Tanzania/Singida: Umuyobozi yasabye leta kwishyuza imisoro ba 'maraya'

Umuyobozi w’agace ka Iramba mu ntara ya Singida ho muri Tanzania, yasabye ko leta yakwishyuza imisoro abakobwa bicuruza mu rwego rwo guca iyi ngeso. Leta ya Tanzania yugarijwe n’ikibazo cy’abakobwa bicuruza bazwi nka ba ‘maraya’ cyane cyane mu mugi, yafashe ingamba zo guca izi ngeso binyuze mu kubahiga bukware. Simon Tyosela we yatanze igitekerezo cyo […]

FERWACY yatangaje abakinnyi 14 bazahagararira u Rwanda muri Shampiona ya Afurika

Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda FERWACY , ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 14 bazahagararira u Rwanda mu mikino yo gusiganwa ku magare muri Shampiyona ya Afurika . Iyi shampiyona izabera mu mujyi wa Baher Dar muri Ethiopia,  izatangira kuwa Kane tariki ya 14 kugeza kuri 19 Werurwe 2019. Iri rushanwa rikaba rigizwe n’ibyiciro bitatu. Hari icyiciro […]

Harabura amasaha make ngo Meddy yitabe urukiko ku kibazo cy’ideni

Umuhanzi Meddy asigaje amasaha 14 ngo yitabe urukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge, yiregura ku kibazo cy’umwenda afitiye imwe muri Kompanyi za hano mu Rwanda. Meddy yatumijweho n’uru rukiko kugira ngo yiregure ku byo ashinjwa na Kompanyi  KAGI Ltd ivuga ko ayiberemo miliyoni 10 by’amadolari ya Amerika. Ibaruwa isaba Meddy kwitaba urukiko Bwiza.com yateyeho akajisho ivuga ko […]

EAC ngo yaba yahisemo politiki ya “Dutegereze Turebe” ku bibazo by’u Rwanda na Uganda

Umuryango wa Afurika y’Iburasizuba ngo wahisemo gukoresha politiki ya “ Dutegereze Turebe ” ku bibazo biri hagati y’u Rwanda na Uganda benshi bemeza ko ari yo ntandaro y’ifungwa ry’umupaka wa Gatuna uhuza ibihugu byombi. Ikibazo kiri hagati y’u Rwanda na Uganda ngo kikaba cyateye urujijo urwego rwa EAC rushinzwe imibanire ishingiye ku bucuruzi mu gihe […]

Umugabo wanjye yantaye mu buriri ambeshya ko agiye koga mufatira muri dushi asambana n’umukozi

Mbere ya byose mbanje kubasuhuza nabagisha inama ku bw’ikibazo nagiranye n’umugabo wanjye wantaye mu buriri ambeshya ko agiye koga, nkaza kumusanga mu bwogero (douche) arimo gusambana n’umukobwa udukorera mu rugo, aho dutuye mu karere ka Nyarugenge. Ubwo twageraga mu buriri ahagana saa yine n’igice z’ijoro, nibwo yatangiye kumbwira ko yumva ashyushye cyane ndetse ko ashaka […]

Ibintu 10  Gandhi yemeraga ko byahindura Isi

Mahatma Gandhi ubarwa mu ntwali zabayeho ku Isi  yakunze kugira ati “ Nta muntu ukwiriye gutakaza icyizere cy’ ubumuntu ngo kuko ubuzima bugereranywa n’ inyanja aho amazi amwe ashobora kuba yanduye ariko bitavuga ko yose yanduye’’. Yakomeje kandi yerekana ko itandukaniro hagati y’ icyo turi cyo n’icyo dushoboye gukora bihagije kugira ngo duhindure Isi. Zimwe […]

Col. Bagosora yanze kumena ibanga ku ruhare rw' u Bufaransa muri Jenoside

Col Bagosora wari Umuyobozi Mukuru w’Ibiro muri Minisiteri y’Ingabo za FAR, ushinjwa kuba umwubatsi mukuru wapanze ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakorewe Abatutsi igatwara ubuzima bw’inzirakarengane zisaga miliyoni, yanze kumena ibanga rya gisirikare ngo avuge uruhare rw’u Bufaransa muri iyi jenoside. Col. Bagosora yagiye yumvikana ahakana yivuye inyuma uruhare yagize muri jenoside aho umunsi umwe […]

Gasabo: Umusore w’imyaka 32 akurikiranweho kwica mukuru we

Ubushinjacyaha  ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo bukurikiranye umusore w’imyaka 32 ukekwaho kwica  mukuru we witwa  Nizeyumukiza Ildephonse   amukubise icupa mu mutwe. Ubusanzwe uyu musore ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha yabanaga  na nyina mu rugo mu Karere ka Bugesera. Mu ijoro ryo ku wa 27 Gashyantare 2019 yatashye yasinze atonganya nyina, mukuru we amubajije impamvu amutonganya  ahita ajya mu nzu […]

Abanyamategeko bo mu karere bahagurukijwe n’ikibazo cy’u Rwanda na Uganda

Umuryango w’Abanyamategeko mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba,(EALS)  winjiye mu kibazo kiri hagati y’u Rwanda na Uganda kugira ngo wunge impande zombi. EALS ivuga ko yamaze kwegera inararibonye muri dipolomasi, abanyemategeko bo ku rwego rwo hejuru, abavuga rikijyana bo muri sosiyete sivile ndetse n’abahagarariye abakora ubucuruzi kugira uruhare muri iki gikorwa. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na EALS […]

