Rubavu: Abaturiye umupaka wa RDC basabwe kuba abanyamakenga

Abaturage bo mu mirenge y’akarere ka Rubavu ihana imbibi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, basabwe kugira amakenga mu rwego rwo kwirinda ko hari icyaturuka hakurya kikaba cyabahungabanyiriza umutekano. Babisabwe n’ubuyobozi bw’Intara y’Uburengerazuba, ubwo kuri uyu wa Kabiri bwaganirizaga abatuye mu mirenge ya Cyanzarwe, Bugeshi na Busasamana yose ihana imbibi na RDC. Ni RDC by’umwihariko […]

Loni ifite intego y’uko impanuka zigomba kugabanukaho 50% bitarenze muri 2030

Raporo y’umuryango w’abibumbye ishami ryita ku buzima(OMS), iragaragaza ko mu 2030, impanuka zizaba zagabanutse nibura kugera kuri 50%.Ni mu gihe hasohotse raporo ivuga ko u Rwanda rwaje mu bihugu bitandatu bya mbere mu kurwanya no gukumira impanuka zo mu muhanda. Muri iyo raporo OMS yerekana ko ibihugu bitandatu birimo n’u Rwanda, byafashe ingamba ku ngingo […]

Igisirikare cya Sudani cyifashishije umutwe wa SPLM-N mu mirwano yabahuje na RSF

Igisirikare cya Sudani n’ingabo za Sudan People’s Liberation Army-North (SPLA-N) ziyobowe na Abdulaziz al-Hilu ku wa mbere zarwanye n’ingabo za Rapid Support Force) i Dilling, umujyi wa kabiri munini muri Kordofan y’Amajyepfo. Bivugwa ko ingabo za SPLM-N zamaze kugenzura umujyi neza, bituma bashinja igisirikare cya leta guha Dilling SPLM-N mu bufatanye bwa rwihishwa bwo kurwanya […]

Umuraperi yafunzwe azira kwambika igitsina cye isogisi mu ruhame akereka abafana

Umuhanzi w’Uburusiya witwa yafunzwe azira kugaragara imbere y’abari bitabiriye igitaramo nta kindi yambaye uretse isogisi ku gitsina cye.Ni ibirori byari byabereye i Moscou. Uyu muraperi witwa Maxim Tesli, yafashwe amashusho arimo yambika igitsina cye isogisi yereka abafana.Hari ibinyamakuru byanditse ko yarimo yamamaza ubutinganyi. Ibitangazamakuru byo mu Burusiya byatangaje ko uyu muraperi yakatiwe iminsi 15 y’iminsi […]

London: Leta igiye guhatirwa guhishura amafaranga azagenda kuri buri muntu uzoherezwa mu Rwanda

Ishyaka ry’Abakozi mu Bwongereza kuri uyu wa Kabiri riragerageza guhatira guverinoma gushyira ahagaragara inyandiko zijyanye na politiki irebana no kohereza abimukira mu Rwanda. Kuri uyu wa kabiri, iri shyaka rirateganya gusaba ko haba amatora ku gusaba abaminisitiri guhishura amafaranga azagenda kuri buri muntu usaba ubuhungiro mu Bwongereza uzoherezwa mu Rwanda. Amatora kandi agomba gusaba abaminisitiri […]

Perezida Vladimir Putin ategerejwe mu Burundi

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya arateganya kugirira ruzinduko muri Afurika ruzasiga asuye ibihugu bya GuinĂ©e-Equatoriale n’u Burundi. Ni uruzinduko Perezida Putin ateganya gukora muri uyu mwaka wa 2024, nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru Sputnik Africa byo mu Burusiya. Putin agiye gusura u Burundi nyuma y’ubutumire yahawe na mugenzi we Evariste Ndayishimiye mu mwaka ushize wari mu […]

Umufasha wa Gen.Mubarak Muganga yasubije abavuze ko yahunze u Rwanda

Umufasha wa General Mubarak Muganga yanyomoje amakuru yacaracaraga ku mbuga nkoranyambaga za bamwe mu barwanya Leta y’u Rwanda yavugaga ko yahunze igihugu akajya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Arizona. Ni amakuru uyu mubyeyi yanyomoje avuga ko abavuze ibi baba bashaka amaramuko n’indonke ku mbuga nkoranyambaga banagamije gusebya igihugu, ibintu yagereranyije no kuba baba […]

CNDD-FDD yabwiye Abarundi ko ikibazo cy’ibura rya lisansi kizakemuka mu myaka itanu

Ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi ryijeje Abarundi ko ikibazo cy’ibura rya lisansi gikomeje kwigaragaza mu gihugu kizaba cyakemutse mu myaka itanu. Ibi byatangajwe mu cyumweru gishize n’Umunyamabanga Mukuru wa CNDD-FDD, Reverien Ndikuriyo mu kiganiro yagiranaga n’abanyamakuru n’abanditsi. Uyu muyobozi w’ishyaka yijeje ibi agendeye ku kuba ngo barimo kongera ubuhinzi bw’ikawa, igihingwa kitezweho kuzinjiriza […]

Imari shingiro y’amakoperative yikubye inshuro zirenga 10 kuva 2005 kugeza 2023

Amakoperative yari ari mu Rwanda mu 2005 yavuye kuri 919 agera ku 10,681 mu mwaka ushize wa 2023 mu gihe imari yayo yikubye inshuro zirenga gato 10 muri icyo, ubu hafi kimwe cya kabiri cy’Abanyarwanda bakaba babarizwa muri za koperative. Ibi ni ibikubiye mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara na Sena y’u Rwanda kuri uyu […]

