Umuraperi 50 Cent yatwitse imyenda yose ya Kompanyi ya Gucci yari atunze mu rwego rwo kwamagana ivangura ruhu ryakozwe n’iyi kompanyi.
Kompanyi ya Gucci yari yasabye imbabazi ku kuba yarakoresheje umuntu wirabura mu kwamamaza ibicuruzwa byabo. Ibi abantu benshi babifashe nk’ivangura rishingiye ku ruhu.
[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]
50 Cent ku mugaragaro yahise atwika imyenda yose yari atunze mu rwego rwo kwamagana iri vangura.


