Muganga yazirikanye umubyeyi wamufashije akiri umunyeshuri, atamuzi

Nzayisenga arashimira cyane Gwiza wamugobotse

Dr Nzayisenga Amiel uri kwinjira mu mwuga w’ikiganga, yazirikanye umubyeyi umaze igihe kinini akorera ku cyicaro gikuru cya banki ya I&M kiri i Kigali witwa Gwiza Rushayidi Diane wamufashije mu mwaka w’2014 ubwo yari agiye gutangira amasomo muri kaminuza ya Gitwe. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 14 Kamena 2023, Dr Nzayisenga, akoresheje Twitter, yasabye […]

U Burundi bwohereje abasirikare mu Rwanda

Leta y’u Burundi yohereje abasirikare mu Rwanda kugira ngo bifatanye n’abandi bo mu bihugu bimwe bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) mu myitozo ihuriweho yitwa ‘Ushirikiano Imara’. Nk’uko ikinyamakuru RegionWeek cyo mu Burundi cyabitangaje, Umuvugizi w’ingabo z’iki gihugu kiri mu majyepfo y’u Rwanda, Colonel Floribert Biyereke, hoherejwe abasirikare 38. Uyu musirikare kandi kuri uyu wa […]

Yagejejwe mu rukiko azira kwiba mu musigiti

Umugabo witwa Musa Muhammad yitabye urukiko azira kwiba inkweto mu musigiti nk’uko kamera zabyerekanye. Uyu mugabo w’imyaka 46 yatawe muri yombi ku wa 9 Kamena 2023 ubwo bari mu isengesho ryo ku gicamunsi. Kamera zo mu musigiti zerekanye uwo Muhammad yambaye ikanzu ndende isanzwe yambarwa n’abaislam afite agakapu karimo umuguru w’inkweto wo mu bwoko bwa Puma […]

Belarus inaanza kuchukua uwasilishaji wa silaha za nyuklia za Urusi

Rais wa Belarus Alexander Lukashenko amesema nchi yake imeanza kupokea silaha za kimbinu za nyuklia za Urusi, ambazo baadhi yake alisema zina nguvu mara tatu zaidi ya mabomu ya atomiki ambayo Marekani ilidondosha kwenye Hiroshima na Nagasaki mwaka 1945 . Kupelekwa huko ni hatua ya kwanza ya Moscow ya vichwa hivyo vya kivita – silaha […]

Belarus yatangiye kwakira intwaro za kirimbuzi u Burusiya buherutse kuyemerera

Perezida wa Belarus, Alexander Lukashenko, yatangaje ko igihugu cye cyatangiye kwakira intwaro za kirimbuzi z’u Burusiya, zimwe muri zo akavuga ko zikomeye inshuro eshatu kurusha ibisasu bya kirimbuzi Amerika yajugunye kuri Hiroshima na Nagasaki mu 1945 . Kohereza izi ntwaro ni intambwe ya mbere Moscou iteye iha igihugu cy’amahanga ibisasu biriho imitwe irimo ubumara biraswa […]

RDF yahishuye amakosa yirukanishije ba ‘Generals’ babiri

Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen. Ronald Rwivanga yahishuye amakosa yatumye Major General Muganga Aloys na Brigadier General Mutiganda Francis birukanwa burundu muri uru rwego. Icyemezo cyo kwirukana mu ngabo aba basirikare cyafashwe n’Umugaba w’Ikirenga, Perezida Paul Kagame, tariki ya 7 Kamena 2023. Icyo gihe hanirukanwe abandi 114. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 14 […]

Kylian Mbappé yarashe u Bufaransa abuhora Lionel Messi

Rutahizamu Kylian MbappĂ© wa Paris Saint-Germain yanenze cyane u Bufaransa, abuhora uko bwafashe Lionel Messi mu myaka ibiri yabukinnyemo. Messi yageze muri PSG mu mpeshyi ya 2021 akubutse muri FC Barcelona yo muri Espagne. Uyu munya-Argentine n’ubwo yatwaranye ibikombe bibiri bya shampiyona n’iriya kipe y’i Paris, gusa umubano we n’abafana bayo ntiwigeze uba nta makemwa. […]

Huye: A man is charged of burning his wife and a baby

The prosecution at the high court of Huye is charging a 28 year old man suspected of burning a 40 year old woman who lived with him and their one year and a half old child by pouring a soucepan of hot food on them. The General prosecutor’s office, says that “This crime was committed […]

