Johnson wakiniraga Sunderland yasabiwe gufungwa imyaka 10 ku cyaha ashinjwa
Adam Johnson ushinjwa icyaha cyo gusambanya umwana utarageza ku myaka y’ubukure, imbere y’urukiko yasabiwe igifungo cy’imyaka 10. Uyu musore ukomoka mu Bwongereza, bikimara kumenyekana ko yasambanyije umwana w’imyaka 15 yahise atabwa muri yombi agezwa mu rukiko igitaraganya kugirango hakorwe iperereza no gukusanya ibimenyetso koko niba yarabikoze. Mu gihe hari hashize ibyumweru bigera kuri 2 n’amasaha […]
Black Berry na Nokia zishobora gufunga imiryango
Umuherwe Mark Zurkeberg washinze urubuga rwa Facebook ndetse akagura na WhatsApp yamaze gutangaza ko mu minsi iri imbere atazongera kwemera ko telefoni ya Blackberry 10, Nokia Symbian S60 na Windows Phone 7.1 zikoresha Facebook na WatsApp. Ngo ibi bishobora gutuma ibi bigo bigwa mu gihombo gishobora gutuma bifunga imiryango. Mark Zurckberg avuga ko gahunda yo […]
Kenya: Perezida Kenyatta yaba aherutse kurusimbuka
Ubuyobozi bwa Kenya bufunze abagabo babiri, barimo umupolisi umwe, bakaba barafashwe bagerageza kwinjira mu ishuri ry’igipolisi perezida Kenyatta yendaga gusura aje mu muhango wo gusoza amasomo ku bapolisi kuwa 01 Werurwe 2016. Ibinyamakuru byo muri Kenya biravuga ko abatawe muri yombi bageragezaga kwinjira mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu ishuri rya gipolisi riri ahitwa Embakasi, iminota […]
Abasirikare ba USA bigishwa no kunywa amaraso y’inzoka z'inkazi- REBA AMAFOTO
Leta zunze ubumwe za Amerika nk’igihugu cy’igihangange, kiza no ku isonga mu bihugu bifite igisirikare gikomeye ku isi, imyitozo abasirikare bacyo bahabwa iba irimo n’iyo kwica ndetse no kunywa amaraso y’inzoka z’ubumara (cobra). Aba basirikare barwanira mu mazi bahabwa imyitozo yo kunywa amaraso y’ inzoka ndetse no kuruma ibindi binyabuzima byo mu ishyamba bakoreshe amenyo […]
Turkiya: Abagore 2 bishwe nyuma yo kugaba igitero kuri polisi
Igipolisi mu murwa mukuru wa Turkiya, Istanbul cyarashe cyica abagore babiri bari bagabye igitero bitwaje imbunda na za grenade kuri bus y’igipolisi yari irimo kwinjira muri station ya polisi nk’uko bitangazwa n’Ibiro Ntaramakuru by’iki gihugu. Aba bagore uko ari babiri ngo bahise bacikira mu modoka nyuma yo kugaba igitero ku bapolisi, baragenda bihisha mu nzu […]
Abakoresha amazina y’amahimbano ku mbuga nkoranyambaga bagiye kujya bakurikiranwa n’ubutabera
Abantu biyita amazina y’amahimbano ku mbuga nkoranyambaga bagiye kujya bashyikirizwa ubutabera bagahanwa. Ibi bikaba bigiye kujya bikurikiranwa n’ubutabera bw’u Bwongereza aho bazajya bakurukirana buri wese aho aherereye ku isi. Leta y’Ubwongereza ivuga ko abazajya bakurikiranwa n’abitwaza aya mazina y’amahimbano bagamije gukora ibyaha naho abandi bo ntibazakurikiranwa. Radio BBC ivuga ko uretse abakora ibyaha bifashishije izi […]
Umugore wa John Legend yagaragaye yambaye uko yavutse- AMAFOTO
Ifoto ya Chrissy Teigen, umugore wa John Legend yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga ndetse inatangarirwa n’imbaga nyamwinshi dore ko yari yambaye uko yavutse. Chrissy Teigen usanzwe uzwiho umwuga wo kwerekana imideli ukomoka muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, yatunguye benshi ubwo babonaga amafoto ye mu bitangazamakuru hirya no hino, mu gihe umugabo we John Legend atari […]
Abantu b’Imana na kiliziya ntibakeneye amafaranga yanduye — Papa Fransisiko
Papa Fransisiko yabwiye abaterankunga ba kiliziya ko idakeneye amafaranga yabo niba aturuka mu bakozi babo bakoresha bucakara nk’uko The Washington Post dukesha iyi nkuru ivuga. Kuri uyu wa Gatatu imbere y’imbaga, Papa yibasiye abakoresha bafata abakozi babo nabi ndetse bakabahemba amafaranga atajyanye n’imirimo baba bakoze, aho yavugaga ku nsanganyamatsiko ivuga ukuntu abakire babyaza umusaruro abakene […]
Coup d’Etat yateye ubwoba Perezida Nkurunziza bwo kutazongera kurenga icyanzu
Ku wa 13 Gicurasi 2015, nibwo Gen Niyombare na bagenzi be batangaje ko bahiritse ku butegetsi Perezida Nkurunziza w’u Burundi nyuma umupango urabapfubana arabigaranzura asubira ku buyobozi, kuva uwo munsi ntarongera kurenga imbibi z’igihugu. Ubwo inkuru yakwiraga isi yose ko Nkurunziza yahiritswe ku butegetsi na bamwe mu basirikare be, yari yicaranye n’abandi bakuru b’ibihugu bahuriye […]
