Musanze: Umugore w’imyaka 22 afunzwe akurikiranyweho kwihekura
Umugore witwa Uwitije Marie Grace wo mu murenge wa Remera w’akarere ka Musanze, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) akekwaho kubyara umwana akamujugunya mu mugezi wa Mukungwa. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Remera, Hanyurwabake Faustin, yemereye BWIZA ko Uwitije w’imyaka 22 y’amavuko afungiye kuri Stasiyo ya RIB ya Remera mu gihe akomeje gukorwaho iperereza. Ati: […]
RDC yemerewe burundu kongera kugura intwaro nyuma y’igihe yarafatiwe ibihano
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemerewe kongera kugura intwaro bidasabye ko ibimenyesha Loni, nyuma y’igihe iki gihugu cyarafatiwe ibihano bigikumira kuzigura n’Umuryango w’Abibumbye. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Ukuboza ni bwo ibihano RDC yari yarafatiwe byavanweho burundu. Ni icyemezo cyafashwe n’akanama gashinzwe umutekano ka Loni, kikaba cyasabwe n’u Bufaransa mbere yo guhabwa umugisha […]
Kenya: Abasilamukazi basabwe kujya bambara hijab bitaba ibyo bagashaka igihugu bajya kubamo
Umunyamabanga wa leta muri minisiteri yâingabo muri Kenya, Aden Duale, yihanangirije abagore bâabayisilamu bo muri Kenya batambara hijab cyangwa igitambaro gipfuka mu mutwe ababwira ko nibaa batabishoboye bashaka ikindi gihugu babamo. Kuri uyu wa Mbere ushize, Duale yabivugiye muri komite yâumusigiti wa Jamia mu muhango wo gushyikiriza cheque Croix-Rouge ya Kenya mu rwego rwo gufasha […]
General Bunyoni yaba yambuwe abasirikare n’abapolisi bamurinda
General Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri wâIntebe wâu Burundi, biravugwa ko yambuwe abasirikare nâabapolisi bamurinda, nyuma yâamezi atatu akuwe kuri iyi nshingano. Urubuga SOS MĂ©dias Burundi ruvuga ko aya makuru rwayahawe nâumwe mu bashinzwe umutekano bo hejuru. Ruti: âAbasirikare nâabapolisi barindaga urugo rwa Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri wâIntebe muri Gasekebuye (amajyepfo ya Bujumbura) bategetswe […]
Kibeho: Barifuza ikiruhuko ku rwego rw’igihugu ku munsi w’amabonekerwa

Bamwe mu bakirisitu bakorera urugendo nyobokamana ku Butaka Butagatifu bwa Kibeho, mu karere ka Nyaruguru, bifuza ko uwa 28 Ugushyingo, umunsi mukuru ngarukamwaka w’amabonekerwa ya Bikira Mariya Nyina wa Jambo w’i Kibeho, waba umunsi w’ikiruhuko mu Rwanda hose. Ibyo ngo byarushaho kumenyekanisha Kibeho mu Rwanda no mu mahanga, bityo ubukerarugendo nyobokamana bukiyongera kandi n’abakozi bifuza […]
Ntakarutimana du Burundi Ă©lu prĂ©sident de l’EALA
Joseph Ntakarutimana, un lĂ©gislateur burundais et secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral adjoint du parti au pouvoir du pays, a Ă©tĂ© Ă©lu mardi nouveau prĂ©sident de l’AssemblĂ©e lĂ©gislative de l’Afrique de l’Est (EALA) . Il s’est engagĂ© Ă favoriser l’unitĂ© et l’harmonie au sein de la CommunautĂ© de l’Afrique de l’Est (EAC). Le parti au pouvoir au Burundi est […]
Ubuhinde bwashyize abasirikare benshi ku mupaka n’Ubushinwa ku kigero kitigeze kubaho mbere
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubuhinde, Subrahmanyan Jaishankar, yatangaje ko igihugu cye cyongereye abasirikare benshi ku mupaka n’Ubushinwa ku rugero rutari bwigere rubaho. Jaishankar yavuze ko Ubuhindi budashobora kwemera ko Ubushinwa âbuhindura uko bwishakiyeâ uko ibintu bimeze ku mupaka nk’uko CNN yabitangaje. Ibi Jaishankar yabigarutseho ubwo yasubizaga uwari umubajije kuri iyi ngingo mu birori byateguwe na kompanyi […]
Minembwe: FARDC irigamba kwivugana Col Muzungu wa Twirwaneho
Uwiyise Colonel witwa Muzungu Rusongo wo mu mutwe witwaje intwaro wa Twirwaneho-Makanika yishwe n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) i Minembwe mu gace ka Fizi (Kivu y’Amajyepfo), kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Ukuboza 2022 . Lieutenant JĂ©rĂ©mie Meya, umuvugizi wa brigade ya 12 ya FARDC ishinzwe gutabara byihuse ifite icyicaro i Minembwe […]
