Abandi barwanyi 100 b’imitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bafashwe
Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FARDC zatangaje ko kuri uyu wa 4 Ukuboza 2019 zafashe abandi barwanyi b’imitwe ya FDLR na CNRD 100 mu gace ka Kalehe, biyongera ku bandi 30 batangajwe ejo. Aya makuru yemezwa na Capt. Dieudonne Kasereka, umuvugizi w’igisirikare cya Congo muri operasiyo Sokola II, ibitero by’ingabo z’igihugu ziri kugaba […]
Kigali: Mashabiki wampiga mchezaji kwa shutuma za ulozi
Mashabiki wa Timu ya APR wawili wamekamatwa na kufungwa juu ya kumpia mchezaji wa Timu ya Gicumbi FC, Mghana, Vanderpuije Daniel. Wawili walimpiga jana tarehe3 Disemba baada ya kutoka sare kati ya timu hizo mbili. Ofisi ya Uendeshamashtaka nchini Rwanda, RIB, imetangaza kumeanzishwa upelelezi kuhusu kisa hicho na watuhumiwa ambao hawakutajwa majina watasimama kizimbani watakapoonekana […]
PM Ngirente: Allowing students to own phones at schoools would be a great distraction
Prime Minister, Dr. Edouard Ngirente has warned that much as Rwanda is gaining in the use of technology, allowing primary and secondary school students to own phones and to have access to them at any given time would be a great distraction. The prime minister sounded the warning Monday, as he presented the governmentâs ICT […]
Umupasiteri yasezeranye n’umugore wa Cyenda ngo atera ikirenge mu cya Yesu
Pasiteri Kasambakana wo mu itorero ‘Eglise Primitive’ riherereye mu gace ka Kabinda, Komini Lingwala, mu Mujyi wa Kinshasa, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasezeranye n’umugore wa Cyenda. Benshi mu bayoboke be bakunze kumwita Pasiteri Pierre Kas akaba yasezeranye ku nshuro ya Cyenda. Iri torero rye ryemera ubuharike, gusa na none rikemera ko umugabo agomba […]
Biravugwa ko Col.Muhawenimana Theogene wa FLN yicanwe n’abarwanyi basaga 80
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo avuga ko Col.Muhawenimana Theogene uzwi ku izina rya Festus wayoboraga inyeshyamba za FLN yicanwe n’abarwanyi be basaga 80. Col.Muhawenimana ngo yarasiwe mu mirwano yabaye mu ishyamba rya Kahuzi biega na Kinono ho muri Teritwari ya Kalehe, Intara ya Kivu yâAmajyepfo, ngo akaba yari umuyobozi wa Batayo yitwa […]
Umugabo yafatiwe kwa nyirabukwe yiba inyama
Umugabo wo muri Nigeria mu cyaro cya Ofu mu Ntara ya Kanu witwa Nwosu Acheku yafatiwe kwa nyirabukwe yagiye kwiba inyama. Uyu mugabo nkâuko naijatoday ibitangaza, yajyanye itsinda rya bagenzi be bari bazi ko kwa nyirabukwe ubusanzwe ufite abana bâabakobwa gusa bizeye ko bari bwibe inyama zâinka uwo muryango wari wabaze ushimira ibyiza wagezeho. Bumvaga […]
Umubyibuho ukabije mu bakozi ba Leta ni ikimenyetso cya ruswa-Museveni
Perezida Museveni Yoweli wa Uganda avuga ko kuba bamwe mu bakozi ba Leta ya Uganda bafite umubyibuho ukabije ari ikimenyetso simusiga ko baba barya ruswa. Mu rugendo rwo kwamagana ruswa kuri uyu wa 4 Ukuboza, Museveni yavuze ko we akize ariko akaba atarigeze arya ruswa. Yavuze ko benshi mu bakozi ba Leta bakize babikesheje kurya […]
Kwihanganira inkoni biguhesha umugeni, gusimbuka imfizi no gushimuta umukobwa mu mico yo muri Afurika
Ibihugu by’Afurika bigira umuco wihariye uranga ubuzima bwa buri munsi bw’ababituye, ahanini ushingira kuri gakondo bakomeyeho. Umwihariko ugaragara no mu bukwe hagati y’umusore n’umukobwa ndetse na mbere yaho mu myiteguro. Ni ibintu umugabane wose usa n’usangiye kugira uburyo umusore cyangwa umukobwa wakubaka urugo bitabwaho mu buryo bujyanye n’umuco wa buri gihugu cyangwa agace runaka. Turakomoza […]
Itangazo risaba guhindura izina
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yasimbujwe
Uwari Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Prof. Sam Rugege yasimbujwe uwitwa Dr Faustin Nteziryayo nk’uko itangazo rivuye mu biro bya Perezida wa Repubulika ribivuga. Ashingiye ku Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo muri 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo (iya 153, iya 86 n’iya 156, Perezida Paul Kagame kandi yashyizeho Umuyobozi wungirije w’urukiko […]
Umuyobozi wo muri FDLR uherutse gufatwa agiye koherezwa mu Rwanda

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zitangaza ko nta kabuza Umuyobozi wungirije wa Special Force muri FDLR (CRAP) uherutse gufatwa, Nshimiyimana Asifiwe Manudi yaba agiye koherezwa mu Rwanda. Ingabo za DR Congo zatangaje ko mu ijoro ryo ku wa Mbere rishyira ku wa kabiri TARIKI 3 Ukuboza,zafashe Nshimiyimana wari mu bayobozi b’umutwe wa […]