Le nombre de morts du culte apocalyptique kenyan dépasse les 300

Le nombre de morts d’un culte de la famine au Kenya a dĂ©passĂ© les 300 mardi aprĂšs que les autoritĂ©s ont exhumĂ© plus de corps dans une forĂ ÂȘt, dans l’une des pires tragĂ©dies liĂ©es au culte de l’histoire rĂ©cente . Les autoritĂ©s disent que les morts Ă©taient des membres de l’à‰glise internationale de la bonne […]

Nkore iki?Nahaye igitsina abasore babiri ku munsi umwe none sinzi uwanteye inda

Nyuma y’uko abantu benshi babona umusaruro uva mu bitangazamakuru cyane cyane mu gutanga inama, hari abakomeje gukomeza uwo murongo ari nabwo umuntu umwe yasabye abasomyi b’uru rubuga ko bamugira inama. Yagize ati” Nitwa Clarisse(Izina twahimbye),nifuje kubasangiza inkuru yanjye y’ukuntu natwise ariko simenye uwnteye inda.Ubusanzwe mu rugo ni ku Muhima ni naho nkorera uturimo twanjye twa […]

Ese kurwanya umuco wo kudahana ni inshingano rusange?

Mu ntangiriro z’iki cyumweru, uhagarariye u Rwanda muri Loni yasabye ibihugu bigize uyu muryango kugira uruhare mu guca umuco wo kudahana no kugaragaza abantu bakekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bihishe hirya no hino ku Isi. Yabwiye akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ku mikorere y’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rushinzwe gukurirana abagize uruhare muri […]

Agasuzuguro abarinzi bagirirwa kagera n’aho babonwa nk’imbwa

Inkuru y’umusirikare Private Wilson Sabiiti wishe arashe Minisitiri muri Leta wari ushinzwe umurimo, Colonel (Rtd) Charles Okello Engola, tariki ya 2 Gicurasi 2023, yaciye igikuba muri Uganda, itera benshi gutekereza cyane kuvanze no kwibaza. Ibibazo byinshi byakurikiye amagambo Pte Sabiiti yavuze mbere yo kwirasa, ubwo yagendaga mu nzira, ava mu rugo kwa Engola, arasa mu […]

RDC: Guverinoma yemeje igenda ry’ingabo za MONUSCO mu mezi 6 ari imbere

Abategetsi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo baravuga ko bagiranye ibiganiro byubaka n’umunyamabanga wungirije w’Umuryango w’Abibumbye (UN) ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro, Jean-Pierre Lacroix, ku kibazo cyo kuvana ingabo za MONUSCO mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Congo . Nk’uko amakuru yatangajwe na Minisiteri y’itumanaho n’itangazamakuru avuga, ngo kungurana ibitekerezo na Jean-Pierre Lacroix bigamije kugera ku […]

‘Ibaze’, indirimbo Jah Bone D yahimbye abikesha ijambo rya Perezida Kagame

”Iyaba abantu babazaga igihugu icyo bakimarira, aho kukibaza icyo kibamariye”, ijambo Perezida Paul Kagame yavugiye muri Wilson HĂŽtel i GenĂšve mu Busuwisi muri 2004 ubwo yasuraga Abanyarwanda, imvugo yatumye Umuhanzi Jah Bone D ahanga indirimbo yise ”Ibaze”. Jah Bone D yabwiye Bwiza.com ko iri jambo rya Perezida Kagame rikubiyemo filozofi yibutsa Abanyarwanda gukunda igihugu cyabo (patriotisme) […]

Urukundo ipfundo ku kurebana ay’ingwe hagati ya Sandrine na Jackson wa Red Blue JD

Mu minsi ishize, nibwo umunyamakuru Abayo Yvette Sandrine yashyize hanze video ashinja uwitwa Jackson Dushimimana nyiri Red Blue JD ko yamwambuye amafaranga agera kuri miliyoni 2,400,000Frw hakiyongeraho ko ngo yamukoreye ihohotera rishingiye ku gitsina. Icyo gihe yabwiye bwiza.com ko impamvu yashyize hanze ayo makuru n’uko ngo uyu Jackson yakomeje kumubuza amahwemo nyuma y’uko yari yamusezeye […]

Igerageza ry’ibanze ry’urukingo rwa virusi itera Sida mu Rwanda riratanga icyizere – IAVI

Abayobozi babishinzwe baravuga ko igeragezwa ry’urukingo rwa virusi itera SIDA mu Rwanda, ryatangiye kuva mu 2021, ryerekanye iterambere ryiza mu byiciro byaryo bya mbere . Ku nkunga ya International Vaccine Initiative (IAVI), umuryango mpuzamahanga udaharanira inyungu, igeragezwa ririmo gukorerwa mu bihugu bibiri bya Afurika, u Rwanda na Afurika y’Epfo. Igeragezwa rigamije gusuzuma imikorere ya eOD-GT8 […]

