Mbakumbuze Rubavu, iri kuzamurwamo imiturirwa yashibutse ku mpanuro abikorera bahawe n’inararibonye mu iterambere

b8a5a2fa-f6f0-4a2f-82ff-2d00ea6b5e9c.jpg

Imyaka ibiri irashize abikorera bo mu karere ka Rubavu bagiriye urugendo shuri mu turere twa Musanze, Kayonza na Nyagatare, rwari rugamije kwigiranaho barangamiye guhindura isura y’akarere, ari nako basobanurirwa u Rwanda babona uyu munsi aho rwavuye. Ni urugendo shuri rwabaye hagati ya tariki 17-19 Nyakanga 2022, rwasorejwe mu karere ka Kayonza, maze abari barwitabiriye bahabwa […]

Moscow: Abana b’intasi zarekuwe mu guhererekanya imbohe ntibari bazi ko ari Abarusiya

Kuri uyu wa Gatanu, Perezidansi y’u Burusiya (Kremlin) yavuze ko umuryango w’intasi z’u Burusiya werekeje i Moscou mu ihererekanya ry’imfungwa rya mbere rikomeye ribaye hagati y’u Burusiya n’uburengerazuba kuva Intambara y’Ubutita yarangira, aho abana babo bavuze ko bamenye ko ari Abarusiya indege imaze guhaguruka . Umuvugizi wa Kremlin, Dmitry Peskov, yabwiye abanyamakuru ati: “Mbere y’ibyo, […]

Serivisi y’ubuvuzi bw’impyiko izatangwa no ku banyamahanga bazivuriza mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima, itangaza ko kuva mu Rwanda hazanwa Serivisi zo guhabwa impyiko mu buryo buzwi nka Transplant, abari bakeneye iyo serivisi barayihawe kandi bikorwa neza. Iyi minisiteri ivuga ko abantu bagera kuri 32 bahawe iyi serivisi mu mwaka ushize wa 2023, nk’uko byatangajwe na Minisitiri Sabin uyiyobora. Ubwo yatangizwaga mu Rwanda muri Gicurasi umwaka ushize, […]

CHUK yabonye ikoranabuhanga rigezweho ryihutisha gusuzuma indwara zo mu nda

55298.jpg

Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) byabonye ikoranabuhanga riteye imbere rya endoscopy rihuza endoscopy na ultrasound, bigatuma bidashoboka gusa gusuzuma indwara zo mu gifu ahubwo rikanakora biopsies icyarimwe. Endoscopy ni iki? Endoscopy ni uburyo bukoreshwa mu gusuzuma imiterere y’umubiri wawe imbere mu buryo bwa hafi. Mu gihe cya endoskopy, umuganga ashyira umuheha muremure, unanutse (endoscope) […]

Icyo Guverineri Lendongolia avuga ku makuru y’uko M23 yamaze kwinjira mu ntara ya Tshopo

Guverineri w’Intara ya Tshopo, Lendongolia Lebabonga Paulin, yabeshyuje amakuru yakwirakwizwaga avuga ko inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 zamaze kwinjira muri iriya ntara. Intara ya Tshopo iherereye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’Intara za Kivu y’Amajyaruguru na Maniema, ikaba mu burengerazuba bw’Intara ya Ituri. Muri iki cyumweru ni bwo hatangiye gukwirakwira amakuru avuga ko inyeshyamba za […]

Minembwe: Umusirikare wa FARDC yatswe imbunda n’abaturage asubira mu birindiro imbokoboko

Umusirikare wa FARDC , yatswe imbunda n’abaturage bo mu gace ka Minembwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo asubira mu birindiro n’umutwe gusa. Amakuru avuga ko uyu musirikare yaje asagarira aba baturage, haba imirwano, abaturage ngo babonye ko hashobora kubaho kubarasa bahitamo kumwaka imbunda. Ibi byabereye ahitwa ku Kuziba hafi y’ikibuga cy’indege cyo muri ibyo […]

Hamas yasabye umunsi w’uburakari igihe cyo gushyingura Ismail Haniyeh

Mu muhango wo gusezera Ismail Haniyeh wahoze ari umuyobozi mukuru wa Hamas wabereye i Teheran ku rwego rw’igihugu, muri uwo muhango wari witabiriwe n’abantu ibihumbi,nyuma y’uko uwo muyobozi mukuru wa Hamas ahitanwe n’ibitero byagabwe na Israel mu gihugu cya Iran. Abayobozi ba Hamas , Hezbollah, Iran n’abafatanyabikorwa bayo bo muri Palestine na Liban basabye kugira […]