Kugira ngo ugere kuri Pasiteri Manyuru, usabwa kwishyura 45,000 RWF
Pasiteri Peter Manyuru yashinze itorero rya Jesus Teaching Ministries (JTM) riherereye i Nairobi muri Kenya. Kugira ngo umushaka amugereho, asabwa kwishyura amashilingi ya Kenya 5000. Aya mashilingi tuyavunje mu mafaranga y’u Rwanda, arenga 45,000. Umuntu ayishura kugira ngo abone uko asengerwa cyangwa se akorerwe ibitangaza. Nk’uko Daily Nation yabitangaje, iri torero rifatwa nk’inzu y’ubucuruzi kubera […]
Provision Services for Asset Valuation at Bella Flowers Ltd
Request for proposal (RFP) TENDER TITLE: PROVISION SERVICES FOR ASSET VALUATION TENDER REFERENCE N°: 10/SS/2019/BF Source of budget: Bella Flowers ordinary budget. Number of Lots: 01 Bella Flowers Ltd (hereinafter called ââClientâ) has funds from its ordinary and intends to allocate part of it towards the cost of (Provision Services for Asset Valuation). The Client […]
Supply of Iron sheet and Nails at African Evangelistic Enterprise (AEE RWANDA)
TENDER NOTICE Ref.no: 029/AEE/PROC.LOG.USAID TWIYUBAKE/11/2019 African Evangelistic Enterprise (AEE-Rwanda) implementing USAID TWIYUBAKE PROGRAM, is looking for potential bidders to supply Iron sheet for vulnerable people with unimproved Latrine supported by the Program. Specifications and bill of quantities of needed materials are given below; in one (1) lot.: List of items Specifications/Bill of quantities Total Iron […]
Marketing and Communications Manager at Enviroserve Rwanda Green Park
Marketing and Communications Manager Job Description Company: Enviroserve Rwanda Green Park Position: Marketing and Communications Manager Place of Performance: Kigali, Rwanda Contract period: 1 year renewable About Enviroserve Rwanda Green Park Enviroserve Rwanda Green Park (ERGP) is a private company dedicated to electronic and electrical waste recycling, green growth, and the circular economy. As a […]
Meeting & Events & Sales Manager at Park Inn
Park Inn by Radisson Sector: Hotel Website: http://www.parkinn.com 3/12/2019 JOB DESCRIPTION POSITION Meeting & Events & Sales Manager DEPARTMENT Sales REPORTS TO Senior Sales Manager PRIMARY OBJECTIVE OF POSITION To maximize hotel revenue and guest satisfaction by negotiating group business and coordinating the execution of group business with other departments in accordance with the sales […]
Nateye utwatsi mama ushaka kunshyingira umuhungu biganye none yamfungiye amazi n’umuriro- Nkore iki?
Nishimira ibiganiro byanyu, nanjye ndi umukobwa w’imyaka 25, nkaba nsoje amasomo yanjye ikiciro cya kabiri cya kaminuza, ariko ubu umubyeyi wanjye amereye nabi pe! Nakuze ntazi papa yitabye Imana ndi muto cyane, mama yambyaye atarashaka ku mugabo babana ubu, banafitanye abana bane, njyewe nakomeje kurererwa kwa sogokuru kugeza n’iyi saha niho mba mu biruhuko kuko […]
Rubavu: Ba Gitifu 10 bâutugari basezeye ku mirimo yabo, imyitwarire mibi ku isonga mu kwegura
Nubwo ubuyobozi bwâAkarere ka Rubavu bwemeje ko hari abanyamabanga Nshingwabikorwa bâutugari bakomeje kubagezaho amabarwa asezera ku mirimo bari bashinzwe, ubuyobozi bukavuga ko hari imihigo batesheje. Gusa nubwo ubuyobozi buga ko batesheje imihigo, ikizwi nuko beshi bazize imyitwarire mibi yabagaragayeho mu kazi bagategekwa gusezera mu kazi. Amakuru bwiza.com ifite nuko aba basezeye benshi muri bo bazize […]
Ibyiza byose ntabwo biba mu mahanga- Min. Mutimura akebura abajyanayo abana kwiga
Minisitiri w’Uburezi, Dr Eugène Mutimura, yasabye ababyeyi kwirinda kwirirwa bajya gushaka amashuri y’abana babo mu bihugu bituranye n’u Rwanda agereranije n’ireme ry’uburezi bifite n’iry’u Rwanda. Min Mitumura ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Ukuboza 2019, nyuma y’inama yagiranye n’abayobozi b’ibigo bitandukanye byo mu Rwanda, inama Minisiteri y’uburezi yakomoreyemo ibigo byigenga gukomeza kwigisha […]
Kwizera kwiza ni ugusuzumwe – Rev. Nibintije

Imana yatandukanyije Yozefu nâabantu be. Kubera iki? Ni bwo buryo bwashobokaga ko Imana imubumbamo icyo ishaka ko aba cyo. Yari afite byinshi byo kwiga. Imana igomba kukugira wenyine kugira ngo ikugire icyo ishaka. Ibyifuzo byawe biba bimeze nkâibishyamiranyije nâibyâImana. Uba ushaka gukina maze ukagira ibihe byiza. Ntabwo uzaba uko Imana yaguteguye muri ubwo buryo. Ineza […]