Hamagara kuri 0788520211 wigurire imodoka ISUZU TROOPER- AMAFOTO
Ni imodoka yo mu bwoko “ISUZU TROOPER” ikaba iri mu mujyi wa Kigali i Remera, uwaba yifuza kuyisura yayisanga aho, cyangwa agahamagara kuri 0788520211 agahabwa ibisobanuro birambuye. AMAFOTO YAYO: Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com
Imyanya 7 y'akazi muri MININFLA (Deadline 16/05/2016)
Intare 2 zasatuye inda y’imbogo ziyikuramo icyana- REBA AMAFOTO
Muri Afurika y’Epfo muri pariki ya Kurger, intare ebyiri zivuganye imbogo yaburaga igihe gito ngo ibyare zirayica nyuma ziyikuramo icyana zirakirya. Bamukerarugendo bafashe ayo mashusho, bavugako izo ntare zasaga nk’aho zari zishonje, ngo zabanje gushinga amenyo iyo mbogo ku gikanu, maze zibona kuyisatura inda maze zikuramo icyana zijya kukirya. Umugore wari hafi aho wabonye uko […]
Urutonde rw’ibihugu 10 bifite igipolisi gitinyitse ku isi
Mu gihe buri gihugu ku isi kigiye gifite abashinzwe umutekano w’igihugu cyabo, hari ibihugu usanga bifite igipolisi cyubakitse ugereranyije n’ibindi bihugu, urutonde rwakozwe n’ikinyamakuru worldknowing rugaragaza ko Ubushinwa bufite igipolisi gikakaye kurusha ibindi bihugu. 1.Ubushiwa Iki gihugu gifite igipolisi kiganjemo umubare munini w’abagabo n’abagore, aho baba bafite ibikoresho bihambaye byifashishwa mu kurinda umutekano. Minisiteri y’umutekano […]
Polisi yafashe ukekwaho kwica inzugi z’imodoka akibamo amafaranga
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge yataye muri yombi umusore witwa Hitimana Albert ukekwaho kuba mu gatsiko k’abajura bica inzugi z’imogoka aho ziba zihagaze, bakiba ibikoresho by’ikoranabuhanga biba birimo nka za mudasobwa, telephone zigendanwa na Radiyo zo mu modoka. Uyu Hitimana akaba yarafatiwe mu kiyovu nyuma yo kwica urugi rw’imodoka, akibamo amafaranga y’u […]
Umugore uryama nk’umutumba ngo ashobora gutera umugabo kubihirwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
Iyo umugore n’umugabo barimo gukora imibonano mpuzabitsina baba barimo guhana, araguha ukamuha.Ariko bamwe babyumva nabi,hari abagore bumva ko muri uwo mukino niba yemeye gutanga igitsina aba ari nkaho ari ibiryo ashyize ku isahani akigendera umugabo agasigara yirwanaho. Si uko biri,niba ushaka ko umugabo wawe “agupfira” ntararamire abandi bagore ugomba kumenya kumunezeza nawe ku buryo avuga […]
Abayobozi ba FDLR baragerejwe bicwa abandi bafatwa mpiri
Imyaka yihiritse ari 22 inyeshyamba za FDLR ziba mu mashyamba ya Congo, uko imyaka yagiye yicuma ni ko bamwe muri izi nyeshyamba bagiye batahuka bakagaruka mu gihugu cyababyaye abandi bakicirwa iyo mu mashyamba mu gihe hari n’abafatwa mpiri. Uku kwicwa kwa bamwe na bamwe mu bayobozi ba FDLR abandi bagafatwa mpiri, ngo ni intandaro yo […]
Bwa mbere mu mateka ya Ruhago, umugore yagizwe umunyamabanga muri FIFA
Kuva FIFA yabaho, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Gicurasi 2016, nibwo hatowe umugore nk’Umunyamabanga mukuru, Fatma Samoura wari usanzwe ukomoka muri Senegal wari usanzwe akora muri Loni. Samoura w’imyaka 54 y’amavuko, aje mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi nyuma yo kumara imyaka 33 ari umukozi wa Loni muri gahunda z’iterambere muri Nigeria. Samoura […]
Kizza Besigye azagezwa mu rukiko ku wa mbere w’icyumweru gitaha
Col Kizza Besigye, umukandida washinze ishyaka rya FDC ritavuga rumwe na Leta ya Uganda, nyuma yo gutabwa muri yombi na polisi agiye kugezwa mu rukiko. Polly Namaye, umuvugizi wa Polisi, aganira n’itangazamakuru mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 13 Gicurasi 2016, yemeje ayo makuru avuga ko bamaze gutegura ibisabwa ngo Besigye agezwe mu […]
Guverineri Bosenibamwe arasaba abaturage b’Intara ayoboye kugira umutekano uwabo
Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, Bosenibamwe AimĂ© yahamagariye abaturage bo muri iyi Ntara kwita ku mutekano w’aho batuye barwanya ibyaha iyo biva bikagera aho yagize ati:” Mubigize ibyanyu byabafasha gukumira ibyaha.” Ibi yabivuze ubwo yagiranaga inama n’abaturage b’uturere twa Musanze na Burera mu bihe bitandukanye ku italiki ya 12 Gicurasi . Izi nama z’umutekano zombi zitabiriwe n’inzego […]