Kwibohora: Perezida Kagame yahaye icyubahiro ingabo zari iza RPA

Perezida Paul Kagame yashimiye ingabo zari iza RPA zagize uruhare mu kubohora igihugu kubera ubutwari n’ubwitange zagaragaje, anazirikana abari muri urwo rugamba batakiriho muri iki gihe. Ni mu butumwa bujyanye n’isabukuru y’imyaka 32 ishize u Rwanda rwibohoye Umukuru w’Igihugu yageneye Abanyarwanda ndetse n’inshuti zarwo. Yagize ati: “Ndagira ngo ntangire nshimira ingabo zari iza RPA ku […]

Kuva ku ntwari z’ubwigenge kugera ku bwami bw’amabandi: Agahinda ka Haiti

Mu gihe amahanga akunze kuvuga kuri Ukraine, Gaza cyangwa Sudani, hari ikindi gihugu kiri mu bibazo bikomeye ariko kidahabwa umwanya uhagije mu bitangazamakuru mpuzamahanga: Haiti. Iki gihugu cyo mu birwa bya Caraïbes, cyanditse amateka yo kuba igihugu cya mbere cy’abirabura cyabonye ubwigenge binyuze mu rugamba rw’intambara mu 1804, ubu kiri mu kangaratete katigeze kabaho. Uyu […]

EU izakomeza gutera inkunga ubutumwa bwa RDF i Cabo Delgado: Perezida Chapo

Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, yatangaje ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) uzakomeza gutera inkunga ubutumwa bw’ingabo z’u Rwanda zifasha igihugu cye kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado, avuga ko ibiganiro byo gukomeza ubwo bufatanye bikomeje. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku wa Gatanu, Chapo yavuze ko ibikorwa by’ingabo z’u Rwanda bizakomeza guterwa inkunga n’amafaranga […]

UEFA yirukanye indi kipe mu marushanwa y’i Burayi

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) yatangaje ko ikipe ya MFK Karviná yo muri Repubulika ya Czech itazitabira amarushanwa y’i Burayi mu mwaka w’imikino wa 2026/2027, nyuma yo gusanga yaragize uruhare mu bikorwa byo kugena cyangwa kugira uruhare mu kugoreka ibiva mu mikino. Iki cyemezo cyafashwe n’Urwego rwa UEFA rushinzwe kujurira ku wa 2 Nyakanga […]

Tshisekedi yitabaje Ndayishimiye ngo ajye hagati ye n’opozisiyo ye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasabye mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi gutumira i Bujumbura abatavuga rumwe na we kugira ngo bagirane ibiganiro ku bibazo igihugu kirimo. Amakuru yizewe yemeza ko Ndayishimiye muri iki gihe unayoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yatangiye ibiganiro n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, nyuma y’uruzinduko yagiriye […]

Kera Point-Zéro yasubiye mu maboko ya Twirwaneho na AFC/M23, FDNB na FARDC bayabangira ingata

Ingabo z’Ihuriro ry’imitwe ya MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 zongeye kugenzura agace k’ingenzi ka Point-Zéro gaherereye mu misozi miremire ya Fizi, nyuma yo kukirukanamo ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Point-Zéro yafashwe saa munani n’iminota 35 z’igicuku cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Nyakanga 2026, nyuma ya Operasiyo […]