Ibiganiro by’Abarundi ngo ni nko kugosorera mu rucaca

Ibi ni ibyatangajwe na Vital Nshimirimana, umuyobozi wa FORSC ( Forum for Strengthening the Civil Society) , akaba avuga ko ibiganiro bihuza Abarundi birimo kubera muri Tanzaniya nta cyo byageza ku bahanganye bagamije gukemura amakimbirane, ahubwo ko ari nko kugosorera mu rucaca. Vital avuga ko Nkurunziza bafata nka nyirabayazana w’ibibazo Abarundi bafite adashaka umuntu umuvuguruza, […]

Ibihugu 36 byaje gufatira ubumenyi ku ndangamuntu nshya z’u Rwanda

Kuva kuri uyu wa 24 Gicurasi 2016, impuguke ziturutse mu bihugu 36 by’Afurika, zatangiye inama y’iminsi itatu mu Rwanda, yiswe ID4AFRICA, igamije kwigira ku ntambwe u Rwanda rumaze gutera mu guha abaturage indangamuntu zikoranye ubuhanga. Iyo nama ikaba igamije gushakira hamwe uko abaturajye bo mu bihugu bya Afurika bashishikarizwa ibyiza byo kugira irangamimerere inyuze mu […]