n’ Ibiza byabaye muri Mata no muri […]
Bwa mbere Ebola yegereye cyane umupaka w’ u Rwanda
Umuyobozi w’ Ibitaro bya Gisenyi, Lt Col Dr Kanyankore William aratangaza ko ari bwo bwa mbere icyorezo cya Ebola cyegera cyane  umupaka w’ u Rwanda. Ibi byashimangiwe na Lt Col Dr Kanyankore William nyuma y’ Ubushakatsi buherutse gukorwa n’ Ishami rya Loni ryita ku Buzima(OMS) bwerekana ko icyorezo cya Ebola kimaze kwibasira abaturage batuye muri […]
 New York: Abaraperikazi Cardi B na Nicki Minaj bari barwaniye mu birori
Umuraperikazi Cardi B yaraye yibasiye mugenzi we Nicki Minaj, basanzwe bafitanye beef, amutuka ibitutsi bikomeye ndetse anamutera rumwe mu nkweto yari yambaye ubwo bahuriraga mu birori bya New York Fashion Week Party. Uyu muhanzikazi Cardi B ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, itariki 07 Nzeri nibwo yatangije intambara mu buryo bweruye ku muraperikazikazi Nicki […]
Amerika: Bwa mbere Barack Obama yanenze ubutegetsi bwa Donald Trump ku mugaragaro
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama yanenze bikomeye Perezida Donald Trump wamusimbuye kubera “ibintu birimo ubusazi biri kubera mu biro bya perezida w’Amerika bya White House.” Mu kiganiro yatangiye muri Kaminuza ya Illinois yo muri Amerika Barack Obama yagize ati:”Ibi ntibisanzwe, ibi ni ibihe bidasanzwe kandi ni ibihe bibi cyane.” […]
Angola: Dos Santos wahoze ari perezida arasezera ku mirimo ya nyuma ya politiki yari asigaranye
Uwahoze ari Perezida wa Angola, Jose Eduardo Dos Santos kuri uyu wa Gatandatu, itariki 08 Nzeri, arasezera ku murimo wa nyuma wa politiki yari asigaranye nyuma yo kuva ku butegetsi mu mwaka ushize wa 2017 yari ariho kuva mu 1979 mbere yo kubusigira uwari minisitiri w’ingabo, Joao Lourenco. Usibye kureka kuba umukandida w’ishyaka MPLA (Popular […]
Turabizi ko ifite abakinnyi bakomeye ariko tuzatanga ibyacu dufite byose -Mashami Vincent
Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Mashami avuga ko umukino w’u rwanda na Cote d’Ivoire utinze gutangira kuko biteguye neza cyane kandi biteguye gutanga ibyo bafite byose dore ko abakinnyi bose nta n’umwe ufite ikibazo. Mu kiganiro n’itangazamamkuru cyo kuri uyu wa Gatanu Mashami Vincent yavuze ko abakinnyi mu mitwe yabo bategereje uyu mukino kurutu […]
Zari Hassan yagaragaje uruhande abogamiyeho mu ntambara ikomeje hagati ya Diamonds na Mobeto
Mu gihe intambara hagati y’icyamamare muri muzika, Diamonds Platnumz na nyina w’umwana we, Hamissa Mobeto, ikomeje, Umunyemarikazi Zari Hassan nawe wamubyariye yamaze kugaragaza uruhande abogamiyeho. Zari Hassan, Umugandekazi uba muri Afurika y’Epfo aho akorera ibikorwa bye by’ubucuruzi hakaba nta gihe gishize atandukanye na Diamondz babyaranye abana babiri, yagize icyo abwira mukeba we, Umunyamideri Mobetto nyuma […]
RIB iravuga ko abantu 15 batawe muri yombi bakekwaho amanyanga mu matora
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruravuga ko mu matora aherutse y’abadepite rwabonye ibibazo by’imikorere mibi bigera kuri bine bituma abantu bagera kuri 15 batabwa muri yombi. Umuvugizi wa RIB, Modeste Mbabazi, kuri uyu wa Gatanu yabwiye ikinyamakuru The New Times ko bane mu batawe muri yombi barekuwe ariko bagikorwaho iperereza. Modeste Mbabazi akaba yavuze ko mu […]
Nyaruguru: Polisi yataye muri yombi babiri bibaga ibikoresho byubakishwa isoko
Ku bufatanye n’abaturage,Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Munini yafashe abasore babiri bibaga ibikoresho byubakishwa isoko ry’ahitwa mu kamirabagenzi mu murenge wa Muganza. Abafashwe ni Niyibizi Cassien w’imyaka 25 na Nyandwi Eric w’imyaka 26, bose bafashwe Tariki 06 Nzeri 2018, bafatirwa mu karere ka Nyaruguru, mu murenge wa Munini , […]