Cristiano Ronaldo yagize icyo avuga ku ikipe FC Barcelona irimo Messi, Neymara na Swarez

Icyamamare mu mupira w’amaguru christiano Ronaldo kuri uyu wa kabiri taliki ya 16 Gashyantare 2016, nibwo yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru aherekejwe n’umutoza we, abajijwe uko abona ikipe ya FC Barcelona ikomeje kwesa agahigo, asubiza ko azi ikibitera. Uyu musore ukomoka mu gihugu cya Portugal abajijwe uko abona ubufatanye hagati ya Lionel Messi,Suarez, na Neymar niba bitaba […]

Bitunguranye Wema Sepetu wahoze akundana na Diamond yakuyemo inda

Wema Sepetu wahoze akundana n’icyamamare Diamond ukomoka muri Tanzaniya yamaze gukuramo inda y’impanga, nyuma y’aho aboneye umukunzi mushya Idrissa Sultan byemezwaga ko ari nawe wari wanayimuteye. Nk’uko ikinyamakuru “Ghafla” cyabitangaje ngo ku munsi w’ejo taliki ya 16 Gashyantare2016, nibwo uyu musore Sultan abinyujije ku ku rukuta rwe rwa Instagram yatangaje ko umukunzi we Wema Sepetu […]

Ugisha inama: Umugore we ntiyaciye imyeyo ariko aranyara cyane mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Mu nsobanurire, Kunyara biva ku mugore cyangwa ni ku mugabo, uwanje ntiyaciye imyeyo kandi igitsina cye giteye neza cyane, mpfa kwinjizamo igitsina agahita anyara akazana amavangingo menshi cyane. Ese nta buhanga burimo kugirango anyare? Ntakunda gukora imibonano akanya kanini, nibaza ko kunyara bigabanya ukuryoherwa kw’umugore. Amara kuzana amazi(amavangingo)akambwira ko yumva atakibishaka kandi njye mba nkibishaka […]

Burundi: Igitero cya grenade ahategerwa bus za Otraco i Bujumbura cyakomerekeje bane

Abantu bagera kuri bane bakomerekeye mu gitero cya grenade cyagabwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ahategerwa imodoka za Otraco I Bujumbura mu gace ka Ngagara. Igipolisi cy’u Burundi cyatangaje ko abantu babiri bikekwa ko ari bo bagabye iki gitero batawe muri yombi ndetse bakaba bafatanywe n’indi grenade. Cyongeyeho ko uwateye iyo grenade yari […]

Umupaka uhuza u Rwanda na Congo unyuze ku Gisenyi wongeye gufungurwa amasaha 24/24

Umupaka w’u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hagati ya Goma na Gisenyi wongeye gufungurwa amasaha 24/24 nyuma y’icyemezo cya perezida wa repubulika cyatangajwe ku mugaragaro kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Gashyantare na Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, Julien Paluku. Kuri we, ngo uku ni nko gushimira abaturage ba Kivu y’Amajyaruguru bashyigikiye bikomeye ikipe […]

Dore ibintu 3 udakwiriye kwirengagiza kugirango ugire ubuzima bwiza

Abahanga mu byerekeranye n’ubuzima igihe cyose bakunze kuvuga ngo kwirinda biruta kwivuza, abanyarwanda nabo bati “ibiganza byundi ntibikwakiriza umugisha”. Bwiza.com imaze kuganira n’abaganga batari bake no gusoma ibitabo bigendanye n’ubuzima yasanze hari ibintu bitatu abahanga bagarukaho mu gihe bagira inama abaje babagana. Akaba ariyo mpamvu bagira inama buri muntu wese guhita agana kwa muganga igihe […]

Impamvu zateye Abafaransa kudatabara Abanyabisesero ziragenda zishyirwa ahagaragara

Bisesero, ahantu hagizwe n’uruhererekane rw’udusozi tugizwe n’amashyamba mu burengerazuba bw’u Rwanda, hahungiye ibihumbi by’Abatutsi bahunga jenoside yabakorerwaga ikorwa na guverinoma u Bufaransa bwashyigikiye igihe kirekire, ariko na n’ubu harakibazwa uruhare rw’ingabo z’u Bufaransa muri iki gice cyabarizwaga muri Zone Turquoise cyagenzurwaga n’Abafaransa muri Kamena 1994. Nyuma y’ubuhamya bw’uwari umwungirije, Col Rosier, mu Ukuboza 2015, Gen […]

Kim Kardashian yasangije abakunzi be ubwiza bw’amabere ye- REBA AMAFOTO

Umunyamideli w’icyamamare, Kim Kardashian yagaragaje amafote yifotoje agaragaza amabere ye bityo ayasangiza inshuti ze abinyujije ku mbuga nkoranyambaga. Nk’uko Dailymail ibitangaza, Kardashian avuga ko kugaragaza igituza n’amabere ari rimwe mu mabanga akoresha iyo atambuka ku itapi itukura (tapis rouge) bityo bikamufasha kugaragara neza imbere y’abakunzi be bikanatuma yinjiza akayabo k’amafaranga. Ayo mafoto agaragaza igituza cyose […]

