Uganda yashyizeho itegeko rihana abafasha abana bo ku muhanda
Inteko ishinga amategeko ya Uganda yatoye itegeko rihana abaha abana bo ku muhanda ibiryo, amafaranga n’izindi mpano. BBC dukesha iyi nkuru itangaza ko iyi nteko yemeje ko uzafatwa agira icyo aha aba bana, azakatirwa igifungo cy’amezi atandatu cyangwa se acibwe ihazabu y’amadolari y’Amerika 11. Iyi nteko ifashe umwanzuro kuri iri tegeko kugira ngo bace umuco […]
Umutoza wa APR F.C ntarakura amaso ku gikombe benshi babona mu biganza bya Rayon Sports
Umutoza w’ikipe ya APR FC, Zlatko Krmpotić, yabajijwe uko we n’abasore be biteguye imikino isigaye ngo shampiyona y’ikiciro cya mbere y’umupira w’amaguru mu Rwanda irangire, avuga ko yiteguye neza kandi ko igikombe ataragikuraho amaso. Yagize ati ” Icyo nakubwira ni uko twiteguye neza, intego ni ugutahana dushaka amanota atatu kuko ubu nta rindi kosa twemerewe […]
Musanze: Polisi ntiremeza niba umugabo wakekwagaho kwica umugore we ari we wabonetse yapfuye
Amakuru agera kuri Bwiza.com ataremezwa neza aravuga ko umugabo Ndahayo Jean de Dieu wo mu Karere ka Musanze ukekwaho kwica umugore we yasanzwe mu Mugezi wa Mukungwa yapfuye nyuma y’uko yari yaburiwe irengero uyu mugore we wari umuyobozi w’ishuri ryisumbuye amaze kwicwa. Ku murongo wa telephone twabajije Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru ngo tumenye […]
Kicukiro: Imodoka yarenze umuhanda yinjira mu nzu yari iryamyemo abantu- AMAFOTO
Imodoka yo mu bwoko bwa Voiture Collora yari itwawe na Mukanshimiyimana Cesarie, kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Gicurasi 2019, yarenze umuhanda igonga inzu y’umuturage, yinjira mu cyumba cyari kiryamyemo abakobwa babiri. Mukanshimiyimana Cesarie, wari utwaye imodoka avuga ko bisi ya Sosiyeti itwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali (KBS) yamugonze imuturutse inyuma ubwo yari […]
Umuryango twifuza ni ubanye neza, uzira amakimbirane- Amb. Nyirahabimana
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’ Umuryango Amb. Nyirahabimana Soline avuga ko umuryango wifuzwa mu Rwanda ari utekanye n’abawugize babayeho neza. Yabitangarije mu Murenge wa Ngarama, akarere ka Gatsibo kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Gicurasi 2019, aho abaturage bari bakereye kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Imiryango, ufite insanganyamatsiko igita iti “Twese hamwe, twubake umuryango twifuza”. Agendeye kuri […]
Urutonde: Apple yongeye kuba iya mbere mu masosiyete atunze
Sosiyete ikora ibikoresho by’ikoranabuhanga byibanda ku itumanaho, Apple yongeye kuza ku isonga mu zifite amafaranga menshi muri uyu mwaka(2019). Apple ni sosiyete yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, inafite ikicaro muri iki gihugu. Ikora ibikoresho nka telefone zitwa iPhone, mudasobwa za Apple, amasaha n’ibindi bikoresho bidatundukanye. Igira serivisi zitandukanye zirimo: App Store nk’ububiko bw’amaporogramu, App […]
Umukecuru w’imyaka 102 yivuganye mugenzi we babanaga
Mu gihugu cy’u Bufaransa umukecuru w’imyaka 102 y’amavuko aracyekwaho kwicira mu nzu y’abageze mu zabuku mugenzi we w’imyaka 92 babanaga. Uyu mukecuru ushinjwa ubwicanyi yahise yoherezwa mu bitaro by’indwara zo mu mutwe mu gihe umushinjacyaha yavuze ko mbere yaho yabanje kubwira umwe mu bashinzwe kubitaho muri iyo nzu y’abageze mu zabukuru ko “yishe umuntu”. Ushinzwe […]
Nyagatare: Abagabo bane bari bagizwe abere ku gusambanya abana basubijwe mu rukiko
Abagabo bane bo mu Karere ka Nyagatare baherutse kugirwa abere ku byaha byo gusambanya abana b’abakobwa bakiri bato basubiye mu rukiko, ariko rw’ikirenga kuri iyi nshuro. Urukiko Rukuru mu Karere ka Rwamagana rwari rwagize abere Thomas Mugabe, bakunda kwita Mabati, Sostene Ndibwami, Alexis Kagame na David Murekezi, rumaze gutesha agaciro icyemezo cy’urukiko rwa Nyagatare cyo […]
