Aryamana n’umuhungu we rimwe mu cyumweru kugirango ubutunzi bwabo bwiyongere

Banda Yvonne, umugore w’imyaka 52 y’amavuko ukomoka muri Zimbabwe, yahishuye ko amaze imyaka 14 buri uwa Gatatu aryamana n’umuhungu we, ibyo ngo bikaba bifasha uwo musore gukomeza gutera imbere mu butunzi. Umupfumu ngo akaba yarabwiye uyu muhungu we, ko rimwe gusa mu cyumweru bihagije akabona ubwambure bwa nyina kugirango abashe gukomeza gutera imbere, ndetse ko […]

Nshaka umukobwa ufite imyaka 35, wize kaminuza ufite n’akazi- Ushaka umukunzi

Ndi umusore ukuze hejuru ya 35 ,umukobwa nshaka ni uguhera kuri 30 ntakibazo nubwo yaba munsi yaho yarize kaminuza afite na kazi,narize kaminuza mfite na kazi ikigali karinganiye kadafite icyo gatwaye. umukobwa ufite gahunda yanyandikira in box tugahana contact telephonique, Email: habimanajeanpaul849@yahoo.com [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no […]

Imyitozo igaragaza ubuhangange bw’Abakomando (Sipecial Force) b’Abarusiya-AMAFOTO

Igihugu cy’Uburusiya ni kimwe mu bihugu byambere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari kimwe mu bihugu bivuga rikijyana mu muryango wabibumbye(UN) aho kibarizwa mu bihugu bya mbere bikize J8,kandi kikaba ari n’igihugu cya kabiri gifite igisirikare gikomeye ku isi nyuma Leta zunze ubumwe za America. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uku kuvuga rikijyana si ukuba gifite ubukungu […]

Ku myaka 50, Janet mushiki wa Michael Jackson yibarutse umwana wa mbere

Ku wa kabiri w’iki cyumweru tariki ya 3 Mutarama 2017, nibwo Janet Jackson yibarutse umwana we w’imfura yabyaranye n’umunyemari, Wissam Al Mana, ukomoka muri Qatari. Uyu mwana wavutse mu cyo ababyeyi be bombi bise ko ari ibitangaza, bitewe n’imyaka nyina yari agize nta kizere yaragifite ko azabona ikibondo, bahise bamwita Eissa Al Mana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Shadia Mahirwe yahishuye ko yaryamanaga n’umutoza Grace Nyinawumuntu

Umutoza Grace Nyinawumuntu wamenyekanye cyane nk’umutoza wa AS Kigali ndetse n’ikipe y’igihugu y’abagore, yandagajwe n’umwe mu bakinnyi yatozaga, Uwamahirwe Shadia, wamushinjije ibikorwa by’ubutinganyi ndetse banakoranaga uko ari babiri. Ibi bikaba bibaye mu gihe iki kibazo cyakunze kuvugwa ariko nyir’ubwite akabihakana ndetse akaba mu 2015 yaranageze aho arega imwe mu maradiyo yatangaje aya makuru. Ubwo uyu […]

Nibona nk’inyamaswa y’inkazi- Zlatan Ibrahimovic

Zlatan Ibrahimovic, umusore ukinira ikipe ya Manchester Utd, avuga ko muri iyi minsi ahagaze neza ndetse ko nawe yireba akibona nk’inyamaswa. Uyu musore ukomoka muri Suede, yatangaje ibi mu gihe yatowe nk’umukinnyi witwaye neza mu kwezi ku Ukuboza 2016, abaterankunga ba Man Utd bakaba aribo bamuhisemo nk’umukinnyi mwiza w’uko kwezi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko ikinyamakuru Goal […]

Umwana warushaga abandi umutwe munini ku isi, yawubazwe uvamo litiro 3 zirenga -AMAFOTO

Mrityunjay Das, ni umwana w’umuhungu ufite amezi 7 y’amavuko, ababyeyi be bakomoka mu gihugu cy’Ubuhinde, uyu mwana akaba yabazwe n’inzobere z’abaganga bo muri icyo gihugu bamuvomamo litiro 3 z’amazi dore ko yari afite umutwe munini kurusha abandi bana batuye iyi si. Uyu mwana yavukanye amazi mu mutwe we, uburwayi buzwi ku izina rya “Hydrocephalus”. Akaba […]

Ese icyemezo cyo kohereza umugogo wa Kigeli mu Rwanda cyubahirije amategeko ?

Kuwa Gatatu itariki 04 Mutarama 2017, nibwo Urukiko rwo muri Leta zunze bumwe za Amerika rwemeje ko umugogo w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa wakoherezwa mu Rwanda. Urukiko rwa Fairfax County muri Leta ya Virginia rwafashe icyo cyemezo nyuma yo kumva ibisobanuro byatanzwe n’impande ebyiri zajyaga impaka ku hantu umugogo w’Umwami Kigeli watabarizwa. Uruhande rwa mbere rwari […]

Gisagara: Abarundi n’ubundi bazanaga inkoko n’ibishyimbo ntacyo baduhombeje

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara buvuga ko ntacyo abaturage babo bahombye cyangwa ngo bahungabaneho nyuma y’uko u Burundi bufunze imipaka ngo kuko n’ubundi Abarundi bazanaga amatungo magufi cyangwa ibishyimbo gusa bityo bikaba ntacyo byahungabanya ku mibereho y’abatuye aka Karere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro yahaye umunyamakuru wa bwiza.com , Umuyobozi w’Akarere Rutaburingoga Jerome yavuze ko ubusanzwe Abarundi […]

