Abafana ba Manchester United bahuriye hamwe basengera umutoza mushya
Mu gihugu cya Uganda, abafana ba Manchester United bakoze igikorwa cyâisengesho cyo gushyigikira umutoza mushya wa Manchester United, Ruben Amorim. Aba bafana, bari bambaye imyenda ya Manchester United, bihurije hamwe bafite amashusho yâumutoza wâumunyaporutugali kugira ngo bibukiranye mu buryo bw’umwuka. Nubwo hatamenyekanye aho aba bafana bakoreye ibi muri Uganda, umuryango witwa Manchester United Uganda wasangije […]
Umuhire Rebecca yasezeranye
Umuhire Rebecca, wamenyekanye cyane nkâumunyamakuru ndetse akaba nâumwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga wâu Rwanda mu 2018, yasezeranye imbere yâamategeko nâumukunzi we Masengesho Kadudu. Uyu musore utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nâuyu mukobwa basezeranye ku wa 27 Ugushyingo 2024, mu muhango wabereye ku Murenge wa Kimihurura mu Mujyi wa Kigali. Nyuma yâigihe […]
Amavubi yazamutseho imyanya 2 ku Isi
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yazamutseho imyanya ibiri ku rutonde ngarukakwezi rw’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ifata umwanya wa 124. Ni nyuma yo gutsindwa na Libya ariko na yo igatsinda Super Eagles ya Nigeria, mu mikino y’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2025 kizabera muri Maroc yabaye muri uku kwezi. Imikino Amavubi yakinnye yatumye […]
Abashinwa barakekwaho kwangiza insinga zigaburira internet ibihugu 4 mu Burayi
Ubwato bw’imizigo bw’Abashinwa, Yi Peng 3, bwabaye igikoresho gikekwaho gukoresha icyaha nyuma y’uko insinga ebyiri za fibre optic zigemurira Sweden internet zangijwe mu Nyanja ya Baltique. Ibitangazamakuru byatangaje ko kuwa Kabiri Sweden yasabye ubwato bwâimizigo bwâAbashinwa, Yi Peng 3, gusubira mu mazi ya Sweden kugira ngo byorohereze iperereza ryatangiye nyuma yâinsinga ebyiri zâitumanaho ryo mu […]
Sahara marocain : Le Chef de la diplomatie panamĂ©enne salue le Message Royal adressĂ© au PrĂ©sident PanamĂ©en, aprĂšs la dĂ©cision de son pays de suspendre toute reconnaissance de la pseudo ârasdâ

Le Ministre des Affaires ĂtrangĂšres, de la CoopĂ©ration Africaine et des Marocains rĂ©sidant Ă lâĂtranger, Nasser Bourita, a tenu, mercredi 27 novembre 2024, une visioconfĂ©rence avec son homologue panamĂ©en, Javier Eduardo Martinez-Acha Vasquez, suite au message adressĂ© par Sa MajestĂ© le Roi Mohammed VI au PrĂ©sident de la RĂ©publique du Panama, SEM. JosĂ© Raul Mulino, […]
Moroccan Sahara: Panamanian Minister of Foreign Affairs welcomes the Royal Message Addressed to the Panamanian President, after His Country’s decision to suspend all recognition of the pseudo “rasd”
The Minister of Foreign Affairs, African Cooperation and Moroccans Abroad, Nasser Bourita, held, on Wednesday, November 27, 2024, a video-conference with his Panamanian counterpart, Javier Eduardo Martinez-Acha Vasquez, following the message addressed by His Majesty King Mohammed VI to the President of the Republic of Panama, HE JosĂ© Raul Mulino, after his country’s decision to […]
Sahara marocain : La Hongrie soutient le Plan dâautonomie, considĂ©rĂ© comme “la base la plus crĂ©dible” pour le rĂšglement de ce diffĂ©rend.

Dans le cadre de la dynamique internationale créée sous lâimpulsion de Sa MajestĂ© le Roi Mohammed VI, en soutien Ă la souverainetĂ© du Maroc sur son Sahara et au Plan dâautonomie, la Hongrie exprime son appui aux efforts dĂ©ployĂ©s par le Royaume pour la rĂ©solution de la question du Sahara et soutient le Plan dâautonomie. […]
Moroccan Sahara: Hungary Supports Autonomy Plan as âMost Credible Basisâ to Resolve the Dispute.
As part of the international dynamic created under the leadership of His Majesty King Mohammed VI, in support of Morocco’s sovereignty over its Sahara and the Autonomy Plan, Hungary expresses its support for the efforts made by the Kingdom of Morocco for the resolution of the Sahara issue and supports the Autonomy Plan. Hungary’s position […]
Putin yategetse ko za Satan 2 zitegurwa
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yategetse ko ibisasu karahabutaka bya missile zizwi nka Satan 2 bitegurwa, kugira ngo bibe byakoreshwa mu ntambara igihugu cye gihanganyemo na Ukraine. Ibi bisasu bifite imbaraga mu buryo butigeze kubaho kandi nta nâikoranabuhanga ririho rishobora kubihagarika. Izina ryabyo nyakuri ni “RS-28 Sarmat” kandi bifite ikoranabuhanga rifite ubushobozi bwo kujijisha radari […]
Ingaruka mbi zo gukundana na Sugar Mummy

