CECAFA Kagame cup: Rayon Sports yisanze mu itsinda rimwe nâigihangange TP Mazembe
Ikipe ya Rayon Sports yisanze mu itsinda rimwe nâikipe yâigihangage muri Afurika TP Mazembe muri tombora yâuko amakipe azahura mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2019 izabera mu Rwanda muri Nyakanga uyu mwaka. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 21 Kamena 2019 nibwo habaye iyi tombora yasize Rayon sports yatwaye igikombe cya shampiyona mu Rwanda […]
UFC: Umurwano uzahuza Justin Bieber na Tom Cruise witezweho umubare w'abafana udasanzwe
Icyamamare mu muziki, Justin Bieber n’icyamamare muri filime, Tom Cruise bemeranyije kurwana. Ni umukino witezweho abafana benshi baturutse muri udu duce tw’imyidagaduro dukunzwe cyane. Bieber ubwe yihamagariye Tom Cruise uri mu bakinnyi ba filimi binjiza akayabo, amubwira ko bagomba guhurira ku kibuga cya Octagon gikinirwamo imikino njyarugamba muri iyi shampiyona ya UFC. Ubu butumwa bwarebaga […]
Shyira ijambo ryâImana mbere ya byose
Imigani 4:7-8 âUbwenge muri byose nibwo bwâ ingenzi, nuko rero shaka ubwenge, ndetse ibyo utunze byose ubishakishe ubuhanga Ubukuze nabwo buzagukuza, nu ubukomeza buzaguhesha icyubahiro.â Niba ushaka gutera imbere muri isi , Ndagira ngo kumenere ibanga rikomeye muri aka kanya. BIROROSHYE âShyira ijambo ryâ Imana imbere.â Ushobora kubwira uti â Pastor, ibyo ntabanga ririmo, narabyumvise […]
Ubusabe bwa Lt. Joel Mutabazi bwo gufungurwa byâagateganyo urukiko rwabuteye utwatsi
kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Kamena 2019, Urukiko rw’ubujurirre rwatesheje agaciro icyifuzo cya Liyetona Joel Mutabazi wasabaga kurekurwa by’agateganyo akaburana ubujurire ari hanze . Lt Mutabazi yajuririye uru rukiko avuga ko atemera igifungo cya burundu yakatiwe n’urukiko rwa gisirikare, igihano yahawe mu 2014. Yabwiye urukiko ko afunze mu buryo bunyuranye n’amategeko anasaba ko […]
Tariki 21 Kamena: Umunsi mukuru wâigitunguru mu Bufaransa
 Nubwo tariki 21 Kamena yitiriwe umunsi mukuru wâ igitunguru mu Bufaransa nta muntu urasobanura impamvu yabyo, gusa iki gihingwa kirubashwe kuko gikoreshwa nkâ imboga cyangwa deseri . Tariki 21 Kamena yabarwaga nkâ umunsi wa gatatu wâ ukwezi  kwitiriwe Messidor  kuri kalendari yâ Abarepubulikani (calendrier rĂ©publicain) mu Bufransa bakawita umunsi wâ igitunguru (le jour de l’oignon) […]
Rutsiro: Amaso yaheze mu kirere bategereje kuzurizwa uruganda rusya ibigori
Abaturage bo mu Murenge wa Mushubati, mu Karere ka Rutsiro, bavuga ko hashize imyaka ine bubakiwe uruganda rusya ibigori, na nâubu rukaba rutaruzura kubera ko aho rwubatse hatagera umuriro wâamashanyarazi. Ni uruganda rugizwe nâibyumba bibiri, icyari kigenewe kwakira umusaruro wâibigori nâicyo gushyiramo imashini zitunganya umusaruro, byose nta kibikorerwamo mu gihe imyaka ine ishize. Uyu muturage […]
Papa ni pasiteri, natwaye inda none arashaka ko njya kubyarira mu mahanga umwana nkamutayo- Nkore iki?
