Nyobozi yose y’akarere ka Rutsiro yasheshwe

Minisitiri w’Intebe, Dr à‰douard Ngirente, yasheshe Komite Nyobozi yose y’akarere ka Rutsiro hashyirwaho umuyobozi wako w’agateganyo. Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Kamena, rivuga ko “hasheshwe inama njyanama y’akarere ka Rutsiro nyuma yo kubona ko ubuyobozi bw’akarere bwateshutse ku nshingano zabwo.” Iri tangazo rikomeza rivuga ko Mulindwa Prospert […]

Aho gutahana ibihahanwa, Pasiteri Théogène yatahanaga abana b’umuhanda: Ubuhamya

Ubwo Pasiteri Niyonshuti yasezerwaga bwa nyuma mu rusengero

Kuri uyu wa 28 Kamena 2023, ku irimbi rya Rusororo riherereye mu karere ka Gasabo habaye umuhango wo gushyingura Pasiteri Niyonshuti Théogène wiyitaga Inzahuke, uherutse kwicwa n’impanuka y’imodoka mu ijoro ryo ku wa 22 ubwo yari ageze i Kabale muri Uganda ataha mu Rwanda, hafi y’umupaka wa Gatuna. Mbere y’uko ashyingurwa, mu rusengero rwa ADEPR/Nyarugenge […]

Perezida wa Koreya y’Epfo yoherereje uw’u Rwanda ubutumwa bwihariye

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Kamena, Minisitiri w’intebe, Edouard Ngirente, yakiriye Sung Min Jang, intumwa idasanzwe ya Perezida wa Repubulika ya Koreya, waje azanye ubutumwa bwihariye bwa Perezida Yoon Suk Yeol bugenewe Perezida Paul Kagame . Ibiganiro byabo byibanze ku gushimangira ubufatanye hagati y’ibihugu byombi nk’uko iyi nkuru dukesha The New Times ivuga […]

Perezida Ramkalawan abona P. Kagame mu Banyafurika b’ibihangange ku Isi

Perezida Wavel Ramkalawan wa Madagascar, yavuze imyato mugenzi Paul Kagame w’u Rwanda amugaragaza nk’urugero rw’isi yose rwerekana ko umugabane wa Afurika ufite ba Perezida b’ibihangange. Perezida Kagame ari i Victoria mu birwa bya Seychelles, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yatumiwemo na mugenzi w’icyo gihugu. Imwe muri gahunda Umukuru w’Igihugu agomba kwitabira muri Seychelles ni ukwitabira […]

M23 yasubiyemo ko itazaba mu kigo cya Rumangabo

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wasubiriyemo amahanga ko utazemera kohereza abarwanyi bawo kuba by’agateganyo mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo butarubahiriza ibyo wabusabye. Tariki ya 20 Kamena 2023, Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yasohoye itangazo, avuga ko uyu mutwe wubahirije ibyo wasabwaga […]

The DRC will coordinate the actions of the various forces deployed in the east

The SADC, EAC, CIRGL and AU Quadripartite Summit ended on Tuesday, June 27 in Luanda with the establishment of a framework for coordinating the actions of various forces deployed in eastern DRC. The leadership of this framework has been entrusted to the DRC. Congolese Minister of Foreign Affairs, Christophe Lutundula Apala, welcomed the decision during […]

Manchester City yahariye Arsenal umukinnyi zari zihanganiye

Manchester City yamaze kuva mu rugamba rwo gusinyisha Declan Rice, iharira Arsenal bari bari bamuhanganiye. Man City yavuye mu rugamba rwo gusinyisha Rice usanzwe ari Kapiteni wa West Ham United, nyuma y’uko Arsenal yemeye kumutangaho miliyoni 100 z’ama-Pounds zigomba kwiyongeraho £ miliyoni 5 z’ama adds-on. Daily Mail yanditse ko Man City nta bushake ifite bwo […]

RDC yahawe guhuza ibikorwa by’ingabo z’amahanga zoherejwe mu burasirazuba

Inama ya SADC, EAC, CIRGL, CEEAC hiyongereyeho na AU, yarangiye kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 27 Kamena i Luanda hashyizweho urwego rwo guhuza ibikorwa by’ingabo zinyuranye zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Congo, Christophe Lutundula Apala, mu kiganiro na Radio Okapi, yishimiye ko ubuyobozi bw’uru rwego bwahawe […]

Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi 2 i Victoria (Amafoto)

20230628_104301_copy_1000x758.jpg

Perezida Paul Kagame yamaze kugera i Victoria mu murwa mukuru w’ibirwa bya Seychelles, mu ruzinduko rw’akazi ari kugirira muri iki gihugu. Ni uruzinduko Umukuru w’Igihugu waherekejwe na Madamu Jeannette Kagame yatumiwemo na mugenzi we wa Seychelles, Wavel Ramkalawan. Perezida Ramkalawan wari kumwe na Madamu we, Linda Ramkalawan ni bo babakiriye bakigera i Victoria. Seychelles ni […]

Ntibantunganya yamennye ibanga kuri ‘coup’ yakorewe na Buyoya

Ntibantunganya Sylvestre wayoboye u Burundi kuva mu mwaka w’1993 kugeza tariki ya 25 Nyakanga 1996 yamennye ibanga ahamya ko abakiri bato batazi kuri ‘coup d’état’ yakorewe na Pierre Buyoya wamusimbuye. Uyu munyapolitiki, mu kiganiro yagiranye na Primo Media Rwanda, yisobanuye nk’umuntu ukunda gusabana n’abaturage. Ati: “Njyewe nakundaga kwitemberera za Kamenge, ngahura n’abandi bantu. Erega Umukuru […]

Le chef de l’armée kenyane reà§u par son homologue rwandais

22179.jpg

Le chef des forces de défense du Kenya, le général Francis Ogolla, a rendu visite aux Forces de défense du Rwanda (RDF) et a eu des entretiens bilatéraux avec les dirigeants de l’armée rwandaise . Les pourparlers visaient à  approfondir les relations existantes entre les deux armées. A son arrivée, il a été reà§u par […]

Canada yanze kohereza abakinnyi bayo mu mikino ya La Francophonie i Kinshasa

Guverinoma ya Canada yafashe icyemezo cyo kutohereza i Kinshasa abakinnyi bagombaga guhagararira imikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa igomba kuhabera. Biteganyijwe ko iyi mikino izaba hagati y’itariki ya 28 Nyakanga n’iya 08 Kanama 2023. Canada yafashe icyemezo cyo kwanga kohereza muri Congo abakinnyi n’abahanzi bagombaga kuyihagararira muri iriya mikino ya La Francophonie, ku mpamvu z’umutekano. […]

Sierra Leone: Perezida Julius Maada Biyo yatorewe manda ya kabiri

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Kamena, komisiyo ishinzwe amatora muri Sierra Leone, yatangaje ko Perezida Julius Maada Bio, uri ku butegetsi kuva mu 2018, yatsindiye manda ya kabiri ku majwi arenga 56% . Komiseri mukuru wa Komisiyo y’Amatora, Mohamed Kenewui Konneh, yabwiye abanyamakuru mu murwa mukuru Freetown ati: “Nshingiye ku bubasha nahawe, ndemeza ko […]

Ubutumwa bwo kubungabunga amahoro muri Mali (MINUSMA) burarangirana n’uku kwezi

Inshingano z’imyaka icumi z’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Mali zizarangira ku itariki ya 30 Kamena, nk’uko abadipolomate babitangaje kuri uyu wa Kabiri ushize, mbere y’uko Akanama k’Umutekano gatora umushinga w’uyu mwanzuro, wabonywe na Reuters, uzaha abasirikare ibihumbi 13 amezi atandatu yo kuhava . Iherezo riteganyijwe ry’ubutumwa bwa MINUSMA rije nyuma y’umwuka mubi umaze […]

Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali

Kuba Umunyarwanda, kuvuga Ikinyarwanda, kugira ibikorwa mu Rwanda cyangwa se umutungo muri iki gihugu birasa n’aho byahindutse ikizira mu maso y’ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo guhera mu mwaka ushize, ubwo bwatangiraga kurushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Kuva icyo gihe ni bwo urwego rwa RDC rushinzwe iperereza (ANR) rwatangiraga gukora umukwabu muri […]

Mkuu wa Jeshi la Ulinzi la Kenya amefanya ziara nchini Rwanda

Mkuu wa Jeshi la Ulinzi ya Kenya (KDF), Jenerali Francis Ogolla amefanya ziara nchini Rwanda, Jumanne Juni 27, 2027, ambapo alipokelewa na kufanya mazungumzo na mwenzake wa Rwanda, Luteni Jenerali Mubarakh Muganga. Wizara ya Ulinzi nchini Rwanda imetangaza kuwa mazungumzo kati ya Wakuu wa Ulinzi yalilenga ushirikiano katika kudumisha usalama katika eneo hilo, pamoja na […]

TotalEnergies yongeye kujyanwa mu rukiko kubera imishinga yayo muri Uganda

Amatsinda atanu y’impirimbanyi yongeye gutanga ikirego mu rukiko rw’imbonezamubano rwa Paris kirega sosiyete y’Abafaransa yitwa TotalEnergies (TTEF.PA) ku nshuro yayo ya kabiri kubera imishinga y’iki kigo muri Uganda na Tanzania , nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko igerageza rya mbere muri Gashyantare ryari ryatewe utwatsi . Amatsinda y’Abafaransa n’Abagande, ayobowe n’Umuryango “Inshuti z’Isi” […]

Luanda: Kagame na Tshisekedi bashimwe, FDLR na M23 bongera kwihanangirizwa

Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bashimwe kubera “umuhate wabo mu gushaka igisubizo cy’amakimbirane” ari hagati y’u Rwanda na RDC. Abakuru b’ibihugu byombi bashimiwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Kamena, ubwo i Luanda muri Angola haberaga inama y’inyabune yigaga ku bibazo bya Congo. Ni […]

Impinduka kwa Pasiteri Théogène kugeza ku nzu ya Frw miliyoni 100 yubakiwe

Umugore wa Pasiteri Niyonshuti Théogène, Uwanyana Asiya, akomeje gushimira ababafashije kubaka ubuzima n’abakomeje kumufasha nyuma y’aho umugabo we apfuye azize impanuka. Uwanyana, kuri uyu wa 27 Kamena 2023 ubwo yari mu mugoroba wo kwizihiza ubuzima bwa Pasiteri Niyonshuti, yavuze ko babanje kubana mu buzima bugoye, aho babaga mu bukode bw’icyumba kimwe n’uruganiriro (salon), kubona amafaranga […]