Mu gihe isi ikomeje gutera imbere, imibanire yâabantu nayo igenda ihinduka. Muri ibi bihe, hari ibintu byinshi byagiye bihindura imyumvire yâabaturage, kandi imwe muri iyo mibanire ni ukugira abantu bakiri bato bakundana nâabakuze cyane, cyane cyane abagore bakuze bazwi nka “sugar mummies.” Abasore bakiri bato bashobora kubona ibi nkâamahirwe cyangwa ubufasha, ariko hari ibibazo byinshi […]
Waba uzi impamvu ukiriho?

Allelouiaaa, ooh ashimwe Imana, Se w’Umwami wacu Yesu, we waturinze mubikomeye twanyuzemo. Muri iyi si, buri wese agira icyo twita amateka ashyarira. Utayafite ashime Imana, kuko ntacyo arusha abandi bahuye n’imibabaro myinshi. Icyatumye ngusiga i Kirete ni ukugira ngo utunganye ibyasigaye bidatunganye,… (Tito 1:5) Iki cyanditswe kiributsa buri wese, ko hari impamvu ituma akiriho. Impamvu […]
P.Diddy yagumishijwe mu gihome
Urukiko rukuru rwa New York rwongeye kwanga icyifuzo cya Sean Combs, uzwi nka P.Diddy, cyo kumurekura agasubira mu buzima busanzwe, kugira ngo asangire nâabana be iminsi mikuru isoza umwaka. Uyu muraperi wâicyamamare yari yasabye urukiko kumufungura akarekurwa, ariko urukiko rwemeza ko agomba kuguma muri gereza kugeza atangiye kuburanishwa mu mwaka utaha. P.Diddy yari yatangaje ko […]
Nyabihu: Ababyeyi bavuga ko babuze umwana wabo w’umukobwa,abakozi ba RIB bababwiyeko ntacyo babikoraho