Nsabimana Callixte (Sankara) yasobanuye uko abayobozi b’u Burundi na Uganda bafasha FLN
Nsabimana Callixte uzwi ku izina rya Sankara, ubwo yagezwaga imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Kacyiru, yasobanuye ko bamwe mu basirikare bakuru ba Uganda n’u Burundi batera inkunga ibikorwa by’inyeshyamba za FLN zirwanya Leta y’u Rwanda Saa Mbiri z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Gicurasi 2019, nibwo Sankara yagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Kacyiru, […]
Stop ! Stop ! Stop Satani nakubonye
Soma Abayefeso 4:7 “ Ariko umuntu wese yahawe ubuntu nk’ uko urugero rw’ Impano ya Kristo ruri “ Nuha umwanzi umwanya arawufata. Tugomba kuba twiteguye igihe cyose, kuko tutaba tuzi igihe satani yongera kwiyoberanya, akagaruka kugira ngo atwibe icyo twari tumaze kwakira “KWIZERA “. Hari abantu bakiriye ibitangaza binyuranye by’ Imana birimo uburwayi, n’ ibindi […]
Libya: Khalifa Haftar yanze ubusabe bwa Macron bwo guhagarika intambara
Gen. Khalifa Haftar, umuyobozi w’umutwe wa gisirikare urwanya ubutegetsi bwa Libya yanze ubusabe bwa Perezida wUbufaransa bwo guhagarika intambara yashoje muri iki gihugu. Ni ejo hashize, tariki ya 22 Gicurasi, ubwo aba bagabo bombi bahuriye mu biro by’umukuru w’igihugu (Champ Elysée) mu murwa mukuru, Paris. Radio Ijwi ry’Amerika yatangaje ko Haftar yavuze ko ibisabwa kugira […]
Sankara yemeye ibyaha byose ashinjwa atangaza ko yitandukanyije na FLN
Nsabimana Callixte, uzwi nka Sankara wari umuvugizi w’umutwe w’inyeshyamba za FLN zirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, yemeye ibyaha byose ashinjwa uko ari 16 abisabira imbabazi, yemera ko uyu mutwe we watsinzwe kandi nta cyerekezo utanga. Ibi byabaye kuri uyu wa Kane, itariki 23 Gicurasi ubwo yagezwaga bwa mbere mu rukiko ubushinjacyaha bukavuga ko bumukurikiranyeho ibyaha 16. […]
Rwanda- Uganda: Abacuruzi bagannye ubucuruzi bwa magendu
Abacuruzi bo ku mipaka y’ibihugu by’u Rwanda na Uganda bagannye ubucuruzi butemewe n’amategeko nyuma y’aho ubuhahirane hagati y’ibihugu byombi bugiye biguru ntege kuva mu mezi hafi atatu ashize. Abaturage begereye imipaka ya Gatuna na Cyanika batangarije Daily Monitor kuri uyu wa 22 Gicurasi ko ubucuruzi bwa magendu ari bubi ariko ko bubinjiriza amafaranga menshi iyo […]
Amafoto: Intumwa Idasanzwe ya Amerika mu Biyaga Bigari iri mu Rwanda kugeza kuwa 26 Gicurasi
Intumwa idasanzwe ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika muu Biyaga Bigari, Dr. J. Peter Pham uri mu Rwanda guhera kuwa 21 kugeza kuwa 26 Gicurasi, kuri uyu wa Gatatu yakiriwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase, aho yari aherekejwe na Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda. Dr J. Peter Pham kandi […]
Gabon: Visi Perezida na minisitiri w'amashyamba birukanwe bazira ibiti
Perezida Ali Bongo wa Gabon yirukanye ku mirimo Visi Perezida hamwe na Minisitiri ushinzwe amashyamba muri leta ye. Ibyo byabaye nyuma y’ibura rya Kontineri zuzuye ibiti byo mu bwoko bwa Kevazingo, zari zafashwe zipakirwa mu buryo bwa magendu. Itangazo ribirukana ntirisobanura impamvu ariko ryavuze ko ibirebana n’amashyamba bigiye kuba bicunzwe na Minisitiri w’Intebe. Perezida Bongo […]
Besigye yavuze impamvu atarifashisha imbunda mu guhangana na Museveni
Umwe mu bavuga rikijyana mu batavuga rumwe na Perezida Museveni, Rtd. Col. Kiiza Besigye avuga ko kuba batarifashisha imbunda mu guhangana n’ubutegetsi bwa Museveni biterwa n’uko zihenze. Besigye wo mu ishyaka ‘ Forum for Democratic Change’ yabwiye abayobozi bo muri iri shyaka bo mu Karere ka Wakiso ko kwifashisha imbunda mu guhangana n’ubutegetsi bihenze ariko […]