Col. Afrika Gaspard wa FDLR yishwe, Gen. Omega aracika
Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo zatangaje ko zishe Afrika Gaspard wari ukomeye muri FDLR, Gen Maj Pacifique Ntawunguka uzwi nka Omega usanzwe ari umuyobozi w’uyu mutwe urwaya ubutegetsi bw’u Rwanda aracika. Aya makuru yemejwe na Maj. Ndjike Kaiko Guillaume, komanda wa operasiyo Sukola 2 iri gukorerwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru nk’uko Interview.CD […]
Umusore w’icyamamare yatunguranye akorana ubukwe n’umukobwa uzwi nk’urwaye mu mutwe- AMAFOTO

Umusore uzwi mu gihugu cya Ghana mu mwuga wo gukina Filimi, Justice Hymns uzwi ku izina rya Mmebusem yasezeranye n’umukobwa ufite ubumuga bwo mu mutwe ubukwe bwabo buvugwaho n’abatagira ingano. Justice yasezeranye n’umukobwa witwa Abena Boatemaa ufite ikibazo cyo mu mutwe, amafoto yabo akaba yagiye asangizwa ku mbuga nkoranyambaga bamwe bavuga ko atari ubukwe bwa […]
Gucuruza injugu bimufasha kwigondera ubuzima bwo mu Mujyi wa Kigali

Umusore w’imyaka 24 wo mu Murenge wa muhima, avuga ko gucuruza injugu ari akazi kamutunze, kamufasha kugura byinshi mu bya ngombwa nkenerwa akenera mu Mujyi wa Kigali. Uyu musore utashatse ko amazina ye atangazwa yabwiye Bwiza.com yamusanze aho akorera mu Mujyi wa Kigali avuga ko ubucuruzi bw’injugu bumufitiye akamaro. Ati ” Ubu bucuruzi mbumazemo hafi […]
Sena y’u Rwanda yemeje bidasubirwaho Dr Nteziryayo na Mukamulisa ku buyobozi bw’Urukiko rw’Ikirenga
Inteko Rusange ya Sena yemeje kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Ukuboza 2019, ishyirwaho rya Dr.Nteziryayo Faustin, ku mwanya wa Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga na Madamu Mukamulisa Marie-ThĂ©rèse, ku mwanya wa Visi Perezida w’uru rukiko. Sena y’u Rwanda yemeje ishyirwaho ry’aba bayobozi Dr Ntezilyayo nka Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga na Mukamulisa nka Visi Perezida nyuma yo […]
Urukiko rwa EAC rwagize Perezida Nkurunziza umwere
Tariki ya 3 Ukuboza 2019 i Arusha muri Tanzania, urukiko rw’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba rwanzuye ko manda yitwa iya gatatu ya Perezida Nkurunziza yakurikije itegekonshinga ry’u Burundi. Iyu manda ya Perezida Nkurunziza yatangiye mu 2015, ikaba izarangira mu 2020. Atangaza ko agiye kwiyamamariza manda yiswe iya gatatu, byakuruye impaka ndetse n’umutekano muke mu Burundi. Abatarishimiye ko […]
Nyamasheke: Wanaume watangaza kunyanyaswa na wanawake
Wanaumwe Wilayani Nyamasheke, magharibi kusini mwa Rwanda wameweka wazi kuwa wananyanyaswa na wanawake wao wanaowazidi mali. ” Kuna wakati ambapo mwanaume hana cha kusema nyumbani. Mwanamke amekwenda kazini kisha akaenda baani bila kukumbuka amemuacha nyumbani mumewe akiela watoto. Nadhani kuwa huyo mwanaume ananyanyaswa.” Ameambia Igihe mmoja mwa wanawake, Mukakageruka SĂ©raphine ” Mwanamke akiwa na fedha […]
Public warned on PIN codes, password protection
Rwanda National Police have warned the general public on taking care of PIN code and passwords. The warning follows the arrest of two men said to have been targeting and scamming telecom banking users and agents in Kacyiru Sector of Gasabo District. The arrest of Jean de Dieu Hakizimana, 26, and Alexandre Nduwamungu, 36, came […]
‘Umujura’ yinjiye mu nzu ariba asiga urwandiko rusaba imbabazi
Umuntu utaramenyekana mu gace ka Missouri yinjiye mu nzu icuruza ibyo kurya, atwara ibyo ashaka, asiga amafaranga arangije yandika urupapuro rusaba imbabazi. Urwandiko rw’uyu muntu ruvuga ko we “yari akeneye ibiryo cyane kandi ko atari gutegereza ba nyir’inzu ngo baze kandi basize badafunze.” Yavuze ko ibyo akoze bitafatwa nk’ubujura kuko n’ubundi byagaragara ko ba nyiraho […]
Dore ingeso zishobora gutera agabo ipfunwe mu bandi kandi zikaba zanabasenyera
Iyo umugabo n’umugore basezerana bavuga indahiro ko bazabana haba mu byishimo n’umubabaro ariko iyo bamaze kubana usanga hari zimwe mu ngeso zibangamira undi zikaba zanatuma batandukana. Izi ngeso tugiye kubabwira kandi zishobora no gutuma umugabo atinya kujya mu bandi atinya ko bamuvugaho, no mu rugo kandi usanga bigira ingunge kugira ngo batavugwaho cyangwa se bakaba […]
Nyabihu: Imibanire mibi ituma nta muturage usoroma umushogoro mu isambu y’undi
Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Rurembo mu Murenge wa Rugera, mu Karere ka Nyabihu batangaza ko muri iki gihe bigoye ko umuntu yasoroma umushogoro (amababi y’ibishyimbo akoreshwa nk’imboga) mu isambu ya mugenzi we. Abaturage baganiriye na Bwiza.com bavuga ko babona ahanini biterwa n’inzagano ariko ngo n’izamuka ry’igiciro cy’ibishyimbo ribifitemo uruhare. Umwe muri bo […]
How to Respond Maturely When Someone Breaks Up With You
Your (now ex) boyfriend just told you that it’s over. Your relationship is ending. You’re reeling. You feel hurt, angry, and confused. Maybe you saw it coming or maybe it’s out of the blue. No matter what your situation is, it’s definitely true that it sucks. Soon you’ll be alone and have some time to […]
Rusizi: Abaturage bavuga ko hari uburenganzira bavutswa kubera kutamenya

