Rugby:Ikipe y’u Burundi yashyize hanze abakinnyi izakinisha mu marushanwa azabera mu Rwanda

Mu gihe ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Rugby itozwa na Itanzi Jean Baptiste yari imaze iminsi mu mwiherero bitegura amarushanwa azabera mu Rwanda, iy’u Burundi nayo yashyize hanze urutonde rw’abo izifashisha. Iyi shampiyona yiswe “C AR rugby Division 2 tournament” izatangira tariki ya 15 Gicurasi 2016, ikazitabirwa n’ibihugu bine aribyo; u Burundi,RDC,Lesotho ndetse n’u Rwanda […]

ISIS yahambye abasirikare bayo 45 ari bazima

Komanda mukuru w’umutwe w’iterabwoba wa ISIS, yategetse ko bahamba abarwanyi bayo bagera kuri 45, nyuma yo gufatwa batorotse urugamba ubwo uyu mutwe wari wagabye igitero muri Syria. Amakuru IraqiNews yakuye mu ntara ya Nineveh, avuga ko kuri uyu wa kabiri taliki 10 Gicurasi 2016, ISIS yacukuye imva zo gushyiramo abo barwanyi bahunze ubwo urugamba rwabahuzaga […]

Ku myaka 24, umukobwa yakoze imibonano mpuzabitsina ntiyumva uburyohe

Mfite imyaka 24, sindarushinga. Ariko kandi nigeze gukundana n’abahungu bake ndetse tunakorana imibonano mpuzabitsina kandi bigenda neza. Nyuma yaho, mfite imyaka 22, naje gusohokana n’ikigabo kimwe, maze kiza kumfata ku ngufu. Niyibuka kimaze kumfata ndambaraye ahongaho, numva nabaye umwanda kandi nabaye n’igikoresho. Kuva ubwo nagerageje gukundana n’abandi bahungu, ariko bikananira kubagira inshuti nyazo kuko numvaga […]

Abana 19 bari barashimutiwe muri Sudan y’Epfo barekuwe

Abana 19 bari barashimutiwe muri Sudan y’Epfo , bagarutse mu gihugu cyabo amahoro, mu gihe ibiganiro ku mpande zombi bigikomeje ngo habe harekurwa abandi bakiri muri Sudan. Getachew Reda, umuvugizi wa Leta ya Ethiopia yemeje ayo makuru, avuga ko barekuwe hatabayeho kurasana,ariko ngo ikomeje kongera imbaraga mu biganiro ngo abandi bakiriyo babe barekurwa. Yakomeje ashimangira […]

Dr Kizza Besigye yongeye gutabwa muri yombi

Nyuma y’uko Col Kizza Besigye abujijwe kurenga imbibi z’inzu ye, yongeye gutabwa muri yombi, mu mujyi wa Kampala rwagati ahita ajyanwa gufungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mukono. Uyu mugabo yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatatu taliki 11 Gicurasi 2016, nyuma yo gutungura benshi ubwo yagaragaraga mu mujyi wa Kampala rwagati, ahita avuga ko […]

Man Utd yatewe amabuye binayiviramo kunyagirwa na West ham

Ikipe ya Manchester United yahuye n’uruva gusenya ubwo yageraga kuri Sitade ya Westham, aho yatunguwe no kubona yakirizwa amabuye maze biza no kuyiviramo gutsindwa. Ni kuri uyu wa kabiri taliki 10 Gicurasi 2016, ubwo Man Utd yatsindwaga na West Ham ibitego 3-2 by’umwihariko bus yabo iranangizwa. Kumena imodoka yari itwaye abakinnyi, byatumye umukino wimurwaho iminota […]

Umugabo n’umugore bafotowe basambanira ku gasozi —REBA AMAFOTO

Umugabo n’umugore batatangajwe amazina yabo, bafotowe n’umurobyi ,ubwo bari barimo gusambanira mu byatsi biri iruhande rw’ikigo cy’amashuri mu mujyi wa Doncster mu Bwongereza. Ibi byabaye kuri uyu wa mbere taliki 09 Gicurasi 2016, aho aba bombi bakoze imibonano mpuzabitsina umugore abanje kunywa itabi mu gihe umugabo we inseko n’ubwuzu ngo ari byo byamurangaga. Aya mashusho […]

