Shakira yagaragaye mu birori atambaye akarega k’amabere- REBA AMAFOTO

Icyamamare Shakira ukomoka muri Colombia ku mugabane wa Amerika, kuri iki cyumweru taliki ya 24 Mutarama 2016, nibwo yatunguye benshi mu birori byo gutanga ibihembo (Sliver grittering gown Awards) ubwo yagaragaraga atambaye akarega k’amabere (Bra). Uyu muhanzikazi w’imyaka 38 ubwo yitabiraga ibyo birori yari kumwe n’ugabo we Gerard Pique w’igihangange mu mupira w’amaguru akaba anakinira […]

Itohoza ku byavugwaga ko Gen Laurent Nkunda yarashwe amasasu atatu mu gituza

Nyuma y’amakuru yacicikanye mu minsi ishize ku mbuga nkoranyambaga ko Gen Laurent Nkunda yasanzwe yarashwe amasasu atatu mu gituza, aya makuru ngo ni ikinyoma cyambaye ubusa. Itohoza ryakozwe n’ikinyamakuru Umusingi, mu nkuru cyasohoye muri numero yacyo ya 96 yo kuwa 26 Mutarama-4 Gashyantare 2016, bagaragaza ko Gen Laurent Nkunda atarashwe, ahubwo ko ameze neza. Iki […]

Yafunze igitsina cy’umugore na kole idasanzwe avuga ko yamubeshye

Umugore w’imyaka 40 utuye mu gace ka Ngwamtila hafi y’umujyi wa Bushbuckridge aravuga ko umugabo we yamufunze igitsina akoresheje kole idasanzwe izi bakunze kwita super glue Uyu mugore utashatse kwivuga izina kubera ibibazo yahuye nabyo avuga ko ibyo byabaye hari ku itariki ya 9 Werurwe aho umugabo we yamufatiyeho umuhoro avuga ko agiye kumutema umutwe […]

Rubavu: Guhindagurika kw’abayobozi kwatumye akarere kadahigura Imihigo 12

Mu nama Njyanama isoza manda yateranye mu cyumweru gishize, ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwatangaje ko ihindagurika rya hato na hato ry’abayobozi ryatumye akarere ka Rubavu kadahigura imihigo 12 ikomeye kari kariyemeje guhigura. Njyanama irasaba abayobozi bazatorwa gutangirira ku mihigo 12 isize idahiguwe kubanza kuyihigura indi ikaza nyuma. Abari muri iyi nama, bagaragaje ko imbogamizi zabaye […]

Ikigo ‘‘Centre Socio Culturel Twese Hamwe’’ gikomeje gutanga ikaze ku bifuza kwitegurira ejo habo heza

Mu gihe itangira ry’amashuri ryegereje, ishuri ry’Imyuga Centre Socio Culturel Twese Hamwe riherereye ku Kacyiru ho mu karere ka Gasabo riributsa abifuza kuryigamo ubumenyingiro mu bijyanye n ‘ amahoteli, gutunganya imisatsi n ‘ ubwiza bw ‘u ruhu kubangukira kwiyandikisha imyanya itararangira. Nyuma y’imyaka irindwi batanga amasomo y’ubumenyi ngiro bwavuzwe haruguru, ku nshuro yaryo ya munani […]

Ubuzima bwa Rose Muhando buri mu kaga nyuma yo kurumwa n’inzoka y’ubumara

Umuhanzi w’indirimbo za Gospel, Rose Muhando wo mu gihugu cya Tanzaniya, ubu ngo ari mu bitaro nyuma yo kurumwa n’inzoka y’ubumara. Nk’uko byatangajwe n’urubuga Global Publishers rwo muri Tanzaniya, ngo Muhando wamamaye mu ndirimbo Nibebe, Jipange Sawa sawa,… ngo yarumwe n’inzoka ku wa kabiri w’icyumweru gishize tariki ya 19 Mutarama, ubu ngo akaba akirembeye mu […]

