Opinion: Ese Uganda nâu Rwanda byaba bipfa iki?
Kuvuga ku gatotsi kari hagati yâu Rwanda na Uganda ni nko kuvuga abavandimwe babiri bafitanye amakimbirane, bitewe nâamateka yâibi bihugu byombi. Umuntu atagiye mu mateka ya kure, bizwi neza ko bamwe mu bari ku butegetsi mu Rwanda bafashije Museveni gufata ubutegetsi ahiritse Obote. Icyo gihe bamwe mu mpunzi zâabanyarwanda zahisemo kujya mu gisirikari cya Museveni […]
Guv. Gatabazi yabwiye abahoze muri FDLR ko bakwiye gushima Imana
Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vienney, yabwiye abahoze mu nyeshyamba za FDLR bagera kuri 577 baherutse gutaha mu Rwanda ku ngufu, ko kuba bari mu gihugu cyabo cyâamavuko bakwiye kubishimira Imana. Guverineri Gatabazi yabibabwiye ubwo yabagezagaho ikiganiro kuri “Gahunda ya Guverinomaâ, ku wa Gatanu tariki 21 Ukuboza 2018, mu Kigo cya Mutobo giherereye mu […]
RDC: Ihuriro rya Tshisekedi ntirizemera ko amatora yongera gusunikwa nâumunsi umwe
Ihuriro Cap pour le Changement (CACH), rya Felix Tshisekedi ryemeye iyimurwa ryâumunsi wâamatora kuwa 30 Ukuboza, ariko rishimangira ko ritazemera ko yongera kwimurwa nâumunsi nâumwe. Imbere yâimbaga yâabashyigikiye iri huriro niho ryatangaje uko ryakiriye iki cyemezo cyo kwegeza inyuma umunsi wâamatora yari ateganyijwe kuwa 23 Ukuboza. Umukandida Felix Tshisekedi nâukuriye ibikorwa bye byo kwiyamamaza, Vital […]
Perezida Kagame na Madamu bitabiriye Inama ya Biro Politiki ya FPR/Inkotanyi- AMAFOTO
Perezida wa Repubulika akaba nâUmuyobozi wâUmuryango FPR/Inkotanyi, Paul Kagame nâumufasha we Jeannette Kagame bitabiriye Inama ya Biro Politiki yahuje abanyamuryango barimo n’Abanyarwanda baba mu mahanga n’abanyamuryango b’inzego zose uhereye ku rwego rwo hasi. Iyi nama ya Biro Politiki ya FPR/ Inkotanyi, yateranye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Ukuboza 2018, ku âIntare Conference Arenaâ […]
Zimbabwe yateye utwatsi impapuro zo guta muri yombi Grace Mugabe zavuye muri Afurika yâEpfo
Guverinoma ya Zimbabwe kuri uyu wa Gatanu, itariki 21 Ukuboza yavuze ko itazohereza Grace Mugabe, umugore wâuwahoze ari perezida wâiki gihugu, Robert Mugabe, ushakishwa nâubutabera bwa Afurika yâEpfo ku cyaha cyo guhohotera Umunyamideri ashinjwa gukora mu 2017. Minisitiri wâitangazamakuru wungirije wa Zimbabwe, Energy Mutodi, yoherereje ibaruwa igaragaza ko batakiriye impapuro zo kohereza Grace Mugabe urukiko […]
Sinemeranya nâabavuga ko AS Kigali itari mu bihe byayo byiza- Kapiteni Mugiraneza J.B
Mu gihe Shampiyona yâicyiciro cya mbere âAzam Rwanda premier Leagueâ igeze ku munsi wayo wa 11, irakomeje mu mpera zâiki cyumweru aho Ikipe ya APR FC ikomeje imyitozo yitegura gucakirana na AS Kigali. Ubwo basozaga imyitozo ya nyuma kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Ukuboza 2018, Kapiteni wa APR FC, Mugiraneza Jean Baptiste yatangarije […]
Uburengerazuba: Abaturage basabwe kuzarushaho kwicungira umutekano mu minsi mikuru
Mu nama yâumutekeno yaguye yâIntara yâIburengerazuba yabaye kuri uyu wa 19 Ukuboza 2018, abaturage barasabwa kurushaho kwicungira umutekano batirara kugira ngo hatagira ubaca mu rihumye muri iyi minsi mikuru ya Noheli nâUbunani. Muri iyi nama yari iyobowe na Guverineri wâIntara yâIburengerazuba, Munyantwali Alphonse, harebewe hamwe uko umutekano wari wifashe mu mezi atatu ashize (Nzeri  â Ugushyingo […]
Umugabo wanjye namufashe yicaye mu maguru yâundi mugore, umwe akorakora undi- NKORE IKI?
