Abanyarwanda nibabura ibyo kurya, leta bizayigora kubayobora bashonje: Depite Habineza
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party), Dr. Frank Habineza, asanga Leta y’u Rwanda ikwiriye kongera nkunganire itanga ku biciro birimo ibikomoka kuri Peteroli, mu rwego rwo guca intege ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro bikomeje gutumbagira ku masoko. Depite Habineza yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Ukwakira, ubwo yari mu karere ka […]
Victor Mbaoma yababaje Mukura VS ku munota wa nyuma
Ikipe ya APR FC yatsinze bigoranye Mukura VS igitego 1-0, ihita ifata umwanya wa mbere by’agateganyo ku rutonde rwa shampiyona. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yakiriye Mukura kuri Kigali Pele Stadium, mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona. Ni umukino umutoza Thierry Froger n’abasore be basabwaga gutsinda ku kabi n’akeza, nyuma yo gutakaza amanota abiri […]
Uburayi bwisanze mu kaga, Impamvu nyamukuru Ubwongereza bushaka kohereza abimukira i Kigali
Muri iyi minsi igihugu cya Isiraheli gihanganye mu ntambara n’umutwe wa HAMAS, muri ibyo bihugu byombi hari intambara y’amasasu ariko mu Burayi hafi ya bwose imvururu zikomeje kwiyongera. Intambara iri muri Gaza na Israel ariko mu Bufaransa igipolisi nticyemerewe gusinzira kuko kiri mu kazi gakomeye gihanganye n’abashyigikiye Palestine cyane Israel. Mu murwa mukuru wa Parisi […]
Igisasu cya Israel cyahitanye umunyamakuru, gikomeretsa bagenzi be benshi
Igisasu ingabo za Israel zarashe ku mupaka wayo na Lebanon cyahitanye umunyamakuru umwe muri benshi bakurikiranaga inkuru y’intambara igiye kumara icyumweru, abandi batandatu barakomereka. Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press, bimaze gutangaza ko uwishwe n’iki gisasu ari umunyamakuru Issam Abdallah ufata amashusho w’ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters. Reuters yamaze kwemeza aya makuru y’urupfu rwa Issam wari umaze […]
RDC:Mboso uyobora Inteko Ishinga Amategeko arashinja Kabila kugira Congo ingwate
Perezida w’Inteko Ishinga amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Christophe Mboso, yibasiye Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa RDC mu nteko rusange y’Ihuriro ry’Amashyaka FCC ashyigikiye Kabila. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Ukwakira 2023 aho yamushinje kugeza Congo aharindimuka. Ati”Mu myaka irenga 20, wafashe igihugu cyacu n’umutungo wacyo ho ingwate, […]
Wanyarwanda nchini Israel wako salama – Balozi
Raia wa Rwanda ambao kwa sasa wako nchini Israel wako salama, na hakuna hata mmoja wao aliyejeruhiwa wakati wa mapigano yanayoendelea kati ya Israel na magaidi wa Hamas, balozi wa nchi hiyo nchini Rwanda, Einat Weiss, amesema. Mzozo huo mkali ulizuka Jumamosi, Oktoba 7 wakati kundi la kigaidi la Hamas liliposhambulia Israel, na kurusha maelfu […]
Umusirikare wa FARDC yishe umwana we akomeretsa umugore yashakaga kwica
Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashe yica umwana ufite nk’umwaka akomeretsa nyina. Ibi byabereye i Mwenda, umudugudu uherereye mu Murenge wa Ruwenzori muri Teritwari ya Beni (Kivu y’Amajyaruguru) mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu Kane ushize. Nk’uko byatangajwe na Meleki Mulala, umuhuzabikorwa wa sosiyete sivile nshya […]
