Shakira yagaragaye mu birori atambaye akarega kâamabere- REBA AMAFOTO
Icyamamare Shakira ukomoka muri Colombia ku mugabane wa Amerika, kuri iki cyumweru taliki ya 24 Mutarama 2016, nibwo yatunguye benshi mu birori byo gutanga ibihembo (Sliver grittering gown Awards) ubwo yagaragaraga atambaye akarega kâamabere (Bra). Uyu muhanzikazi wâimyaka 38 ubwo yitabiraga ibyo birori yari kumwe nâugabo we Gerard Pique wâigihangange mu mupira wâamaguru akaba anakinira […]
Itohoza ku byavugwaga ko Gen Laurent Nkunda yarashwe amasasu atatu mu gituza
Nyuma yâamakuru yacicikanye mu minsi ishize ku mbuga nkoranyambaga ko Gen Laurent Nkunda yasanzwe yarashwe amasasu atatu mu gituza, aya makuru ngo ni ikinyoma cyambaye ubusa. Itohoza ryakozwe nâikinyamakuru Umusingi, mu nkuru cyasohoye muri numero yacyo ya 96 yo kuwa 26 Mutarama-4 Gashyantare 2016, bagaragaza ko Gen Laurent Nkunda atarashwe, ahubwo ko ameze neza. Iki […]
Yafunze igitsina cyâumugore na kole idasanzwe avuga ko yamubeshye
Umugore wâimyaka 40 utuye mu gace ka Ngwamtila hafi yâumujyi wa Bushbuckridge aravuga ko umugabo we yamufunze igitsina akoresheje kole idasanzwe izi bakunze kwita super glue Uyu mugore utashatse kwivuga izina kubera ibibazo yahuye nabyo avuga ko ibyo byabaye hari ku itariki ya 9 Werurwe aho umugabo we yamufatiyeho umuhoro avuga ko agiye kumutema umutwe […]
Rubavu: Guhindagurika kwâabayobozi kwatumye akarere kadahigura Imihigo 12
Mu nama Njyanama isoza manda yateranye mu cyumweru gishize, ubuyobozi bwâakarere ka Rubavu bwatangaje ko ihindagurika rya hato na hato ryâabayobozi ryatumye akarere ka Rubavu kadahigura imihigo 12 ikomeye kari kariyemeje guhigura. Njyanama irasaba abayobozi bazatorwa gutangirira ku mihigo 12 isize idahiguwe kubanza kuyihigura indi ikaza nyuma. Abari muri iyi nama, bagaragaje ko imbogamizi zabaye […]
Ikigo ââCentre Socio Culturel Twese Hamweââ gikomeje gutanga ikaze ku bifuza kwitegurira ejo habo heza
Mu gihe itangira ryâamashuri ryegereje, ishuri ryâImyuga Centre Socio Culturel Twese Hamwe riherereye ku Kacyiru ho mu karere ka Gasabo riributsa abifuza kuryigamo ubumenyingiro mu bijyanye n ‘ amahoteli, gutunganya imisatsi n ‘ ubwiza bw ‘u ruhu kubangukira kwiyandikisha imyanya itararangira. Nyuma yâimyaka irindwi batanga amasomo yâubumenyi ngiro bwavuzwe haruguru, ku nshuro yaryo ya munani […]
Ubuzima bwa Rose Muhando buri mu kaga nyuma yo kurumwa nâinzoka yâubumara
Umuhanzi w’indirimbo za Gospel, Rose Muhando wo mu gihugu cya Tanzaniya, ubu ngo ari mu bitaro nyuma yo kurumwa nâinzoka yâubumara. Nkâuko byatangajwe nâurubuga Global Publishers rwo muri Tanzaniya, ngo Muhando wamamaye mu ndirimbo Nibebe, Jipange Sawa sawa,⌠ngo yarumwe nâinzoka ku wa kabiri wâicyumweru gishize tariki ya 19 Mutarama, ubu ngo akaba akirembeye mu […]
Uburyo umugore yafasha umugabo kumunyaza neza bitomoye
Abantu bâingeri bamaze igihe kinini babaza niba kunyaza cyangwa kunyara bibaho, nâuburyo abagabo bashobora kubikora nabi bikaba ari bimwe mu bituma abagore babo batanyara bamwe bati,Kunyara bivugwa mu mibonano mpuzabitsina hari aho bihurira no kunyara inkari zisanzwe, abandi bati ese niba ari byiza bakora iki ngo bibabeho. Ubundi Umugabo uri kunyaza yirindako igitsina cye kigwa, […]
Nâubwo ari kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida, Amama Mbabazi yanze gusezera burundu muri NRM
Patrick Amama MbabaziUmukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika muri Uganda yavuze ko nubwo atakiri mu ishyaka rya NRM iri ku butegetsi ngo adateze gutanga ikarita ya NRM kuko nta nâumwe abona yayiha. Uyu mukandida umwe mu bashinze ishyaka rya NRM ndetse akaba yarabaye Minisitiri wâIntebe umwanya yirukanyweho mu mwaka wa 2014 avuga ko […]
Umuhanzi Lucky Douce azanye imbaraga nshya mu ruhando rwa muzika Nyarwanda
Umuhanzi uzamukanye imbaraga zidasanzwe muri muzika nyarwanda Lucky Douce umaze igihe kitari kinini mu ruhando rwa muzika nyarwanda ngo aje yabukereye aje kunga mu rya bakuru be ndetse na bashikibe bahuriye mu muziki. Ubusanzwe uyu musore amazina yiswe nâababyeyi ni Nshimiyimana Gilibert mu muziki akaba akoresha Lucky Douce. Lucky aganira na Bwiza.com, yatangaje ko yatangiye […]
Abasirikare 5 ba leta bishwe abandi 10 barakomereka mu mirwano yabereye Bururi.
