Aryamana nâumuhungu we rimwe mu cyumweru kugirango ubutunzi bwabo bwiyongere
Banda Yvonne, umugore wâimyaka 52 yâamavuko ukomoka muri Zimbabwe, yahishuye ko amaze imyaka 14 buri uwa Gatatu aryamana nâumuhungu we, ibyo ngo bikaba bifasha uwo musore gukomeza gutera imbere mu butunzi. Umupfumu ngo akaba yarabwiye uyu muhungu we, ko rimwe gusa mu cyumweru bihagije akabona ubwambure bwa nyina kugirango abashe gukomeza gutera imbere, ndetse ko […]
Nshaka umukobwa ufite imyaka 35, wize kaminuza ufite nâakazi- Ushaka umukunzi
Ndi umusore ukuze hejuru ya 35 ,umukobwa nshaka ni uguhera kuri 30 ntakibazo nubwo yaba munsi yaho yarize kaminuza afite na kazi,narize kaminuza mfite na kazi ikigali karinganiye kadafite icyo gatwaye. umukobwa ufite gahunda yanyandikira in box tugahana contact telephonique, Email: habimanajeanpaul849@yahoo.com [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no […]
Imyitozo igaragaza ubuhangange bwâAbakomando (Sipecial Force) bâAbarusiya-AMAFOTO
Igihugu cyâUburusiya ni kimwe mu bihugu byambere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari kimwe mu bihugu bivuga rikijyana mu muryango wabibumbye(UN) aho kibarizwa mu bihugu bya mbere bikize J8,kandi kikaba ari nâigihugu cya kabiri gifite igisirikare gikomeye ku isi nyuma Leta zunze ubumwe za America. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uku kuvuga rikijyana si ukuba gifite ubukungu […]
Ku myaka 50, Janet mushiki wa Michael Jackson yibarutse umwana wa mbere
Ku wa kabiri wâiki cyumweru tariki ya 3 Mutarama 2017, nibwo Janet Jackson yibarutse umwana we wâimfura yabyaranye nâumunyemari, Wissam Al Mana, ukomoka muri Qatari. Uyu mwana wavutse mu cyo ababyeyi be bombi bise ko ari ibitangaza, bitewe nâimyaka nyina yari agize nta kizere yaragifite ko azabona ikibondo, bahise bamwita Eissa Al Mana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Shadia Mahirwe yahishuye ko yaryamanaga nâumutoza Grace Nyinawumuntu
Umutoza Grace Nyinawumuntu wamenyekanye cyane nkâumutoza wa AS Kigali ndetse nâikipe yâigihugu yâabagore, yandagajwe nâumwe mu bakinnyi yatozaga, Uwamahirwe Shadia, wamushinjije ibikorwa byâubutinganyi ndetse banakoranaga uko ari babiri. Ibi bikaba bibaye mu gihe iki kibazo cyakunze kuvugwa ariko nyirâubwite akabihakana ndetse akaba mu 2015 yaranageze aho arega imwe mu maradiyo yatangaje aya makuru. Ubwo uyu […]
Nibona nkâinyamaswa yâinkazi- Zlatan Ibrahimovic
Zlatan Ibrahimovic, umusore ukinira ikipe ya Manchester Utd, avuga ko muri iyi minsi ahagaze neza ndetse ko nawe yireba akibona nkâinyamaswa. Uyu musore ukomoka muri Suede, yatangaje ibi mu gihe yatowe nkâumukinnyi witwaye neza mu kwezi ku Ukuboza 2016, abaterankunga ba Man Utd bakaba aribo bamuhisemo nkâumukinnyi mwiza wâuko kwezi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkâuko ikinyamakuru Goal […]
Umwana warushaga abandi umutwe munini ku isi, yawubazwe uvamo litiro 3 zirenga -AMAFOTO
Mrityunjay Das, ni umwana w’umuhungu ufite amezi 7 yâamavuko, ababyeyi be bakomoka mu gihugu cyâUbuhinde, uyu mwana akaba yabazwe nâinzobere zâabaganga bo muri icyo gihugu bamuvomamo litiro 3 zâamazi dore ko yari afite umutwe munini kurusha abandi bana batuye iyi si. Uyu mwana yavukanye amazi mu mutwe we, uburwayi buzwi ku izina rya âHydrocephalusâ. Akaba […]
Ese icyemezo cyo kohereza umugogo wa Kigeli mu Rwanda cyubahirije amategeko ?