Urukiko Rukuru rwahamije Prince Kid icyaha cyo gusambanya abakobwa ku gahato
Kagame Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid wateguraga amarushanwa ya Miss Rwanda yahamijwe ibyaha byo gusambanya ku gahato bamwe mu bakobwa bitabiraga aya marushanwa mu rubanza rwari mu bujurire mu Rukiko Rukuru rwa Kigali. Prince Kid wari waragizwe umwere n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 13 Ukwakira 2023 Urukiko rukuru rwa Kigali rwamuhamije ibyaha […]
Amashusho ashinja Titi Brown nk’ikimenyetso gishya yateje impaka
Kuri uyu wa Gatanu taliki 13 Ukwakira 2023,mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge nibwo hasubukuwe urubanza umubyinnyi Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown ushinjwa gusambanya umukobwa utaruzuza imyaka y’ubukure, nyuma y’uko mu kwezi gushize rwari rwarusubitswe kugira ngo hazaburanwe ku bindi bimenyetso bishya ubushinjacyaha bwagaragaje. Ubusanzwe icyaha Brown akurikiranyweho n’icyo gusambanya umwana utaragira imyaka y’ubukure gusa […]
Ibi nanjye byambayeho: Nshobozwa wihanganishije umusaza ufite umwana ‘wavukijwe kujya muri Bayern Munich’
Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson ukinira APR BBC ndetse n’ikipe y’Igihugu ya Basketball, yihanganishije umusaza wo mu karere ka Huye uvuga ko umwana we yavukijwe amahirwe yo kujya mu irerero rya Bayern Munich; avuga ko na we hari ubwo byigeze kumubaho. Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo umusaza witwa Izabitegeka Innocent wo mu murenge wa Kinazi […]
Imbwa yatangaje benshi ubwo yamaraga iminsi 3 umutwe wayo waheze mu icupa

Imbwa yahawe izina rya Cheeto yavugishije benshi amangambure mu gace ka Michigan nyuma yo kumara iminsi itatu umutwe wayo waraheze mu icupa risanzwe ripakirwamo amavuta akomoka ku nka nka(Formage). Iyi mbwa ibyayo byasaga n’ibyayirangiranye kuko yari imaze gucika intege nyuma yo kutagira ibiryo cyangwa amazi ibona mu minsi itatu ubwo umutwe wayo wafataga. Abashinzwe ubutabazi […]
EAC yamaganye abavuga ko ingabo zayo muri RDC zikorana n’inyeshyamba
Umunyamabanga Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, Dr Peter Mathuki, yamaganye abakomeje kuvuga ko ingabo ziri mu butumwa bwawo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, zizwi nka EACRF, zikorana n’imitwe yitwaje intwaro. Mu itangazo Dr Mathuki yashyizeho umukono kuri uyu wa 12 Ukwakira 2023, yavuze ko uyu muryango uhangayikishijwe kandi wamagana imirwano yubuye hagati […]
Kenya: Uwiyitaga umwavoka kandi watsinze imanza zose yaburanye yafashwe
Kuri uyu wa Kane ushize, uwo bivugwa ko yiyitaga umunyamategeko atari we w’i Nairobi yafunzwe n’ubuyobozi buvuga ko yibeshyeye ko ari umwunganizi mu by’amategeko w’Urukiko Rukuru rwa Kenya. Amakuru avuga ko uyu munyamategeko yaburanye imanza 26 imbere y’abacamanza bo mu Rukiko Rukuru, n’abacamanza b’urukiko rw’ubujurire mbere y’ifatwa rye, kandi zose yazitsinze. Yatawe muri yombi n’ishyirahamwe […]
The crisis in eastern DRC requires a political and not a military solution – USA
In eastern DRC, fighting is intensifying between a coalition of armed groups (Wazalendo) and the M23 rebels, while the Congolese army says it is observing the ceasefire in accordance with regional resolutions. These clashes which caused deaths and a movement of population displacement worry the USA. In a statement released Thursday, the US Embassy in […]
