Kigali: Urukiko rwateye utwatsi ikirego cya Dr Niyitegeka urega CNLG
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwateye utwatsi ikirego cyatanzwe na Dr Theoneste Niyitegeka wareze komisiyo y’u Rwanda yo kurwanya jenoside CNLG, ruvuga ko nta shingiro gifite. Ni umwanzuro wafashe umwanya muto cyane kandi nta n’umwe mu barebwa n’uru rubanza wari mu cyumba kiburanisha. Mu nteruro zitarenze ebyiri, umucamanza yavuze ko ikirego cya Dr Niyitegeka nta shingiro […]
Kizito Mihigo avuga ko nta siri yaciriwe ryâuko agiye kubabarirwa na Perezida Kagame
Umuhanzi Kizito Mihigo atangaza ko yatunguwe ubwo yumvaga mu makuru ko yagiriwe imbabazi nâumukuru wâigihugu agafungurwa, mbere na mbere arashima Imana yamukuye muri gereza ndetse na Perezida Kagame. Ku wa Gatanu tariki ya 14 Nzeri 2018, nibwo hasohowe itangazo ryâibyemezo byâinama yâAbaminisitiri, yari iyobowe na Perezida Kagame. Ririmo ko Kizito Mihigo, Ingabire Victoire nâizindi mfungwa […]
Ibintu 10 byatera umugore guhita agusuzugura mukoranye imibonano mpuzabitsina bwa mbere
Ahangaha iyo tuvuze umunsi wa mbere, ni wa munsi abashakanye baba bakoze igikorwa cyâimibonano mpuzabitsina bwa mbere, ku munsi basezeraniyeho cyangwa se undi munsi baba bateguye ariko akaba ari wo wa mbere kuri bo. Inyigisho zacu ziba zigenewe abubatse cyangwa abari mu nzira yabyo. 1.Kurangiza vuba: Hari abagabo barangiza mu masegonda atageze no kuri 50, […]
Kenya: Guverineri wa Nairobi yatunguwe no gusanga mu bitaro imirambo 12 yâimpinja ihishe mu makarito
Kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Nzeri, Guverineri wa Nairobi, Mike Sonko, yasuye bitunguranye Ibitaro bya Pumwani atungurwa no kuvumbura imirambo 12 yâimpinja yari ihishwe mu makarito. Iyi mirambo ngo ikaba yari yazingiwe hamwe mu mifuka yâamasashi ishyirwa mu makarito atatu ihishwa mu bubiko bwegereye uburuhukiro, aho umurambo umwe wari ukwawo, itandatu iri ukwayo mu […]
Inzego zâumutekano zakwiye imishwaro zishaka impeta Wiz Khalifa yahaye Amber Rose
Inzego zâumutekano Leta ya Los Angeres muri Amerika zakwiye imishwaro zijagajaga umujyi mu rwego rwo gushaka impeta  umuraperi Wiz Khalifa yahaye Amber Rose imyaka itandatu ishize. Polisi nkâuko inkuru dukesha TMZ ibivuga, ikomeje gushakisha iyi mpeta nyuma yaho Amber Rose ayishyikirije ikirego kuwa Kane wâicyumweru gishize avuga ko impeta ye yaburiwe irengero. Muri iki kirego, […]
Angola: Umubyigano ukabije ku mukino wa TP Mazembe na 1° de Agosto wahitanye abantu
Umubyigano ukabije waguyemo abantu batanu nyuma yâumukino wâigikombe cya Afurika cyâamakipe yitwaye neza hagati yâikipe ya 1° de Agosto yo muri Angola nâikipe ya Tout Puissant Mazembe yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umukino wabaye kuwa Gatandatu ushize, itariki 15 Nzeri ubera I Luanda. Nyuma yâiminsi 2 umukino ubaye haracyibazwa intandaro yâuyu mubyigano […]
RwandaâUrundi-Congo-Belge: Abaperezida bakwiriye guhangana nâ ibisigisigi byâ Ubukoloni
Kuva mu bihe byâ ukoloni amateka ya politiki yagiye yerekana ko ibihugu bikomeye byaharaniraga imitungo kamere yâ ibihugu bifite intege nkeya mu rwego rwo kurushaho kubaka ubukungu nâ imbaraga za gisirikare. Iyo myimvure ntiyigeze ihinduka kuko no mu ntambara zombi zâ Isi nabwo ibyo bihangange byarushijeho gukoresha ibihugu bikennye ndetse no gusahura imitungo yâ ibihugu […]
Tariki ya cumi zâukwacumi saa Kumi, nibwo hazamenyekana nyiri sitasiyo M LINE KICUKIRO
Urukiko rwâubucuruzi rwa Kigali rwaburanishije urubanza rujyanye nâiteshwa gaciro rya cyamunara yakozwe tariki ya 23 Gashyantare 2018. Ni cyamunara yagurishijwemo station ya Mukaremera Francine yegukanwa na Cyubahiro Ngarambe Christophe. Urubannza rwabaye ku wa Gatanu tariki 14 Nzeri, ruzasomwa tariki 10 Ukwakira saa kumi. Iyi cyamunara yabaye ku busabe bwâumwanditsi mukuru (registrar general) wo muri RDB, […]
ICC: Jean-Pierre Bemba ahanishijwe igifungo cy'umwaka gisubitse n'amande y'Amayero 300,000
Kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Nzeri, Jean-Pierre Bemba wigeze kuba visi perezida wa Congo, yakatiwe nâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) igihano cy’umwaka w’igifungo, wahise usubikwa kubera igihe yafunzwe, ndetse acibwa amande y’Amayero 300,000 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo guha ruswa abatangabuhamya bagombaga kumurenganura ku byaha byâintambara yari akurikiranweho. Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa La Haye rwagize […]
Kizito Mihigo yakebuye abakundana bakihutira kuryamana
Umuhanzi Kizito Mihigo nyuma yo gusohoka muri gereza kuwa 15 Nzeri 2018. Yashyize hanze indirimbo yise âIbyihishimo bibiâ aho akebura abantu bakundana maze bakihutira kuryamana ngo barimo kwishimisha. Iyi ndirimbo yâiminota itandatu nâamasegonda 48, Kizito Mihigo avuga ku ngingo zitandukanye ziganjemo gukorera iguhugu no gushyira hamwe gusa  akananenga abakundana bihutira kuryamana avuga ko ari ibyishimo […]
Ibyago 10 byakuruwe na Gen Niyombare wahubukiye âCoup dâEtatâ ikamupfubana
Gen Niyombare Godefroid yari umusirikare wâu Burundi ukomeye unakunzwe na Leta iriho, aza gushaka guhirika Perezida Nkurunziza ku butegetsi biramupfubana asigira bagenzi be ibyago na we atisize ndetse nâigihugu muri rusange. Ibyago umuntu yavuga ko Niyombare yakuruye bikamugiraho ingaruka hamwe na bagenzi be nâigihugu muri rusange, twavuga nka: 1.Kwivana ku mukati: Gen Niyombare Godefroid, wâimyaka […]
Bishop Bilindabagabo yanenze bikomeye uko abihaye Imana basigaye bayoboye amatorero
Itorero rya Angilikani mu Rwanda riranenga uko abihaye Imana basigaye bayoboye amatorero muri iki gihe, aho rivuga ko benshi bitwara nkâamakipe arwanira inyungu zâumuntu ku giti cye. â Kuki mwarwana kandi muri abakozi bâitorero? Ntimuri gukorera ubutumwa bumwe? Murekere ibyâitorero itorero kubera ko byose ari ibya Yesu Kristo. Ntabwo duhari ngo dukorere inyungu zâumuntu â, […]
Ndasubira mu rugo kuwa mbere, ndahangayitse ariko miliyoni 44 zâAbagande nazo zirahangayitse – Bobi Wine
Umuhanzi Bobi Wine, akaba nâumudepite mu nteko ishinga Amategeko ya Uganda, ategerejwe I Kampala kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Nzeri nyuma yâiminsi yari amaze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yari yagiye kwivuza nkâuko yabitangarije ikinyamakuru Mail & Guardian. â Ndasubira mu rugo kuwa mbere. Nibyo ndahangayitse, ariko ni mu rugo, niho umuryango […]
Kicukiro: Abaturage biyubakiye umuhanda wa Kaburimbo
Abaturage bo mu Mudugudu wâUbumwe, Akagari ka Rubirizi mu Murenge wa Kanombe mu karere ka Kicukiro,  barimo kwiyubakira umuhanda wa kaburimbo, nta nkunga nâimwe ivuye muri Leta cyangwa abandi baterankunga. Umuyobozi wâUmudugudu wâUbumwe, Mudahemuka Jean Baptiste, abajijwe aho bakura imbaraga zituma bakataje mu bikorwa byâiterambere, atangaza ko we na komite ye badahwema kuganira nâabaturage batuye […]
RDC: Ntihavugwa rumwe ku mubare wâabaguye mu bitero byagabwe ku birindiro 3 byâingabo za FARDC
Abantu 11 barimo abasirikare ba leta baguye mu bitero inyeshyamba zagabye ku birindiro bitatu bya FARDC mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru, itariki 16 Nzeri muri Teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ibirindiro byatewe nâinyeshyamba zitaramenyekana ni ibya Muvaramu, Songamoya na Tara. Amakuru ava mu […]
Umuhanzi Jose Chameleone yatandukanye nâumugore we
Umuhanzi Joseph Mayanja uzwi nka  Dr Jose Chameleone yamaze gutanda nâumugore we Daniella Atim Mayanja nyuma yâimyaka icumi babana. Jose Chameleone ni we wafashe iya mbere abinyujije ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 16 Nzeri 2018, atangaza ko atandukane na Daniella avuga ko arambiwe guhora agerageza kubungabunga umubano wabo ariko akabona nta gihinduka. Uyu muhanzi […]
Tanzania: Umwe yafatanwe imbunda undi afatanwa umupanga ku biro byâitora
Igipolisi cya Tanzania muri Dar es Salaam cyataye muri yombi abantu babiri basanganywe intwaro ku biro byâitora ahitwa Ukonga ahatorwaga abazahagararira aka karere mu matora yâabadepite Umuyobozi wâigipolisi cya zone idasanzwe muri Dar es Salaam, Lazaro Mambosasa yavuze ko umwe yafatanywe imbunda yo mu bwoko bwa pistol yari irimo amasasu 14, mu gihe undi yafatanywe […]