Kigali: Urukiko rwateye utwatsi ikirego cya Dr Niyitegeka urega CNLG

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwateye utwatsi ikirego cyatanzwe na Dr Theoneste Niyitegeka wareze komisiyo y’u Rwanda yo kurwanya jenoside CNLG, ruvuga ko nta shingiro gifite. Ni umwanzuro wafashe umwanya muto cyane kandi nta n’umwe mu barebwa n’uru rubanza wari mu cyumba kiburanisha. Mu nteruro zitarenze ebyiri, umucamanza yavuze ko ikirego cya Dr Niyitegeka nta shingiro […]

Kizito Mihigo avuga ko nta siri yaciriwe ry’uko agiye kubabarirwa na Perezida Kagame

Umuhanzi Kizito Mihigo atangaza ko yatunguwe ubwo yumvaga mu makuru ko yagiriwe imbabazi n’umukuru w’igihugu agafungurwa, mbere na mbere arashima Imana yamukuye muri gereza ndetse na Perezida Kagame. Ku wa Gatanu tariki ya 14 Nzeri 2018, nibwo hasohowe itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri, yari iyobowe na Perezida Kagame. Ririmo ko Kizito Mihigo, Ingabire Victoire n’izindi mfungwa […]

Ibintu 10 byatera umugore guhita agusuzugura mukoranye imibonano mpuzabitsina bwa mbere

Ahangaha iyo tuvuze umunsi wa mbere, ni wa munsi abashakanye baba bakoze igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina bwa mbere, ku munsi basezeraniyeho cyangwa se undi munsi baba bateguye ariko akaba ari wo wa mbere kuri bo. Inyigisho zacu ziba zigenewe abubatse cyangwa abari mu nzira yabyo. 1.Kurangiza vuba: Hari abagabo barangiza mu masegonda atageze no kuri 50, […]

Inzego z’umutekano zakwiye imishwaro zishaka impeta Wiz Khalifa yahaye Amber Rose

Inzego z’umutekano Leta ya Los Angeres muri Amerika zakwiye imishwaro zijagajaga umujyi mu rwego rwo gushaka impeta  umuraperi Wiz Khalifa yahaye Amber Rose imyaka itandatu ishize. Polisi nk’uko inkuru dukesha TMZ ibivuga, ikomeje gushakisha iyi mpeta nyuma yaho Amber Rose ayishyikirije ikirego kuwa Kane w’icyumweru gishize avuga ko impeta ye yaburiwe irengero. Muri iki kirego, […]

Angola: Umubyigano ukabije ku mukino wa TP Mazembe na 1° de Agosto wahitanye abantu

Umubyigano ukabije waguyemo abantu batanu nyuma y’umukino w’igikombe cya Afurika cy’amakipe yitwaye neza hagati y’ikipe ya 1° de Agosto yo muri Angola n’ikipe ya Tout Puissant Mazembe yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umukino wabaye kuwa Gatandatu ushize, itariki 15 Nzeri ubera I Luanda. Nyuma y’iminsi 2 umukino ubaye haracyibazwa intandaro y’uyu mubyigano […]

Rwanda—Urundi-Congo-Belge: Abaperezida bakwiriye guhangana n’ ibisigisigi by’ Ubukoloni

Kuva mu bihe by’ ukoloni amateka ya politiki yagiye yerekana ko ibihugu bikomeye byaharaniraga imitungo kamere y’ ibihugu bifite intege nkeya mu rwego rwo kurushaho kubaka ubukungu n’ imbaraga za gisirikare. Iyo myimvure ntiyigeze ihinduka kuko no mu ntambara zombi z’ Isi nabwo ibyo bihangange byarushijeho gukoresha ibihugu bikennye ndetse no gusahura imitungo y’ ibihugu […]

Tariki ya cumi z’ukwacumi saa Kumi, nibwo hazamenyekana nyiri sitasiyo M LINE KICUKIRO

Urukiko rw’ubucuruzi rwa Kigali rwaburanishije urubanza rujyanye n’iteshwa gaciro rya cyamunara yakozwe tariki ya 23 Gashyantare 2018. Ni cyamunara yagurishijwemo station ya  Mukaremera Francine yegukanwa na Cyubahiro Ngarambe Christophe. Urubannza rwabaye ku wa Gatanu  tariki 14 Nzeri, ruzasomwa tariki 10 Ukwakira saa kumi. Iyi cyamunara yabaye ku busabe bw’umwanditsi mukuru (registrar general) wo muri RDB, […]

