Afurika igiye kuzamura ubuso buhinzeho amashyamba bukagera kuri hegitari miriyoni 350.
Ibihugu bya Afurika byiyemeje guhangana n’ikibazo cy’iyangirika ry’amashyamba, aho bifite intego yo kuzamura ubuso buhinzeho amashyamba bwangijwe n’ibikrwa bya muntu bakongera gutunganwa bukagera kuri hegitari 150 kugeza mu mwaka wa 2020 ndetse no bukaba bwagera kuri hegitari 350 muri 2030. Iyi ni imwe mu myanzuro y’inama yabereye i Kigaki yiga uburyo ubuso buhinzeho amashyamba bwakwiyongera, […]
Tumenye uruhare rw'umwenegihugu mu by'Ububanyi n'andi mahanga
Iyo witegereje abatuye isi mu byiciro babamo muri rusange, by’umwihariko mu bihugu bitandukanye babarizwamo , byaba ibyo bavukamo , batemberamo ,bakuriyemo cyangwa bagiyemo ku mpamvu z’imirimo , amasomo n’ubushabitsi busanzwe uhita wibaza ku ruhare rw’umwe wese mu guharanira kugaragaza isura y’igihugu cye , cyaba icy’amavuko hamwe n’ikindi yakwitirirwa kubagira ubwenegihugu burenze bumwe . Mu gusesengura […]
Ikipe ya RRA y’abagore yatangiye imyitozo yo kwitegura irushanwa rizabera Uganda
Ikipe y’umukino w’intoki volleyball y’ikigo cy’imisoro n’amahoro RRA y’abagore yatangiye imyitozo y’ingufu yitegura irushanwa mpuzamahanga ritegurirwa muri Uganda rizwi nka Kampala Amateur Volleyball (KAVC) rizaba kunshuro yaryo ya 20. Iyi kipe yegukanye igikombe cya shampiyona ya volleyball y’abagore, ikaba ari nayo iheruka gutwara iri rushanwa riheruka, yatangiye imyitozo mumpera z’iki cyumweru, irushanwa rizakinwa tariki 06-07 […]
Intungamubiri ziri mu mata y’ibinyenzi zishobora kuzarengera ubuzima bwa muntu
Mu gihe usanga hirya no hino mu ngo bakumira bakanamaganira kure ibinyenzi aho biva bikagera kuko bifatwa nk’ibiteza umwanda mu nzu ndetse bikanashakirwa imiti itandukanye yo kubitsemba, nyamara ngo hari bumwe mu bwoko bwabyo bufite amata ashobora kuzitabazwa mu kurengera ubuzima bwa muntu. Ibi byagaragaye mu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’abahanga mu mibereho ya muntu, aho […]
Papa Francis yikubise hasi imbere y’abakiristu barenga miliyoni
Uku kwikubita hasi k’umushumba wa kiriziya Gatolika ku isi,Francis benshi babifashe nk’igitangaza cy’Imana kuruta kuba impanuka ubwo yari imbere y’abayoboke be muri misa yakoreye i Jasna Gora Monastery. Papa Francis w’imyaka 79, yikubise hasi ubwo yasomaga misa yari yitabiriwe n’abayoboke babarirwa mu mamiliyoni n’abanyamakuru bo hirya no hino ku isi. Ubwo yari ahagaze kuri Altar […]
Zimbabwe: Abashomeri barangije kaminuza bahisemo kuba abazunguzayi
Amafoto y’abasore bo muri Zimbabwe barangije kaminuza bakabura icyo bakora bagakora ubuzunguzayi mu mujyi wa Harare bambaye ya kanzu abanyeshuri basoje kaminuza bambara yavugishije abantu ku mbuga nkoranyambaga. Aya mafoto ngo akaba agaragaza ibibazo bikomeye iki gihugu kirimo muri ibi bihe, aho ibura ry’imirimo rikabije rikomeje gusunikira intiti mu buzunguzayi benshi batari babyiteze. Urubuga thisisafrica […]