Kenya igiye gusimbuza ingabo zayo ziri mu butumwa bwa EAC muri RDC

Kenya igiye gusimbuza ingabo zayo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EAC, mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, EAC. Ingabo za Kenya zatangiye ubutumwa bwa EAC muri RDC mu Gushyingo 2022, hashingiwe ku byemezo by’abakuru b’ibihugu bo muri uyu muryango, byo gushakira amahoro n’umutekano uburasirazuba bw’iki gihugu bwazahajwe n’ibikorwa by’imitwe yitwaje […]
UK: Bizafata andi mezi ngo hatangwe umwanzuro ku kohereza abimukira mu Rwanda
Urukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza ku wa Gatatu rwavuze ko bizafata amezi mbere y’uko rutanga umwanzuro niba guverinoma ishobora gukomeza gahunda yayo yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda. Abunganira guverinoma bagiye impaka mu minsi itatu muri iki cyumweru bavuga ko urukiko rugomba gukuraho icyemezo cyo muri Kamena cyemeje ko gahunda yo kohereza ibihumbi by’abasaba ubuhungiro mu […]
VIDEO: Mwitondere ibyo muvuga kuri Israel, Iyi restora izize gusebya mukecuru Gina wishwe na HAMAS
Mukecuru Gina Smiatich yishwe na HAMAS mu bantu biciwe mu gitero cyo ku isabato. Yari afite imyaka 90 akaba n’umwe mu bantu barokotse jenoside yakorewe Abayahudi. Mu kumwica, Umurwanyi wa HAMAS yamusanze mu ihema yari yahungiyemo amujyana mu rugo rwe yari atuyemo mu gace kitwa ‘Kibbutz Kissufim’ arangije amutegeka gupfukama hasi ahita amurasa isasu mu […]
Gitifu wa Rambura yatawe muri yombi
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rambura mu karere ka Nyabihu, ku wa Kane tariki ya 12 Ukwakira yatawe muri yombi na RIB akekwaho kunyereza amafaranga yo gusana inzu z’abaturage basenyewe n’ibiza. Uru rwego rw’ubugenzacyaha ruvuga ko Frw miliyoni 6.9 ari yo Gitifu Kabarisa Salomon akekwaho kunyereza. Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangira B. Thierry, yatangaje ko […]
Umuhanzi Weazel akomeje gutsimbarara ku mwanya wa Radio muri Good Life
Douglas Mayanja uzwi nka Weasel Manizo akaba n’umuririmbyi usigaye wa Good Lyfe Crew, yahakanye burundu ko hashobora kubaho undi muntu wasimbura nyakwigendera Mozey Radio. Uyu muhanzi yavuze ko agiye kuba umuhanzi wenyine mu buzima bwe bwose ariko yiteguye gukorana n’abahanzi batandukanye mu mishinga mishya n’abandi bisanzwe ariko ngo ntabwo azasimbuza nyakwigendera. Ati”Nyakwigendera Radio yari umuhanzi […]
Hari uguterana amagambo hagati ya Israel na LONI ku basivile bakomeje gupfa
Ibihugu by’amahanga ndetse n’Imiryango irengera uburenganzira bwa muntu yakomeje konsa igitutu Leta ya Isiraheli ku bikorwa byayo muri Gaza biri kwibasira abasivile bituma igisirikare cya Isiraheli giha umuryango w’Abibumbye amasaha 24 yo kwimura abo basivile n’ubwo uyu muryano wabifashe nk’amananiza. Ibi Isiraheli ibitangaje mu gihe ikomeje kwitegura igitero cyo ku butaka kizakorwa n’Abasirikare bazinjira muri […]
Nyuma yo kotswa igitutu, Tshisekedi ngo agiye gukuraho état de siège muri Ituri na N.Kivu
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yafashe icyemezo cyo koroshya “gahoro gahoro kandi mu byiciro” ubutegetsi bwa gisirikare mu ntara ebyiri mu burasirazuba bw’igihugu. Amakuru avuga ko ngo nyuma yo kubiganiraho n’abakuriye inzego za leta no n’inama nkuru ya gisirikare, yafashe icyemezo cyo kwerekeza abaturage b’intara za Ituri na Kivu ya Ruguru […]