ICC: Jean-Pierre Bemba ahanishijwe igifungo cy'umwaka gisubitse n'amande y'Amayero 300,000

Kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Nzeri, Jean-Pierre Bemba wigeze kuba visi perezida wa Congo, yakatiwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) igihano cy’umwaka w’igifungo, wahise usubikwa kubera igihe yafunzwe, ndetse acibwa amande y’Amayero 300,000 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo guha ruswa abatangabuhamya bagombaga kumurenganura ku byaha by’intambara yari akurikiranweho. Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa La Haye rwagize […]

Kizito Mihigo yakebuye abakundana bakihutira kuryamana

Umuhanzi Kizito Mihigo nyuma yo gusohoka muri gereza kuwa 15 Nzeri 2018. Yashyize hanze indirimbo yise ‘Ibyihishimo bibi’ aho akebura abantu bakundana maze bakihutira kuryamana ngo barimo kwishimisha. Iyi ndirimbo y’iminota  itandatu n’amasegonda 48, Kizito Mihigo avuga ku ngingo zitandukanye ziganjemo gukorera iguhugu no gushyira hamwe gusa  akananenga  abakundana bihutira kuryamana avuga ko ari ibyishimo […]

Ibyago 10 byakuruwe na Gen Niyombare wahubukiye ‘Coup d’Etat’ ikamupfubana

Gen Niyombare Godefroid yari umusirikare w’u Burundi ukomeye unakunzwe na Leta iriho, aza gushaka guhirika Perezida Nkurunziza ku butegetsi biramupfubana asigira bagenzi be ibyago na we atisize ndetse n’igihugu muri rusange. Ibyago umuntu yavuga ko Niyombare yakuruye bikamugiraho ingaruka hamwe na bagenzi be n’igihugu muri rusange, twavuga nka: 1.Kwivana ku mukati: Gen Niyombare Godefroid, w’imyaka […]

Bishop Bilindabagabo yanenze bikomeye uko abihaye Imana basigaye bayoboye amatorero

Itorero rya Angilikani mu Rwanda riranenga uko abihaye Imana basigaye bayoboye amatorero muri iki gihe, aho rivuga ko benshi bitwara nk’amakipe arwanira inyungu z’umuntu ku giti cye. “ Kuki mwarwana kandi muri abakozi b’itorero? Ntimuri gukorera ubutumwa bumwe? Murekere iby’itorero itorero kubera ko byose ari ibya Yesu Kristo. Ntabwo duhari ngo dukorere inyungu z’umuntu ”, […]

Kicukiro: Abaturage biyubakiye umuhanda wa Kaburimbo

Abaturage bo mu Mudugudu w’Ubumwe, Akagari ka Rubirizi mu Murenge wa Kanombe mu karere ka Kicukiro,  barimo  kwiyubakira umuhanda wa kaburimbo, nta nkunga n’imwe ivuye muri Leta cyangwa abandi baterankunga. Umuyobozi w’Umudugudu w’Ubumwe, Mudahemuka Jean Baptiste, abajijwe aho bakura imbaraga zituma bakataje mu bikorwa by’iterambere, atangaza ko we na komite ye badahwema kuganira n’abaturage batuye […]

Umuhanzi Jose Chameleone yatandukanye n’umugore we

Umuhanzi Joseph Mayanja uzwi nka  Dr Jose Chameleone yamaze gutanda n’umugore we Daniella Atim Mayanja nyuma y’imyaka icumi babana. Jose  Chameleone ni we wafashe iya mbere abinyujije ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 16 Nzeri 2018, atangaza ko atandukane na Daniella avuga ko arambiwe guhora agerageza kubungabunga umubano wabo ariko akabona nta gihinduka. Uyu muhanzi […]

Tanzania: Umwe yafatanwe imbunda undi afatanwa umupanga ku biro by’itora

Igipolisi cya Tanzania muri Dar es Salaam cyataye muri yombi abantu babiri basanganywe intwaro ku biro by’itora ahitwa Ukonga ahatorwaga abazahagararira aka karere mu matora y’abadepite Umuyobozi w’igipolisi cya zone idasanzwe muri Dar es Salaam, Lazaro Mambosasa yavuze ko umwe yafatanywe imbunda yo mu bwoko bwa pistol yari irimo amasasu 14, mu gihe undi yafatanywe […]