ADEPR:Bamwe mu barakare bari barirukanwe bagaruriwe inkindi biteguye gusubizwa ku mbehe

Bamwe mu ba Pasitoro bari barirukanwe na ADEPR ibashinja imyitwarire mibi ubu bamaze kugarururirwa icyubahiro n’ imbehe bari barambuwe. Umuvugizi wa ADEPR w’ungirije, Rev.Tom Rwagasana mu kiganiro yagiranye na bwiza.com yemeje amakuru avuga ko bamwe mu ba Pasitoro bari baraharitswe ku nshingano zabo ubu bamaze kubabarirwa bagirirwa ikizere n’itorero . Yakomeje avuga ko itorero ari […]

Nyakwigendera Papa Wemba yaba yarateye inda umukobwa w’imyaka 18

Mu buryo butunguranye icyamamare muri muzika ukomoka muri Congo-Kinshasa apfuye, nyuma y’iminsi mike gusa habonetse umukobwa w’imyaka 18 y’amavuko bivugwa ko yatewe inda n’uwo nyakwigendera. Uyu mukobwa ufite inda y’imvutsi amazina ye ntabwo yashijwe ahagaragara ariko bakaba bagaragaje amafoto agaragaza igikundiro n’ibihe byiza yagiranye na nyakwigendera nk’uko bivugwa na bimwe mu binyamakuru bikorera muri Congo-Kinshasa, […]

Uburusiya bwakoze igisasu cya kirimbuzi cyasenya Ubufaransa mu gihe gito

Leta y’u Burusiya ubu iri mu igerageza ry’igisasu cya kirimbuzi ngo gishobora kuba cyasenya igihugu kingana n’Ubufaransa cyangwa kiri munsi yabwo ku buso mu gihe gito cyane. Icyo gisasu cyiswe “ Satan 2 ” ariko izina ryacyo nyaryo ni “ RS-28 Sarmat ” ngo kikaba kizaba ari igisasu cya kirimbuzi kitigeze kibazo mu mateka y’isi. […]

Barifuza ko kuri Nyabarongo hubakwa urwibutso rwa Jenoside

Abacitse ku icumu bo mu Murenge wa Ngamba barifuza ko ku mugezi wa Nyabarongo hashyirwa ikimenyetso cy’urwibutso rugaragaza aho abatutsi batagira ingano biciwe mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Ibi babigaragarije ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi kuri uyu wa mbere tariki 09 Gicurasi 2016, ubwo abatuye uyu Murenge, ishuti n’abavandimwe bibukaga ku nshuro ya […]

Umukecuru w’imyaka 72 yibarutse umwana

Mu bitaro byo mu gihugu cy’u Buhinde umukecuru w’imyaka 72 y’amavuko yabyaye umwana, bakaba barakoresheje uburyo by’ikoranabuhanga mu gutera uyu mugore intanga ngabo, ariko ibi bikaba bikorwa ku bagore babuze imbyaro. Daljinder Kaur ariwe uyu mugore mu mazina ye, yabyariye mu bitaro biri mu mjyi wa Haryana akaba abyaye nyuma y’imyaka ibiri akurikiranwa n’abaganga, umugabo […]

Uwakoze Jenoside wari wariyoberanyije yafatiwe i Kigali

​Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umugabo w’imyaka 48 y’amavuko wiyitaga umutanzaniya, akaba yari asanzwe ashakishwa n’ubutabera bwo mu Rwanda kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Hussein Minani, wari warabonye ubwenegihugu bwa Tanzaniya ku izina rya Hussein Abdi Kitumba Mujandi, yafatiwe i Remera mu karere ka Gasabo ku italiki 6 Gicurasi uyu […]