Musanze: Abasaga 20 bavuye mu mirimo kuva akarere kabwirwa na Minisitiri w’intebe ko kiyobora

Abayobozi b’imirenge 2, ab’utugari 18 n’abandi bagera kuri 5 birukanywe mu karere; bamaze kuva ku mirimo yabo mu Karere ka Musanze gaherereye mu Ntara y’Amajyaruguru, nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe atunze agatoki ubuyobozi bw’aka karere avuga ko kiyobora ubwo hamurikwaga imihigo y’umwaka wa 2015/2016. Ubwo hamurikwaga iyi mihigo, Akarere ka Musanze kari kayobowe na Musabyimana Jean […]

Utanyuze hano ngo babanze baguhugure byakubera ikibazo kongera kwibona mu Muryango Nyarwanda — Lt Uwayezu

Ibi byatangajwe na Lt Uwayezu Intije Deogratias, wahoze mu mutwe wa FDLR ariko akaba yari aherutse kwitandukanya na FDLR akajya mu mutwe wa CNRD nawo uherutse gushingwa n’abitandukanyije na FDLR, akaba yari ahagarariye uyu mutwe mu mujyi wa Goma muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ubwo itsinda ry’abanyamakuru ryasuraga Ikigo cya Mutobo, cyakirirwamo abahoze mu […]

Inkunga izaterwa amakipe azitabira irushanwa rya CAF yamenyekanye

Mu gihe habura iminsi micye ngo hatangire imikino y’amajonjora y’ibanze y’amarushanwa y’ama-club ategurwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF, minisiteri y’umuco na Siporo mu Rwanda yatangaje ko izahemba amakipe abiri arimo APR Fc ndetse na Rayon Sports Fc Miliyoni 50 z’amafaranga y’u Rwanda zikagabana zikaringaniza. Kugeza ubu aya makipe azahagararira u Rwanda mu marushanwa ya […]

Mukobwa,niba ushaka umukunzi dore abasore bagukeneye (Fungura ubone imyirondoro)

1.Kubwimana Charles, Ndipfuza Umukunzi Ufise Hagati Yimwaka 20-27 Wubahimana.Atavyibushe Cane Kandi Atonze Cane Yipfuza Kubaka.Yonyandikira Kuri Email Yanje:charleskubwimana75@gmail.Com 2.Muraho neza nitwa KWIZERA Patrick nkaba nifashishe urububuga duhuriraho nabenshi kuko harigihe nagira umugisha nkahabona umukunzi kuko maze igihe nkeneye umukunzi kubera ko uwo narimfite mbere yambabaje ubu rero nkaba nje hano ngo ndebe ko nahabona umunyamutima […]

2016 isize umukino w'amacenga mu bihugu binyamuryango bya EAC

Ntibisanzwe kubona abavuga ko bahuje umuryango bari kuryaryana, umukino w’injangwe n’imbeba ni umukino wo gucungana ku jisho wahumbya gato cyangwa urangaye ho gato ukisanga uhombye byinshi,bene uyu mukino niwo uri gukinirwa mu muryango w’Afurika y’Uburasirazuba (EAC). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuryango wa EAC (East African Community) ni umuryango uhuriwemo n’ibihugu bitandatu (6) byo muri Afurika y’Uburasirazuba ari […]

Abana bari munsi y’imyaka 18 bakatiwe gufungwa Burundu muri 2016

Mu gihe usanga imiryango mpuzamahanga yita ku burenganzira bwa muntu ndetse n’iyita ku bana ivuga ko umwana atemerewe gufungwa atarageza ku myaka 18 y’amavuko, hari ibihugu bimwe na bimwe ku isi byagiye birenga kuri ayo mabwirizwa aho abana batari bacye hirya no hino ku isi bagiye banahabwa ibifungo bya burundu kandi batarageza ku myaka 18 […]

Icyatumye Gen Germain Niyoyankana na bagenzi be 21 basezererwa mu gisirikare cyatangajwe