Kuwa Gatatu itariki 04 Mutarama 2017, nibwo Urukiko rwo muri Leta zunze bumwe za Amerika rwemeje ko umugogo wâUmwami Kigeli V Ndahindurwa wakoherezwa mu Rwanda. Urukiko rwa Fairfax County muri Leta ya Virginia rwafashe icyo cyemezo nyuma yo kumva ibisobanuro byatanzwe nâimpande ebyiri zajyaga impaka ku hantu umugogo wâUmwami Kigeli watabarizwa. Uruhande rwa mbere rwari […]
Gisagara: Abarundi nâubundi bazanaga inkoko nâibishyimbo ntacyo baduhombeje
Ubuyobozi bwâAkarere ka Gisagara buvuga ko ntacyo abaturage babo bahombye cyangwa ngo bahungabaneho nyuma yâuko u Burundi bufunze imipaka ngo kuko nâubundi Abarundi bazanaga amatungo magufi cyangwa ibishyimbo gusa bityo bikaba ntacyo byahungabanya ku mibereho yâabatuye aka Karere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro yahaye umunyamakuru wa bwiza.com , Umuyobozi wâAkarere Rutaburingoga Jerome yavuze ko ubusanzwe Abarundi […]
U Rwanda na SĂ ÂŁo TomĂ© na PrĂ Âncipe byasinye amasezerano y'ubufatanye
U Rwanda na SĂ ÂŁo TomĂ© na PrĂ Âncipe byashyize umukono ku masezerano yâubufatanye mu rwego rwo kongera ingufu zabo mu Muryango wâAfrika yunze ubumwe, ubukerarugendo, umutekano nâubwikorezi bwo mu kirere. Umuhango wabareye Sao Tome, umurwa mukuru wa SĂ ÂŁo TomĂ© et PrĂ Âncipe, abashyize umukono ku masezerano akaba ari minisitiri wâububanyi nâamahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, na mugenzi […]
Cote d'Ivoire:Abahoze mu Gisirikare bigaruriye umugi wa Bouake basaba guhabwa amadolari 8000
Amakuru ava muri Cote d’Ivoire avuga ko hari imirwano ikomeye hafi yâikigo cya gisirikari giherereye mu mugi wa kabiri wiki gihugu. Mu mugi wa Bouake hari imirwano ikomeye yatangiye kuva ku umunsi wa 5, aho ihuje abahoze ari abasikare mu mwaka 2011,aba basirikare bakaba bafashe imihanda mikuru igana mu murwa mukuru wa Cote d’Ivoire. Bivugwa […]
Hagiye kujya hifashishwa ikoranabuhanga mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro
Mu Rwanda hagiye gutangira gukoreshwa ikoranabuhanga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu gihe kugeza ubu 80% byabakora ubucukuzi bagikoresha uburyo bwa gakondo . Ibi bikaba byaratangajwe na minisiteri y’umutungo kamere ubwo yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro. Bimwe mu bibazo bikunze kugaragara mu bakora umwuga w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro birimo ibikoresho byifashishwa muri uyu mwuga bihenze, impanuka […]
Sudani yâEpfo: Gen Tanginye wari umuyobozi wâinyeshyamba yiciwe mu mirwano
Umuyobozi wâinyeshyamba muri Sudani yâEpfo, Gen. Gabriel Tanginye, byemejwe ko yaguye mu mirwano yahuje imitwe yitwaje intwaro kuri uyu wa Gatatu ushize, nkâuko byemejwe na minisitiri wâitangazamakuru Micheal Makuei i Juba kuri uyu wa Gatanu. Minisitiri Michael yavuze ko ingabo za Gen. Johnson Olony zarwanye nâiza Gen. Tanginye, kuri ubu ziyobowe na Dr Lam Akol, […]