France: Umwana w’amezi icyenda yapfiriye mu modoka nyuma y’aho nyina amwibagiriwemo

Umwana w’amezi icyenda yitabye Imana nyuma y’uko nyina amwibagiriwe mu modoka ifunze ,kandi iparitse ku zuba ryinshi . Nyina w’umwana, ufite imyaka 35, yamenyesheje abashinzwe ubutabazi ko yibagiriwe umwana mu modoka ye, yari iparitse imbere y’inyubako yabo, i MĂ©zières-les-ClĂ©ry. Abafasha mu by’ibanze bakoresheje uburyo bwose bushoboka ngo babe batabara urwo ruhinja hakoreshejwe uburyo bwa “Staying […]

Nigeria: Nibura abantu 13 bamaze kwicirwa mu myigaragambyo yamagana imibereho mibi

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu wavuze ko byibuze abigaragambyaga 13 bishwe mu myigaragambyo yabereye muri Nigeria yamagana ikibazo cy’ubukungu muri iki gihugu yahindutsemo urugomo muri leta nyinshi. Abayobozi bemeje ko abantu bane bishwe na bombe ndetse n’ifatwa ry’abantu babarirwa mu magana mu myigaragambyo yatumye hashyirwaho amasaha yo gutaha muri leta nyinshi. Umuyobozi wa Amnesty International […]

MINALOC yabaruye ahazwi nko mu butayu harenga 100 hasengerwa mu buryo butemewe

Mu minsi yari ishize, Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu MINALOC ikora ibarura ry’insengero zitujuje ibisabwa , yanakoze ubugenzuzi ku hantu hasengerwa mu buryo butemewe n’amategekohazwi nko mu butayu, isanga hari ahagera ku 108 hasengerwa mu buryo butemewe. Iyi Minisiteri ivuga ko hari aho yasanze abantu basengera hashobora no gushyira ubuzima bw’abantu mu kaga. Hamwe muri aho , […]

Umunyamakuru Gershkovich mu mbohe nyinshi zahererekanyijwe hagati ya USA n’u Burusiya

Abanyamerika batatu barimo umunyamakuru wa Wall Street Journal, Evan Gershkovich, babohowe mu masezerano yo guhinduranya imfungwa n’u Burusiya, basubiye ku butaka bwa Amerika kuri uyu wa Kane ushize. Gershkovich, w’imyaka 32, wari wakatiwe imyaka 16 y’igifungo ku byaha by’ubutasi, ni umwe mu mfungwa 16 zahinduranyijwe n’imfungwa umunani z’Abarusiya mu byavuzwe ko ari ihererekanya rikomeye kuva […]

APR FC yashyitse muri Tanzania -Amafoto

img_5973.jpg

Ikipe ya APR FC yageze mu Mujyi wa Dar es Salaam muri Tanzania aho igiye mu muhango wa “Simba Day” uteganyijwe mu minsi iri imbere. Mu ijoro ryo ku wa Kane tariki ya 1 Kanama 2024 nibwo APR FC yahagurutse mu Rwanda yerekeza muri Tanzania kwitabira ubutumire bwa Simba SC mu birori ngarukamwaka bizwi nka […]

Kayonza: Abakobwa bongerewe ubushobozi banahabwa umukoro

img_20240801_110925_6.jpg

Mu ntara y’Iburasirazuba, mu karere ka Kayonza hashize igihe kirekire abana b’abakobwa batangiye gufashwa kwiga, ndetse n’ababyariye iwabo badafite ubushobozi bashyirwa mu matsinda bigishwa imyuga itandukanye ituma biteza imbere. Bakaba basabwe gukomeza kwitwararika. Kuri ubu muri aka karere habarurwa abakobwa barenga ibihumbi 5,600 bamaze gufashwa gukomeza amasomo, wongeyeho n’abandi benshi bigishwa buri munsi imyuga irimo […]

