Kinshasa: Umukuru w’abadepite yasabye Tshisekedi gufatira ingamba ingabo za EAC
Umukuru w’umutwe w’abadepite mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Christophe Mboso Nkodia arifuza ko Perezida akaba n’Umugaba w’Ikirenga, FĂ©lix Tshisekedi yazafatira ingamba ingabo z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) ziri mu gihugu cyabo. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ubwo yari kumwe n’abandi bayobozi barimo Minisitiri w’ingabo, Kabanda Gilbert, Mboso yatangaje ko ingabo za […]
Lt. Col Nkusi uheruka gutoroka FARDC yemeje ko ikorana n’abacancuro b’abazungu
Lieutenant-Colonel Nkusi Frank uheruka gutoroka Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) akiyunga kuri M23, yemeje ko mu bari kugifasha ku rugamba harimo abacancuro b’abazungu. Lt. Col Nkusi yabitangaje ubwo we na bagenzi be berekanwaga n’Umuvugizi wa M23, Major Willy Ngoma. Uyuusirikare yavuze ko hari abandi bantu bakorana n’Ingabo za Congo Kinshasa mu ntambara […]
Impamvu Messi yambaye nimero 10 bakina na Marseille kandi Neymar ahari

Lionel Messi yatunguye abantu benshi ubwo babonaga yambaye umwenda wanditseho nimero 10 mu mugongo kandi Neymar Jr usanzwe uyambara ari mu kibuga ndetse yambaye 11. Muri rusange, kuva Lionel Messi yasinyira ikipe ya Paris Saint Germain mu mwaka w’2021 yahisemo ko azajya yambara nimero 30 mu mugongo kuko yasanze inshuti ye magara Neymar bakinanye mu […]
Umukinnyi wa filime wari ukuze kurusha abandi ku Isi yapfuye
Kuri uyu wa 8 Gashyantare 2023 ni bwo Branka Veselinovi? wari uzwi nk’umukinnyi wa filime ukuze kurusha abandi ku Isi, yapfuye afite imyaka 104. Amakuru dukesha Yugoslaw Drama Theatre avuga ko Branka Veselinovi? wakinnye amafilime igihe kitari gito, yapfuye kubera ubusaza. Branka yavukiye muri Serbia mu mujyi wa Be?ej. Yari amaze gukina filime igihe kingana […]
Akaga gaterwa no gukoresha telefone mu mwijima
Ubushakashatsi bwerekanye ko urumuri rw’ubururu ruturuka mu kirahuri cya telefone zigendanwa, tableti na televiziyo mu mwijima bishobora kurema imiti y’ubumara mu mboni z’amaso, bigatuma ashobora kwibasirwa n’indwara nyinshi. Umuhanga mu by’ikoranabuhanga, Amritanshu Mukherjee, avuga ko imirasire itanga urumuri rw’ubururu igira ingaruka ku mboni z’amaso y’abantu. Kuva mu myaka mike ishize, Isi y’ikoranabuhanga yamenye iki kibazo […]
Uganda yimye ishami rya UN uburenganzira bwo gukomeza kuyikoreramo
Tariki ya 08 Gashyantare 2023, nibwo Leta ya Kampala yatangaje ko itazongerera manda ishami rya UN rishinzwe uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu kuko batarikeneye. Ku wa 3 Gashyantare 2023, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda, yoherereje ibiro bya Komiseri Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu ibaruwa imuteguza iki cyemezo. Muri iyi baruwa, Minisitiri Jeje […]
Abasifuzi bazakiranura APR FC na Rayon Sports bamenyekanye
Umukino w’umunsi wa 19 wa Shampiyona uzahuza APR FC na Rayon Sports, wahawe Ruzindana Nsoro nk’umusifuzi wa mbere uri mu bazaba bawuyoboye. APR FC izakira Rayon Sports imaze hafi imyaka ine itayitsinda; mu mukino uzabera kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye ku Cyumweru. Igitego cya Bizimana Yannick ni cyo cyatandukanyije impande zombi; mu mukino ubanza wabaye […]
Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
Witegereje umubano w’u Rwanda n’ibihugu bituranye na rwo, usanga iki ari ikibazo buri wese atabura kwibaza asubije amaso inyuma nk’imyaka 30 itambutse, cyane cyane guhera mu mwaka w’1994 kuzamura kugeza none. Duhere iyi nkuru mu mwaka w’1996 ubwo u Rwanda bwa mbere rwagabaga ibitero kuri ZaĂŻre yari iyobowe na Mobutu Sese Seko, mu rugamba rwo […]
Seth Kikuni yahaye urw’amenyo Tshisekedi witegura kugenderera igihugu cya 5 mu cyumweru kimwe
Umunyapolitiki Seth Kikuni yahaye urw’amenyo Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa witegura kugenderera igihugu cya gatanu mu gihe kitageze ku cyumweru. Kikuni ni umwe mu bari bahatanye na Tshisekedi mu matora y’Umukuru w’Igihugu yo muri 2018. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, yavuze ko ingendo Tshisekedi yirirwa agirira mu mahanga nta kindi […]
Paris Saint Germain yagiriwe inama yo kutongerera Lionel Messi amasezerano