Burera: Akarere ntacyo kinjiza mu bucyerarugendo nubwo gafite ibyiza nyaburanga
Akarere ka Burera gaherereye mu majyaruguru yâu Rwanda, ni kamwe mu dufite ibice byinshi bibereye ijisho bishobora kubyazwa umusaruro mu buryo bwâubukerarugendo; ahanini byiganjemo ibiyaga bya Burera na Ruhondo ndetse nâigice kinini kigizwe nâimisozi. Uzengurutse ikiyaga cya Burera, ukareba imisozi igikikije ushobora kwibaza ko cyaba amahirwe adasanzwe mu kwinjiza amadevize ya ba mukerarugendo ukurikije uko […]
Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside
Jean Claude Seyoboka ushinjwa uruhare muri jenoside woherejwe mu Rwanda aturutse muri Canada, yongeye gusaba urukiko rwa gisirikare kugumana umwunganizi yari afite kuva yazanwa. Ubwo yageraga mu rukiko rufite icyicaro I Nyamirambo kuri uyu wa Gatanu, aho ubushinjacyaha bwari bwasabaga ko yongererwa igihe cyo kuba afunze hagakomeza iperereza nyuma yâuko iminsi 30 yarangiye butarasoza iperereza. […]
Babiri batawe muri yombi bakekwaho kwiba mubazi zâamashanyarazi
Polisi yâu Rwanda mu karere ka Nyamasheke ifunze abagabo babiri bakekwaho kwiba mubazi zâamashanyarazi eshanu bazivanye ku mazu mu karere ka Karongi. Abakurikiranweho iki cyaha ni Alexis Bikorimana, ufite imyaka 36 yâamavuko na Vincent Habimana,ufite imyaka 27 yâamavuko. Aba bombi bafatiwe mu kagari ka Nyarusange, ho mu murenge wa Kirimbi ku itariki 5 Mutarama uyu […]
Umwaka wa 2016 usize gahunda zâumuhora wa Ruguru mu marembera
Umuhora wa ruguru cyangwa Northern Corridor mu rurimi rwâicyongereza ni kamwe mu duce tugize Umuryango wa Afurika yâUburasirazuba gaherereye mu Majyaruguru yâUburasirazuba bwâaka karere ka Afurika yâUburasirazuba. Dukurikije uko aka karere gateye mu buryo bwa ki jewogarafia, usanga Sudani yâepfo, Uganda, Kenya nâu Rwanda aribyo bihugu biza muri uyu muhora wa ruguru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Tanzania, […]
Muhanga: Hatangijwe ku mugaragaro itorero ry'abarimu
Ku gicamunsi cyo kuwa kane tariki ya 5/1/2017 mu Murenge wa Shyogwe Akarere ka Muhanga ahari kubera itorero ryâabarimu, Umuyobozi wâAkarere ari kumwe nâinzego zâumutekano batangije iryo torero ku mugaragaro. Umuyobozi wâAkarere ashima uburyo bitabiriye ku kigereranye cya 80% kandi abandi bakaba bakiza, akomeza ababwira ko insanganyamatsiko yâitorero ari ââUruhare rwâumurezi mu kubaka u Rwanda […]
Rubavu: Umugore yafashwe atwaye urumogi mu gihaza
Polisi ikorera mu karere ka Rubavu yafashe umugore wari utwaye udupfunyika twâurumogi 1300 mu gihaza nyuma yo kwihindura umucuruzi wabyo. Nkâuko umuyobozi wa Polisi mu karere ka Rubavu, Senior Superintendent of Police (SSP) Callixte Kalisa abitangaza, umugore witwa Mukansonera Geraldine yafashwe ku italiki ya 5 Mutarama ku mupaka wa La Corniche yihinduye umucuruzi wâibihaza ariko […]