Kigali: Gitifu w’Umurenge wa Muhima afunzwe azira kwaka indonke

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge yatawe muri yombi na Polisi y’igihugu. Uyu John Ruzima yafashwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Werurwe 2017, akurikiranyweho icyaha cyo kwaka no kwakira indonke. Mu kiganiro na Makuruki, Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali, SP Hitayezu Emmanuel yagize ati “Nibyo arafunze, akurikiranyweho icyaha […]

Abasaga ½ mu bakozi ba Rwanda Revenue na RURA, bafite amadosiye y’akazi atuzuye

Inteko rusange y’Abadepite isanga hari ivugurura rikwiye gukorwa mu bijyanye n’imitangirwe y’imirimo ku bakozi bo mu nzego n’ibigo bya leta mu rwego rwo kunoza serivizi zihabwa abagana izo nzego. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho ubwo Komisiyo y’imibereho y’Abaturage yagezaga ku Nteko Rusange y’Abadepite raporo y’ibikorwa bya Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta y’umwaka wa 2015/2016 ndetse […]

Abana babana na ba nyina bafungiwe muri gereza ya Ngoma ni abazana na ba nyina – SIP Ndwanyi

Gereza ya Ngoma ni gereza yahariwe kugorora abagore bakatiwe n’inkiko cyangwa se abagikurikiranyweho ibyaha n’inkiko. Muri iyi gereza yo mu Ntara y’’Iburasirazuba abagore b’imfungwa bashyiriweho ibyangombwa byose byagenewe abagore kugirango kubagorora bigende neza. Umuyobozi wa gereza ya Ngoma SIP Ndwanyi Marie Grace avuga ko muri iyi gereza hari abana b’inshuke babana na ba nyina muri […]

RDC: Uwahoze ari visi perezida yakatiwe ikindi gihano n'Urukiko Mpuzamahanga

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa La Haye kuri uyu wa Gatatu, itariki 22 Werurwe rwakatiye uwahoze ari visi perezida wa Congo, Jean Pierre Bemba igifungo cy’umwaka umwe n’amande y’Amayero 300,000 azira gushaka gukoresha umutangabuhamya. Yashinjwaga kuba yaragerageje gushaka kwigira umwere ku byaha yari akurikiranweho by’intambara n’iby’ibasiye inyokomuntu abinyujije mu nzira zitemewe. Mu kwezi kw’Ukwakira umwaka ushize […]

Abategetsi 10 beza b’ibihe byose Afurika yagize

Nelson Mandela, Haile Selassie, Thomas Sankara n’abandi n’abandi, ni bamwe mu bategetsi bo muri Afurika badashobora kuzibagirana mu mateka y’uyu mugabane kubera uruhare bagiye bagira mu guharanira ubwigenge n’ubwisanzure by’abaturage babo ndetse rimwe narimwe bikaba byaragiye bibagiraho ingaruka ariko ntibatezuke ku ntego zabo nubwo hari n’ababizize. Dore urutonde rw’abategetsi beza 10 b’ibihe byose Afurika yagize […]

Pasiteri yazuye umwana wari wapfuye

Ibi byabereye mu gihugu cya Nigeria mu itorero “Liberation Ministries” aho pasiteri yahanyanyaje mu masengesho, kugeza ubwo yasengeye umwana akazuka. Nk’uko binagaragara mu mafoto, bigaragara asengerwa. Ababyeyi be bari bamuzanye mu rusengero arembye. Ubwo yamugezaga mu rusengero yahise yitaba Imana kuko yari amaze iminsi arembye. Umwana akimara gushirami umwuka, ababyeyi be babaye nk’abataye ubwenge biruka […]

Intwaro 8 zagufasha kugira umutekano mu urugo

“Kandi amahoro y’lmana ahebuje rwose ay’umuntu yamenya, azarindira imitima yanyu n’ibyo mwibwira muri Kristo Yesu.” Abafilipi 4:7 -Ingo nyinshi zibuze umutekano. Abashakanye ntibakwiriye gutatira igihango, bagere kurwego rwo kwicana. 1.Umwuka wa Kristo murugo -Dushobora kugira agakiza k’lmana mu ngo zacu, ariko dukwiye kwizera ibyako, tukagira imibereho yako, kandi tugahorana kwizera kurambye no kwiringira lmana. -Kuba […]

Umugore yishe uruhinja rwe rw’ukwezi kumwe kubera gusinda

Polisi ikorera mu gace ka Isingiro muri Uganda icumbikiye umugore witwa Reste Nisiima w’imyaka 27 y’amavuko akurikiranyweho guheza umwuka umwana we w’uruhinja rw’ukwezi kumwe kubera inzoga. Polisi ikomeza ivuga ko uyu mugore yari asanzwe afite ingeso yo gusinda, ubwo yananiwe kwihangana ngo abanze yite ku mwana akure ahubwo agasubira mu kabari, ubwo yatahaga yasinze ahetse […]