Umupadiri wo muri Diyosezi ya Ruhengeri yasezeye nyuma yo ‘gusobanukirwa’
Umupadiri ubarizwa muri Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri mu majyaruguru yâu Rwanda, Niwemushumba Phocas, yeguye ku murimo wâubupadiri yari amazeho imyaka 15 nyuma yo âkubura amaso no gusobanukirwaâ. Mu ibaruwa yo ku wa 6 Ukuboza 2022 yandikiye Musenyeri wa Diyosezi, Vincent Harolimana, Niwemushumba yasobanuye ko igihe amaze ku mugabane wâUburayi cyamubereye umwanya wo kubura amaso, gutekereza, […]
Ntabwo ndi Perezida kubera Abanyamerika: Museveni
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko atari Umukuru wâIgihugu kubera abo muri Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Museveni yabivugiye mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru Remmy Bahati wa Daily Monitor, ubwo bari i Washington DC mu cyumweru gishize, mu gihe yari yitabiriye inama ihuza USA nâibihugu byo muri Afurika. Bahati yamwibukije ko […]
Polisi iri gushakisha umushoferi wa Fuso wakoze impanuka agahita acika
Polisi y’u Rwanda (RNP) iravuga ko irimo gushakisha umushoferi w’ikamyo yahitanye umudamu umwe igakomeretsa abandi benshi, mu mpanuka yo mu muhanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Ukuboza, i Zindiro, Umurenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo . Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 20 Ukuboza, mu kiganiro nâikinyamakuru The New Times, […]
Kirehe: Intumwa za Leta yâu Burundi ziri mu Rwanda zasuye impunzi zâAbarundi ziba mu Nkambi ya Mahama
Intumwa za Leta y’u Burundi ziri mu Rwanda kuva kuri uyu wa Mbere aho zaje gukangurira impunzi zâAbarundi gutaha, ku munsi wa kabiri wâuruzinduko rwazo zerekeje mu Nkambi ya Mahama iherereye mu Karere ka Kirehe . Izi ntumwa ziyobowe n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Umutekano mu Burundi, Lt. Gen. de Police AndrĂ© Ndayambaje kuri […]
Umurundi wari umuyobozi muri CNDD-FDDD yasimbuye Martin Ngoga ku buyobozi bwa EALA
Umurundi Joseph Ntakirutimana ni we watorewe kuba umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA), asimbuye Umunyarwanda Martin Ngoga wari umaze imyaka itanu ayiyobora. Ntakirutimana yari asanzwe ari Umunyamabanga Mukuru wungirije w’ishyaka CNDD-FDDD riri ku butegetsi mu Burundi. Yatorewe kuyobora EALA muri manda y’imyaka itanu iri imbere, mu matora yabereye ku cyicaro gikuru cy’iyi […]
Icyo abashakashatsi bavuga kumuti ufasha abagabo mu gihe bafite ikibazo cyo kurangiza vuba mu gihe cyâimibonano
Kurangiza vuba cyangwa se gusohora nyuma yâigihe gito cyane utangiye igikorwa cyâimibonano mpuzabitsina ni ikibazo kibangamiye imiryango myinshi ku Isi, ndetse hari ubwo guteza amakimbirane, kikaba cyazirwanya. Iki kibazo giterwa nâimpamvu rusange zitandukanye zirimo: umunaniro mwinshi, kubura ubwisanzure cyangwa kudatuza mu gihe cyâimibonano, kuba utaramenyera iki gikorwa cyangwa se ugikora nâuwo mudahuje ibyiyumviro muri ako […]
Umukecuru wâimyaka hafi 100 yahamijwe uruhare mu bwicanyi Abanazi bakoreye abasaga 10,000
Uwahoze ari umunyamabanga wakoreraga umuyobozi w’ikigo cyakoranyirizwagamo imfungwa cy’Abanazi yahamijwe icyaha cyo kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe abantu barenga 10.505 . Irmgard Furchner, ufite imyaka 97, yajyanywe gukorera i Stutthof akiri inkumi kuva mu 1943 kugeza 1945. Furchner, umwe mu bagore bake bakurikiranyweho ibyaha by’Abanazi mu myaka mirongo, yahawe igihano gisubitse cyâigifungo cy’imyaka ibiri. Nubwo […]
Lionel Messi yanditse amateka kuri Instagram ahigitse igi
Umunya-Argentine Lionel Messi yanditse amateka yo kuba umuntu wa mbere ku Isi ufite ifoto yakunzwe ku rubuga rwa Instagram kurusha izindi ku Isi, ahigitse iy’igi yari isanganywe uyu muhigo. Ku Cyumweru nyuma y’uko Messi na bagenzi be bari bamaze kwegukana Igikombe cy’Isi batsinze u Bufaransa kuri penaliti 4-2, yashyize ku rubuga rwa Instagram amafoto 10 […]