Mu mirwano yashyamiranyije abarwanya leta muri Bururi yahitanye abasirikare batanu naho abandi 10 barakomereka. Iyo mirwano ikaba yatangijwe nâingabo nâabapolisi ba leta bagabye igitero kuri aba barwanyi batavuga rumwe na leta iriho mu Burundi. Iyo ntambara yabereye mu ishyamba rya Bururi rihana imbibi nâumujyi wa Bujumbura. Abaturage bo ku musozi wa Rubimba uhana imbibi na […]
Maj.Desire Uwamahoro ufatwa nkâuwasimbuye Gen Adolphe Nshimiyimana wishwe, yakozwe mu biganza
Nyuma yâurupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana wafatwaga nkâinkingi ikomeye ya CNDD FDD ndetse akaba nâuwari ushinzwe umutekano bwite wa Perezida Nkurunziza, byakomeje kuvugwa ko Desire Uwamahoro ari we ubu wamusimbuye mu bikorwa byo guhangana nâabatavuga rumwe nâubuyobozi bwa Nkurunziza bityo ubu yahawe igihembo cyâishimwe. Alain Guillaume Bunyoni, Minisitiri ushinzwe umutekano mu gihugu niwe watanze ibi […]
Alelua Joseph umukinnyi wâu Rwanda yabaye uwa mbere muri âLa Tropicale Amissa Bongo 2016â
Abakinnyi bâikipe yâu Rwanda yo gusiganwa ku magare bitwaye neza mu irushanwa ritangiza umwaka wâimikino muri Afurika âLa Tropicale Amissa Bongo 2016â. Iri siganwa ribera muri Gabon ryatangiye taliki 18 risozwa taliki 24 Mutarama 2016. U Rwanda rwari ruhagarariwe nâabakinnyi 6 ari bo Hadi Janvier, Bintunimana Emile, Byukusenge Patrick, Uwizeye Jean Claude, Areruya Joseph na […]
Rwamagana: Polisi yafashe abagabo babiri basabaga ruswa Umuturage biyitirira Polisi yâIgihugu
Abagabo babiri aribo Nkundwanabose Jean Claude na Uwukunda Elise bafashwe na Polisi yâu Rwanda mu karere ka Rwamagana tariki ya 24 Mutarama nyuma yo gutekera umutwe umuturage wo mu murenge wa Kigabiro biyita ko ari abapolisi bakamusaba amafaranga ya ruswa bavuga ko acuruza kanyanga. Asobanura uko byagenze,uyu muturage witwa Gahiza Laurent yagize ati:â baje iwanjye […]
Itorero ADEPR riranyomoza abavuga ko Abapasitori ba ADEPR 11 bahunze
Itorero rya Pantekote ryo mu Rwanda ADEPR riranyomoza amakuru avuga ko abapasitori 11 bo mu Karere ka Rusizi na Nyamasheke bahunze Itorero nk’uko byasohotse mu bitangazamakuru tariki ya 23 Mutarama 2016 bifite umutwe ugira uti “Abapasitoro 11 muri ADEPR bamanitse Bibiliya bahunga Pst Tom Rwagasana.” Itorero rya ADEPR riratangaza ko abo bapasiteri 11 bavuzwe n’ibitangazamakuru […]