Muraho bakunzi bacu, nitwa Emelyne nkaba ndi umubyeyi wâabana babiri, mfite umugabo tubana ariko namufashe ari mu ngeso mbi. Mu byâukuri dusanzwe dufite amazu dukodesha ariko hakaba harimo umugore nâumugabo banafite abana umukuru uri mu kigero cyâimyaka 12, aho baruhukiye bahise bajya kwa nyirakuru mu cyaro. Nyina niwe wasigaye mu rugo kuko nâubundi umugabo we […]
Uganda: Perezida Museveni yohereje abashinzwe ibya gisirikare bashya mu Burundi na Afurika y'Epfo
Perezida Yoweri Museveni, akaba nâumugaba wâikirenga wâigisirikare cya Uganda, yakoze impinduka mu bayobozi bakuru bâingabo mu rwego rwo gukaza ibikorwa byâigisirikare mu karere kâIbiyaga Bigari. Ni muri urwo rwego Maj Gen. Fred Ociti Tolit yoherejwe muri Afurika yâEpfo avuye mu Burundi nkâumujyanama mu byâumutekano muri ambasade. Uyu yabanje kuba uhagarariye igisirikare cya Uganda (Ugandaâs defence […]
Reba amafoto bivugwa ko ari ayâabasirikare bâabacancuro ba Perezida Kabila
Komisiyo Ishinzwe Gutegura Amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENI) yatangaje ko amatora asubitswe atakibaye ku cyumweru tariki 23 Ukuboza 2018 ahubwo ko azaba kuri 30. Iri subikwa ryayo rikaba rinengwa na benshi mu gihe hari nâabasesengura ko ari agakino Leta irimo ngo iminsi ikomeze yigire inyuma abe yanasubikwa burundu. Ni muri urwo rwego […]
Guverinoma yâu Rwanda iramagana umugambi wo gufungura Col Simba Aloys adasoje igihano
Guverinoma yâu Rwanda yamaganye mu buryo bukomeye ifungurwa igihe kitageze rya Col Simba Aloys wari warahamijwe ibyaha bya jenoside, ibyâibasiye inyokomuntu nâitsembatsemba nâUrukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (TPIR) agakatirwa igifungo cyâimyaka 25 ariko bikaba bivugwa ko yaba yenda gufungurwa. Guverinoma yâu Rwanda ikavuga ko agomba gukora igihano cye cyose muri gereza. Nkâuko bigaragara mu itangazo […]
Rusizi: Abana batsinze neza baturuka mu miryango ikennye bahawe ibihembo- AMAFOTO
Nyuma yo gushyikiriza inzu imiryango 17 itishoboye ifite abana bafashwa nâumushinga RW 0380 ukorera mu itorero ADEPR paruwasi ya Gihundwe, mu karere ka Rusizi, uagaterwa inkunga na Compassion international, abana baturuka mu miryango nkâiyo ifashwa nâuyu mushinga batsinze neza ibizamini bisoza umwaka wâamashuri bahawe ibihembo. Ibihembo bashyikirijwe bigiz we nâibikoresho byâishuri,abiga mu yisumbuye muri bo […]
Uruhare rwa Major Muvunyi Tharcisse bitaga âGafuniâ mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi hagati ya 90 na 93 muri Nkumba
Ubushakashatsi bwakozwe na Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri bugaragaza ko nyuma yaho RPF-Inkotanyi itangije urugamba rwo kubohora Igihugu mu Ukwakira 1990, Abatutsi bo mu makomini atandukanye mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri batotejwe bikaje, abandi bakicwa rugikubita. Ubu bushakashatsi bugaragaza ko  ubwicanyi mu buryo […]
Nyagatare: Yafashwe akekwaho gutanga ruswa
Habimana Jean de Dieu wâimyaka 38 yâamavuko yafashwe akekwaho gutanga ruswa ku mu polisi kugirango arekure umuvandimwe we wafashe azira gucuruza ibiyobyabwenge byo mu bwoko bwa zebra warage. Ku wa 20 Ukuboza nibwo Habimana yafatiwe mu murenge wa Nyagatare mu kagari ka Barija. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Theobald […]