Gen Niyombare asigaranye inzira 2 zishoboka ngo abashe gusubira i Burundi

Gen Niyombare Godefroid ni umusirikare w’u Burundi wamenyekanye cyane umunsi umwe ahita abura. Hari ku wa 13 Gicurasi 2015, ubwo yatangazaga ko yahiritse ku butegetsi Perezida Nkurunziza w’u Burundi afatanyije na bagenzi be b’abasirikare ndetse n’abapolisi. Niyombare ntabwo yahiriwe n’uyu mugambi wo gushaka guhirika perezida Nkurunziza ku butegetsi kuko yahaswe igitutu imbaraga zimubana nke ahitamo […]

Uganda: Umupolisi yishe mugenzi we amurashe

Ishavu n’agahinda ni byose mu Karere ka Sembabule mu gihugu cya Uganda nyuma y’aho umupolisi arasiye mugenzi we akamwica ubwo bari bahuriye mu gikorwa kitari cyapanzwe neza. Uyu mupolisi wishwe witwa Vicente Semuvumbi wakoreraga kuri station ya polisi ya Lwebitakuli, yarashwe n’undi wakoreraga kuri station ya Matete. Iyi nkuru dukesha Daily Monitor ikaba ivuga ko […]

Koreya ya Ruguru yongeye kugerageza missile ntibyayihira

Igihugu cya Koreya y’Epfo cyatangaje ko igikorwa cy’igerageza rya missile rya Koreya ya ruguru hafi y’imbibi zayo z’uburasirazuba kitagenze uko cyari cyateguwe. Muri uku kwezi, Koreya ya Ruguru ikaba yaragerageje missiles ballistiques 4 izigera kuri 3 muri zo zikaba zaraguye hafi y’amazi yegereye u Buyapani. Iyi nkuru iravuga iri geregeza rya missile ryo kuri uyu […]

Imibyinire idasanzwe ya Dr Jose Chameleone isa n’iya Michael Jackson mu ndirimbo nshya

Umuhanzi Dr Jose Chameleone wo muri Uganda usanzwe amenyerewe mu njyana ya Afro-beat, yatunguye abafana mu ndirimbo ye nshya aherutse gushyira ahagaragara yise “Sili Mijjawo”, ubwo yabanzaga kwerekana amaforo agaragara yambaye nk’uwahoze ari umwami wa Pop Michael Jackson. Amafoto uyu muhansi aherutse gushyira ahagaraga ari kumwe n’ababyinnyi be muri iriya ndirimbo, akaba yarateje urujijo ko […]

Padiri Nahimana Thomas yabajijwe impamvu atashyize Kizito Mihigo muri Guverinoma ye

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Padiri Nahimana Thomas, watangaje ko yashinze Guverinoma nshya ikorera mu buhungiro ndetse itavuga rumwe na Leta y’u Rwanda. Yabajijwe byinshi ku bantu yagiye aha imyanya harimo n’abafunze ndetse banahamwe n’ibyaha. Mu byo yabajijwe harimo impamvu atashyizemo na Kizito Muhigo. Ni mu kiganiro Nahimana yagiranye n’itangazamakuru muri Swede, nyuma ikiganiro cyose […]

Amahugurwa yo gukumira iyinjizwa n’ikoreshwa ry’abana mu gisirikare yatangijwe muri RPA

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) ku bufatanye n’Umuryango wa Gen Romeo Dallaire wo kurengera abana (Romeo Dallaire Child Soldiers Initiative) batangije gahunda yo guhugura abasirikare b’u Rwanda ku gukumira kwinjiza no gukoresha abana mu gisirikare. Gahunda yo gufungura ku mugaragaro iyi porogaramu y’inyigisho yabereye mu muhango w’itangiza ry’amahugurwa azamara ibyumweru 2 agiye guhabwa ofisiye 30 ba […]

Hatashywe imva ya Yesu ivuguruye yatwaye akayabo k'Amayero

Nyuma y’amezi agera ku 9 havugururwa ahahoze imva ya yesu mu binyejana byashize, kuri uyu wa kabiri tarikiya 21 Werurwe 2017, nibwo hatashywe imva nshya yubatse mu rusengero ahakekwa ko ari ho Yesu yashyinguwe mu mujyi wa Yerusalemu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu gihe inzira zerekeza kuri iyi mva zari zimaze imyaka isaga 2 zifunze ku […]