Uruhinja rwavukanye umudali wa Kiliziya

Mu Karere ka Gomba, mu mudugudu wa Saali, havutse umwana w’umuhungu watunguye abaturage n’igihugu muri rusange, nyuma yo kuvugwa ko yavutse afashe umudali wa Mutagatifu Antuwani wa Padua mu kiganza cye. Uyu mwana yavutse ku wa Mbere, tariki ya 2 Gashyantare 2026, avukana n’uwo mudali w’idini rya Gatolika ugaragaza Mutagatifu Antuwani atwaye Umwana Yezu, ibintu […]

Nduhungirehe yamaganye ‘ikiganiro cyuje ubugome’ cya Agathe Habyarimana

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yamaganye ikiganiro Agathe Kanziga wahoze ari umugore wa Habyarimana Juvenal wigeze kuba Perezida w’u Rwanda aheruka kugirana n’uwitwa Willy Kabera, akigaragaza nk’icyuje ubugome. Muri icyo kiganiro cyatambutse kuri chaîne ya YouTube yitwa Mémoire Habyarimana Officiel, Kanziga yagarutse ku buzima bwe nk’umugore w’igihugu, urupfu rw’umugabo we ndetse n’imibereho […]

Abaraperi bakomeye mu Rwanda bagiye guhurira mu gitaramo kimwe

Abakunzi b’injyana ya hip-hop mu Rwanda baritegura igitaramo gikomeye kizahuza abaraperi bazwi cyane barimo Bull Dogg, B-Threy na Logan Joe cyiswe Mic Tribe 2026, giteganyijwe ku wa 7 Gashyantare 2026 kuri Mundi Center. Iri joro ritegerejwe nk’iryuzuye ingufu n’imyidagaduro, rigamije guhuriza hamwe abakunda hip-hop n’abahanzi babo, bagasangira umuziki nyarwanda mu mwimerere wawo. Mic Tribe yamaze […]

FARDC iravuga ko imaze iminsi 5 irwanira kongera gufata Minembwe

Agace ka Minembwe, gaherereye mu misozi miremire yo muri Teritwari ya Fizi (Kivu y’Amajyepfo), kamaze iminsi karabaye isibaniro kubera imirwano ikaze ihabera hagati y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), zishyigikiwe na Wazalendo, n’abarwanyi b’umutwe wa Twirwaneho wiganjemo Abanyekongo b’Abanyamulenge bamaze igihe bibasirwa n’ibitero bya FARDC. Nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa Operation Sukola muri Kivu […]

PLU ya Gen. Muhoozi irashinja umukwe wa Museveni kuba inyuma y’ibitero bya Amerika kuri Uganda

Ihuriro Patriotic League of Uganda (PLU) rigizwe n’urubyiruko rushyigikiye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, rirashinja Odrek Rwabwogo kuba ari we uri inyuma y’imvugo z’abassnateri ba Amerika zibasira Uganda. Odrek Rwabwogo usanzwe ari umugabo wa Patience Museveni (umukobwa wa Perezida Museveni), yashinjwe biriya birego na Depite Daudi Kabanda usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru wa […]

Ntewe ishema no kuba naranze gukorana na Tshisekedi: Matata Ponyo

Matata Ponyo Mapon wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashimangiye ko atewe ishema no kuba yaranze gukorana na Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Uyu mugabo wahunze RDC nyuma gato y’uko yari amaze gukatitwa imyaka 10 yo gukora imirimo y’agahato. Matata Ponyo yabwiye Jeune Afrique ko kuba yarashoboye kuva mu nzara za Leta […]

RDC irashinja u Rwanda kugaba ibitero ku kubuga cy’indege cya Kisangani

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje u Rwanda n’umutwe wa AFC/M23 kuba ari bo bari inyuma y’ibitero bya drone biheruka kugabwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kisangani, giherereye mu ntara ya Tshopo. Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 31 Mutarama rishyira ku Cyumweru tariki ya 1 Gashyantare, ni bwo ikibuga cy’indege […]

Urukundo ruragurumana hagati ya Kim Kardashian na Lewis Hamilton

Umukinnyi mu gutwara muri Formula One, Lewis Hamilton, aravugwaho kuba ari mu mubano wihariye n’icyamamare cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kim Kardashian, nyuma y’uko bombi bagiriye urugendo rw’ibanga mu cyaro cyo mu Bwongereza. Nk’uko ikinyamakuru The Sun kibitangaza, Kim Kardashian, w’imyaka 45 usanzwe ari umubyeyi w’abana bane, yageze mu Bwongereza avuye i Los […]

Morocco yahimye CAF yanga kwakira igikombe cy’Afurika mu bagore

Morocco yanze kwakira Igikombe cya Afurika cy’Abagore 2026 (WAFCON), icyemezo cyatunguranye cyashyize umupira w’amaguru w’abagore muri Afurika mu rujijo, hasigaye amezi make cyane ngo iri rushanwa rikomeye ritangire. Nyuma y’iki cyemezo, Afurika y’Epfo ni yo yahise itangazwa nk’igihugu kizasimbura Morocco mu kwakira iri rushanwa. Ibi byemejwe ku mugoroba wo ku Cyumweru na Minisitiri wungirije ushinzwe […]