METEO Rwanda yateguje imvura muri uku kwezi kwa Kanama

Iteganyagihe rya METEO Rwanda rigaragaza ko mu gice cya mbere cy’ukwezi kwa Kanama 2024, hateganyijwe ibihe by’izuba risanzwe ry’impeshyi naho mu bindi bice, imvura nke iteganyijwe hamwe na hamwe. Ubushyuhe bwo hejuru buteganyijwe ku manywa buzaba buri hagati ya dogere selisiyusi 20 na 30 naho ubushyuhe bwo hasi buteganyijwe nijoro bukazaba buri hagati ya dogere […]

Togo: Perezida Gnassingbe ntiyorohewe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Togo, barashinja Perezida Gnassimbe ko ashaka kwiyongeza indi Manda kugirango abone uko agundira ubutegetsi. Ni nyuma y’uko yagumishije Victoire Sidemeho Tomegah-Dogbe, ku mwanya wa Minisitiri w’intebe kandi guverinema izashyirwaho muri iyi minsi iri imbere bijyanye n’itegeko nshinga rishya. Ni mu gihe igice gishya cyemejwe mu kwezi kwa Gatatu, cyateje amakimbirane muri […]

Lourenço yaganiriye kuri Telefoni na ba Perezida Kagame na Tshisekedi

Perezida Manuel JoĂŁo Conçalves Lourenço wa Angola, ku wa Kane tariki ya 1 Kanama yaganiriye kuri Telefoni na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Perezidansi ya Angola yatangaje ko abakuru b’ibihugu byombi baganiriye ku ngingo yerekeyeye “guhagarika imirwano hagati y’impande zishyamiranye mu burasirazuba bwa RDC” iheruka gufatirwa i Luanda muri Angola, ahaheruka guhurira abakuru ba […]

Abasabye Fagitire za EBM bagiye guhaha batangiye gusaranganywa arenga miliyoni 300FRW

Miliyoni 310 Frw zakusanyijwe mu gihembwe cya mbere cy’umwaka ni yo yatangiye gusaranganywa abakoresheje neza EBM ndetse ku ikubitiro hatanzwe miliyoni 91 Frw. Ni ibihembo byatanzwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, ku bakiliya basabye inyemezabwishyu z’ikoranabuhanga za EBM. Abandi bahembwe kandi n’abatanze amakuru ku bacuruzi batatanze fagitire za EBM kandi ibicuruzwa byagurishijwe. Ni igikorwa cyakozwe […]

U Bushinwa bwiyemeje gukomeza ubufatanye n’u Rwanda mu guteza imbere igisirikare

img_6505-768x511.jpg

U Bushinwa bwiteguye gukomeza gukorana n’u Rwanda, mu guteza imbere igisirikare cy’ibihugu byombi no gusigasira ubutwererane ibihugu byombi bifitanye mu nzego zinyuranye nk’uko byemejwe na Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda, Wang Xuekun, kuri uyu wa Gatatu ushize. Ibi yabitangaje ubwo bizihizaga imyaka 97 ishize igisirikare cy’u Bushinwa (PLA) kimaze gishinzwe mu birori byabereye ku cyicaro […]

Itorero ‘Umuriro wa Pentekote’ ryari ryariyomoye kuri ADEPR ryahagaritswe mu Rwanda

Urwego rw’igihugu rw’Imiyoborere (RGB), rwahagaritse ibikorwa by’Itorero Umuriro wa Pentekote mu Rwanda, kubera ibibazo by’imikorere bitandukanye birimo Gucamo ibice no kubiba amacakubiri n’amakimbirane by’urudaca mu bakristo. RGB yemeje ko yahagaritse ibikorwa by’iri torero biciye mu ibaruwa Dr Uster Kayitesi uyiyobora yandikiye Pasiteri Ntawukuriryayo Corneille wariyoboraga. Ni icyemezo uru rwego ruvuga ko rwafashe nyuma y’igenzura ryimbitse […]

U Bubiligi bwahagaritse gusaba u Rwanda kwemera ambasaderi wabwo mushya

U Bubiligi bwafashe icyemezo cyo kureka ubusabe bwabwo bwo kwemererwa n’u Rwanda Ambasaderi mushya wabwo i Kigali, kubera ko abayobozi b’u Rwanda batabahaye igisubizo . Umubano w’ububanyi n’amahanga hagati ya Kigali na Bruxelles ukomeje kwangirika nyuma y’aho Ambasaderi w’u Bubiligi ucyuye igihe, Bert Vermessen, atagisimbuwe kuri ubu, kubera ko igihugu cye cyaretse ubusabe bwo kwemera […]