Gisagara: Abatwara abagenzi ku magare basobanuriwe ingaruka z’ibiyobyabwenge

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gisagara, ku itariki 16 Gashyantare, yagiranye inama n’abakora umwuga wo gutwara abagenzi ku magare bagera kuri 60 bakorera muri santere y’ubucuruzi ya Ndora, ho mu murenge wa Ndora, ibasobanurira ububi bw’ibiyobyabwenge kandi ibasaba kubyirinda no kubirwanya. Ushinzwe imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage ndetse n’izindi nzego hagamijwe ubufatanye mu […]

Uwunganira Ingabire Victoire ngo yangiwe kumugeraho aho ari muri gereza

Mu gihe hari inkuru yari yasohotse mu binyamakuru ivuga ko Me Gatera Gashabana wunganira ingabire Victoire mu mategeko yaba yarangiwe guhura n’umukiriya we, Urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa rurahakana aya makuru rwivuye inyuma ko atari yo. Uru rwego ruhakana aya makuru mu gihe bitangazwa ko Ku itariki ya 5 Gashyantare, Me Gashabana yagiye kuri gereza […]

U Buyapani: Umukinnyi wa filimi yishwe n’inkota y’aba Samurai ari gusubiramo ibyo yari kuzakina

Umukinnyi wa filimi wo mu Buyapani w’imyaka 33 yishwe n’inkota y’aba Samurai yatewe mu nda ubwo bari barimo kwitoza scene ya filimi hari n’abandi bakinnyi benshi mu mujyi wa Tokyo. Uyu mukinnyi wa filimi witwa Daigo Kashino ngo yishwe n’inkota yatewe mu nda bari gusubiramo agakino kazagaragara muri filimi nk’uko byatangajwe kuri uyu wa kabiri […]

Uganda: Mu gihe bikekwa ko amaraso ashobora kumeneka, Perezida Museveni yaburiye abashaka kuzana imikino

Kuri uyu wa Kane taliki ya 18 Gashyantare 2016 muri Uganda hateganyijwe amatora, Perezida Museveni yihanangirije abashaka kuzana akaduruvayo ababwira ko uzazana iyo mikino azabona ishyano yongeraho ko uwumva abikeneye azashaka ahandi ajya hatari mu gihugu cya Uganda. Perezida Museveni w’imyaka 71 y’amavuko, yabishimangiye ibyo ubwo yari yagiye kwiyamamariza mu gace ka Kololo, ahumuriza abamushyigikiye […]

Senegal: Perezida Macky Sall yisubiye ntakigabanyije imyaka manda ye yari kuzamara

Perezida wa Senegal, Macky Sall yatangarije kuri uyu wa Kabiri, tariki 16 Gashyantare, mu kiganiro cyatambukaga kuri televiziyo y’igihugu ko nyuma yo kugirwa inama n’Inama ishinzwe kurinda itegeko nshinga, yisubiye ku kugabanya imyaka manda ayoboye yari kuzamara aho yateganyaga ko yava ku myaka 7 ikagera ku myaka 5, naho umushinga wo kuvugurura itegeko nshinga kugirango […]

Muhanga: Abaturage ba Kabacuzi ntibazongera guhitanwa n'Umugezi wa Gasave

Abaturage bo mu Murenge wa Kabacuzi barishimira kubakirwa ikiraro cyo mu kirere ku mugezi wa Gasave wajyaga wuzura ugatwara n’abantu. Ikiraro cya 97m cyubatswe ku mugezi wa Gasave wiroha muri Bakokwe, cyubatswe ku bufatanye n’umuryango w’abanyamerika wita ku mibereho myiza (American Bridge to Prosperties) cyuzuye gitwaye miliyoni 25frw. Abaturage bo mu Midugudu ya Nyirabwayi na […]

Rayon Sports iri ku mwanya wa 2 yanganyije na AS Muhanga iri ku mwanya wa nyuma

Ku munsi wa 11 wa shampiona y’u Rwanda amakipe 2 ayoboye ariyo Rayon Sports na AS Kigali byatakaje amanota. Byatunguranye ubwo aya makipe yombi yakwitwa ko akomenye anganyije, ubwo AS Kigali yanganyaga na Bugesera 1-1- n’aho Rayon Sports ikanganya ubusa ku busa na AS Muhanga iri ku mwanya wa nyuma ku rutonde rwa shampiona. Umutoza […]

Rubavu: Abanyeshuri bahawe ubumenyi ku icuruzwa ry’abantu

​Ku itariki 15 Gashyantare, abanyeshuri bagera ku 175 biga muri Complexe Scolaire de la FraternitĂ©, riherereye mu kagari ka Nengo, Umurenge wa Gisenyi, mu karere ka Rubavu, bahawe ubumenyi ku icuruzwa ry’abantu. Usibye abanyeshuri kandi, iki kiganiro kitabiriwe n’abarezi n’abayobozi b’iri shuri. Ibi babyigishijwe na Inspector of Police (IP) Solange Nyiraneza, akaba ashinzwe imikoranire ya […]

Burundi: Abasore batanu bavuga ko bakoranaga n’imitwe yitwaje intwaro bishyikirije igipolisi

Abasore batanu b’Abarundi biyemerera ko bahoze ari abarwanyi mu mutwe witwaje ibirwanisho urwanya ubutegetsi bishyikirije inzego z’umutekano muri Zone Musaga ya Komini Muha mu majyepfo ya Bujumbura. Aba basore bavuga ko bitanze ku bushake bwabo nta gahato, igipolisi cy’u Burundi nacyo kikaba kivuga ko kigiye gukorana nabo mu gukomeza kubungabunga umutekano. Hari kuri uyu wa […]