U Rwanda na Sà£o Tomé na Prà­ncipe byasinye amasezerano y'ubufatanye

U Rwanda na SĂ ÂŁo TomĂ© na Prà­ncipe byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rwo kongera ingufu zabo mu Muryango w’Afrika yunze ubumwe, ubukerarugendo, umutekano n’ubwikorezi bwo mu kirere. Umuhango wabareye Sao Tome, umurwa mukuru wa SĂ ÂŁo TomĂ© et Prà­ncipe, abashyize umukono ku masezerano akaba ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, na mugenzi […]

Hagiye kujya hifashishwa ikoranabuhanga mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro

Mu Rwanda hagiye gutangira gukoreshwa ikoranabuhanga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu gihe kugeza ubu 80% byabakora ubucukuzi bagikoresha uburyo bwa gakondo . Ibi bikaba byaratangajwe na minisiteri y’umutungo kamere ubwo yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro. Bimwe mu bibazo bikunze kugaragara mu bakora umwuga w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro birimo ibikoresho byifashishwa muri uyu mwuga bihenze, impanuka […]

Sudani y’Epfo: Gen Tanginye wari umuyobozi w’inyeshyamba yiciwe mu mirwano

Umuyobozi w’inyeshyamba muri Sudani y’Epfo, Gen. Gabriel Tanginye, byemejwe ko yaguye mu mirwano yahuje imitwe yitwaje intwaro kuri uyu wa Gatatu ushize, nk’uko byemejwe na minisitiri w’itangazamakuru Micheal Makuei i Juba kuri uyu wa Gatanu. Minisitiri Michael yavuze ko ingabo za Gen. Johnson Olony zarwanye n’iza Gen. Tanginye, kuri ubu ziyobowe na Dr Lam Akol, […]

Burera: Akarere ntacyo kinjiza mu bucyerarugendo nubwo gafite ibyiza nyaburanga

Akarere ka Burera gaherereye mu majyaruguru y’u Rwanda, ni kamwe mu dufite ibice byinshi bibereye ijisho bishobora kubyazwa umusaruro mu buryo bw’ubukerarugendo; ahanini byiganjemo ibiyaga bya Burera na Ruhondo ndetse n’igice kinini kigizwe n’imisozi. Uzengurutse ikiyaga cya Burera, ukareba imisozi igikikije ushobora kwibaza ko cyaba amahirwe adasanzwe mu kwinjiza amadevize ya ba mukerarugendo ukurikije uko […]

Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside

Jean Claude Seyoboka ushinjwa uruhare muri jenoside woherejwe mu Rwanda aturutse muri Canada, yongeye gusaba urukiko rwa gisirikare kugumana umwunganizi yari afite kuva yazanwa. Ubwo yageraga mu rukiko rufite icyicaro I Nyamirambo kuri uyu wa Gatanu, aho ubushinjacyaha bwari bwasabaga ko yongererwa igihe cyo kuba afunze hagakomeza iperereza nyuma y’uko iminsi 30 yarangiye butarasoza iperereza. […]

Babiri batawe muri yombi bakekwaho kwiba mubazi z’amashanyarazi

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyamasheke ifunze abagabo babiri bakekwaho kwiba mubazi z’amashanyarazi eshanu bazivanye ku mazu mu karere ka Karongi. Abakurikiranweho iki cyaha ni Alexis Bikorimana, ufite imyaka 36 y’amavuko na Vincent Habimana,ufite imyaka 27 y’amavuko. Aba bombi bafatiwe mu kagari ka Nyarusange, ho mu murenge wa Kirimbi ku itariki 5 Mutarama uyu […]

Umwaka wa 2016 usize gahunda z’umuhora wa Ruguru mu marembera

Umuhora wa ruguru cyangwa Northern Corridor mu rurimi rw’icyongereza ni kamwe mu duce tugize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba gaherereye mu Majyaruguru y’Uburasirazuba bw’aka karere ka Afurika y’Uburasirazuba. Dukurikije uko aka karere gateye mu buryo bwa ki jewogarafia, usanga Sudani y’epfo, Uganda, Kenya n’u Rwanda aribyo bihugu biza muri uyu muhora wa ruguru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Tanzania, […]

Muhanga: Hatangijwe ku mugaragaro itorero ry'abarimu

Ku gicamunsi cyo kuwa kane tariki ya 5/1/2017 mu Murenge wa Shyogwe Akarere ka Muhanga ahari kubera itorero ry’abarimu, Umuyobozi w’Akarere ari kumwe n’inzego z’umutekano batangije iryo torero ku mugaragaro. Umuyobozi w’Akarere ashima uburyo bitabiriye ku kigereranye cya 80% kandi abandi bakaba bakiza, akomeza ababwira ko insanganyamatsiko y’itorero ari ‘’Uruhare rw’umurezi mu kubaka u Rwanda […]

Rubavu: Umugore yafashwe atwaye urumogi mu gihaza

Polisi ikorera mu karere ka Rubavu yafashe umugore wari utwaye udupfunyika tw’urumogi 1300 mu gihaza nyuma yo kwihindura umucuruzi wabyo. Nk’uko umuyobozi wa Polisi mu karere ka Rubavu, Senior Superintendent of Police (SSP) Callixte Kalisa abitangaza, umugore witwa Mukansonera Geraldine yafashwe ku italiki ya 5 Mutarama ku mupaka wa La Corniche yihinduye umucuruzi w’ibihaza ariko […]