Bamwe mu baturage b’akarere ka Rusizi bavuga ko hari uburenganzira bavutswa kubera kutabumenya, nk’igihe bakwa ruswa na bamwe mu bayobozi kugira ngo bahabwe ibyo bafitiye uburenganzira, igihe bahabwa serivisi zitanoze cyangwa abagombaga kuzibaha bakabarerega, n’ibindi, ubuyobozi bukavuga ko hagombye gukorwa ibishoboka byose buri muturage akamenya ibyo afitiye uburenganzira n’inshingano afite mu kubahiriza ubw’abandi, rukaba ari […]
Karongi: Abafatanyabikorwa barinubira ko bimwe mu bikorwa remezo begereza abaturage bititabwaho

Abafatanyabikorwa b’akarere ka Karongi bavuga ko bababazwa n’amafaranga menshi batanga kuri bimwe mu bikorwa remezo biba byitezweho kuzamura imibereho y’abaturage, bamara kubishyikiriza akarere n’abagenerwabikorwa babo bikabura gikurikiranwa bigasenyuka bitamaze kabiri, ugasanga rimwe na rimwe bahamagarwa ngo bongere babisane kandi ayo mafaranga ataba yari ateganijwe, bagasaba akarere n’abaturage impinduka mu kubibungabunga. Babigaragaje mu mwiherero w’iminsi ibiri […]
Urutonde rw’abamaze kwitandukanya na Kayumba muri RNC nyuma y’urupfu rwa Karegeya Patrick

Kuva aho Karegeya Patrick, umwe mu bashize ishyaka RNC apfiriye, ni byinshi byagiye bivugwa muri iri shyaka birimo ukwitandukanya naryo kwa bamwe, ifatwa n’ifungwa kw’abayoboke baryo nyuma bigatangazwa ko byabaye ku kagambane k’abayobozi bakuru baryo, ukwihakana bamwe mu bayoboke baryo mu bihe by’amakuba n’ibindi bitandukanye. Col Patrick Karegeya wahoze ari umusirikare w’u Rwanda yishwe mu […]
Bikira Mariya ni umwe mu bacu, na Yezu yakinaga mu Academy ka Rayon Sports-Ibivugwa n’abafana
Abafana b’ikipe ya Rayon Sports ni byinshi batangaje mbere na nyuma y’umukino wabahuje n’ikipe ya Police FC kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Ukuboza 2019, ukaza kurangira amakipe anganyije (0-0). Aba bafana bavuga ko na Bikira Mariya ari umufana mugenzi wabo w’iyi kipe by’umwihariko ko n’umuhungu we, Yezu yakinnye mu ikipe y’abana (Rayon Sports […]
Umunyarwanda avuga ko hongerewe itotezwa yakorerwaga ubwo Abagande babiri barasirwaga i Nyagatare
Umugabo w’Umunyarwanda Emmanuel Nkurunziza, wari warafatiwe muri Uganda avuga ko ubwo Polisi y’u Rwanda yarasaga Abagande babiri; Job Ebyarishanga na John Bosco Tuheirwe binjiza magendu mu Rwanda, yatotejwe bikomeye kurushaho azira iki gikorwa. Nkurunziza usanzwe atuye mu Murenge wa Nyarubuye, mu Karere ka Kirehe avuga ko yagiye muri Uganda mu 2018, aho yakoraga akazi ko […]
(IFB) Livelihoods Context Analysis: Labour Market Scan, Market Scan and Stakeholder Analysis
Voluntary Service Overseas (VSO) is an international development charity with a vision for a “world without poverty” and a mission to “bring people together to fight poverty”. VSO recruits professionals to work as volunteers, living and working alongside local populations in developing countries. VSO was founded in 1958, and currently works in 23 countries in […]
Isoko ryo kugemura ibyatsi byo mu bwoko bwa Timeda hamwe n’Umukenke
Kuwa 03/12/2019 IHURIRO UCOCARU UMURENGE WA BUSHOKI AKAGARI KA MUKOTO TEL:+ 250788563512/+ 250789296269 E-mail: ucocaru@gmail.com ITANGAZO Ubuyobozi bw’Ihuriro ry’amakoperative y’abahinzi ba kawa (UCOCARU) ikorera mu ntara y’ Amajyaruguru mu karere ka Rulindo umurenge wa Bushoki akagari ka Mukoto umudugudu wa Buvumo riramenyesha ba rwiyemeza mirimo cyangwa ibigo bibifitiye ubushobozi ko ryifuza gutanga isoko ryo kugemura […]
Procurment and Logistics Coordinator at USAID Soma Umenye
Title: Procurement and Logistics Coordinator Project: Rwanda Soma Umenye Project Summary USAID Soma Umenye is a five-year USAID-funded activity that aims to improve reading outcomes in Kinyarwanda for at least 1 million children in public and government-aided schools in Rwanda. Covering all 30 districts of Rwanda and working in close collaboration with the Rwanda Education […]
Clinical Psychologist at Save The Children
Save the Children believes every child deserves a future. Around the world, we give children a healthy start in life, the opportunity to learn and protection from harm. We do whatever it takes for children – every day and in times of crisis – transforming their lives and the future we share. Website: https://rwanda.savethechildren.net Clinical […]
“Abatangabuhamya barindiwe umutekano” ba TPIR n’ubu ntibarawurindirwa

Gutotezwa, guhohoterwa, kwihishahisha bahunga umutekano muke w’aho batuye, byanarimba bamwe bakicwa! Ibi ni bimwe mu byibasiye, bikinibasira abatangabuhamya b’Urukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwashyriweho u Rwanda (TPIR/IRMCT), nyamara na n’ubu ruracyafite mu nshingano umutekano wabo. Ese ubundi, i Arusha muri Tanzania, ko baba batanze ubuhamya bwabo amazina n’isura byabo bihishwe rubanda, bamenyekana bate? Ibyo byose bibazwe nde, […]
Ni iki gituma ujya kure y’Imana? – Rev. Nibintije

Eliya yayobowe n’Imana kugeza ageze aho yahuriye nayo. Elisha ntiyari azi aho ari ho yewe birashoboka ko na Eliya yari atahazi, ariko yakurikiye Imana akoresha ibitangaza mu mazi ya Yorudani kugira ngo yambuke adatose mbere yo guhura n’Imana. Tugeze mu bihe bya nyuma by’ukugaruka kwa Yesu. Satani agerageza gufata gutwara ibitekerezo kugira ngo akujyane kure […]