Uburyo umugore yafasha umugabo kumunyaza neza bitomoye

Abantu b’ingeri bamaze igihe kinini babaza niba kunyaza cyangwa kunyara bibaho, n’uburyo abagabo bashobora kubikora nabi bikaba ari bimwe mu bituma abagore babo batanyara bamwe bati,Kunyara bivugwa mu mibonano mpuzabitsina hari aho bihurira no kunyara inkari zisanzwe, abandi bati ese niba ari byiza bakora iki ngo bibabeho. Ubundi Umugabo uri kunyaza yirindako igitsina cye kigwa, […]

Umuhanzi Lucky Douce azanye imbaraga nshya mu ruhando rwa muzika Nyarwanda

Umuhanzi uzamukanye imbaraga zidasanzwe muri muzika nyarwanda Lucky Douce umaze igihe kitari kinini mu ruhando rwa muzika nyarwanda ngo aje yabukereye aje kunga mu rya bakuru be ndetse na bashikibe bahuriye mu muziki. Ubusanzwe uyu musore amazina yiswe n’ababyeyi ni Nshimiyimana Gilibert mu muziki akaba akoresha Lucky Douce. Lucky aganira na Bwiza.com, yatangaje ko yatangiye […]

Abasirikare 5 ba leta bishwe abandi 10 barakomereka mu mirwano yabereye Bururi.

Mu mirwano yashyamiranyije abarwanya leta muri Bururi yahitanye abasirikare batanu naho abandi 10 barakomereka. Iyo mirwano ikaba yatangijwe n’ingabo n’abapolisi ba leta bagabye igitero kuri aba barwanyi batavuga rumwe na leta iriho mu Burundi. Iyo ntambara yabereye mu ishyamba rya Bururi rihana imbibi n’umujyi wa Bujumbura. Abaturage bo ku musozi wa Rubimba uhana imbibi na […]

Maj.Desire Uwamahoro ufatwa nk’uwasimbuye Gen Adolphe Nshimiyimana wishwe, yakozwe mu biganza

Nyuma y’urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana wafatwaga nk’inkingi ikomeye ya CNDD FDD ndetse akaba n’uwari ushinzwe umutekano bwite wa Perezida Nkurunziza, byakomeje kuvugwa ko Desire Uwamahoro ari we ubu wamusimbuye mu bikorwa byo guhangana n’abatavuga rumwe n’ubuyobozi bwa Nkurunziza bityo ubu yahawe igihembo cy’ishimwe. Alain Guillaume Bunyoni, Minisitiri ushinzwe umutekano mu gihugu niwe watanze ibi […]

Alelua Joseph umukinnyi w’u Rwanda yabaye uwa mbere muri “La Tropicale Amissa Bongo 2016”

Abakinnyi b’ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare bitwaye neza mu irushanwa ritangiza umwaka w’imikino muri Afurika “La Tropicale Amissa Bongo 2016”. Iri siganwa ribera muri Gabon ryatangiye taliki 18 risozwa taliki 24 Mutarama 2016. U Rwanda rwari ruhagarariwe n’abakinnyi 6 ari bo Hadi Janvier, Bintunimana Emile, Byukusenge Patrick, Uwizeye Jean Claude, Areruya Joseph na […]

Itorero ADEPR riranyomoza abavuga ko Abapasitori ba ADEPR 11 bahunze

Itorero rya Pantekote ryo mu Rwanda ADEPR riranyomoza amakuru avuga ko abapasitori 11 bo mu Karere ka Rusizi na Nyamasheke bahunze Itorero nk’uko byasohotse mu bitangazamakuru tariki ya 23 Mutarama 2016 bifite umutwe ugira uti “Abapasitoro 11 muri ADEPR bamanitse Bibiliya bahunga Pst Tom Rwagasana.” Itorero rya ADEPR riratangaza ko abo bapasiteri 11 bavuzwe n’ibitangazamakuru […]