Muraho neza! Ndi umunyarwandakazi papa akaba ari pasiteri ukomeye mu gihugu ku buryo muri iyi minsi atabasha gutora agatotsi nyuma yo kumenya ko ntwite. Mfite inda yâamezi abiri, ntabwo yari yagaragara, nayitewe nâumusore dukundana ariko utarabona ubushobozi ngo tunane, kubera iyo mpamvu papa arimo kumbwira ko agiye kunjyana mu mahanga, nkabyarirayo umwana tukamusiga muri famille […]
Rihanna mu ntambara y'ubucuruzi na se
Umuhanzikazi w’Umunyamerika, Rihanna Fenty yareze se mu rukiko amushinja gukoresha izina rye ry’ubucuruzi (business brand). Uyu musaza na we yamusubije asaba ko urukiko rwahagarika iki kirego. Rihanna na se, Ronald Fenty barapfa izina rya ‘Fenty’. Iri zina Rihanna yarihaye ubucuruzi bwe bw’ibirungo bisigwa ku mubiri. Ise na we amusubiza ko burya iri zina yarikoresheje mu […]
Kwita ku mibereho myiza y'abagore ni inshingano za OIF- Louise Mushikiwabo
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa, Louise Mushikiwabo, aravuga ko ibihugu byose bigize uyu muryango bifite inshingano zo kuvugurura imibereho yâabagore. Inama Mpuzamahanga ku burezi bwâAbakobwa no guhugura abagore yateguwe nâUmuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa, OIF, yabereye I Ndjamena muri Tchad yarangiye kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 19 Kamena. Muri iyi nama, OIF yahamagariye amahanga […]
Burundi: Umuvunyi Mukuru yavuze ko nta bindi biganiro bihuza Abarundi bizongera kuba
Umuvunyi Mukuru wâu Burundi, Edouard Nduwimana, aratangaza ko nta bindi biganiro hagati yâabatavuga rumwe mu Burundi bizongera kuba. Ibi Bwana Nduwimana yabitangarije mu itangazo yasomye kuri uyu wa Gatatu ushize, aho yamaganaga ibyatangajwe nâAkanama kâUmutekano ka Loni gahamagarira Abarundi gusubira ku meza yâibiganiro. Edouard Nduwimana aravuga ko nta bindi biganiro bizongera kuba ahubwo abanyapolitiki batangira […]
Kuboneza urubyaro birinda umugore gupfa- Min. Gashumba
Minisitiri wâUbuzima, Dr Diane Gashumba avuga ko hari byinshi Guverinoma yâu Rwanda yakoze ikangurira Abanyarwanda kuboneza urubyaro, na serivisi zijyanye nâiyi gahunda zikaba zaregerejwe abaturage. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kamena 2019, mu Nteko Ishinga Amategeko ubwo harabera inama ku mikoranire yâinzego zita kuri gahunda yâubuzima bwâimyororokere no kuboneza urubyaro, nibwo […]
RNC iravuga ko itarabona igisubizo cya Guverinoma yâu Rwanda ku biganiro yasabye
Ishyaka RNC ritavuga rumwe nâubutegetsi rikorera hanze yâigihugu kuri uyu wa Gatatu ushize ryatangaje ko ritarabona igisubizo cya Guverinoma yâu Rwanda nyuma yo kuyandikira bayisaba ibiganiro. Ni mu gihe u Rwanda rwakomeje kwemeza ko rudateze kugirana ibiganiro nâabanyabyaha babuza umudendezo igihugu n’akarere. Mu itangazo bashyize ahagaragara nkâuko tubikesha Daily Monitor, Jean Paul Turayishimye, Umuvugizi wa […]
Ikipe y'Uburundi yemerewe akayabo k'amafaranga iramutse itsinze Nigeria
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burundi, FFB, RĂ©vĂ©rien Ndikuriyo yemereye ikipe y’igihugu akayabo k’amafaranga iramutse itsinze Nigeria, akikuba kabiri uko izaba igeze mu kindi cyiciro cy’irushanwa rya CAN 2019. Bwana Ndikuriyo, abicishije kuri Facebook yanditse ati: “Abakinnyi basabwe kwereka Nigeria ko Uburundi bukeneye igikombe. Ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Burundi ryateganyije ishimwe ringana na miliyoni 150.000.000 […]
Mudugudu yitumye mu rugo rwanjye- umuturage w'AKarere ka Nyabihu
Umuturage utarashatse ko amazina ye atangazwa yatubwiye ko atuye mu Kagari ka Rurembo, Umurenge wa Rugera, Akarere ka Nyabihu yatwandikiye atubwira ko umuyobozi wâumudugudu atuyemo yitumye mu rugo rwe ndetse asaba ko yakweguzwa ku mirimo ye. Uyu muturage yifashishije imeli yacu, info@bwiza.com yavuze ko uyu muyobozi yari yasinze yabaye ibyatsi nyuma akajya kwituma mu ruhavu […]
Ibintu ntibyifashe neza mu rugo rwa Harmonize
Umubano wa Harmonize nâumukunzi we, Sarah ntumeze neza bitewe nâamakuru yasakaye avuga ko uyu muhanzi yaba afitanye umwana nâundi mugore. Sarah usanzwe azwi nkâumuterankunga akaba nâumukunzi wa Harmonize yamenye ibyâaya makuru, yatangiye gusaba ibisobanuro. Amakuru yatumye Sarah ahaguruka yamenyekanye nyuma yâaho bimenyekanye ko mu byumweru bike bishize, umukobwa witwa Ashanti yibarutse umwana wâumukobwa yabyaranye na […]
Ni iki Perezida Kagame avuga ku kwihuza kw'ishyaka rya Rusesabagina na Twagiramungu?