Ababyeyi bo mu karere ka Nyabihu,Umurenge wa Mukamira,akagari ka Karengeri mu mudugudu wa Kabyaza, barasaba inzego bireba kubafasha gushaka umwana wabo wâumukobwa wâimyaka 17 babuze ku itariki ya 21 Ugushyingo 2024,Icyumweru kikaba kihiritse nta makuru ye bafite. Uyu mwana wâumukobwa witwa Impano Becky Bella Patient asanzwe ari umunyeshuri mu mashuri yisumbuye mu kigo cyâamashuri cya […]
Uko byagenze ngo Salman Khan u Rwanda rwashyikirije u Buhinde afatwe
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Ugushyingo 2024, nibwo inzego z’ubutabera z’u Rwanda zashyikirije u Buhinde Salman Rehman Khan usanzwe ari umuturage wabwo kugira ngo bumukurikiraneho ibyaha byâiterabwoba nâibindi bifitanye isano na ryo, ariko se kugirango bigerweho byagenze gute? Ikigo gishinzwe ibikorwa mpuzamahanga ku Biro bikuru bishinzwe Ubugenzacyaha by’u Buhinde (CBI) cyakoranye nâIkigo cyâigihugu […]
Umunyarwanda Ntoyinkima yahembwe n’umwami w’u Bwongereza
Umunyarwanda Ntoyinkima Claver uyobora ba mukerarugarugendo muri Pariki ya Nyungwe, yahawe igihembo n’ubwami bw’u Bwongereza kubera kurengera ibidukikije. Iki gihembo yagihawe n’Igikomangoma cya Wales mu Bwami bw’u Bwongereza, William wari uhagarariye Umwami Charles III, mu birori byabereye i Londres. Igihembo Ntoyinkima umaze imyaka 24 akora muri Parike ya Nyungwe yahawe cyitwa Tusk Wildlife Ranger Award. […]
Burundi: FDNB igiye kugaragaza abarwanyi ba RED-Tabara yafashe
Kuri konti ye X (yahoze ari Twitter), Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), Brig. Gen. Gaspard Baratuza, yatangaje ko igisirikare cyitegura kwerekana inyeshyamba za RED-Tabara. Ku wa Kabiri, yanditse ati: â[âŠ], FDNB izabagezaho ibihamya bizima by’Aba RED-Tabara bafashwe n’abandi bitanze ku ngabo zacu hasi.â Ibi byatangajwe nyuma y’itangazo ryâinyeshyamba ryashyizwe ahagaragara zivuga ko zateye igihombo kinini […]
Umunyarwandakazi yatashye imbokoboko muri Miss Planet International 2024
Umunyarwandakazi Yvonne Kabarokore, uzwi nka IÌvy, yakoze amateka yo kuba Umunyarwandakazi wa mbere witabiriye irushanwa rya Miss Planet International, ariko ntiyagize amahirwe yo kwegukana ikamba. Iri rushanwa ryabereye muri Cambodia, kuva ku wa 19 Ugushyingo rigasozwa ku wa 27 Ugushyingo 2024. Yvonne yari yerekeje muri Cambodia afite intego yo kwitwara neza, ariko abakobwa bahatanye bamurushije […]
Mozambique: Rwongeye kwambikana hagati y’abigaragambya n’inzego z’umutekano
Abadashyigikiye ubutegetsi bwa Mozambique ku wa Gatatu bongeye guhangana n’inzego z’umutekano zageragezaga gukumira imyigaragambyo, abantu babiri bahatakariza ubuzima. Abanya-Mozambique bidashyigikiye ubutegetsi bamaze igihe bigaragambya bamagana ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu Ukwakira. Ni nyuma y’uko Komisiyo y’amatora itangaje umunyapolitiki, Daniel Chapo wo ku ruhande rw’ishyaka Frelimo nka Perezida mushya; ibyamaganiwe kure n’umunyapolitiki Venancio Mondlane […]
RDC: Umunyapolitiki Seth Kikuni wari kandida perezida yakatiwe umwaka w’igifungo
Ubwunganizi bwâumunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi Seth Kikuni bwatangaje ko bwifuza kujuririra icyemezo cyâurukiko rwâamahoro rwa Kinshasa-Gombe, rwakatiye umukiriya wabo igifungo cyâumwaka umwe. Ibi byavuzwe kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Ugushyingo nimugoroba na MaĂźtre Laurent Onyemba wunganira Seth Kikuni, nyuma gato yo gutangaza iki cyemezo . Seth Kikuni yahamwe n’icyaha cyo gukangurira abaturage kwigomeka […]
Uganda: Polisi iri mu bikorwa bigamije ituze ry’iminsi mikuru i Kampala
Polisi yo mu Mujyi wa Kampala yongereye ibikorwa byo kurwanya ibyaha mu murwa mukuru mu gihe hitegurwa iminsi mikuru. Ku wa 26 Ugushyingo 2024, ibikorwa byayobowe nâinzego zâubutasi,byakozwe mu bice bitandukanye,hafatwa abantu barenga 100 bakekwaho ibyaha. Aho polisi yakoze operasiyo ni mu duce twa Kitintale, Port Bell, Luzira, Kifuufu, na Gulf, hakaba haragaragajwe ibyaha birimo […]
Real Madrid yakubiswe nk’umwana wataye urukweto
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 27 Ugushyingo 2024, Liverpool yakoze amateka itsinda Real Madrid ibitego 2-0 mu mukino wa UEFA Champions League wabereye kuri Anfield. Ni ubwa mbere Liverpool itsinze Real Madrid muri iri rushanwa kuva mu mwaka wa 2009. Liverpool yatangiye umukino isatira cyane. Ku munota wa 4, Darwin N??ez yahushije igitego ubwo […]
U Bufaransa buravuga ko Netanyahu afite ubudahangarwa kuri ICC
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Ugushyingo 2024, u Bufaransa bwatangaje ko Minisitiri wâIntebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, afite ubudahangarwa ku cyemezo cyo kumuta muri yombi cyatanzwe nâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), ibyo bikaba bigaragaza impinduka mu myumvire yanenzwe nâimiryango iharanira uburenganzira bwa muntu. Urukiko ruruta izindi rwâibyaha byâintambara ku Isi mu cyumweru gishize rwasohoye icyemezo […]
Gicumbi:Nyirandama Chantal wishwe n’impanuka bamusezeye

Mu Karere ka Gicumbi kuri EAR Cathedral St Paul Byumba kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Ugushyingo 2024 ,habereye umuhango wo gusezera bwanyuma kuri Nyirandama Chantal uherutse kugwa mu mpanuka yâimodoka ya Coasteryabereye mu Karere ka Rulindo, yerekezaga mu Karere ka Musanze ubwo we na bagenzi be bari bitabiriye Inama yâUmuryango FPR Inkotanyi. Urupfu rwa […]
Gakenke: Abo imbwa ziciye amatungo bagiye gushumbushwa
Abaturage baherutse kubura amatungo yabo yishwe nâinyamazwa zizwi ku izina âryâimbwa zâibihomoraâ, nyuma yâuko ziyasanze aho bari bayaziriitse ku gasozi, zikayiraramo zikica ihene esheshatu nâintama ebyiri, bagiye gushumbushwa n’Akarere ka Gakenke . Ku mugoroba wo ku itariki 23 Ugushyingo 2024, nibwo izo nyamanswa zishe amatungo aho abo baturage bo mu Kagari ka Huro, Umurenge wa […]