Umugore yafashwe agiye kugurisha umwana ku bihumbi 50ksh

Polisi yo mugace ka Mlolongo yataye muri yombi umugore wari ugiye kugurisha umwana muri Uganda amuvanye muri Kenya aho yari guhabwa ibihumbi 50 by’amafaranga yo muri Kenya.Uyu mugore witwa Miriam Wesonga ufite imyaka18, yafashwe n’abaturage ubwo yacyebuzwaga hirya no hino afite umwana bisa nk’aho ataruwe bagira amacyenga bamushyikiriza Polisi. Akigezwa kuri sitasiyo ya Polisi Mlolongo […]

Telefone ikoreshejwe nabi ishobora kwangiza intanga

Umuhanga mu bumenyi bwa nikeleyeri, Dr Mukarukaka Annely, mu gitabo cye ‘Proper Utilization of Technology Particularly Mobile Phones’ kivuga ku ikoreshwa neza rya telefone ngendanwa, agaragaza ko mu gihe umuntu ayikoresheje nabi, ishobora kwangiza intanga, bikaba byagera ku rwego bivamo ubugumba. Yifashishije urugero rw’ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere mu bumenyi bw’imyororokere, Dr Ashok Agrawal ukorera mu kigo […]

FERWAFA yongeye kwangira Gacinya kwiyamamaza

Komisiyo ishinzwe amatora mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yongeye kwangira Gacinya Chance Denis kwiyamamaza imuhora “ubunyangamugayo buke”. Ku wa 6 Kamena 2023 Komisiyo y’amatora ya FERWAFA yatangaje urutonde rw’abakandida bemerewe kwiyamamariza kujya muri Komite Nyobozi ya FERWAFA mu matora azaba tariki ya 24 Kamena 2023. Icyo gihe Gacinya ari mu bari bangiwe kwiyamamaza […]

Menya akandi kamaro ko kurya ubunyobwa bitari ukongera amasohoro gusa

Hari igihe usanga hari abagabo batakwegera ameza, batabonyeho isupu y’ubunyobwa cyangwa se ubunyobwa bukaranze babanza gufata mu gihe bategereje amafunguro, ahanini ari uburyo bwo kugirango bakumire ikibazo cy’amasohoro macye. Telegraph mu nkuru yanditse mu 2017, yatangaje ko mu bushakashatsi bwakozwe mu 2014 ku bagabo 100 bwasanze ko umugabo urya impeke zirindwi z’ubunyobwa ku munsi usanga […]

Malawi igiye kohereza abandi Banyarwanda

Guverinoma ya Malawi yatangaje ko yifatanyije n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi, UNHCR, igiye gutangira koherereza u Rwanda Abanyarwanda 44 bifuje gutaha ku bushake. Nk’uko ikinyamakuru Nyasa Times cyabitangaje, Minisitiri w’umutekano w’imbere w’iki gihugu, Ken Zikhale Ng’oma kuri uyu wa 13 Kamena 2023 yamenyesheje abanyamakuru ko igikorwa kiratangira kuri uyu wa Gatatu. Minisitiri Zikhale yasobanuye ko […]

Kenya: Abapfuye bazize kwiyicisha inzara bamaze kurenga 300

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 13 Kamena 2023, umubare w’abantu bapfuye bazize kwiyicisha inzara muri Kenya nyuma yo gushukwa n’umuyobozi w’itorero basengeragamo warenze 300 nyuma yuko abategetsi bataburuye imirambo myinshi mu ishyamba, muri amwe mu makuba akomeye ashingiye ku iyobokamana mu mateka ya vuba. Abayobozi bavuga ko abapfuye bari abayoboke b’Itorero Good News International Church, […]

Dr Habineza pleads with rich countries to save the environment

The Chairman of Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza, asks the people from rich countries to slow down the speed of development in order to save the environment. In interview with Bwiza.com, he said, “People in Western countries; i.e. Europe, America and elsewhere, have very large appetites, and their appetites are the ones […]

Sudani: Gen Burhan ntakozwa ibyo guhura na Gen Dagalo nyuma y’aho Kenya yiyemeje kubahuza

Umuyopbozi w’Igisirikare cya Sudani ntabwo yiteguye guhura na mugenzi we bamaze amezi abiri bahanganye nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobozi b’iki gihugu nyuma y’aho umuryango wa IGAD utangaje ko uteganya guhuza aba bombi bakaganira. Mu nama ya IGAD yabereye muri Djibuti kuwa Mbere, uyu muryango watangaje ko ugiye kongera ibihugu byashinzwe gushaka igisubizo cy’ibibazo byo muri […]