Tuzatsinda M23 n’ubwo byatwara igihe kirekire: Minisitiri Bemba
Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yagaragaje ko afite icyizere cy’uko ubutegetsi bwabo buzatsinda umutwe witwaje intwaro wa M23 n’ubwo byatwara igihe kirekire. Ibi yabivugiye i Kinshasa kuri uyu wa 12 Ukwakira 2023, ubwo yatangizaga umushinga w’umutekano n’amahoro witwa ‘Unis pour la paix et securité’. Nk’uko asanzwe abivuga, kimwe n’abandi […]
Amafoto: Abapolisi bo muri Centrafrica mu masomo ya special forces mu Rwanda

Umuyobozi Mukuru wa Polisi (IGP) Felix Namuhoranye, kuri uyu wa Kane, itariki ya 12 Ukwakira, yafunguye ku nshuro ya 12 amasomo y’ibanze ya special Forces mu kigo cy’amahugurwa yo kurwanya iterabwoba (CTTC) giherereye Mayange mu Karere ka Bugesera. Abapolisi bagera kuri 293, barimo abanyeshuri 44 bo mu nzego z’umutekano zo muri Repubulika ya Centrafrique (CAR), […]
Pasiteri Claude arahamya ko hari bagenzi be benshi bafungwa, RIB ibatunzemo itoroshi
Pasiteri Niyonzima Claude ukorera ivugabutumwa ku rubuga rwa YouTube arahamya ko hari benshi muri bagenzi be bafungwa mu gihe urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwabashakisha. Ibi Niyonzima yabivugiye mu kiganiro yagiriye ku muyoboro wa 3D TV Plus, ubwo yavugaga ku itabwa muri yombi rya Harerimana Joseph wamenyekanye nka ‘Apôtre Yongwe’. Yongwe yatawe muri yombi tariki ya […]
Kera kabaye U Rwanda rwakiriye Bisi zitwara abagenzi rwari rutegereje
U Rwanda rwamaze kwakira icyiciro cya mbere cya bisi zitwara abagenzi u Rwanda rwari rwaratumije, zikaba zitezeho kuziba icyuho cyari kimaze igihe kirekire kigaragara mu gutwara abagenzi. Mu nama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye tariki ya 27 Gashyantare 2023, Umunyamabanga wa Leta muri MININFRA, Uwase Patricie, yatangaje ko mu gihe kitarenze amezi atatu uhereye uwo munsi, bisi […]
Amerika yaburiye FARDC na M23
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko zihangayikishijwe n’imirwano imaze iminsi yubuye hagati ya FARDC na M23; ziburira impande zombi ko kurwana nta gusubizo bizigera bizana. Amerika yabitangaje biciye mu itangazo Ambasade yayo i Kinshasa yasohoye kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Ukwakira. Ku Cyumweru tariki ya 1 Ukwakira ni bwo imirwano hagati y’Ingabo […]
Blinken yatangaje umubare w’Abanyamerika bamaze gupfira muri Israel
umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Antony Blinken, yatangaje ko Amerika izahora iri inyuma ya Israel mu buryo ubwari bwo bwose .Ni nyuma y’uko iki gihugu cyugarijwe n’intambara igihuza n’umutwe w’iterabwoba wa Hamas. Ni mu kiganiro yagiranye na Minisitiri w’intebe wa Israel Netanyahu aho yizeje igihugu cye ubufasha ubwaribwo bwose. Ati” Igihe cyose Amerika […]
Kenya yikanze ibitero bya Al Shabaab byo gushyigikira Hamas
Kuri uyu wa Kane, abapolisi ba Kenya bashinzwe kurwanya iterabwoba baburiye ko hashobora kuba ibitero by’imitwe yitwaje intwaro, nka Al-Shabaab, mu rwego rwo kugaragaza “kwifatanya na Hamas”. Kenya, ishyigikiye igihugu cya Israel mu rugamba kirimo kurwana n’umutwe wa Hamas w’abayisilamu bo muri Palesitine, yibasiwe inshuro nyinshi n’ibitero by’umutwe wa Al Shabaab , ufitanye imikoranire n’umutwe […]