Ubutumwa busoza umwaka bwa Perezida Kagame kuri RDF

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’inzego z’umutekano z’igihugu, yazigeneye ubutumwa buzifuriza iminsi mikuru myiza n’umwaka mushya muhire.
Kuki The Ben yabenze inshuti ye Zari akisangira Kigali Boss Babes?
Mu myidagaduro yo mu Rwanda nta kindi gikomeje kuvugwa usibye ibirori by’akataraboneka byabereye umunsi umwe bikanakorwa no mu gihe kimwe Kandi bikitabirwa mu buryo bukomeye. Ibyo bitaramo rero nta bindi ni ibirori byiswe ‘Zari all White Party’ byatumiwemo umuherwekazi Zari wabyaranye na Diamond Platnumz ndetse n’ibindi byateguwe n’itsinda ry’abaherwekazi bazwi nka Kigali Boss Babes byiswe […]
Kamonyi: Impanuka ikomeye yahitanye benshi
Abantu batanu ni bo byamenyekanye ko baguye mu mpanuka yaraye ibereye ahazwi nko mu Kibuza ho mu karere ka Kamonyi. Iyi mpanuka yabaye mu ma saa mbili z’ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 29 Ukuboza, ubwo ikamyo yavaga i Kigali yerekeza i Muhanga yagongaga imodoka zari imbere yayo. Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga […]
Haracyari ikibazo hagati y’abafite ubumuga bwo kutavuga n’ababaha serivisi z’ubuvuzi
Ni kenshi usanga abafite ubumuga bwo kutavuga bahura n’imbogamizi mu guhabwa serivisi zitandukanye ariko iyo bigeze mu z’ubuvuzi usanga ho ngo bobagora cyane kuko n’ubundi haba kutumvikana ku mpande zombi. Ibi ni ibyagarutsweho na bamwe mu bafite ubumuga , aho bavuga ko iyo bagiye kwivuza batabasha gutanga amakuru yose yerekeye uburwayi bwabo bidasabye ababasemurira. Umwe […]
Indege y’intasi ya UPDF yakoze impanuka
Indege y’intasi y’igisirikare cya Uganda (UPDF), ku wa Kane tariki ya 28 Ukuboza yakoreye impanuka mu karere ka Kasese. UPDF yifashishaga iyi ndege mu bikorwa by’ubutasi, by’umwihariko ku birindiro by’umutwe wa ADF imaze igihe igabaho ibitero ifatanyije n’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda, Brig Gen Felix Kulayigye, yabwiye ChimpReports […]
RDC:Loni yasohoye Raporo ishimangira ko wazalendo na FDLR ari abicanyi ruharwa
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hasohotse Raporo ya Loni igaragaza uko umutekano ugaragara muri iki gihe maze ishimangira ko Wazalendo na FDLR bakoze ubwicanyi. Iyi Raporo icyo yari igamije ni ukugaragaza buryo ki imitwe y’iterabwoba yagiye yiyomeka ku ngabo za Leta igakora ubugizi bwa nabi. Kuri Wazalendo na FDLR, iriya raporo yemeje bidasubirwaho ko […]
RED Tabara yitandukanije na P.Ndayishimiye washinje u Rwanda kuyubakira ubushobozi
Umutwe wa RED Tabara wamaganiye kure amagambo ya Perezida Ndayishimiye wayishinje ko u Rwanda ruyifasha. Ibinyujije mu itangazo yashyize ahagaragara,RED Tabara yasubije Ndayishimiye, wavuze ko u Rwanda rufasha uyu mutwe mu buryo bwo kuyubakira ubushobozi binyuze mu nkunga y’ibiryo n’amafaranga. Uyu mutwe wasobanuye ko utigeze ufashwa na Leta y’u Rwanda na rimwe, yewe ko itanafasha […]
Icyo ibirego bya Ndayishimiye ku Rwanda bihatse mu mboni za Bisimwa wa M23
Perezida w’Ishami rya Politiki ry’umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yanenze Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi washinje u Rwanda guha ubufasha umutwe wa RED-Tabara; agaragaza ko ibirego bye nta kindi bigamije kitari “gushaka impamvu y’uko yakoneza ubwicanyi Ingabo z’u Burundi zikomeje gukorera abanye-Congo.” Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Ukuboza ni bwo Perezida Ndayishimiye yavuze […]
U Rwanda rwasubije Ndayishimiye warushinje kugaburira RED-Tabara
Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje Perezida Evariste Ndayishimiye uheruka gushinja u Rwanda “kugaburira no guha icumbi” umutwe wa RED-Tabara, igaragaza ko nta kimenyetso na kimwe kibyerekana. Ku wa Gatanu tariki ya 29 Ukuboza ni bwo Perezida yashinje u Rwanda guha ubufasha uriya mutwe urwanya ubutegetsi bwe, mu kiganiro yagiraniraga n’itangazamakuru mu ntara ya Cankuzo. Yavuze ko […]