RDC : Abapolisi bataye akazi bahunga inyeshyamba muri Kivu ya ruguru
Hashize ibyumweru 2 abapolisi muri Kivu ya Ruguru bataye akazi bahunga impirimbanyi z’umutwe w’inyeshyamba za Bashari Mokoto. Kugeza ubu ibigo bitanu mu bigo 9 bya polisi byari muri aka gace bikaba bimaze guhunga aka gace. Kugeza ku munsi w’ejo kuwa gatatu abapolisi bavugaga ko uyu mutwe ubarusha intwaro bityo bikaba bitari gushoboka ko bahangana n’uyu […]
Rutsiro: Umuyobozi w’akarere ucyuye igihe yaba ari mu maboko ya polisi
Uwari umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro ucyuye igihe, Byukusenge Gaspard, ngo kuri uyu wa 02 Werurwe yaba yatawe muri yombi na polisi y’igihugu nyuma yo kugenda yitabye agahita afatwa. Biravugwa ko Byukusenge ngo yagiye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’Igihugu ku Kacyiru agahita atabwa muri yombi nk’uko byemezwa n’abahoze bakorana n’uyu mugabo. Umwe muri aba utifuje […]
Ikibazo cy’impunzi zibarizwa muri Congo kigiye gushakirwa umuti urambye
Umuryango w’Abibumbye watangaje ko urimo urakora ibishoboka byose kugirango urangize urujya n’uruza rw’impunzi rugaragara mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Kimwe mu byo uvuga ugiye gukora, harimo gushakisha umuti urambye ku kibazo cy’impunzi zibarirwa muri za miliyoni zahunze ibihugu byazo mu karere. Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nicyo gihugu kimaze imyaka myinshi mu […]
Perezida Kagame ategerejwe i Conakry muri Guinea kuwa 10 Werurwe
Perezida Paul Kagame ategerejwe i Conakry muri Guinea kuwa 10 Werurwe mu rwego rw’uruzinduko rw’akazi. Iyi tariki yamaze kwemezwa binyuze mu nzira ya dipolomasi nk’uko byemezwa n’Umuyobozi Wungirije w’ikitwa DAAMO (Direction Afrique Asie Moyen Orient), muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Guinea. Mu kiganiro n’urwego rushinzwe itangazamakuru muri guverinoma, Mohamed Camara, umunyamategeko akaba n’umuyobozi wungirije wa […]
Nyuma yo gusambanya nyina igihe kirekire yahisemo kumurongora
Betty Mbereko ni umupfakazi wakundanye n’umuhungu we igihe kirekire bigatuma abenga abavandimwe ba nyakwigendera maze biza kumuviramo gutwita inda y’umuhungu we Farai. Uyu mupfakazi afite imyaka mirongo ine y’amavuko akaba yari amaze imyaka 12 ari umupfakazi, yasigaranye n’umuhungu munzu ubwo umugabo wa yari amaze gupfa. Nyuma y’igihe gito umugabo apfuye abavandimwe b’umugabo bashatse kumurongora kugira […]
Benjamin Mkapa : ese azashobora kunga abarundi?
Inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’uburasirazuba EAC baraye batoye uwahoze ari Perezida wa Tanzaniya Benjamin William Mkapa kuba umuhuza w’abashyamiranye mu Burundi. Ese uyu mugabo wigeze kuyobora Tanzaniya yaba afite ubunararibonye mu guhuza abarundi? Uyu mugabo w’inararibonye muri Politiki, yayoboye igihugu cya Tanzaniya kuva mu 1995 ageza mu 2005. Uyu mugabo yagize uruhare […]
FDLR yongeye kwigirwa indi mitwe mishya yo kuyihashya
Ingabo z’umuryango w’abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri RDC zatangaje ko zigiye kongera kuzura imikoranire n’ingabo za Leta FARDC mu bitero byo guhashya burundu inyeshyamba zirimo na FDLR zikomeje guhungabanya umutekano mu karere. Umwaka ushize nibwo ingabo za Monusco zari zitandukanyije na FARDC, biturutse ku basirikare 2 ba FRDC bari bayoboye ingabo mu bitero byo […]
Kenya: Umudepite arasaba ko hajya hakorwa Umuganda nko mu Rwanda
Umudepite wo mu gihugu cya Kenya yatanze igitekerezo cy’uko hashyirwaho iminsi y’umuganda mu gihugu nk’uko mu Rwanda babigenza. Uyu mudepite witwa Wilberforce Ottichilo yasabye ko guverinoma yahitamo iminsi kuwa gatandatu, aho buri muturage azajya agira uruhare mu gusukura ahantu hahurira abantu benshi ndetse n’aho baba. Iki gitekerezo cya Wilberforce yagitanze mu nteko aho biteganyijwe ko […]
Imanza zifitanye isano n'ibiyobyabwenge mu kuburanishwa nk'iz'ubwicanyi
Imanza z’abakekwaho ibyaha bifitanye isano n’ibiyobyabwenge zigiye kujya ziburanishirizwa n’inkiko zibifitiye ububasha aho icyaha cyakorewe nk’uko byagendaga ku muntu ukekwaho icyaha cy’ubwicanyi nk’uko byemezwa na Polisi y’Igihugu. IP Emmanuel Kayigi, Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba yatangaje ko hamwe n’inzego z’ubutabera, babyumvikanyeho, urwo rwego rw’umutekano avugira rwifuza ko imanza z’abantu baba bafatiwe mu bikorwa byo […]