ManĂ© wavuzwe mu rukundo n’umunyarwandakazi yarongoye mu ibanga

Umunya-SĂ©nĂ©gal Sadio ManĂ© wigeze kuvugwa mu rukundo n’Umunyarwandakazi Kate Bashabe, yakoze ubukwe mu ibanga. Ku Cyumweru tariki ya 7 Mutarama ni bwo amakuru y’uko ManĂ© yakoze ubukwe na Aisha Tamba bakundanye kuva mu bwana yatangiye gucicikana. Ubukwe bwabo bwabereye i Dakar muri SĂ©nĂ©gal ariko mu ibanga rikomeye. Aisha Tamba uriya rutahizamu wa Al Nassr yo […]

U Rwanda na Yorodaniya byiyemeje kwagura ubufatanye kuva mu bukungu kugeza mu gisirikare

gdq7j46w4aaqx23.jpg

U Rwanda n’Ubwami bwa Yorodaniya byumvikaniye i Kigali guha icyerekezo gishya ubufatanye bw’impande zombi no kwagura inzego z’ubufatanye kuva mu bukungu kugeza mu bya gisirikare. Kugira ngo ibyo bishoboke, ibihugu byombi byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bya politiki, ubukungu, ibya gisirikare ndetse no mu kurwanya iterabwoba, nyuma y’uko Umwami Abdullah wa II wa Yorodaniya […]

RDC:Abaturage baraye bahangana n’igisirikare cyagoteye Moise Katumbi mu rugo iwe

Abaturage batuye mu gace Moise Katumbi atuyemo, baraye bahanganye n’igisirikare cyaraye kigose urugo rwa Moise Katumbi. Ni Abaturage batuye mu Mujyi wa Lubumbashi, mu Ntara ya haut-Katanga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa Mbere baraye bateraniye ku rugo rw’uyu munyepolitike bashakaga kumutabara ngo hatagira isanganya rimubaho nyuma y’uko yari yagoswe n’igisirikare. […]

Perezida Tinubu yirukanye Minisitiri w’ibikorwa by’ubutabazi no kurwanya ubukene

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu, kuri uyu wa Mbere ushize, yahagaritse Minisitiri w’ibikorwa by’ubutabazi no kurwanya ubukene kubera gukekwaho kunyereza amafaranga y’ishoramari mu mibereho myiza. Umuvugizi wa perezida, Ajuri Ngelale, yatangaje ko Minisitiri, Betta Edu, yahagaritswe kubera ko guverinoma yiyemeje kubahiriza “amahame yo mu rwego rwo hejuru y’ubunyangamugayo, gukorera mu mucyo no kubazwa inshingano” mu […]

Dore ibintu 6 bizatuma utera imbere kandi ukagera ku nzozi zawe vuba

Buri muntu wese ufite imitekerereze mizima, abaho afite intego, inzozi cyangwa se ibyifuzo by’ibyo aba yumva yageraho bikamunyura. Buri gihe tubaho duhangayikishijwe n’uburyo twakoresha tukabasha kugera kuri rya terambere rirambye. Gusa ariko ngo inzira ntiburira umugenzi. Inzobere z’urubuga rwa Human Mind Readers zashyize ahabona amwe mu mahane ngendendwaho yatuma ugera ku nzozi zawe. 1. Rekeraho […]

Tshisekedi yibye amajwi, ntabwo agomba kurahizwa: Uwahoze ari umuyobozi muri Amerika

Herman J. Cohen wahoze ari Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wungirije ushinzwe umugabane wa Afurika, yatangaje ko Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa RDC adakwiye kurahizwa ngo ayobore Congo muri manda ye ya kabiri “kuko yibye amatora.” Uyu mudipolomate yabitangaje mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Ni nyuma yo kwifashisha raporo y’Inama […]

Umuvunyi Mukuru yitabye Komisiyo ya Politiki, Uburinganire n’Ubwuzuzanye

gdwgks8xoaaphn1.jpg

Kuri uyu wa Mbere,itariki 8 Mutarama 2024, Abadepite bagize Komisiyo ya Politiki, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore mu Iterambere ry’Igihugu bakiriye Umuvunyi Mukuru Nirere Madeleine mu rwego rwo gutangira gusuzuma raporo y’ibikorwa by’Urwego rw’Umuvunyi by’umwaka wa 2022-2023. Mu kiganiro Nirere Madeleine yagiranye n’Abadepite yabahaye ibisobanuro by’inyongera ku bikubiye muri raporo mu gihe Komisiyo yitegura kuganira n’Inzego […]

RDC:Wazalendo na FARDC basubiranyemo bararasana batandatu bahasiga ubuzima

Abantu batandatu baguye mu mirwano yabaye hagati y’ingabo za Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo ‘FARDC’ na bamwe mu rubyiruko rwa Wazalendo bo muri commune Mangina iherereye ku birometero 30 uvuye mu mujyi wa Beni mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Congo. Ni imirwano yabaye kuri uyu wa Mbere taliki 08 Mutarama […]

Niba umwana wawe akoresha ‘ screens’ mu buryo bukabije azahura n’izi ngaruka

Muri iyi minsi, abana bareba TV cyane ariko kandi benshi bakoresha telephone cyane cyangwa se Ipad. Ibyo muri iyo article turi bwite “screens” Zishobora kuba ari izabo cyangwa ari iz’ababyeyi. Nkuko bitangazwa n’urubuga ‘healthmatters.nyp.org , ruvuga ko abana bakoresha cyane ‘screens’ rero bishobora kugira ingaruka ku mwana zikurikira, 1. kubangamira imikurire y’ umwana mu bintu […]