Perezida Paul Kagame wari witabiriye inama y’Uburayi y’iterambere, yabajijwe ibibazo bitandukanye n’ikinyamakuru TAZ cyo mu Budage, banakomoza ku kwihuza kw’ishyaka rya Rusesabagina na Twagiramungu. Ku wa Kane tariki ya 20 Kamena 2019, Perezida Kagame wari mu Budage, yatangarije iki kinyamakuru ko Twagiramungu na Rusesabagina, barwanya Leta y’u Rwanda, bagizwe n’itangazamakuru gusa. Ati ” Ibi byahozeho […]
Si mbona ko byashoboka- Perezida Kagame avuga intambara hagati yâu Rwanda na Uganda
Perezida Kagame avuga ko nâubwo umubano hagati yâu Rwanda nâigihugu cya Uganda utifashe neza, bitagera aho ibi bihugu byombi birwana nk’uko bamwe babitekereza. Mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye nâitangazamakuru ryigenga ryo mu Budage, Die Tageszeitung rizwi TAZ, nyuma yâinama yiga ku iterambere ryâUburayi âEuropean Development Daysâ yabereye i Buruseli mu Bubiligi, yitabiriye, nibwo yatangaje ko […]
Min. Mutimura avuga ko imyuga ari umurimo ukomeye kandi ufasha gutanga akazi ku bawize
Minisitiri wâUburezi, Dr. Eugene Mutimura avuga ko haba mu Rwanda ndetse no mu bindi bihugu bya Afurika, imyuga ari ingirakamaro ku bayize bityo ko Guverinoma yâu Rwanda yiyemeje gushyira imbaraga mu kugira ngo izamure umubare wâabanyeshuri bitabira amashuri yâimyuga n’ubumenyingiro(TVET). Minisitiri wâUburezi yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Kamena 2019, ubwo yagezaga ku […]
Gerald Mbanda yamuritse igitabo cya mbere mu mateka kivuga ku Bushinwa nâu Rwanda
â Ubuyobozi bukora neza bwâu Bushinwa nâu Rwanda ni urufunguzo ku miyoborere izana impinduka â, uyu ni umutwe wâIgitabo cya Gerald Mbanda, umuyobozi wâishami rishinzwe ibijyanye nâitangazamakuru nâitumanaho mu Kigo cyâIgihugu cyâImiyoborere (RGB) mu Cyongereza yise ” China and Rwanda: Effective Leadership is Key to Transformational Governance “, Ambasaderi wâu Bushinwa mu Rwanda, Rao Hongwei, […]
Urubanza rwa Rukeratabaro: Baregeye indishyi batazabona hagamijwe gufasha ubushinjacyaha
Abantu ku giti cyabo nâimiryango iharanira inyungu zâabarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bishyize hamwe baregera indishyi mu rubanza rwa Rukeratabaro Theodore. Mu byâukuri bari bazi neza ko nta ndishyi zizaruvamo, kuko uyu yaburanye nkâumuntu utishoboye (wo mu cyiciro cya mbere) byose abikorerwa na Leta ya Suwede ; ahubwo bari bagamije gufasha ubushinjacyaha kubona amakuru yâurubanza. […]
Ikigo AFD cyâAbafaransa kigiye gusubukura ibikorwa byacyo mu Rwanda byari byahagaze mu 2000
Umuyobozi Mukuru wâIkigo cyâAbafaransa cyâIterambere (AFD) Remy uri mu ruzinduko rwâiminsi ibiri mu Rwanda, aho yaje mu biganiro ku hantu u Bufaransa nâu Rwanda byagirana ubufatanye mu rwego rwo kurushaho gukaza umubano hagati yâibihugu byombi. Iki kigo kikaba cyifuza gusubukura ibikorwa byacyo byari byahagaze hagati muri 2000 nyuma yâigitotsi mu mubano wâu Rwanda nâu Bufaransa. […]
Rwamagana: Polisi yagaruje amafaranga yari yibwe umucuruzi
Umusore witwa Nsabimana Silas wâimyaka 27 yafashwe na Polisi ikorera mu karere ka Rwamagana mu murenge wa Gishari kuri uyu wa 19 Kamena, ubwo yari amaze kwiba umukozi wa MTN Uwimana Gaudance wâimyaka 22 ibihumbi 135,000Frw akoresheje telefone. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Hamudun Twizeyimana yavuze ko uyu musore […]