Imana izi ibyawe

Iryo nijambo ryimana kubara 23:16 uwiteka amenya ko yahaye umugishya abisirayeri baramu na baraki babibeshyaho bashaka kubavuma. Mu ubuzima abantu ntibamenya ibyo Imana yavuze kumuntu ni ibanga rikomeye nibwo bakubona ukennye bakakwibeshyaho ko utazagira icyo ugeraho, babona nta inzu ufite bagirango uwiteka ntakuzi, babona ntakazi bakunvako ntako uzigera ubona, ariko uwiteka azi ibyawe ndetse yabimenye […]

Kayonza: Barashinja umugore gutwara abakobwa Uganda abatesheje impinja

Abaturage b’umurenge wa Rukara mu karere ka Kayonza barashinja umugore witwa Nyirahabimana Henriet kujyana abakobwa mu gihugu cya Uganda bagata abana b’impinja. Abo ni abatuye mu kagari ka Rukara bavuga ko hashije ibyumweru bibiri atwaye umwana w’umukobwa wabyaye ata umwana w’amezi atanu. Umwe mu baturage utarashatse ko izina rye ritangazwa avuga ko amaze igihe ajyana […]

Brig Gen Semugeshi wavuye muri FDLR arakekwaho ubwicanyi

Brig Gen Semugeshi CĂ´mes wahoze ari umurwanyi w’ingabo za FDRL, wari umaze igihe ashakwa n’ Ingabo za Congo nyuma akaza kugezwa mu Rwanda ku wa Kane tariki ya 9 Werurwe,2017 azanywe na Monusco ,arakekwaho kugira uruhare mu bwicanyi butandukanye bwagiye bugwamo abantu benshi. Umuhuzabikorwa akaba n’umuyobozi w’ikigo gikora ubushakashatsi kuri Demokarasi no kurengera uburenganzira bwa […]

Umugabo yarongoye umukobwa we nyuma yo gutandukana na nyina

Byabereye mu gace ka Sonfonia kari muri birometero 25 uvuye mu Burasirazuba bw’Umujyi wa Conakry (Muri Guinea). Umugabo uzwi cyane muri ako gace ucuruza amavuta ava mu mikindo akaba yararongoye umukobwa we nyuma yo gutandukana n’umugore. Ubwo yari amaze gutandukana (divorce) n’umugore we, yakoresheje amafaranga menshi arihirira abakobwa be bavutse ari impanga, umwe muri bo […]

Rwamagana: Inkende ziba mu mujyi zikomeje guhohotera abaturage

Aba baturage bavuga ko izi nkende zari zorowe n’umuganga wahabaga witwa Gasana Jean Baptiste. Nyuma ngo yaje gupfa mbere gato ya 2010. Izi nkende ngo zari 3, zihamaze imyaka irenga 20, zabanaga n’inkanga. Abavandimwe ba Gasana baraje batwara inkanga i Kigali, basiga inkende, nazo niko kwirara mu ngo z’abaturage no mu isoko rya Rwamagana zishaka […]

Ubudage bwashyiriyeho abimukira urubaga rwo kwigiraho uburyo bwo gukora imibonano mpuzabitsina

Leta y’Ubudage ifite abimukira basaga miliyoni imwe, ibi ibibona nk’ikibazo gikomeye ko aba bantu ari benshi mu muco wabo. Yabashyiriyeho urubuga rwa internet rw’umwihariko bazajya baboneraho inama zo kuzuza amabanga y’urugo. Uru rubuga ruriho inyigisho, uburyo umugabo akoramo imibonano mpuzabitsina n’umugore we ndetse n’andi mabanga yo kunoza iki gikorwa. Ibi ngo bizajya bifasha indaya, abakeneye […]

Komisiyo Nzahuratorero ishinjwa gukora kinyeshyamba no kugambanira ubuyobozi bwa ADEPR

Abakirisito 3 bo mu itorero rya pentekote mu Rwanda (ADEPR) batangaje ko bitandukanyije na komisiyo Nzahuratorero bo bita ko nta kiza basanze igamije uretse gushaka kwangisha abakiristo ubuyobozi bafite. Bavuga ko iyo basubije inyuma amaso, basanga nta mpamvu ifatika yari yatumye bajya muri iyi Komisiyo. Binjiyemo babwirwa ko hari ibitagenda mu itorero kubera abayobozi bakuru […]

Uganda:Umugabo yataye umugore we amuziza kubyara impanga z’abana batatu

Umugore w’imyaka 27 y’amavuko wo mu Karere ka Rubanda mu gihugu cya Uganda yatawe n’umugabo we amuziza kubyara impanga z’abana batatu. Nakisancia Kyompaire amaze ukwezi n’igice abyaye aba bana aho umwe yamubyariye mu bitaro bya Kaara nyuma akoherezwa mu bya Kisoro arinaho yaje kubyarira abandi babiri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Akomeza avuga ko ari ubwa kabiri abyaye […]

Byemejwe ko hari Abarundi banyura muri Cyohoha bakaza kwiba inka mu Rwanda

Ngo kimwe mu bitera umutekano muke mu Kiyaga cya Cyohoha ni abarundi bacyifashisha bambuka bakaza kwiba inka mu Rwanda. Ibi bikaba byarashimangiwe n’abarobyi bari bitabiriye inama yayobowe n’Umuyobozi w’agashami gashinzwe ibikorwa byose bibera mu mazi y’u Burundi no guteza imbere ibyambu , Nyandwi Gerard . Nyandwi muri iri nama akaba yavuze ko Leta y’u Burundi […]

Rwanda:Abaturage barinubira umusoro bakwa ku butaka utajyanye n’ubushobozi bwabo

Abaturage batandukanye bakomeje kugaragaza ko batishimira umusoro batanga ku butaka ahanini utajyanye n’ubushobozi bwabo ndetse ukaba ntaho uhuriye n’ibyo babusarura mo. Bamwe mu baturage bemeza ko usanga basoreshwa amafaranga menshi kandi wajya kureba ibihingwa kuri ubwo butakaba cyangwa ibindi bibukorerwago ugasanga bitandukanye kure bityo bakaba basaba ko gusoreshwa byajye bijyana n’ubushobozi bw’umuntu cyane cyane hagendewe […]