Burundi: Urugo rw’umusirikare ufunze rwafatiwemo ibikoresho bya gisirikare, umuryango we uti ni akagambane

Amakuru aturuka I Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko mu rugo rw’umukoroneli umaze imyaka isaga ibiri afunze hafatiwe ibikoresho bya gisirikare bitandukanye birimo impuzankano n’imbunda, ariko abo mu muryango we bakaba bavuga ko ibi ari iby’igisirikare cy’u Burundi byazanwe mu rwego rwo kumushakira ibyaha. Biravugwa ko ibyo bikoresho byasanzwe mu rugo rwa Col. Dieudonne […]

Rusizi: Ibitaro bya Gihundwe na Mibilizi birishyuza Leta asaga Miliyoni 300

Abasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho myiza y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda, bari mu ngendo mu turere, aho barimo kugenzura ibibazo biri mu rwego rw’ubuzima. Ubwo bageraga mu karere ka Rusizi, Intara y’Iburengerazuba basanganijwe ikibazo cy’umwenda w’asaga miliyoni 300 ibitaro by’aka karere bifitiwe na Leta, ukaba ubangamiye serivisi batanga. Ni ibitaro bya Mibilizi na Gihundwe bifitiwe […]

Impunzi z’Abanyarwanda zizataha ari uko icyatumye zihunga kivuyeho-UNHCR Uganda

Umuyobozi mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) Ushinzwe Akarere k’Ibiyaga Bigari, Raouf Mazou avuga ko impunzi z’Abanyarwanda zizasubira iwabo ari uko zibona icyatumye zihunga cyarangiye. Ibi yabitangaje kuwa 12 Werurwe 2019 mu nama yabereye i Kampala m yigaga ku bibazo by’impunzi. Yagize ati “ Hari abantu bavuye mu gihugu mu 1994, none ubu […]

Visi Perezida wa Kenya yakeje Museveni anenga ifungwa ry'umupaka wa Gatuna

Visi Perezida wa Kenya, William Ruto yanenze icyemezo cy’ifungwa ry’umupaka uhuza u Rwanda na Uganda, avuga ko ifungwa ry’Umupaka wa Gatuna rihangayikishije akarere ndetse asaba Museveni gukomeza kureberera EAC nk’umuntu w’inararibonye bareberaho. “ Dufite umupaka mu gihugu kimwe urimo gufungwa n’ikindi gihugu. Muri East Africa. Koko ? ”, uyu ni William Ruto kuri uyu wa […]

Rwamagana: Abanyeshuri batoroka ikigo n’abambara impenure bafatiwe ingamba zikarishye

Ubuyobozi bw’Urwunge rw’Amashuri rwa Rwamagana (GS/Rwamagana Cathorique) rwitiriwe Mutagatifu Vincent de Paul, mu nama yabuhuje n’ababyeyi tariki ya 10 Werurwe 2019, bwamenyesheje ingamba zikarishye bwafatiye abanyeshuri basimbuka uruzitiro ndetse n’abambara impenure. Umuyobozi wa GS Rwamagana, Safari Ignace yabwiye ababyeyi ko hari abanyeshuri batoroka ikigo buriye igipangu cy’ishuri kandi ko bikorwa n’abahungu n’abakobwa, ngo ku buryo […]

Nyaruguru: Hafatiwe ibicuruzwa bya magendu

Mu mukwabu wakozwe na Polisi ikorera mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa Ngera ifatanyije n’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha muri uwo murenge bafatanye abantu bane ibicuruzwa bya magendu. Uyu mukwabu wakozwe kuri uyu wa mbere tariki 11 Werurwe mu kagari ka Murama mu murenge wa Ngera ufatirwamo abagabo bane bafite ibicuruzwa bitandukanye bya magendu birimo; […]

Zari yise Diamond “igikoma mu kabari”

Umuherwekazi akaba n’icyamamare muri Afurika, Zari Hassan yise Diamond platinumz ‘ igikoma mu kabari’ abicishije ku rubuga rwe rwa Instagram. Hashize amasaha iminsi 2, Zari ashyize mamafoto abiri ku rubuga rwe, imwe yambaye akenda ka ‘bikini’, indi ari imbere y’imodoka ziriho ibirango bye(Zari). Aya mafoto yavuzweho bitandukanye n’abamukurikira. Ku ifoto ya mbere yambaye bikini, abamukurikira […]

UCL: Ronaldo yafashije Juventus gusezerera Atletico Madrid naho Manchester City inyagira Schalke 04

Umukinnnyi rurangiranwa Christiano Ronaldo yafashije ikipe ya Juventus de Turin yo mu Butariyani gutsinda ikipe ya Atletico Madrid yo muri Espagne ibitego bitatu kubusa (3:0) bituma Juventus ikomeza muri 1/4 cy’irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’uburayi. Ibitego byose bikaba byatsinzwe na Christiano Ronaldo. Ni umukino watangiye ikipe ya Juventus iri gusatira mu buryo […]