“Imishahara ye iraremereye, ntashimisha abafana” ni yo magambo Jerome Rothen yakoresheje agira inama ikipe ya Paris Saint Germain (PSG) yo kutongerera Lionel Messi amasezerano. Muri rusange, ahazaza ha Lionel Messi hakomeje kuba agatereranzamba bijyanye n’uko amasezerano ye muri PSG azarangira mu mpera z’uyu mwaka w’imikino wa 2022/2023, n’ibiganiro byo kuyongera bikaba bitari kugenda neza. Ikinyamakuru […]
Habayeho kurasana hagati y’abaturage ba Kenya na Sudani y’Epfo
Abayobozi bo mu bihugu bya Kenya na Sudani y’Epfo bahuye kugira ngo baganire ku makimbirane abaturage babyo bagiranye ku mipaka bapfa inzuri z’amatungo Kuri uyu wa 8 Gashyantare 2023, Sudani y’Epfo yahamagaje intumwa ya Kenya muri Juba, Samwel Nandwa, kugira ngo baganire ku kibazo cy’imirwano yahuje abaturage babo kandi bamagane ibivugwa ko ari igitero cya […]
Full Figure yibukije Zari ko ubukire butamuha ubushobozi bwo kugumana umugabo yifuza
Umuhanzi Jennifer Namutebi Nakanguubi uzwi cyane muri Uganda ku izina rya Full Figure, yizera ko umushabitsi Zari Hassan uzwi cyane ku izina rya Zari The Boss Lady yakunzwe bihagije bityo rero akwiye kumenya ko kuba umukire bidatuma ashobora kugumana umugabo yifuza. Full Figure, ni umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu bijyanye n’umuziki kandi akunze kuvuga […]
Tottenham yahombye amapawundi miliyoni 46 yari yiteze muri Afurika y’Epfo
Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo yaburijemo amasezerano yo kwamamaza ikipe y’umupira w’amaguru ya Tottenham Hotspur yari kugirana n’ikigo cy’ubukerarugendo, SAT (South African Tourism). Byari byitezwe ko ikipe ya Tottenham igirana na SAT amasezerano y’imyaka itatu y’ubufatanye mu byo kwamamaza afite agaciro ka miliyoni 42.5 z’amapawundi ariko biza kuburizwamo. Impamvu zitangwa n’Inteko ishinga amategeko yo […]
Perezida wa Angola yaba yarasabye RDC kuva muri EAC

Biravugwa ko Perezida wa Angola, JoĂŁo Lourenço aherutse gusaba mugenzi we uyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) ko igihugu cye cyava mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), niba gishaka kugarura amahoro mu burasirazuba bwacyo. Tariki ya 7 Gashyantare 2023, Perezida FĂ©lix Tshisekedi wa RDC yagiriye uruzinduko muri Angola, yakirwa na Lourenço, bagirana ikiganiro cyari […]
Kenya: Igikuba cyacitse ubwo ‘abapolisi bataramenyekana’ bagotaga urugo rw’uwabaye Minisitiri w’umutekano
Urugo rwa Dr Fred Matiang’i wabaye Minisitiri w’umutekano w’imbere muri Kenya rwaraye rugoswe n’abapolisi bataramenyekana, bica igikuba mu nzego zitandukanye z’igihugu. Ikinyamakuru Citizen cyatangaje ko umubare utazwi w’abapolisi kabuhariwe ba Kenya ari bo baraye bagose urugo rwa Matiang’i ruherereye mu gace ka Karen mu murwa mukuru, Nairobi, mu ijoro. Abanyamategeko ba Dr Matiang’i batangaje ko […]
Perezida Kagame abona Tshisekedi atazigera yubahiriza amasezerano y’amahoro
Perezida Paul Kagame yatangaje ko abona mugenzi we uyobora Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, atazigera yubahiriza amasezerano y’amahoro agamije gukemura aikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bw’igihugu cye. Ubwo yagiranaga ikiganiro n’abadipolomate bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda kuri uyu wa 8 Gashyantare 2023, yibanze ku mubano w’ibi bihugu utameze neza, avuga ko Tshisekedi […]
M23 yerekanye ba Ofisiye 5 ba FARDC baheruka kuyiyungaho
Umutwe wa M23 werekanye batanu bahoze ari ba Ofisiye mu gisirikare cya Congo Kinshasa (FARDC) ndetse na Polisi ya Congo; mbere yo gutoroka bakawiyungaho. Aberekanwe barimo Major Gakufi DesirĂ© wahoze ari Komiseri wungirije wa Polisi ya RDC mu gace ka Kitchanga muri Masisi ushinzwe imiyoborere. Barimo kandi Colonel Bahati Gahizi John wahoze ari komanda wungirije […]