Mu itangazo ryasohowe ku wa 31 Ukuboza 2016, ryashyizweho umukono na perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, ryasezereraga Lt Gen Gen Germain Niyoyankana na bagenzi be 21, bose bo ku rwego rukuru mu gisirikare. Nyuma y’isezererwa ryabo, byinshi byagiye bivugwa ko byaba bifitanye isano n’ibibazo bimaze iminsi mu gisirikare cy’u Burundi ndetse ko bifite aho bihuriye […]

Uganda: Abanyamakuru n’Abapolisi batawe muri yombi bibye

Polisi yo mu gihugu cya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi ibisambo byitwaje intwaro birimo abanyamakuru 2 ndetse n’Abapolisi bo ku rwego rwa Ofisiye bari bitwaje n’imbunda. Aba banyamakuru 2 ndetse n’Abapolisi bafungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Kampala bafashwe kuri uyu wa kabiri tariki ya 3 Mutarama 2017, nyuma yo gufatanwa mafaranga asaga Miliyoni […]

Umwunganizi wa Vincent Murekezi yahaye urukiko igihe ntarengwa cyo kumurekura

Umunyamategeko wunganira umunyarwanda Vincent Murekezi muri Malawi yasabye urukiko rukurikirana ikirego cy’uyu mugabo kugaragaza ibimenyetso bishinja umukiriya we bitaba ibyo akarekurwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi uyu munyamategeko yabisabye nyuma y’uko urukiko rwari rwihaye iminsi 21yo kukagaragaza ibimenyetso bishinja Murekezi iyo minsiyarangiye ku wa 02 Mutarama 2017 urubanza rusubukura ubushinjacyaha butarabona ibyo bimenyetso. Ibimenyetso bishakishwa ni ibishinja […]

Burundi: Nyuma y’urupfu rwa Minisitiri Emmanuel, abandi 3 nabo barishwe mu minsi mikuru

Nyuma y’uko uwari Minisitiri w’ibidukikije mu gihugu cy’u Burundi Emmanuel Niyonkuru yiciwe mu modoka ubwo yajyaga iwe avuye kwizihiza umunsi mukuru w’ubunani, abandi bantu 3 nabo bishwe ku munsi wo kwizihiza ubunani muri kiriya gihugu. Ku ri uyu wa kabiri tariki ya 3 Mutarama 2017, nibwo igipolisi cyo mu ntara ya Bujumbura yataye muri yombi […]

Ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byamaze kuzamuka

Itangazo ryashyizweho umukono n’ubuyobozi bw’urwego rw’igihugu ngenzura mikorere (RURA) rigaragaza ko igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda cyazamuweho amafaranga y’u Rwanda 22 kuri litiro imwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Guhera kuri uyu wa 04 Mutarama 2017, litiro ya Esansi iragurishwa amafaranga y’u Rwanda 970 mu gihe ubusanzwe yagurishwaga amafaranga 948. Litiro ya Mazutu nayo ubu yashyizwe ku […]

Undi Munyarwanda ushinjwa kugira uruhare muri jenoside yaba yihishe muri New Zealand

Pheneas Nzaramba, Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi kuri ubu akaba yarahungiye muri New Zealand yashyizwe ku karubanda n’urwego rw’igihugu rw’ubushinjacyaha (NPPA). Abashinjacyaha ntibaramenya niba uyu mugabo akoresha andi mazina ngo abone uko atazatabwa muri yombi cyangwa niba atarmutse, ariko umuvugizi w’uru rwego, Faustin Nkusi avugana na The New Times dukesha iyi nkuru, yavuze […]

Rwanda:Abahesha b’inkiko b’umwuga bakwiye kuba nk’abamalayika

Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu iri guhugura abahesha b’Inkiko uko bakora umurimo wabo bubahiriza uburenganzira bwa muntu. Asobanurira Abahesha b’inkiko inshingano z’iyi Komisiyo, Umuyobozi wayo, Nirere Madeleine yavuze ko bakira ibibazo by’abantu barenganyijwe ariko ko bagomba kubikorana ubushishozi kuko uwatsinzwe n’uwatsinze bose bagomba guhabwa uburenganzira . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bamwe mu barangirijwe imanza ku gahato n’abahesha b’Inkiko, […]