Hamenyekanye igihe inoti ziriho ifoto yâUmwami Charles III zizasohokera muri banki

Banki nkuru yâu Bwongereza kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022 yashyize hanze amafoto yâimiterere yâinoti zigaragaraho ifoto yâUmwami Charles III, isobanura ko zizatangira gukoreshwa hagati yâumwaka wâ2024. Isobanura ko inoti zizashyirwaho ifoto ya Charles III ari zose. Ni ukuvuga; iyâAmapawundi 5, 10, 20 ndetse na 50, gusa ngo nta kindi kizahindukaho. Iti: âTwamuritse isura yâinoti […]
Uganda: Umukozi wo ku kibuga cyâindege yarumwe nâinzoka imusanze aho bayoborera indege
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru gishize, inzoka yavuye mu nkegero zâikibug cyâindege mpuzamhanga cyaaa Entebbe muri Uganda yinjira mu nyubako yâubugenzuzi iruma umukozi wari urimo kuyobora indege witwa Jonathan Kayizzi . Vianney Luggya, Umuvugizi wâikigo gishinzwe indege za gisivili (UCAA), ari nacyo gishinzwe gucunga iki kibuga cyâindege, we yavuze ko ibyabaye âbikekwa ko ari […]
Bamwe mu bagabo b’i Rubavu barashinjwa kwicara, bagatungwa n’abagore

Bamwe mu bagabo batuye mu mirenge ya Nyamyumba, Rugerero, Gisenyi na Rubavu mu karere ka Rubavu barashinjwa kwicara badakora, bagatungwa nâabagore muri gahunda yadutse yahawe izina rya âNdongora Nitungeâ. Ni ibyatangarijwe umunyamakuru wa BWIZA ubwo yasuraga abakorera nâabarema isoko rya Rubavu ndetse nâabari mu nkengero yaryo kuri uyu wa 19 Ukuboza 2022. Umugore umwe mu […]
Umusaruro mbumbe wâimbere mu gihugu wiyongereyeho 10% mu gihembwe cya 3 â NISR
Ikigo cyâigihugu gishinzwe ibarurishamibare (NISR)cyatangaje ko mu Rwanda umusaruro rusange wâimbere mu gihugu (GDP) wiyongereyeho 10% mu gihembwe cya gatatu cya 2022 bitewe nâuko ibikorwa byâinganda byagarutse . GDP yiyongereyeho 10% mu gihembwe cya 3 cya 2022 mu gihe yazamutse ku rugero rwa 7.5% mu gihembwe cya kabiri ndetse na 7.9% mu gihembwe cya mbere. […]
Rwanda speaks out on UK court ruling on sending illegal immigrants
The government of Rwanda has welcomed the ruling by the High Court of the United Kingdom which gave a green light to the policy to transfer of illegal immigrants to Rwanda from the European country. In April, Rwanda and the UK signed the partnership that would see migrants and asylum seekers who are illegally in […]
Muyaya yabyiniye ku rukoma nyuma y’uko u Bufaransa bushinje u Rwanda gufasha M23
Minisitiri w’Itumanaho n’uw’itangazamakuru muri RDC akanaba umuvugizi wa Guverinoma, Patrick Muyaya, yakirije yombi ubutumwa bwa Leta y’u Bufaransa bushinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23. Ambasade y’u Bufaransa i Kinshasa mu butumwa iheruka kwandika ku rubuga rwayo rwa Twitter, yavuze ko Leta y’u Bufaransa yamagana ubufasha u Rwanda ruha M23; isaba ko bwahagaraga. Iti: “U […]
Messi na bagenzi be bakiriwe nk’abami iwabo nyuma yo gutahukana Igikombe cy’Isi (Amafoto)

Abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Argentine bakiriwe nk’abami i Buenos Aires, nyuma yo kuhasesekara kuri uyu wa Kabiri batahukanye Igikombe cy’Isi baheruka gutwara. Mu ma saa cyenda z’urukerera rwo kuri uyu wa Kabiri [muri Argentine] ni bwo indege yari itwaye Messi na bagenzi be yasesekaye i Buenos Aires. Messi wari ukurikiwe n’umutoza Lionel Scaloni ni we […]
Kigali: Uwari Minisitiri w’Ubutabera Karugarama yarusimbutse, umwe arapfa abandi 10 barakomereka
Impanuka ikomeye y’imodoka yo mu bwoko bwa Fuso, yabaye ku mugoroba wo kuwa Mbere tariki 19 Ukuboza 2022, mu Zindiro mu Murenge wa Bumbogo, AKarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, yagonze ibintu bitandukanye nkâinzu nâibinyabiziga birimo imodoka yari irimo uwabaye w’Ubutabera, Karugarama Tharcisse, warusimbutse mu gihe umwe yahaguye, abandi 10 bagakomereka. Bivugwa ko yacitse […]