Umusoro udatangirwa gitansi mu isoko rya Rwamagana urakemangwa
Abacuruzi bakorera mu isoko rya Rwamagana bavuga ko uwinjije igicuruzwa ku mutwe cyangwa ku igare mu isoko, kurisohokamo bimusaba gutanga amafaranga y’u Rwanda angana na 200 ariko ntahabwe urupapuro rugaragaza ko yishyuye kandi ntanamenyeshwe n’icyo asoreye, ku buryo urenze kuri iri bwiriza ashobora gufatirwa ibicuruzwa yasigaje cyangwa agafungirwa igare. Kuba winjira mu isoko ujyanye ibicuruzwa […]
Minisitiri w'Intebe w'u Bwongereza akomeje guhura n'imbogamizi zo kubuvana muri E.U
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza John Bercow kuri uyu wa mbere yatambamiye icyifuzo cy’abadepite cyo kongera gutora kuri gahunda yo kuvana Ubwongereza mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi (BREXIT). Iyi n’indi mbogamizi Minisitiri w’Intebe Boris Johnson ahuye nayo mu kugerageza gukura u Bwongereza mu muryango w’Uburayi nk’uko iyi nkuru dukesha VOA ivuga. Ku wa gatandatu, abadepite […]
Kicukiro: Hafashwe umumotari ukekwaho gukorana n’abajura abatwarira ibyo bibye
Polisi y’u Rwanda kuri iki cyumweru tariki ya 20 Ukwakira, yafashe umumotari witwa Tuyishimire Benjamin w’imyaka 22 mu Kagari ka Cyimo, mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, wafatanyaga n’abajura gutwara ibyo bibaga ahantu hatandukanye. Uyu mumotari usanzwe akora umwuga w’ubumotari mu karere ka Kicukiro, ifatwa rye ryaturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage. Umuvugizi wa […]
Rwamagana : Abaturage barashinja Umuryango Ejo Heza Family ubutekamutwe
Abaturage batuye mu turere twa Rwamagana na Kayonza barashinja umuryango witwa Ejo Heza Family for Charity kubatekera umutwe bakabambura amafaranga ibihumbi 10,000 babizeza kubateza imbere . Abaturage baganiriye na Bwiza.com bavuga ko batanze amafaranga yabo bizezwa ko bazajya bahabwa inyungu kubera abanyamuryango bashya bazanye . Umuturage wo mu karere ka Kayonza utasahatsee ko amazina ye […]