Huye: Arashinjwa gutwika umugore we n’umwana wabo w’umwaka n’igice

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 28 ukekwaho gutwika umugore w’imyaka 40 babanaga hamwe n’umwana wabo w’umwaka n’igice abasutseho inkono y’ibiryo byari ku mashyiga. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko icyo cyaha cyakozwe ku wa 27 Gicurasi 2023 mu gihe cya sa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba gikorerwa mu Mudugudu wa Nyabitare, […]

Kenya na RDC bagiye gutegura uko bacyura Ingabo za EAC

Perezida William Ruto wa Kenya arateganya kohereza i Kinshasa itsinda ry’intumwa ze, mu rwego rwo kuganira na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku hazaza h’ingabo za EAC ziri muri kiriya gihugu. Kenya isanzwe ari yo muhuza mu bibazo byo muri Congo Kinshasa. Byitezwe ko itsinda Perezida Ruto ateganya kohereza i Kinshasa zizaganira na […]

Umukuru wa M23 arashinja HRW gutangaza raporo itagaragaza ibimenyetso

Umuyobozi mukuru w’umutwe wa M23 ku rwego rwa politiki, Bertrand Bisimwa arashinja umuryango Human Rights Watch uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu gutangaza raporo itagaragaza ibimenyetso, keretse amagambo gusa. Muri iyi raporo yasohotse kuri uyu wa 13 Kamena 2023, HRW yatangaje ko kuva muri Werurwe kugeza muri Gicurasi yaganirije imbonankubone cyangwa ikoresheje telefone Abanyekongo 81 bavuga ko bahohotewe, […]

Bamporiki azahabwa imbabazi, abone kuba Umushumba w’abarokore

Umupagasi, umunyarwenya, umukinnyi wa filime, umunyamategeko, umunyapolitiki…ushatse umwite Depite cyangwa Minisitiri, uyu munsi ni umugororwa ariko urwandiko rwe ntirurasora (ntabwo ubuzima bwe bwarangiye). Mbere na nyuma y’ibyo bigwi bye byose, Bamporiki à‰douard ni umurokore, birenzeho ni umugaragu w’Imana kandi amaze kuvugwaho gutatira igihango, yihutiye gusaba imbabazi Perezida Paul Kagame ku byaha yaregwaga birimo kwaka ruswa. Icyo gihe yasabaga […]

Ikibazo cya Mangwende cyabujije amahwemo umutoza Carlos Ferrer

Hashize iminsi micye hamenyekanye amakuru ko umukinnyi Imanishimwe Emmanuel Mangwende bigoranye kuba yaboneka mu kipe y’igihugu Amavubi mu mukino uzahuza U Rwanda Mozambique bitewe n’uko ngo ikipe akinira ya FAR Rabat ifite imikino itarakina. Ibi rero byaraje ishinga umutoza Carlos Ferrer aho atangaza ko uyu mukinnyi ari mu nkingi za mwamba zikenewe. Mu kuri uyu […]

Nyamasheke: Umugabo yasanzwe mu muhanda yamenwe umutwe

Mu nama y'umutekano yahise ikoreshwa abaturage, basabwe kwirinda urugomo rumaze gukabya muri aka gace

Mu muhanda rwagati wa Kirambo-Susa, mu mudugudu wa Musagara, akagari ka Kigarama, umurenge wa Kanjongo, akarere ka Nyamasheke, hasanzwe umurambo w’umugabo witwaga Irambona Daniel w’imyaka 34, bivugwa ko yari umwarimu mu mashuri abanza mu mujyi wa Kigali, uwo bikekwa ko yamwishe agahanga yagatemaguye arakajanjagura. Amakuru ya mbere kuri uru rupfu yamenywe n’umumotari n’umugenzi yari atwaye […]

Igisubizo cya Museveni ku makuru yavugaga ko urupfu ruri kumugera amajanja

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yanyomoje amakuru avuga ko yaba ari gukurikiranirwa n’abaganga ahavurirwa indembe mu bitaro (ICU), ashyira mu majwi abanya-Kenya. Kuva mu cyumweru gishize Museveni yishyize mu kato nyuma y’uko bigaragaye ko yanduye icyorezo cya COVID-19. Uburwayi bwakurikiwe n’inkuru zitandukanye zivuga ku buzima bwe, ku buryo hari bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga […]