Bikira Mariya ni umwe mu bacu, na Yezu yakinaga mu Academy ka Rayon Sports-Ibivugwa n’abafana

Sangiza iyi nkuru

Abafana b’ikipe ya Rayon Sports ni byinshi batangaje mbere na nyuma y’umukino wabahuje n’ikipe ya Police FC kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Ukuboza 2019, ukaza kurangira amakipe anganyije (0-0).

Aba bafana bavuga ko na Bikira Mariya ari umufana mugenzi wabo w’iyi kipe by’umwihariko ko n’umuhungu we, Yezu yakinnye mu ikipe y’abana (Rayon Sports Juniors Academy).

Ubwo bari bamaze kubona ko umukino urangiye amakipe anganya, bamwe ntibanyuzwe ku ruhande rw’abafana ba Rayon Sports bari kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo aho umukino wabereye, bamwe bikoreye udutaro.

Reba Video ubone udukoryo dutandukanye tw’aba bafana.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *