Umugandekazi Mary Luswata uzwiho amafoto ashotora ngo azarongorwa ari uko basanze akiri isugi
Byanugawanugwaga ko umuhanzi Ziza Bafana yaba ari mu rukundo n’umunyamakuru Mary Luswata, mu minsi ishize nibwo guterana amagambo hagati yabo byatangiye na n’ubu bikaba bikomeje kugera aho umusore atangarije ko yakwemera kubana na Luswata asanze akiri isugi. Mu kiganiro “ big bang show” gica kuri Galaxy FM buri wa gatanu wa nyuma w’ukwezi, Ziza Bafana […]
Wokovu Celebration yizeweho impinduka zikomeye muri Gospel
tariki ya 20 kugeza ku cyumweru tariki 23 mu itorero rya ADEPR mu umujyi wa Kigali muri paroisse ya Kimihurura nibwo habaye igiterane cy’Iminsi ine cyiswe Wokovu Celebration cyateguwe n’umuhanzi Frere Manu. Ibi bitaramo byari byitabiriwe n’abantu batandukanye bisize impinduka zikomeye muri iyi paroisse nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’umudugudu wa ADEPR Kimihurura Pastor Ignace uvugako ari […]
Jean Daniel Mbanda wahoze ari Depite mu nteko aremeza ko Col Bagosora yaba afunzwe arengana
Jean Daniel Mbanda wahoze ari depite mu nteko ishinga amategeko yongeye kugaragara apfobya Jenoside yakorewe abatutsi kandi nawe ari umwe mu bayirokotse. Uyu mugabo w’igikwerere yemeza ko Colonel Bagosora Theoneste mu kumufunga bamurenganyije. Mu nyandiko yashyize ahagaragara Bwana Jean Daniel Mbanda aribaza impamvu Colonel ThĂ©oneste Bagosora afunzwe ndetse n’icyo yaba yarazize. Muri iyo nyandiko agira […]
Ubuhamya: Umunyarwanda uvuga uburyo yatewe n’abatinganyi i Burayi
Kera mu Rwanda hari imbyino yatangiraga itya:“Nagiye I Mbuye iyo igishyimbo kibatizwa bakacyita Karolina”.Iyo ndirimbo nayibukijwe n’ibintu byinshi nabonye mu bihugu nagenzemo. Dore nk’ibi: Umuhungu agafata agatoki ka mugenzi we bakajya mu butegetsi bati: “turakundana nimudushyingire”. Abategetsi bati: “dukurikije amategeko y’igihugu mu ngingo iyi n’iyi, turabashyingiye”. Ubukwe bugataha, ibirori bikaba. Abakobwa nabo bagafatana agatoki bakajya […]
Kaminuza ya Mount Kenya I Rusizi na Kaminuza ya Kigali I Musanze zahagaritswe
Inama nkuru y’amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda, (Rwanda Higher Education Council) HEC, yahagaritse Kaminuza ya Mount Kenya ishami rya Rusizi hamwe na kaminuza ya Kigali ishami rya Musanze bazira kuba baratangije amwe mu mashami na gahunda z’amasomo kuko bitangwa zitabifitiye uburenganzira. Zimwe muri kaminuza zagezweho n’ iki cyemezo harimo Kaminuza ya Mount Kenya […]
Nyuma ya perezida Nkurunziza, habonetse abandi biyise ba Perezida b’u Burundi
Abarundi batangije gahunda y’icengezamatwara yo kwerekana ko Nkurunziza atari Perezida bacisha ku mbuga nkoranyambaga amafoto n’amashusho yabo barahirira kuyobora u Burundi. Manda ya Kabiri ya Nkurunziza yarangiye ku mugaragaro ku wa Gatatu ku ya 26 Kanama, nubwo yarahiye bitunguranye ku wa Kane w’icyumweru gishize , abamurwanya bavuga ko ubu nta Perezida bafite. Bakoresheje “Hashtag” yitwa […]
Gen. Bosco Ntaganda ushinjwa ibyaha by'intambara azaburana mu cyumweru gitaha
Urubanza rwa Bosco Ntaganda, ushinjwa ibyaha by’intambara muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ruzatangira ku ya 2 Nzeli 2015 ku Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha(ICC) i La Haye mu Buholandi. Ntaganda azisobanura ku byaha by’intambara 13, bitanu byo kwibasira inyoko muntu, ubwicanyi no kugerageza kwica, ibitero ku baturage, gufata ku ngufu n’ubucakara bushingiye ku gitsina, kwinjiza no […]
Hatangijwe uburyo bushya bw’ikoranabuhanga mu kugurisha amatike kuri Sitade
Minisiteri ya Siporo n’Umuco (MINISPOC) kubufatanye na sosiyete INNOVYS batangije uburyo bushya bwo kwinjira mu mikino itandukanye hakoreshejwe ikoranabuhanga mu kugura amatike. Ibi byatangajwe kuri uyu wa gatatu tariki ya 26 Kanama 2015, mu kiganiro n’abanyamakuru cyari kigamije gusobanura no kwerekana uko ubu buryo (system) buzakoreshwa. Umuyobozi w’ishami rya Siporo muri MINISPOC, Bugingo Emmanuel, atangiza […]
Perezida Mobutu inshuti magara na Habyarimana ari ku rutonde rw’abaperezida ba Afurika bisasiye imbaga y’abaturage
Mobutu Sese Seko Kuku Ngbendu Wa Za Banga yabaye Perezida wa Zaire (Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo), akaba yaramaze imyaka isaga 32 yicaye ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Muri iyo myaka yose, Mobutu wari umusirikare utinyitse yaranzwe n’ubuyobozi butavugirwamo, igitugu,… akaba anashinjwa kuba yarisasiye abaturage babarirwa hagati y’ ibihumbi 40 na 70 ngo yagiye yica uruhongohongo […]
Ubuzima bwa Gén Cyrille Ndayirukiye wari ufatanyije na Gen.Niyombare muri kudeta ngo bwifashe nabi muri gereza
Perezida Pierre Nkurunziza yahaye inzego zishinzwe umutekano amezi 2 yo kuba zarangije gukemura ikibazo cy’umutekano muke uri mu gihugu by’umwihariko i Bujumbura mu murwa mukuru; mu gihe atangaza ibyo hari andi makuru yatangajwe avuga ko GĂ©n major Cyrille Ndayirukiye atorohewe muri gereza. GĂ©n Major Cyrille Ndayirukiye yahoze ari Minisitiri w’ingabo i Burundi akaba ari umwe […]