Uganda: Intambara y'abahanzikazi bakwirakwiza amafoto bambaye ubusa ikomeje guca ibintu
Muri Uganda haravugwa intambara y’urudaca mu bahanzikazi bakomeje gushyira amafoto hanze agaragaza ubwambure bwabo, aho usanga buri wese ashaka gukurura abantu cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga. Â Kuri ubu umuhanzi usa naho ataramenyekana cyane uzwi ku mazina ya Quin Ramona yashyize hanze amafoto amugaragaza uko ari aho yayashyize ku karubanda binyuze ku mbuga nkoranyambaga ngo […]
Umuyobozi w'ikinyamakuru “Rwanda Focus” yatawe muri yombi
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi Shyaka Kanuma, umuyobozi w’ikinyamakuru Rwanda Focus azira uburiganya mu gushaka amasoko ndetse no kurigisa imisoro ya leta. ibi ni ibyatangajwe n’umuvugizi wungirije wa Polisi y’Igihugu, Chief Supt. Lynder Nkuranga, aho yavuze ko uyu Kanuma yatawe muri yombi kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31 ukuboza 2016, akurikiranyweho ibyaha bifitanye […]
Burundi: Iperereza ryataye muri yombi abantu barimo n'umugore wa Minisitiri w'ibidukikije wishwe
Iperereza ku waba yishye Minisitiri w’ibidukikije Emmanuel Niyonkuru mu gihugu cy’u Burundi ryataye muri yombi abantu 2 barimo umugore we bari kumwe mu modoka ndetse na nyir’akabari bari bavuye kunyweramo ubwo uyu muminisitiri yaraswaga. Mu itangazo ryatanzwe n’umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi Nkurikiye Pierre, rivuga ko uwarashe nyakwigendera bari bari kumwe mu modoka bityo ko niba […]
RDC: Ibiganiro kuri manda za Perezida Kabila byashyize bigera ku mwanzuro
Nyuma y’uko muri Repubulika iharanira demokarasi ya kongo hamaze iminsi itari mucye hakorwa ibiganiro birimo abanyepolitiki ndetse n’abanyamadini hagamijwe kureba icyakorwa ngo imvururu ziri muri kiriya gihugu zihoshe kuri uyu wa mbere Mutarama 2016, ibi biganiro byaba byashyize bukagera ku mwanzuro ufatika. mu nama yabaye kuri uyu wa mbere Mutarama 2016, hanzuwe ko Perezida kabila […]
Kampala: Abasaga 200 bari mu buroko bazira ubunani
Polisi ya Kampala muri Uganda yataye muri yombi abasaga 200 bazira ibikorwa by’urugomo mu gihe bishimiraga ko basoje umwaka wa 2016 mu gicuku cyo kuri uyu wa 1 Mutarama 2017. Umuvugizi wa Polisi yo mu mujyi wa Kampala Joseph Bakaleke avuga ko ku ikubitiro, habanje gufungwa abagera ku 138 bazira ibyaha birimo kurema ibico, imirwano […]
Urugaga rw’Abavoka rurasaba Polisi gutanga amakuru afatika ku iyicwa rya Me Toy
Nyuma y’uko polisi y’igihugu yatangaje ko Umunyamategeko Nzamwita Toy yarashwe n’Abapolisi bikamuviramo urupfu mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu rishyira kuwa gatandatu hafi ya Rond Point ya Kacyiru ahazwi nka KBC, urugaga rw’Abavika rwatangaje ko hari amakuru y’ingenzi ataratanzwe na Polisi ku iri yiswa bityo rukanasaba ko iperereza ryihutishwa. Polisi y’u Rwanda mu itangazo […]
Donald Trump yifuzije abamwanga umwaka mushya baramutuka
Perezida mushya witegura guhabwa gutegeka leta zunze ubumwe z’ Amerika muri uku kwezi kwa Mutarama 2017 yazirikanye abanzi be mu kwifuriza abatuye Amerika n’isi yose umwaka mushya muhire wa 2017 [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Donald Trump yanditse amagambo asa n’ashotora abatamushyigikiye ababwira ko kuri ubu babuze icyo bakora kuko […]
Burundi: Minisitiri w'Amazi n'ibidukikije yishwe arashwe
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 1 Mutarama 2017, Minisitiri w’Amazi n’ibidukikije mu gihugu cy’u Burundi yishwe arashwe mu mujyi wa Bujumbura. Amakuru atangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye byo muri kiriya gihugu avuga ko uyu Minisitiri Niyonkuru Emmanuel yarashwe n’abantu bataramenyekana ariko umugore wari kumwe nawe akaba yahise atabwa muri yombi ngo akorerweho iperereza. Urupfu rw’uyu muminisitiri […]
“Ntacyo tuzemera ko cyasubiza inyuma ibyo twagezeho” Perezida Kagame 2017 (VIDEO)
Mu butumwa busoza umwaka wa 2016 bukanatangiza uwa 2017, umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yongeye kwibutsa abanyarwanda gukomeza ibikorwa bigamije iterambere ry’igihugu, anatangaza ko u Rwanda rwiteguye guhangana n’icyo ari cyo cyose kizaba kigamije gusubiza inyuma ibyo igihugu cyagezeho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] “Banyarwanda, banyarwanda kazi, nshuti z’u Rwanda ndabasuhuje kandi mbifuriza mwese umwaka mushya muhira […]